{"id":11439,"date":"2018-08-24T09:05:37","date_gmt":"2018-08-24T09:05:37","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2018\/08\/24\/guhera-muri-nzeri-mu-bihano-bizajya-bitangwa-haziyongeramo-gukurikirana\/"},"modified":"2025-02-12T14:04:07","modified_gmt":"2025-02-12T12:04:07","slug":"guhera-muri-nzeri-mu-bihano-bizajya-bitangwa-haziyongeramo-gukurikirana","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11439","title":{"rendered":"Guhera muri Nzeri mu bihano bizajya bitangwa haziyongeramo gukurikirana ukekwaho icyaha adafunzwe"},"content":{"rendered":"<p>Mu rwego rwo kugabanya ubucucike bw\u2019Abantu mu magereza yo mu Rwanda, Guverinoma irateganya ko guhera muri Nzeri mu bihano bizajya bitangwa hakwiyongeramo ibihano bizajya bituma umuntu ukekwaho icyaha azajya akurikiranwa adafunzwe.<\/p>\n<p>Mu mavugururwa amaze iminsi ategurwa na minisiteri y\u2019ubutabera ajyanye n\u2019itegeko rigenga imiburanishirize y\u2019imanza nshinjabyaha, hagaragaramo ibihano bishya bizajya bihabwa ukekwaho icyaha aho guhita afungwa.<\/p>\n<p>Bwana Evode Uwizeyimana, Umunyamabanga wa leta muri minisiteri y\u2019ubutabera ushinzwe ibijyanye n\u2019amavugurura y\u2019amategeko, avuga ko hari gutekerezwa kujya umuntu akurikiranwa adafunzwe ariko hakoreshejwe ikoranabuhanga, aho uzaba ukekwa azajya yambikwa Tag cyangwa blaceret electronique nk\u2019uwambaye isaha ku buryo nazajya yegera umupaka agerageza gucika bizajya bihita bimenyekana.<\/p>\n<p>Akomeza agira ati: \u201c <em>Hari n\u2019ubundi buryo bushya twazanye twateganyije, babyita bail (gutanga ingwate y\u2019amafaranga). Noneho ukaba wakurikiranwa udafunze,..mbere twavugaga ngo byemewe gusa, ku muntu uregwa icyaha gifite igihano kitarengeje imyaka 5<\/em> .\u201d<\/p>\n<p>Yongeraho ko kuri ubu gutanga ingwate ukarekurwa by\u2019agateganyo byamaze gushyirwa mu itegeko kandi byemewe ku byaha byose.<\/p>\n<p>Guverinoma y\u2019u Rwanda ivuga ko gushaka ubundi buryo abakurikiranweho ibyaha bazajya bahanwa byitezweho kuzagabanya ubucucike mu magereza yo mu Rwanda, ndetse hakagabanyuka ibyo leta yatangaga mu kwita ku mfungwa.<\/p>\n<p>Uwizeyiman Evode ariko yongeraho ko hari ibihano bizajya bihabwa abakoze ibyaha bito bitareba abantu bakurikiranweho ibyaha biremereye.<\/p>\n<p>Aragira ati: \u201c <em>Turimo turavuga tuti..iyo tureba ubucucike bwo mu magereza n\u2019abantu buzuye mu magereza, dusanga ari bantu baregwa ibyaha bitoya. Iyo dufashe umuntu, wenda umuntu wagiye kwiba igitoki ashonje cyangwa wibye ihene, ukamuzana hano, ukamufunga imyaka 5, ukamugaburira imyaka 5, ari umuntu w\u2019umusore..ahubwo turavuga ngo wowe, urava hariya I Nyamirambo ucukure umuferege ugere mu mujyi<\/em> .\u201d<\/p>\n<p>Akomeza avuga ko umuntu adakwiye kwibaza ko ari igihano cy\u2019abakene kuko ngo ari igihano gikomeye kuko ngo nkawe ubwe umufashe ukamuha icyo gihano cyaba gikomeye kurusha kumufunga umwaka umwe.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Mu rwego rwo kugabanya ubucucike bw\u2019Abantu mu magereza yo mu Rwanda, Guverinoma irateganya ko guhera muri Nzeri mu bihano bizajya bitangwa hakwiyongeramo ibihano bizajya bituma umuntu ukekwaho icyaha azajya akurikiranwa adafunzwe. Mu mavugururwa amaze iminsi ategurwa na minisiteri y\u2019ubutabera ajyanye n\u2019itegeko rigenga imiburanishirize y\u2019imanza nshinjabyaha, hagaragaramo ibihano bishya bizajya bihabwa ukekwaho icyaha aho guhita afungwa. [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-11439","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Guhera muri Nzeri mu bihano bizajya bitangwa haziyongeramo gukurikirana ukekwaho icyaha adafunzwe - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=11439\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Guhera muri Nzeri mu bihano bizajya bitangwa haziyongeramo gukurikirana ukekwaho icyaha adafunzwe - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Mu rwego rwo kugabanya ubucucike bw\u2019Abantu mu magereza yo mu Rwanda, Guverinoma irateganya ko guhera muri Nzeri mu bihano bizajya bitangwa hakwiyongeramo ibihano bizajya bituma umuntu ukekwaho icyaha azajya akurikiranwa adafunzwe. Mu mavugururwa amaze iminsi ategurwa na minisiteri y\u2019ubutabera ajyanye n\u2019itegeko rigenga imiburanishirize y\u2019imanza nshinjabyaha, hagaragaramo ibihano bishya bizajya bihabwa ukekwaho icyaha aho guhita afungwa. [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=11439\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2018-08-24T09:05:37+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T12:04:07+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"1 minute\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11439#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11439\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Guhera muri Nzeri mu bihano bizajya bitangwa haziyongeramo gukurikirana ukekwaho icyaha adafunzwe\",\"datePublished\":\"2018-08-24T09:05:37+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T12:04:07+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11439\"},\"wordCount\":305,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11439#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11439\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11439\",\"name\":\"Guhera muri Nzeri mu bihano bizajya bitangwa haziyongeramo gukurikirana ukekwaho icyaha adafunzwe - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2018-08-24T09:05:37+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T12:04:07+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11439#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11439\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11439#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Guhera muri Nzeri mu bihano bizajya bitangwa haziyongeramo gukurikirana ukekwaho icyaha adafunzwe\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Guhera muri Nzeri mu bihano bizajya bitangwa haziyongeramo gukurikirana ukekwaho icyaha adafunzwe - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11439","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Guhera muri Nzeri mu bihano bizajya bitangwa haziyongeramo gukurikirana ukekwaho icyaha adafunzwe - BWIZA","og_description":"Mu rwego rwo kugabanya ubucucike bw\u2019Abantu mu magereza yo mu Rwanda, Guverinoma irateganya ko guhera muri Nzeri mu bihano bizajya bitangwa hakwiyongeramo ibihano bizajya bituma umuntu ukekwaho icyaha azajya akurikiranwa adafunzwe. Mu mavugururwa amaze iminsi ategurwa na minisiteri y\u2019ubutabera ajyanye n\u2019itegeko rigenga imiburanishirize y\u2019imanza nshinjabyaha, hagaragaramo ibihano bishya bizajya bihabwa ukekwaho icyaha aho guhita afungwa. [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11439","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2018-08-24T09:05:37+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T12:04:07+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"1 minute"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11439#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11439"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Guhera muri Nzeri mu bihano bizajya bitangwa haziyongeramo gukurikirana ukekwaho icyaha adafunzwe","datePublished":"2018-08-24T09:05:37+00:00","dateModified":"2025-02-12T12:04:07+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11439"},"wordCount":305,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=11439#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11439","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11439","name":"Guhera muri Nzeri mu bihano bizajya bitangwa haziyongeramo gukurikirana ukekwaho icyaha adafunzwe - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2018-08-24T09:05:37+00:00","dateModified":"2025-02-12T12:04:07+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11439#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=11439"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11439#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Guhera muri Nzeri mu bihano bizajya bitangwa haziyongeramo gukurikirana ukekwaho icyaha adafunzwe"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/11439","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=11439"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/11439\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=11439"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=11439"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=11439"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}