{"id":11498,"date":"2018-08-28T20:50:02","date_gmt":"2018-08-28T20:50:02","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2018\/08\/28\/kamonyi-abajura-babiri-bateraga-abantu-ibyuma-babambura-bafashwe\/"},"modified":"2018-08-28T20:50:02","modified_gmt":"2018-08-28T20:50:02","slug":"kamonyi-abajura-babiri-bateraga-abantu-ibyuma-babambura-bafashwe","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11498","title":{"rendered":"Kamonyi: Abajura babiri bateraga abantu ibyuma babambura bafashwe"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Mu ijoro ryo kuri uyu wa 27 Kanama, Polisi y\u2019u Rwanda ikorera mu karere ka Kamonyi, mu murenge wa Runda, akagari ka Ruyenzi; ku bufatanye n\u2019abaturage yafashe abajura babiri barimo umumotari witwa Ntakirutimana Elie.Aba bajura bakaba bibaga amatelefoni y\u2019abaturage muri iyi\u00a0 \u00a0santeri ya Ruyenzi.<\/em> <\/strong> <\/p>\n<p>Umuvugizi wa Polisi y\u2019u Rwanda mu Ntara y\u2019Amajyepfo, Chief Inspector of Police (CIP) Twizere Karekezi avuga ko ryari itsinda ry\u2019abantu bane bitwaje ibyuma ari nabyo bateraga abantu barimo kubambura.<\/p>\n<p>Yagize ati\u201dHari ninjoro nka saa tanu bajya mu kabari k\u2019uwitwa Gatera Gaetan banywa inzoga ariko mu kanya gato bajya ku muturanyi wa Gatera Budigiri Herman baramukubita bamwambura telefoni.\u201d<\/p>\n<p>Yakomeje avuga ko bakimara gutwara telefoni ya Budigiri bahise bahunga,ariko bakurikirwa n\u2019abanyerondo,bageze imbere nanone bahura n\u2019umugore bamushikuza isakoshi yari afite yarimo telefoni ariko kubera ko yari kumwe n\u2019umugabo we yabanje kugerageza kuyimwaka inzego z\u2019umutekano zihita zihagera, muri aba bajura hafatwa mo 2 abandi baracika.<\/p>\n<p>CIP Karekezi yaboneyeho gushimira abaturage bihutiye gutabaza inzego z\u2019umutekano kugira ngo abo bajura bafatwe.<\/p>\n<p>Yagize ati:\u201dTurashimira cyane abaturage ku ruhare bakomeje kugaragaza mu gufatanya n\u2019inzego z\u2019umuteakno mu kurwanya abanyabyaha.Bariya bajura bakimara kwiba kwa Budigiri abaturage batabaje Polisi, nibwo bariya babiri bahise bafatwa.\u201d<\/p>\n<p>Mu bafashwe harimo uwitwa Ntakirutimana Elie w\u2019imyaka 21 usanzwe ari umumotari yari atawaye moto ifite ibirango RD 238V, abaturage bavuga ko\u00a0 ari nawe wari utwaye abo bajura.<\/p>\n<p>CIP Karekezi yaboneyeho gusaba abayobozi b\u2019amakoperative kujya babanza bakamenya neza buri mumotari winjiye muri uwo murimo kuko bimaze kugaragara ko hari abagira uruhare mu byaha.<\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n<p>\u201cTurasaba abayobozi\u00a0 b\u2019amakoperative y\u2019abamotari kujya bamenya neza imyirondoro y\u2019abanyamuryango babo, ndetse no mu bamotari buri muntu akaba ijisho rya mugenzi we\u201d.<\/p>\n<p>CIP Karekezi akomeza\u00a0 asaba abaturage gukomeza ubufatanye n\u2019inzego z\u2019umutekano mu kurwanya ibyaha.<\/p>\n<p>Ngarambe Daniel, Umuyobozi w\u2019impuzamashyirahamwe y\u2019abamotari mu Rwanda (FERWACOTAMO) avuga ko\u00a0 kuri ubu batangiye gukoresha uburyo bw\u2019ikoranabuhanga bubafasha kumenya neza imyirondo ya buri mumotari bityo uwakoze icyaha akabasha gufatwa agahita yirukanwa mu kazi k\u2019ubumotari.<\/p>\n<p>\u201cMbere bajyaga bakora ibyaha bakava aho bakoreraga bakajya ahandi, ubu twabahaye amakarita y\u2019ikoranabuhanga, uwakoze icyaha ikarita ye turayifunga yashaka kujya gukorera ahandi bashyiramo ya karita mu mashini ikamugaragaza\u201d.<\/p>\n<p>Ngarambe avuga ko\u00a0 ubu buryo bw\u2019ikoranabuhanga bumaze kugera muri za moto zigera ku bihumbi 6800,ariko mu kwezi kumwe buzaba bwamaze kugera muri za moto zose mu gihugu.<\/p>\n<p>Aba bombi bashyikirijwe Urwego rw\u2019Igihugu rushinzwe Ubugenzacyaha kugira ngo bakurikiranwe n\u2019amategeko<\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Mu ijoro ryo kuri uyu wa 27 Kanama, Polisi y\u2019u Rwanda ikorera mu karere ka Kamonyi, mu murenge wa Runda, akagari ka Ruyenzi; ku bufatanye n\u2019abaturage yafashe abajura babiri barimo umumotari witwa Ntakirutimana Elie.Aba bajura bakaba bibaga amatelefoni y\u2019abaturage muri iyi\u00a0 \u00a0santeri ya Ruyenzi. Umuvugizi wa Polisi y\u2019u Rwanda mu Ntara y\u2019Amajyepfo, Chief Inspector of [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[32],"tags":[],"class_list":["post-11498","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-umutekano"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Kamonyi: Abajura babiri bateraga abantu ibyuma babambura bafashwe - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=11498\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Kamonyi: Abajura babiri bateraga abantu ibyuma babambura bafashwe - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Mu ijoro ryo kuri uyu wa 27 Kanama, Polisi y\u2019u Rwanda ikorera mu karere ka Kamonyi, mu murenge wa Runda, akagari ka Ruyenzi; ku bufatanye n\u2019abaturage yafashe abajura babiri barimo umumotari witwa Ntakirutimana Elie.Aba bajura bakaba bibaga amatelefoni y\u2019abaturage muri iyi\u00a0 \u00a0santeri ya Ruyenzi. Umuvugizi wa Polisi y\u2019u Rwanda mu Ntara y\u2019Amajyepfo, Chief Inspector of [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=11498\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2018-08-28T20:50:02+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11498#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11498\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Kamonyi: Abajura babiri bateraga abantu ibyuma babambura bafashwe\",\"datePublished\":\"2018-08-28T20:50:02+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11498\"},\"wordCount\":411,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"umutekano\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11498#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11498\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11498\",\"name\":\"Kamonyi: Abajura babiri bateraga abantu ibyuma babambura bafashwe - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2018-08-28T20:50:02+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11498#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11498\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11498#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Kamonyi: Abajura babiri bateraga abantu ibyuma babambura bafashwe\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Kamonyi: Abajura babiri bateraga abantu ibyuma babambura bafashwe - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11498","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Kamonyi: Abajura babiri bateraga abantu ibyuma babambura bafashwe - BWIZA","og_description":"Mu ijoro ryo kuri uyu wa 27 Kanama, Polisi y\u2019u Rwanda ikorera mu karere ka Kamonyi, mu murenge wa Runda, akagari ka Ruyenzi; ku bufatanye n\u2019abaturage yafashe abajura babiri barimo umumotari witwa Ntakirutimana Elie.Aba bajura bakaba bibaga amatelefoni y\u2019abaturage muri iyi\u00a0 \u00a0santeri ya Ruyenzi. Umuvugizi wa Polisi y\u2019u Rwanda mu Ntara y\u2019Amajyepfo, Chief Inspector of [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11498","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2018-08-28T20:50:02+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11498#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11498"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Kamonyi: Abajura babiri bateraga abantu ibyuma babambura bafashwe","datePublished":"2018-08-28T20:50:02+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11498"},"wordCount":411,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["umutekano"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=11498#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11498","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11498","name":"Kamonyi: Abajura babiri bateraga abantu ibyuma babambura bafashwe - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2018-08-28T20:50:02+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11498#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=11498"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11498#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Kamonyi: Abajura babiri bateraga abantu ibyuma babambura bafashwe"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/11498","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=11498"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/11498\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=11498"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=11498"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=11498"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}