{"id":11503,"date":"2018-08-29T08:35:26","date_gmt":"2018-08-29T08:35:26","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2018\/08\/29\/ruharambuga-iterambere-mu-buhinzi-n-ubworozi-ryarushijeho-kubakundisha\/"},"modified":"2025-02-12T14:00:42","modified_gmt":"2025-02-12T12:00:42","slug":"ruharambuga-iterambere-mu-buhinzi-n-ubworozi-ryarushijeho-kubakundisha","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11503","title":{"rendered":"Ruharambuga: Iterambere mu buhinzi n\u2019ubworozi ryarushijeho kubakundisha umuryango FPR\/ Inkotanyi"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Abaturage bo mu murenge wa Ruharambuga, mu karere ka Nyamasheke bavuga ko batindiwe gusa n\u2019itariki ya 3 Nzeri ngo bitorere abakandida depite batanzwe n\u2019umuryango FPR Inkotanyi kubera byinshi bavuga wabagejejeho cyane cyane kwihaza mu biribwa biturutse ku ngamba zihamye zijyanye n\u2019ubuhinzi n\u2019ubworozi bwa kijyambere.<\/em> <\/strong> <\/p>\n<p>Bemeza ko mu myaka yashize byari bigoye kubona ibitunga umuryango w\u2019umuntu ku giti cye kubera ko batabonaga inyongeramusaruro zihagije, kuba ubworozi bwarakorwaga mu gisa n\u2019akajagari\u00a0 ntibugire aho bukura umuturage n\u2019aho bumugeza,ariko ubu ngo barahinga bakorora kijyambere bakabona ibibatunga n\u2019ibisagurirwa amasoko.<\/p>\n<p>Sibomana Paul w\u2019imyaka 38 y\u2019amavuko wo mu kagari ka Kanazi ,avuga ko iminsi ye iri imbere ari myiza cyane igihe ubwiganze bw\u2019intumwa za rubanda mu nteko zitanzwe n\u2019umuryangi FPR Inkotanyi n\u2019indi mitwe ya politiki yifatanije na wo bwakomeza kuko ubworozi bw\u2019ingurube bwa kijyambere afite buzamugeza aho benshi baririra.<\/p>\n<p>Aganira na Bwiza.com yagize ati\u00a0 &#8220;mfite ingurube 33 za kijyambere zigiye kubwagura izindi ku buryo mu mpera za Nzeri nzaba mfite izigera kuri 55. Muri izi ngurube izigera kuri 6 imwe nshobora kuyigurisha amafaranga 800.000, hakaba n\u2019izindi nshobora kugurisha amafaranga 500.000 n\u2019ari munsi yayo bitewe n\u2019uko ingurube ingana ariko ntayajya munsi y\u2019amafaranga 300.000 keretse utubwana ngurisha kamwe amafaranga 30.000 na bwo tumaze igihe gito cyane tuvutse.\u2019\u2019<\/p>\n<figure id=\"attachment_112363\" aria-describedby=\"caption-attachment-112363\" style=\"width: 1024px\" class=\"wp-caption alignnone\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"wp-image-112363 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/08\/Sibomana-Paul-afite-ingurube-33-za-kijyambere-hari-mo-izigurishwa-amafaranga-800.000-imwe-imwe..jpg\" alt=\"\" width=\"1024\" height=\"768\" \/><figcaption id=\"caption-attachment-112363\" class=\"wp-caption-text\"><strong>Sibomana Paul afite ingurube 33 za kijyambere<\/strong><\/figcaption><\/figure>\n<p>Yakomeje agira ati &#8220;mbikesha umuryango FPR Inkotanyi kuko umutekano na gahunda ihamye y\u2019ubworozi yadushyiriye ho ari byo bingejeje aha kandi ndateganya ko umwaka utaha naba ngeze ku ngurube 100, nawe urumva amafaranga arimo. Ibi byose bituma nkunda cyane umuryango FPR Inkotanyi kuyitora kuri jye bikaba ari ihame.\u2019\u2019<\/p>\n<p>Kanyange Eug\u00e9nie uhinga icyayi mu kagari ka Ntendezi na we yemeza ko izamuka ry\u2019igiciro cy\u2019icyayi rya buri mwaka ryamugize umugore uhamye mu bukungu. Ati\u2019\u2019 ndi umuhinzikazi w\u2019icyayi wabigizebumwuga kandi kirankijije rwose. Nta kindi mbikesha uretse umuryango FPR Inkotanyi urangajwe imbere na perezida wacu Paul Jagame wazamuye bigaragara abahinzi b\u2019icyayi tukaba dutengamaye. Nta kindi igkumwe ni ku gipfunsi ku wa 3 Nzeri kugira ngo dukomeze dukataze mu iterambere.\u2019\u2019<\/p>\n<p>Ibi byinshimo ni na byo bagaragarije abakandida depite Pasiteri Senani Benoit, Uwamariya Rutijanwa Marie P\u00e9lagie na Bitsindinkumi Innocent\u00a0 babiyeretse nyuma yo kwiyereka abandi baturage bo mu yindi mirenge, uhagarariye ibikorwa byo kwamamaza abakandida b\u2019umuryango FPR Inkotanyi muri aka karere Kayiranga Eleuth\u00e8re, yavuze ko uretse ibokorwa by\u2019ubuhinzi n\u2019ubworozi biteye imbere muri uyu murenge,hari n\u2019ibindi\u00a0 bituma bahora bumva bomatanye n\u2019umuryango FPR Inkotanyi.<\/p>\n<p>Muri ibyo ngo hari amashanyarazi ari hafi mu midugudu yose igize uyu murenge kandi mbere bari bazi ko amashanyarazi aba kuri EAV Ntendezi gusa, amashuri menshi abana biga bataha bigafasha ababyeyi kubakurikirana mbere atarahabaga, ikigo nderabuzima n\u2019imihanda myiza igenda ihangwa bigakura abaturage mu bwigunge n\u2019imibereho mibi n\u2019ibindi ngo batarondora, ibyo byose bigatuma abakandida depite ba FPR Inkotanyi batagomba gushidikanya ku majwi yabo, bo bavuga ko ari 100%.<\/p>\n<p>Mukaziya Pauline uhagarariye ibikorwa byo kwamamaza abakandida b\u2019umuryango FPR Inkotanyi n\u2019 indi mitwe ya politiki yifatanije na wo muri aka karere,yemeza ko ibyo bafite ari bike ku byo bategereje igihe baba bakomeje kugirira icyizere uyu muryango,kuko byatekerejwe kandi imvugo ikaba ihora ari yo ngiro.<\/p>\n<figure id=\"attachment_112358\" aria-describedby=\"caption-attachment-112358\" style=\"width: 1024px\" class=\"wp-caption alignnone\"><img decoding=\"async\" class=\"wp-image-112358 size-large\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/08\/Abanyamuryango-ba-FPR-Inkotanyi-mu-murenge-wa-Ruharambuga-bari-uruvunganzoka-baje-kwamamaza-abakandida-depite-babo.-1024x768.jpg\" alt=\"\" width=\"1024\" height=\"768\" \/><figcaption id=\"caption-attachment-112358\" class=\"wp-caption-text\">Abanyamuryango ba FPR Inkotanyi mu murenge wa Ruharambuga bamamaza abakandida depite babo<\/figcaption><\/figure>\n<figure id=\"attachment_112360\" aria-describedby=\"caption-attachment-112360\" style=\"width: 1024px\" class=\"wp-caption alignnone\"><img decoding=\"async\" class=\"wp-image-112360 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/08\/Abakandida-depite-bumuryango-FPR-Inkotanyi-nindi-mitwe-ya-politiki-yishyize-hamwe-na-wo-biyereka-abatuye-umurenge-wa-Ruharambuga..jpg\" alt=\"\" width=\"1024\" height=\"768\" \/><figcaption id=\"caption-attachment-112360\" class=\"wp-caption-text\">Abakandida depite b&#8217;umuryango FPR Inkotanyi n&#8217;indi mitwe ya politiki yishyize hamwe na wo biyereka abatuye umurenge wa Ruharambuga<\/figcaption><\/figure>\n<figure id=\"attachment_112361\" aria-describedby=\"caption-attachment-112361\" style=\"width: 1024px\" class=\"wp-caption alignnone\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"wp-image-112361 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/08\/Bavuga-ko-bakurikiije-aho-bavuye-naho-bageze-mu-iterambere-ntacyababuza-kuzashyira-ibikumwe-byabo-ku-gipfunsi..jpg\" alt=\"\" width=\"1024\" height=\"768\" \/><figcaption id=\"caption-attachment-112361\" class=\"wp-caption-text\">Bavuga ko bakurikiije aho bavuye n&#8217;aho bageze mu iterambere nta cyababuza kuzashyira ibikumwe byabo ku gipfunsi<\/figcaption><\/figure>\n<p> <strong> <em>Bahuwiyongera Sylvestre\/ Bwiza.com<\/em> <\/strong> <\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Abaturage bo mu murenge wa Ruharambuga, mu karere ka Nyamasheke bavuga ko batindiwe gusa n\u2019itariki ya 3 Nzeri ngo bitorere abakandida depite batanzwe n\u2019umuryango FPR Inkotanyi kubera byinshi bavuga wabagejejeho cyane cyane kwihaza mu biribwa biturutse ku ngamba zihamye zijyanye n\u2019ubuhinzi n\u2019ubworozi bwa kijyambere. Bemeza ko mu myaka yashize byari bigoye kubona ibitunga umuryango w\u2019umuntu [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-11503","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Ruharambuga: Iterambere mu buhinzi n\u2019ubworozi ryarushijeho kubakundisha umuryango FPR\/ Inkotanyi - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=11503\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Ruharambuga: Iterambere mu buhinzi n\u2019ubworozi ryarushijeho kubakundisha umuryango FPR\/ Inkotanyi - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Abaturage bo mu murenge wa Ruharambuga, mu karere ka Nyamasheke bavuga ko batindiwe gusa n\u2019itariki ya 3 Nzeri ngo bitorere abakandida depite batanzwe n\u2019umuryango FPR Inkotanyi kubera byinshi bavuga wabagejejeho cyane cyane kwihaza mu biribwa biturutse ku ngamba zihamye zijyanye n\u2019ubuhinzi n\u2019ubworozi bwa kijyambere. Bemeza ko mu myaka yashize byari bigoye kubona ibitunga umuryango w\u2019umuntu [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=11503\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2018-08-29T08:35:26+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T12:00:42+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/08\/Sibomana-Paul-afite-ingurube-33-za-kijyambere-hari-mo-izigurishwa-amafaranga-800.000-imwe-imwe..jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11503#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11503\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Ruharambuga: Iterambere mu buhinzi n\u2019ubworozi ryarushijeho kubakundisha umuryango FPR\\\/ Inkotanyi\",\"datePublished\":\"2018-08-29T08:35:26+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T12:00:42+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11503\"},\"wordCount\":609,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11503#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2018\\\/08\\\/Sibomana-Paul-afite-ingurube-33-za-kijyambere-hari-mo-izigurishwa-amafaranga-800.000-imwe-imwe..jpg\",\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11503#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11503\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11503\",\"name\":\"Ruharambuga: Iterambere mu buhinzi n\u2019ubworozi ryarushijeho kubakundisha umuryango FPR\\\/ Inkotanyi - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11503#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11503#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2018\\\/08\\\/Sibomana-Paul-afite-ingurube-33-za-kijyambere-hari-mo-izigurishwa-amafaranga-800.000-imwe-imwe..jpg\",\"datePublished\":\"2018-08-29T08:35:26+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T12:00:42+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11503#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11503\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11503#primaryimage\",\"url\":\"\",\"contentUrl\":\"\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11503#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Ruharambuga: Iterambere mu buhinzi n\u2019ubworozi ryarushijeho kubakundisha umuryango FPR\\\/ Inkotanyi\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Ruharambuga: Iterambere mu buhinzi n\u2019ubworozi ryarushijeho kubakundisha umuryango FPR\/ Inkotanyi - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11503","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Ruharambuga: Iterambere mu buhinzi n\u2019ubworozi ryarushijeho kubakundisha umuryango FPR\/ Inkotanyi - BWIZA","og_description":"Abaturage bo mu murenge wa Ruharambuga, mu karere ka Nyamasheke bavuga ko batindiwe gusa n\u2019itariki ya 3 Nzeri ngo bitorere abakandida depite batanzwe n\u2019umuryango FPR Inkotanyi kubera byinshi bavuga wabagejejeho cyane cyane kwihaza mu biribwa biturutse ku ngamba zihamye zijyanye n\u2019ubuhinzi n\u2019ubworozi bwa kijyambere. Bemeza ko mu myaka yashize byari bigoye kubona ibitunga umuryango w\u2019umuntu [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11503","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2018-08-29T08:35:26+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T12:00:42+00:00","og_image":[{"url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/08\/Sibomana-Paul-afite-ingurube-33-za-kijyambere-hari-mo-izigurishwa-amafaranga-800.000-imwe-imwe..jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11503#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11503"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Ruharambuga: Iterambere mu buhinzi n\u2019ubworozi ryarushijeho kubakundisha umuryango FPR\/ Inkotanyi","datePublished":"2018-08-29T08:35:26+00:00","dateModified":"2025-02-12T12:00:42+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11503"},"wordCount":609,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11503#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/08\/Sibomana-Paul-afite-ingurube-33-za-kijyambere-hari-mo-izigurishwa-amafaranga-800.000-imwe-imwe..jpg","articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=11503#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11503","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11503","name":"Ruharambuga: Iterambere mu buhinzi n\u2019ubworozi ryarushijeho kubakundisha umuryango FPR\/ Inkotanyi - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11503#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11503#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/08\/Sibomana-Paul-afite-ingurube-33-za-kijyambere-hari-mo-izigurishwa-amafaranga-800.000-imwe-imwe..jpg","datePublished":"2018-08-29T08:35:26+00:00","dateModified":"2025-02-12T12:00:42+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11503#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=11503"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11503#primaryimage","url":"","contentUrl":""},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11503#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Ruharambuga: Iterambere mu buhinzi n\u2019ubworozi ryarushijeho kubakundisha umuryango FPR\/ Inkotanyi"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/11503","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=11503"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/11503\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=11503"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=11503"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=11503"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}