{"id":11590,"date":"2018-09-03T19:28:48","date_gmt":"2018-09-03T19:28:48","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2018\/09\/03\/nyamasheke-abaturage-biteze-byinshi-ku-ntumwa-batoreye-kubahagararira-mu-nteko\/"},"modified":"2025-02-12T13:59:53","modified_gmt":"2025-02-12T11:59:53","slug":"nyamasheke-abaturage-biteze-byinshi-ku-ntumwa-batoreye-kubahagararira-mu-nteko","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11590","title":{"rendered":"Nyamasheke: Abaturage biteze byinshi ku ntumwa batoreye kubahagararira mu Nteko Nshingamategeko"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Ahagana saa kumi n\u2019imwe n\u2019igice z\u2019igitondo zo kuri uyu wa 3 Nzeri\u00a0 2018, benshi mu batuye akarere ka Nyamasheke bari bamaze kugera kuri site z\u2019itora aho bategereje i saa moya z\u2019igitondo nyuma yo kurahira kw\u2019abakorerabushake ba komisiyo y\u2019igihugu y\u2019amatora no gosobanurirwa imigendekere y\u2019amatora hakurikiraho kwitorera abadepite bazabahagararira mu nteko ishinga amategeko.<\/em> <\/strong> <\/p>\n<p>Icyagaragaye cyane aho Bwiza.com yageze muri aka karere, ni umubare munini w\u2019urubyiruko rurimo urwari rwitabiriye amatora ku nshuro ya mbere,rumwe muri rwo rukaba rwagaragaje ibyishimo byinshi\u00a0 byo kwitorera ku nshuro ya mbere abazahagararira abaturage bose mu nteko ishinga amategeko,umutwe w\u2019abadepite,bamwe muri rwo bakaba bagize icyo bisabira intumwa zabo bitoreye.<\/p>\n<p>Mutoniwase Solange wiga mu mwaka wa 6 w\u2019ayisumbuye muri \u00a0EAV Ntendezi, yabwiye Bwiza.com ko mu byo yifuza ko intumwa ze yitoreye zazakemura harimo ikibazo cy\u2019ubushomeri mu rubyiruko gikomeza gufata indi ntera, n\u2019icy\u2019inda zitateganijwe mu bangavu,ibiyobyabwenge n\u2019ubuzererezi mu rubyiruko muri rusange n\u2019ibindi byose bibangamiye imibereho myiza y\u2019urubyiruko.<\/p>\n<p>Yagize ati\u2019\u2019 ijoro ryambanye rinini kuko numvaga ari nk\u2019ibitangaza nanjye kwitorera bwa mbere abazampagararira mu nteko kandi nishimiye ko nanjye igikumwe cyanjye cyagiriye akamaro igihugu nk\u2019abandi banyarwanda muri uru rwego. Icyo nsaba intumwa zanjye ni ukuzatora amategeko\u00a0 yongerera amahirwe urubyiruko rwo kubona akazi kuko ubushomeri bigenda bufata indi ntera.\u2019\u2019<\/p>\n<p>Yakomeje agira ati\u2019\u2019 ikindi ni ikibazo cy\u2019inda zitateganijwe mu rubyiruko,icy\u2019ibiyobyabwenge n\u2019ubuzererezi na byo byangiza urubyiruko rwinshi, ibi na byo bibonewe igisubizo,bikiyongera ku bindi Leta yacu iduteganiriza n\u2019ibyo natwe ubwacu nk\u2019abaturage twigeza ho,igihugu cyacu cyakomeza kuba indashyikirwa mu iterambere kandi ni cyo twifuza.\u2019\u2019<\/p>\n<p>Uwari uhagarariye site y\u2019itora ya EAV Ntendezi\u00a0 Havugimana Pierre, yabwiye Bwiza.com ko abaturage bamaze kumenyera ko amatora ari nk\u2019umunsi mukuru aho baba bishimye kuko baba bazi ko abo batora bazababaza inshingano babatoreye kandi ko bazababera intumwa zitumika,ari yo mpamvu bazinduka,bagatora nta muvundo,aho abafite imbagara bareka ab\u2019intege nke bakabanza gutora kandi ngo byagenze neza cyane.<\/p>\n<p>Umuyobozi w\u2019akarere ka Nyamasheke Kamari Aim\u00e9 Fabien yashimiye abaturage imyitwarire yabaranze kuva mu kwamamaza abakandida depite kugeza n\u2019ubu babitorera, abasaba kuzabashyigikira kugira ngo amategeko bazashyira ho azabe koko ari asubia ibibazo byabo.<\/p>\n<p>Yagize ati\u2019\u2019 abaturage bacu turabashiimira byimaze yo imyitwarire yabaranze kuva mu bihe byo kwiyamamaza kw\u2019abakandida kugeza n\u2019ubu babitorera,nta kibazo na kimwe cyagaragayemo. Turanabasaba kuzashyigikira abakandida babo, bakazajya babaha amakuru ku mibereho yabo kugira ngo ibikibabangamiye bikorerwe ubuvugizi na byo bikemuke, bakomeze iterambere n\u2019umutekano usesuye bafite,bitumen bagera no ku bindi bifuza.\u2019\u2019<\/p>\n<p>Akarere ka Nyamasheke kari gafite site z\u2019itora 89 zikaba zongerewe kuko ubundi hari hateganijwe site 87,ngo bikaba byatewe n\u2019uko,nyuma y\u2019isuzuma basanze abakora mu bitaro bya Bushenge na Kibogora bakwiye site zabo zihariye, kugira ngo batore ariko banakomeze guha serivisi nziza ababagana hatagize ukenera serivisi zo kwa muganga ubangamirwa kandi n\u2019abakozi batabangamiwe.<\/p>\n<figure id=\"attachment_112983\" aria-describedby=\"caption-attachment-112983\" style=\"width: 1024px\" class=\"wp-caption alignnone\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"wp-image-112983 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/09\/Urubyiruko-rurimo-nurutoye-bwa-mbere-rwishimiye-kwitorera-intumwa-zarwo..jpg\" alt=\"\" width=\"1024\" height=\"768\" \/><figcaption id=\"caption-attachment-112983\" class=\"wp-caption-text\">Urubyiruko rurimo n&#8217;urutoye bwa mbere rwishimiye kwitorera intumwa zarwo<\/figcaption><\/figure>\n<figure id=\"attachment_112984\" aria-describedby=\"caption-attachment-112984\" style=\"width: 1024px\" class=\"wp-caption alignnone\"><img decoding=\"async\" class=\"wp-image-112984 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/09\/Mutoniwase-Solange-yishimiye-kwitorera-ku-nshuro-ya-mbere-abazamuhagararira-mu-nteko..jpg\" alt=\"\" width=\"1024\" height=\"768\" \/><figcaption id=\"caption-attachment-112984\" class=\"wp-caption-text\">Mutoniwase Solange yishimiye kwitorera ku nshuro ya mbere abazamuhagararira mu nteko<\/figcaption><\/figure>\n<figure id=\"attachment_112985\" aria-describedby=\"caption-attachment-112985\" style=\"width: 1024px\" class=\"wp-caption alignnone\"><img decoding=\"async\" class=\"wp-image-112985 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/09\/Abaturage-bumurenge-wa-Nyabitekeri-bari-bazindutse-ngo-batore-bigire-mu-mirimo-yabo..jpg\" alt=\"\" width=\"1024\" height=\"767\" \/><figcaption id=\"caption-attachment-112985\" class=\"wp-caption-text\">Abaturage b&#8217;umurenge wa Nyabitekeri bari bazindutse ngo batore bigire mu mirimo yabo<\/figcaption><\/figure>\n<figure id=\"attachment_112986\" aria-describedby=\"caption-attachment-112986\" style=\"width: 1024px\" class=\"wp-caption alignnone\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"wp-image-112986 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/09\/Umuyobozi-wakarere-ka-Nyamasheke-Kamari-Aim\u00e9-Fabien-ashyira-urupapuro-rwitora-mu-gasanduku-kitora..jpg\" alt=\"\" width=\"1024\" height=\"768\" \/><figcaption id=\"caption-attachment-112986\" class=\"wp-caption-text\">Umuyobozi w&#8217;akarere ka Nyamasheke Kamari Aim\u00e9 Fabien ashyira urupapuro rw&#8217;itora mu gasanduku k&#8217;itora.<\/figcaption><\/figure>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ahagana saa kumi n\u2019imwe n\u2019igice z\u2019igitondo zo kuri uyu wa 3 Nzeri\u00a0 2018, benshi mu batuye akarere ka Nyamasheke bari bamaze kugera kuri site z\u2019itora aho bategereje i saa moya z\u2019igitondo nyuma yo kurahira kw\u2019abakorerabushake ba komisiyo y\u2019igihugu y\u2019amatora no gosobanurirwa imigendekere y\u2019amatora hakurikiraho kwitorera abadepite bazabahagararira mu nteko ishinga amategeko. Icyagaragaye cyane aho Bwiza.com [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-11590","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Nyamasheke: Abaturage biteze byinshi ku ntumwa batoreye kubahagararira mu Nteko Nshingamategeko - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=11590\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Nyamasheke: Abaturage biteze byinshi ku ntumwa batoreye kubahagararira mu Nteko Nshingamategeko - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Ahagana saa kumi n\u2019imwe n\u2019igice z\u2019igitondo zo kuri uyu wa 3 Nzeri\u00a0 2018, benshi mu batuye akarere ka Nyamasheke bari bamaze kugera kuri site z\u2019itora aho bategereje i saa moya z\u2019igitondo nyuma yo kurahira kw\u2019abakorerabushake ba komisiyo y\u2019igihugu y\u2019amatora no gosobanurirwa imigendekere y\u2019amatora hakurikiraho kwitorera abadepite bazabahagararira mu nteko ishinga amategeko. Icyagaragaye cyane aho Bwiza.com [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=11590\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2018-09-03T19:28:48+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T11:59:53+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/09\/Urubyiruko-rurimo-nurutoye-bwa-mbere-rwishimiye-kwitorera-intumwa-zarwo..jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11590#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11590\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Nyamasheke: Abaturage biteze byinshi ku ntumwa batoreye kubahagararira mu Nteko Nshingamategeko\",\"datePublished\":\"2018-09-03T19:28:48+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T11:59:53+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11590\"},\"wordCount\":562,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11590#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2018\\\/09\\\/Urubyiruko-rurimo-nurutoye-bwa-mbere-rwishimiye-kwitorera-intumwa-zarwo..jpg\",\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11590#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11590\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11590\",\"name\":\"Nyamasheke: Abaturage biteze byinshi ku ntumwa batoreye kubahagararira mu Nteko Nshingamategeko - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11590#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11590#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2018\\\/09\\\/Urubyiruko-rurimo-nurutoye-bwa-mbere-rwishimiye-kwitorera-intumwa-zarwo..jpg\",\"datePublished\":\"2018-09-03T19:28:48+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T11:59:53+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11590#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11590\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11590#primaryimage\",\"url\":\"\",\"contentUrl\":\"\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11590#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Nyamasheke: Abaturage biteze byinshi ku ntumwa batoreye kubahagararira mu Nteko Nshingamategeko\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Nyamasheke: Abaturage biteze byinshi ku ntumwa batoreye kubahagararira mu Nteko Nshingamategeko - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11590","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Nyamasheke: Abaturage biteze byinshi ku ntumwa batoreye kubahagararira mu Nteko Nshingamategeko - BWIZA","og_description":"Ahagana saa kumi n\u2019imwe n\u2019igice z\u2019igitondo zo kuri uyu wa 3 Nzeri\u00a0 2018, benshi mu batuye akarere ka Nyamasheke bari bamaze kugera kuri site z\u2019itora aho bategereje i saa moya z\u2019igitondo nyuma yo kurahira kw\u2019abakorerabushake ba komisiyo y\u2019igihugu y\u2019amatora no gosobanurirwa imigendekere y\u2019amatora hakurikiraho kwitorera abadepite bazabahagararira mu nteko ishinga amategeko. Icyagaragaye cyane aho Bwiza.com [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11590","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2018-09-03T19:28:48+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T11:59:53+00:00","og_image":[{"url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/09\/Urubyiruko-rurimo-nurutoye-bwa-mbere-rwishimiye-kwitorera-intumwa-zarwo..jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11590#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11590"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Nyamasheke: Abaturage biteze byinshi ku ntumwa batoreye kubahagararira mu Nteko Nshingamategeko","datePublished":"2018-09-03T19:28:48+00:00","dateModified":"2025-02-12T11:59:53+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11590"},"wordCount":562,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11590#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/09\/Urubyiruko-rurimo-nurutoye-bwa-mbere-rwishimiye-kwitorera-intumwa-zarwo..jpg","articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=11590#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11590","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11590","name":"Nyamasheke: Abaturage biteze byinshi ku ntumwa batoreye kubahagararira mu Nteko Nshingamategeko - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11590#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11590#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/09\/Urubyiruko-rurimo-nurutoye-bwa-mbere-rwishimiye-kwitorera-intumwa-zarwo..jpg","datePublished":"2018-09-03T19:28:48+00:00","dateModified":"2025-02-12T11:59:53+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11590#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=11590"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11590#primaryimage","url":"","contentUrl":""},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11590#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Nyamasheke: Abaturage biteze byinshi ku ntumwa batoreye kubahagararira mu Nteko Nshingamategeko"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/11590","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=11590"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/11590\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=11590"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=11590"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=11590"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}