{"id":11676,"date":"2018-09-11T07:44:02","date_gmt":"2018-09-11T07:44:02","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2018\/09\/11\/ibintu-6-bamwe-mu-banyarwanda-batari-bumva-neza-kandi-bifite-ingaruka-ku-buzima\/"},"modified":"2018-09-11T07:44:02","modified_gmt":"2018-09-11T07:44:02","slug":"ibintu-6-bamwe-mu-banyarwanda-batari-bumva-neza-kandi-bifite-ingaruka-ku-buzima","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11676","title":{"rendered":"Ibintu 6 bamwe mu banyarwanda batari bumva neza kandi bifite ingaruka ku buzima bw\u2019igihugu"},"content":{"rendered":"<p> <strong>Mu gihe Leta y\u2019 u Rwanda ikomeje gushyira imbaraga muri gahunda zigamije guteza imbere imibereho y\u2019 abaturage hari ingingo zimwe na zimwe zikomeza kuba ingorabahizi ndetse zihangayikishije ubuyobozi ndetse na Sosiyeti muri rusange.<\/strong> <\/p>\n<p> <strong>1.Ibiyobyabwenge:<\/strong> <\/p>\n<p>Mu mbwirwaruhame z\u2019abayobozi, akenshi bagaruka ku kibazo cy\u2019ibiyobyabwenge banagaragaza ingaruka bigira ku buzima bw\u2019igihugu ariko usanga hari ababyumvira mu gutwi kumwe bigasohokera mu kundi.<\/p>\n<p>Mu mbwirwaruhame za Perezida \u00a0Paul Kagame, mu nama y\u2019 umushyikirano yo muri 2017 yagarutse ku kibazo cy\u2019 ibiyobyabwenge cyugarije urubyiruko.<\/p>\n<figure id=\"attachment_113454\" aria-describedby=\"caption-attachment-113454\" style=\"width: 840px\" class=\"wp-caption alignnone\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"wp-image-113454 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/09\/ANTI_DRUG_RAFIKI-3.jpg\" alt=\"\" width=\"840\" height=\"560\" \/><figcaption id=\"caption-attachment-113454\" class=\"wp-caption-text\">Polisi n&#8217;izindi nzego zikora ubukangurambaga ariko hari abatarumva ingaruza z&#8217;ibiyobyabwenge<\/figcaption><\/figure>\n<p>Kuba Perezida Paul Kagame yaratewe impungenge n\u2019 iyi myitwarire igayitse ku rubyiruko rufatwa nk\u2019 amaboko y\u2019 igihugu, bigaragaza uburyo ababyeyi barushijeho guhangayika.<\/p>\n<p>Kunywa inzoga ku rugero rurenze, gucuruza no gukoresha urumogi, Heroines, Cocaines n\u2019 ibindi bifitanye isano nabyo nibyo bikomeje koreka abatari bacye n\u2019ubwo bwose inzego z\u2019umutekano n\u2019iz\u2019inzego z\u2019ibanze zidahwema gukora ubukangurambaga.<\/p>\n<p> <strong>2.Imyambarire\u00a0iteye isoni:<\/strong> <\/p>\n<p> Ibi abantu bamwe bafata nk\u2019 iterambere cyangwa ubusirimu bikomeje kugaragara mu gihugu cyane cyane mu mijyi.<\/p>\n<p>Mu muco nyarwanda ndetse no mu ndangagaciro kwambara umuntu akikwiza ni ihame ariko ku munsi wa none bamwe bamaze kugendera ku mvugo igira iti\u201d Kiliziya yakuyeho kirazira\u201d.<\/p>\n<p>Gusa na none bigaragara ko sosiyete yacu ikiri inyuma kuko kenshi iyi myambarire iteye isoni tuyigana ku bihugu byateye imbere.<\/p>\n<p>Urugero rufatika ni uburyo abanyarwanda biganjemo urubyiruko bakurikiranira hafi ibigezweho ku mbuga nkoranyambaga ubundi bakabyigana ako kanya.<\/p>\n<p>Witegereje neza uzasanga abantu benshi basohokana imyenda abahanzi b\u2019 abanyamerika bambara bari mu kazi ku rubyiniro cyangwa bari koga.<\/p>\n<p>Iyi myimbarire y\u2019 urukozasoni ishobora kurushaho gukurura imico mibi cyane irimo ubusambanyi n\u2019 izindi ngaruka zaterwa nabwo.<\/p>\n<p>Uko bimeze kose , kugeza magingo aya, mu Rwanda\u00a0 nta tegeko rihana, nta gihano runaka gifatirwa umuntu wese wambaye imyenda y\u2019 urukozasoni mu ruhame.<\/p>\n<p> <strong>3.Kuvugira kuri telefoni utwaye<\/strong> :<\/p>\n<p>Iki kibazo gikomeje kuba ingutu, mu gihe ibarurishamibare ryashyizwe ahagaragara na \u00a0polisi ishinzwe umutekano wo mu muhanda ryerekana ko impanuka nyinshi ziterwa no kuba abashoferi bakoresha telefoni batwaye imodoka.<\/p>\n<p><img decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-113455 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/09\/police.jpg\" alt=\"\" width=\"2171\" height=\"1698\" \/><\/p>\n<p>Nubwo tutifuje kugira uwo dutunga agatoki, bikunze no kugaragara ku bayobozi bakuru mu nzego zose bitwaza ububasha bafite bakavugira kuri telefoni. Aha buri wese yanenga abakagombye kuba intangarugero bica amategeko bayazi neza.<\/p>\n<p> <strong>4.Kudasobanukirwa amategeko:<\/strong> <\/p>\n<p>Ukutamenya ingingo zigize amategeko agenga ubuzima bw\u2019 igihugu ni ikibazo gikomeye ku baturage muri rusange kuko bituma habaho guhora bicuza ndetse no guhorana ya mvugo igira iti\u201dIyo Mbimenya\u201d.<\/p>\n<p>Ingero ni nyinshi, abantu batari bacye ntibazi yuko gutukana mu ruhame, gusomya ku nzoga umwana kabone n\u2019ubwo yaba ari uwawe, gukoresha umugore wawe imibonano atabishaka, n\u2019 ibindi byinshi bihanirwa n\u2019 amategeko.<\/p>\n<p>Aha ndetse hari n\u2019 imigani yitwazwa n\u2019 abantu bigiza nkana cyangwa batazi icyo amategeko ateganya ,urugero\u201d Imfizi ntiyimirwa\u201d,\u201d Umugore ntukarare umugabo\u201d cyangwa se mushumba ntukarare amata\u201d.<\/p>\n<figure id=\"attachment_113458\" aria-describedby=\"caption-attachment-113458\" style=\"width: 750px\" class=\"wp-caption alignnone\"><img decoding=\"async\" class=\"wp-image-113458 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/09\/gaz.jpg\" alt=\"\" width=\"750\" height=\"1000\" \/><figcaption id=\"caption-attachment-113458\" class=\"wp-caption-text\">Ni Abanyarwanda mbarwa bajya bafata akanya ko gusoma igazeti ya Leta<\/figcaption><\/figure>\n<p> <strong>5.Ubushomeri:<\/strong>  <\/p>\n<p>Nubwo Leta y\u2019 u Rwanda yagiye yerekana ubushake ndetse inavuga ko ishyigikiye ko urubyiruko rwihangira imirimo, bigaragara ko umubare w\u2019 abashomeri ugenda ugwira uko bukeye n\u2019uko bwije.<\/p>\n<p>Ibarurishamibare ryagiye rikorwa mu myaka inyuranye kuva mu mwaka wa 1994 ryagiye rigaragaza ko amashuli abanza, ayisumbuye na kaminuza ziyongereye cyane ariko na none abasoza ayisumbuye na kaminuza bahura n\u2019 ikibazo cyo kubura akazi.<\/p>\n<figure id=\"attachment_113449\" aria-describedby=\"caption-attachment-113449\" style=\"width: 712px\" class=\"wp-caption alignnone\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"wp-image-113449 \" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/09\/j.jpg\" alt=\"\" width=\"712\" height=\"475\" \/><figcaption id=\"caption-attachment-113449\" class=\"wp-caption-text\">Abasaba akazi ni benshi kurusha akazi gahari<\/figcaption><\/figure>\n<p>Kuba benshi muri aba bashomeri ari urubyiriko rufite imbaraga ndetse n\u2019 ubumenyi buhagije ni kibazo gikomeye cyugarije iterambere ry\u2019 u Rwanda. Umubare w&#8217;abashaka akazi ukubye inshuro nyinshi akazi gahari, nk&#8217;urugero rwa hafi, mu karere ka Karongi bashakaga abakozi 71, ikizamini gikorwa n&#8217;abasaga 2200, mu\u00a0kigo cy\u2019Igihugu cy\u2019Ibarurishamibare (NISR) ho bashakaga 156, hiyandikisha abasaga ibihumbi 15.<\/p>\n<p> <strong>6.Virus itera SIDA:<\/strong> <\/p>\n<p>Kuba Leta y\u2019 u Rwanda yaragerageje kurwanya iki cyorezo ikangurira abantu kwirinda, kwipimisha ndetse no gufata imiti ku gihe ku banduye, hari abantu bamwe bataramenya ububi bw\u2019iyi virus n\u2019ingaruka zayo ku baturage b\u2019igihugu.<\/p>\n<p>Mu \u00a0mwaka wa\u00a0 2001, \u00a0Leta y\u2019 u Rwanda yatangije gahunda yo gufasha ababyeyi batwite bafite Virusi itera SIDA kurinda abana babo, iyi gahunda yafashije benshi kugeza n\u2019iyi saha.<\/p>\n<p>Muri 2011, yiyemeza kurandura burundu Virusi itera SIDA, umubyeyi yanduza umwana amutwite.<\/p>\n<p>Ku itariki 10 Nzeri 2018, Madamu Jeannette Kagame yashimangiye ko Leta yiyemeje gukora ibishoboka byose kugira ngo harandurwe burundu ubwandu bw\u2019agakoko gatera SIDA mu bana bavuka.<\/p>\n<p>Kuba hari benshi batarumva neza ingaruka za Virus itera SIDA ku buzima bw\u2019uwayanduye, ku muryango n\u2019igihugu muri rusange, ni imbogamizi igikoma mu nkokora iterambere ry\u2019igihugu.<\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n<p> <strong> <em>Gaston Rwaka\/Bwiza.com<\/em> <\/strong> <\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Mu gihe Leta y\u2019 u Rwanda ikomeje gushyira imbaraga muri gahunda zigamije guteza imbere imibereho y\u2019 abaturage hari ingingo zimwe na zimwe zikomeza kuba ingorabahizi ndetse zihangayikishije ubuyobozi ndetse na Sosiyeti muri rusange. 1.Ibiyobyabwenge: Mu mbwirwaruhame z\u2019abayobozi, akenshi bagaruka ku kibazo cy\u2019ibiyobyabwenge banagaragaza ingaruka bigira ku buzima bw\u2019igihugu ariko usanga hari ababyumvira mu gutwi kumwe [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[19],"tags":[],"class_list":["post-11676","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-mu-rwanda"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Ibintu 6 bamwe mu banyarwanda batari bumva neza kandi bifite ingaruka ku buzima bw\u2019igihugu - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=11676\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Ibintu 6 bamwe mu banyarwanda batari bumva neza kandi bifite ingaruka ku buzima bw\u2019igihugu - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Mu gihe Leta y\u2019 u Rwanda ikomeje gushyira imbaraga muri gahunda zigamije guteza imbere imibereho y\u2019 abaturage hari ingingo zimwe na zimwe zikomeza kuba ingorabahizi ndetse zihangayikishije ubuyobozi ndetse na Sosiyeti muri rusange. 1.Ibiyobyabwenge: Mu mbwirwaruhame z\u2019abayobozi, akenshi bagaruka ku kibazo cy\u2019ibiyobyabwenge banagaragaza ingaruka bigira ku buzima bw\u2019igihugu ariko usanga hari ababyumvira mu gutwi kumwe [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=11676\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2018-09-11T07:44:02+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/09\/ANTI_DRUG_RAFIKI-3.jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"4 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11676#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11676\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Ibintu 6 bamwe mu banyarwanda batari bumva neza kandi bifite ingaruka ku buzima bw\u2019igihugu\",\"datePublished\":\"2018-09-11T07:44:02+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11676\"},\"wordCount\":751,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11676#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2018\\\/09\\\/ANTI_DRUG_RAFIKI-3.jpg\",\"articleSection\":[\"mu-rwanda\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11676#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11676\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11676\",\"name\":\"Ibintu 6 bamwe mu banyarwanda batari bumva neza kandi bifite ingaruka ku buzima bw\u2019igihugu - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11676#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11676#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2018\\\/09\\\/ANTI_DRUG_RAFIKI-3.jpg\",\"datePublished\":\"2018-09-11T07:44:02+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11676#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11676\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11676#primaryimage\",\"url\":\"\",\"contentUrl\":\"\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11676#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Ibintu 6 bamwe mu banyarwanda batari bumva neza kandi bifite ingaruka ku buzima bw\u2019igihugu\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Ibintu 6 bamwe mu banyarwanda batari bumva neza kandi bifite ingaruka ku buzima bw\u2019igihugu - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11676","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Ibintu 6 bamwe mu banyarwanda batari bumva neza kandi bifite ingaruka ku buzima bw\u2019igihugu - BWIZA","og_description":"Mu gihe Leta y\u2019 u Rwanda ikomeje gushyira imbaraga muri gahunda zigamije guteza imbere imibereho y\u2019 abaturage hari ingingo zimwe na zimwe zikomeza kuba ingorabahizi ndetse zihangayikishije ubuyobozi ndetse na Sosiyeti muri rusange. 1.Ibiyobyabwenge: Mu mbwirwaruhame z\u2019abayobozi, akenshi bagaruka ku kibazo cy\u2019ibiyobyabwenge banagaragaza ingaruka bigira ku buzima bw\u2019igihugu ariko usanga hari ababyumvira mu gutwi kumwe [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11676","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2018-09-11T07:44:02+00:00","og_image":[{"url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/09\/ANTI_DRUG_RAFIKI-3.jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"4 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11676#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11676"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Ibintu 6 bamwe mu banyarwanda batari bumva neza kandi bifite ingaruka ku buzima bw\u2019igihugu","datePublished":"2018-09-11T07:44:02+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11676"},"wordCount":751,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11676#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/09\/ANTI_DRUG_RAFIKI-3.jpg","articleSection":["mu-rwanda"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=11676#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11676","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11676","name":"Ibintu 6 bamwe mu banyarwanda batari bumva neza kandi bifite ingaruka ku buzima bw\u2019igihugu - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11676#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11676#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/09\/ANTI_DRUG_RAFIKI-3.jpg","datePublished":"2018-09-11T07:44:02+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11676#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=11676"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11676#primaryimage","url":"","contentUrl":""},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11676#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Ibintu 6 bamwe mu banyarwanda batari bumva neza kandi bifite ingaruka ku buzima bw\u2019igihugu"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/11676","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=11676"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/11676\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=11676"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=11676"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=11676"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}