{"id":11685,"date":"2018-09-11T12:37:32","date_gmt":"2018-09-11T12:37:32","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2018\/09\/11\/ubufatanye-nibwo-bwadufashije-kugera-ku-isoko-rimwe-rihuriweho-n-039-ibihugu\/"},"modified":"2025-02-12T13:59:06","modified_gmt":"2025-02-12T11:59:06","slug":"ubufatanye-nibwo-bwadufashije-kugera-ku-isoko-rimwe-rihuriweho-n-039-ibihugu","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11685","title":{"rendered":"Ubufatanye nibwo bwadufashije kugera ku Isoko Rimwe Rihuriweho n&#039;Ibihugu bya Afurika- Perezida Kagame"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Perezida w\u2019u Rwanda, Paul Kagame akaba n\u2019umuyobozi w\u2019Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe(AU) avuga ko ubufatanye hagati ya Leta n\u2019abashoramari, aribwo bwafashije mu gushyiraho isoko rimwe rihuriweho n\u2019ibihugu bya Afurika.<\/em> <\/strong> <\/p>\n<p>Ibi, umukuru w\u2019igihugu yabitangaje ku wa Kabiri tariki ya 11 Nzeri 2018, ubwo yagezaga ijambo ku bitabiriye Ihuriro ku Iterambere n&#8217;Ubukungu ryateguwe na Banki y&#8217;Isi. Iri huriro ryabereye i Kigali ryitabiriwe n&#8217;abahagarariye za Leta n&#8217;abikorera kugira ngo baganire ku \u201cruhare rw&#8217;abikorera mu bikorwa by&#8217;iterambere rya Afurika y&#8217;Iburasirazuba\u201d.<\/p>\n<p>Ku itariki ya 21 Werurwe 2018, nibwo abayobozi b\u2019ibihugu\u00a0bigize Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe, bashyize umukono ku masezerano ashyiraho isoko rihuriweho n\u2019ibihugu bya Afurika n\u2019andi mabwiriza. Hari mu nama ya 10 idasanzwe ya Afurika Yunze Ubumwe (AU) yabereye i Kigali iyobowe na Perezida Kagame, anatangaza ko gushyiraho isoko rimwe bigaragaza intambwe ikomeye igaragaza ubumwe bw\u2019Abanyafirika.<\/p>\n<p>Perezida Kagame muri iyi nama y\u2019uyu munsi, yongera gukomoza kuri iri soko avuga ko kugira ngo rijyeho, byaturutse ku bufatanye.<\/p>\n<p>Ati \u201cIkigamijwe muri iyi nama ni ukurebera hamwe uburyo leta n&#8217;abikorera bafatanya mu guhanga ibishya bifasha mu kongera umuvuduko w&#8217;ishoramari mu masoko ameze nk&#8217;iryo dufite mu karere kacu,\u2026 Ubufatanye hagati ya Leta n&#8217;abikorera nibwo bwafashije mu kugera ku Isoko Rimwe Rihuriweho n&#8217;Ibihugu bya Afurika ku rwego rw&#8217;Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe\u201d.<\/p>\n<p>Perezida Kagame akomeza avuga ko gushyira abikorera muri gahunda z\u2019umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe bimaze kuba umuco kandi ko byahinduye byinshi cyane cyane ku murongo baha ibiganiro.<\/p>\n<p>Avuga ko urugendo rukiri rurerure ariko icyerekezo cyo ngo kirasobanutse ndetse n&#8217;ubufatanye bukenewe ngo bukomeje kuboneka, akavuga ko hari amahirwe menshi, Ati \u201cturacyari kure yo kuba yose twayabyaza umusaruro cyangwa se tukayifashisha mu kugera ku bikorwa nkenerwa by&#8217;indashyikirwa kandi abaturage bacu bibonamo.<\/p>\n<p>Perezida Kagame arashima ubufatanye bw\u2019u Rwanda na banki y\u2019Isi, akizeza ko hazakorwa ibishoboka byose kugira ngo ubu bufatanye buzakomeza \u00a0kubyara umusaruro ku baturage.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Perezida w\u2019u Rwanda, Paul Kagame akaba n\u2019umuyobozi w\u2019Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe(AU) avuga ko ubufatanye hagati ya Leta n\u2019abashoramari, aribwo bwafashije mu gushyiraho isoko rimwe rihuriweho n\u2019ibihugu bya Afurika. Ibi, umukuru w\u2019igihugu yabitangaje ku wa Kabiri tariki ya 11 Nzeri 2018, ubwo yagezaga ijambo ku bitabiriye Ihuriro ku Iterambere n&#8217;Ubukungu ryateguwe na Banki y&#8217;Isi. Iri [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-11685","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Ubufatanye nibwo bwadufashije kugera ku Isoko Rimwe Rihuriweho n&#039;Ibihugu bya Afurika- Perezida Kagame - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=11685\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Ubufatanye nibwo bwadufashije kugera ku Isoko Rimwe Rihuriweho n&#039;Ibihugu bya Afurika- Perezida Kagame - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Perezida w\u2019u Rwanda, Paul Kagame akaba n\u2019umuyobozi w\u2019Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe(AU) avuga ko ubufatanye hagati ya Leta n\u2019abashoramari, aribwo bwafashije mu gushyiraho isoko rimwe rihuriweho n\u2019ibihugu bya Afurika. Ibi, umukuru w\u2019igihugu yabitangaje ku wa Kabiri tariki ya 11 Nzeri 2018, ubwo yagezaga ijambo ku bitabiriye Ihuriro ku Iterambere n&#8217;Ubukungu ryateguwe na Banki y&#8217;Isi. Iri [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=11685\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2018-09-11T12:37:32+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T11:59:06+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11685#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11685\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Ubufatanye nibwo bwadufashije kugera ku Isoko Rimwe Rihuriweho n&#039;Ibihugu bya Afurika- Perezida Kagame\",\"datePublished\":\"2018-09-11T12:37:32+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T11:59:06+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11685\"},\"wordCount\":334,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11685#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11685\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11685\",\"name\":\"Ubufatanye nibwo bwadufashije kugera ku Isoko Rimwe Rihuriweho n&#039;Ibihugu bya Afurika- Perezida Kagame - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2018-09-11T12:37:32+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T11:59:06+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11685#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11685\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11685#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Ubufatanye nibwo bwadufashije kugera ku Isoko Rimwe Rihuriweho n&#039;Ibihugu bya Afurika- Perezida Kagame\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Ubufatanye nibwo bwadufashije kugera ku Isoko Rimwe Rihuriweho n&#039;Ibihugu bya Afurika- Perezida Kagame - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11685","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Ubufatanye nibwo bwadufashije kugera ku Isoko Rimwe Rihuriweho n&#039;Ibihugu bya Afurika- Perezida Kagame - BWIZA","og_description":"Perezida w\u2019u Rwanda, Paul Kagame akaba n\u2019umuyobozi w\u2019Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe(AU) avuga ko ubufatanye hagati ya Leta n\u2019abashoramari, aribwo bwafashije mu gushyiraho isoko rimwe rihuriweho n\u2019ibihugu bya Afurika. Ibi, umukuru w\u2019igihugu yabitangaje ku wa Kabiri tariki ya 11 Nzeri 2018, ubwo yagezaga ijambo ku bitabiriye Ihuriro ku Iterambere n&#8217;Ubukungu ryateguwe na Banki y&#8217;Isi. Iri [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11685","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2018-09-11T12:37:32+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T11:59:06+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11685#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11685"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Ubufatanye nibwo bwadufashije kugera ku Isoko Rimwe Rihuriweho n&#039;Ibihugu bya Afurika- Perezida Kagame","datePublished":"2018-09-11T12:37:32+00:00","dateModified":"2025-02-12T11:59:06+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11685"},"wordCount":334,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=11685#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11685","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11685","name":"Ubufatanye nibwo bwadufashije kugera ku Isoko Rimwe Rihuriweho n&#039;Ibihugu bya Afurika- Perezida Kagame - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2018-09-11T12:37:32+00:00","dateModified":"2025-02-12T11:59:06+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11685#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=11685"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11685#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Ubufatanye nibwo bwadufashije kugera ku Isoko Rimwe Rihuriweho n&#039;Ibihugu bya Afurika- Perezida Kagame"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/11685","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=11685"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/11685\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=11685"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=11685"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=11685"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}