{"id":11700,"date":"2018-09-12T10:56:18","date_gmt":"2018-09-12T10:56:18","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2018\/09\/12\/nyamagabe-uwicishije-umugore-we-ishoka-yakatiwe-igihano-cy-igifungo-cya-burundu\/"},"modified":"2025-02-12T13:58:57","modified_gmt":"2025-02-12T11:58:57","slug":"nyamagabe-uwicishije-umugore-we-ishoka-yakatiwe-igihano-cy-igifungo-cya-burundu","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11700","title":{"rendered":"Nyamagabe: Uwicishije umugore we ishoka yakatiwe igihano cy\u2019igifungo cya burundu"},"content":{"rendered":"<p>Ubushinjacyaha Urwego Rwisumbuye rwa Nyamagabe, mu minsi ishize bwatsinze urubanza bwari bukurikiranyemo umugabo witwa Sibomana F\u00e9licien alias Rasta wahamwe n\u2019icyaha cyo kwica umugore we\u00a0 witwaga Musabyimana Veneranda wahanishijwe igihano cy\u2019igifungo cya burundu.<\/p>\n<p>Ubu bwicanyi bwabaye tariki ya 12 Nyakanga 2018 saa moya z\u2019ijoro mu Mudugudu wa Minini, Akagari ka Gakanka, Umurenge wa Kibumbwe, mu Karere ka Nyamagabe, Intara y\u2019Amajyepfo, ubwo Sibomana F\u00e9licien yatashye iwe mu rugo aho yari asanzwe abana n\u2019umugore we Musabyimana Veneranda nk\u2019umugabo n\u2019umugore mu gihe cy\u2019imyaka itandatu ariko batarasezeranye, yamusabye amafaranga kubera ko umugore yari yagurishije imyumbati, amusaba amafaranga arayamwima batangira gutongana, aribwo yahise afata ishoka ayimukubita mu mutwe ahita yikubita hasi.<\/p>\n<p>Umwana wa Musabyimana\u00a0 yaje aje gukiza nyina abajya hagati nawe ahita amutema mu mutwe agwa hasi. Sibomana yahise asohoka arabakingirana ajya kwihisha mu Murenge wa Kitabi ari naho akomoka kuko yari yarinjiye nyakwigendera.<\/p>\n<p>Inkuru y\u2019urupfu rwa Musabyimana yamenyekanye biturutse ku muturanyi wabo, wageze kwa Musabyimana agasuhuza akabura umwikiriza hanyuma akaza kumva ijwi rya Habanabashaka, umwana wa Musabyimana wari ukirimo akuka nawe wari mu nzu, amubwira ko Sibomana yabatemaguye. Bankundiye yahise abimenyesha ubuyobozi, umwana ajyanwa kwa muganga, Sibomana\u00a0 arafatwa atangira gukurikiranwa.<\/p>\n<p>Ubugenzacyaha bwakoze dosiye ishyikirizwa Ubushinjacyaha nabwo buregera Urukiko, bushinja Sibomana F\u00e9licien alias Rasta icyaha cy\u2019ubwicanyi bushingiye ku mvugo y\u2019abatangabuhamya, imvugo y\u2019uregwa ku wemeraga icyaha, amafoto y\u2019umurambo wa nyakwigendera, na raporo ya muganga ndetse n\u2019ishoka yafatiriwe yakoreshejwe icyaha.<\/p>\n<p>Icyaha cy\u2019ubwicanyi giteganywa kandi kigahanishwa ingingo y\u2019140 y\u2019itegeko ngenga N\u00baI\/2012\/OL ryo ku wa 2\/5\/2012 rishyiraho igitabo cy\u2019amategeko ahana.<\/p>\n<p>Muri Werurwe muri uyu mwaka n\u2019ubundi, Urukiko Rwisumbuye rwa Karongi rwaburanishije mu ruhame (ahakorewe icyaha),\u00a0 urubanza Ubushinjacyacyaha bwari bukurikiranyeho uwitwa Sebazungu Ezechias\u00a0 w\u2019imyaka 67 y\u2019amavuko, icyaha cyo kwica uwo bashyingiranywe nawe akoresheje ishoka. Urwo rubanza rwahise rusomwa\u00a0kuri uwo munsi, itariki 12 Werurwe , maze\u00a0 uyu mugabo ahanishwa igifungo cy\u2019imyaka 20 ariko ubushinjacyaha buhita bujurira.<\/p>\n<p>Ni icyaha Sebazungu yakoze kuwa 14 Gashyantare 2018 mu Mudugudu wa Muramba, Akagari ka Nganzo, Umurenge wa Kivumu,\u00a0 Akarere ka Rutsiro, mu gihe cya saa mbiri n\u2019igice z\u2019ijoro, ubwo yicaga umugore we, Mukandekezi Judithe, amukubise ishoka mu mutwe inshuro 2 nk\u2019uko yabyiyemereye.<\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ubushinjacyaha Urwego Rwisumbuye rwa Nyamagabe, mu minsi ishize bwatsinze urubanza bwari bukurikiranyemo umugabo witwa Sibomana F\u00e9licien alias Rasta wahamwe n\u2019icyaha cyo kwica umugore we\u00a0 witwaga Musabyimana Veneranda wahanishijwe igihano cy\u2019igifungo cya burundu. Ubu bwicanyi bwabaye tariki ya 12 Nyakanga 2018 saa moya z\u2019ijoro mu Mudugudu wa Minini, Akagari ka Gakanka, Umurenge wa Kibumbwe, mu Karere [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-11700","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Nyamagabe: Uwicishije umugore we ishoka yakatiwe igihano cy\u2019igifungo cya burundu - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=11700\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Nyamagabe: Uwicishije umugore we ishoka yakatiwe igihano cy\u2019igifungo cya burundu - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Ubushinjacyaha Urwego Rwisumbuye rwa Nyamagabe, mu minsi ishize bwatsinze urubanza bwari bukurikiranyemo umugabo witwa Sibomana F\u00e9licien alias Rasta wahamwe n\u2019icyaha cyo kwica umugore we\u00a0 witwaga Musabyimana Veneranda wahanishijwe igihano cy\u2019igifungo cya burundu. Ubu bwicanyi bwabaye tariki ya 12 Nyakanga 2018 saa moya z\u2019ijoro mu Mudugudu wa Minini, Akagari ka Gakanka, Umurenge wa Kibumbwe, mu Karere [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=11700\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2018-09-12T10:56:18+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T11:58:57+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11700#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11700\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Nyamagabe: Uwicishije umugore we ishoka yakatiwe igihano cy\u2019igifungo cya burundu\",\"datePublished\":\"2018-09-12T10:56:18+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T11:58:57+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11700\"},\"wordCount\":367,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11700#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11700\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11700\",\"name\":\"Nyamagabe: Uwicishije umugore we ishoka yakatiwe igihano cy\u2019igifungo cya burundu - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2018-09-12T10:56:18+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T11:58:57+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11700#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11700\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11700#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Nyamagabe: Uwicishije umugore we ishoka yakatiwe igihano cy\u2019igifungo cya burundu\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Nyamagabe: Uwicishije umugore we ishoka yakatiwe igihano cy\u2019igifungo cya burundu - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11700","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Nyamagabe: Uwicishije umugore we ishoka yakatiwe igihano cy\u2019igifungo cya burundu - BWIZA","og_description":"Ubushinjacyaha Urwego Rwisumbuye rwa Nyamagabe, mu minsi ishize bwatsinze urubanza bwari bukurikiranyemo umugabo witwa Sibomana F\u00e9licien alias Rasta wahamwe n\u2019icyaha cyo kwica umugore we\u00a0 witwaga Musabyimana Veneranda wahanishijwe igihano cy\u2019igifungo cya burundu. Ubu bwicanyi bwabaye tariki ya 12 Nyakanga 2018 saa moya z\u2019ijoro mu Mudugudu wa Minini, Akagari ka Gakanka, Umurenge wa Kibumbwe, mu Karere [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11700","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2018-09-12T10:56:18+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T11:58:57+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11700#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11700"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Nyamagabe: Uwicishije umugore we ishoka yakatiwe igihano cy\u2019igifungo cya burundu","datePublished":"2018-09-12T10:56:18+00:00","dateModified":"2025-02-12T11:58:57+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11700"},"wordCount":367,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=11700#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11700","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11700","name":"Nyamagabe: Uwicishije umugore we ishoka yakatiwe igihano cy\u2019igifungo cya burundu - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2018-09-12T10:56:18+00:00","dateModified":"2025-02-12T11:58:57+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11700#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=11700"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11700#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Nyamagabe: Uwicishije umugore we ishoka yakatiwe igihano cy\u2019igifungo cya burundu"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/11700","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=11700"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/11700\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=11700"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=11700"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=11700"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}