{"id":11786,"date":"2018-09-18T17:39:23","date_gmt":"2018-09-18T17:39:23","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2018\/09\/18\/dore-ibanga-abagabo-benshi-batazi-ryo-kunyaza-umugore-mu-gihe-cy-imibonano\/"},"modified":"2025-02-03T01:02:06","modified_gmt":"2025-02-02T23:02:06","slug":"dore-ibanga-abagabo-benshi-batazi-ryo-kunyaza-umugore-mu-gihe-cy-imibonano","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11786","title":{"rendered":"Dore ibanga abagabo benshi batazi ryo kunyaza umugore mu gihe cy\u2019imibonano mpuzabitsina"},"content":{"rendered":"<p>Abagabo benshi bakunda kuvuga ngo hari abagore batanyara kandi atariko bimeze ahubwo akaba ari abagabo batazi gutunganya neza abo bagore.<\/p>\n<p>Hifashishijwe abashakashatsi ndetse n\u2019impuguke mu bujyanye n\u2019imibonano mpuzabitsina bavugako hari uburyo umugabo yanyaza umugore we bitamugoye.<br \/>\nUmugabo uri kunyaza arinda igitsina cye kugwa, ndetse akamenya neza igihe umugore we arangiriza kuko bifasha kumenya nawe ukuntu ari bugenzure umuvuduko we ndetse akaza no kumenya niba agiye kurangiza mbere y\u2019umugore bityo akaba yashaka uburyo aba akuyemo igitsina cye gahoro gahoro agasa n\u2019ukorera inyuma mu rwego rwo kwirinda ko yahita arangiza vuba.<\/p>\n<p>Mu gihe cyo gukora imibonano mpuzabitsina hajya habaho kunyara, kunyara biba k\u2019uruhande rw\u2019umugore cyangwa umukobwa igihe asohora amavangingo ashyushye aturutse mu myanya myibarukiro ye bitewe n\u2019uburyohe budasanzwe aba atewe n\u2019uwo barigukorana imibonano mpuzabitsina, ibi umugabo akaba abigiramo uruhare rukomeye ndetse abagabo bakaba bagomba kumenya neza uburyo bakwitwara muri iki gikorwa n\u2019icyo bakora kugirango abagore babo bazane aya mavangingo.<\/p>\n<p>Byumvikane rero ko kunyara mu gihe cy\u2019imibonano mpuzabitsina bitandukanye no kunyara inkari zisanzwe ko ahubwo ari uburyohe buba bwinshi umugore aba ahawe n\u2019umugabo bugatuma umukobwa cyangwa umugore asohora amavangingo bikanatuma ububobere mu gitsina cye burushaho kwiyongera.<\/p>\n<p> <strong>Kunyara rero bikorwa bite ?<\/strong> <\/p>\n<p>Inzobere y\u2019 umudogiteri Moussa Guiro avuga ko kunyara kugira ngo bibeho, bigomba gutegurwa mbere yo gukora imibonano mpuzabitsina ndetse no mu gihe muri kuyikora, uko bitegurwa rero nuko mbere y\u2019uko mutangira gukora imibonano mpuzabitsina, mugomba kubanza mukabitekerezaho, mukabyishimira, ukishimira uwo mugiye kuyikorana.<\/p>\n<p>Uyu mudogiteri abuza abagabo guhita bafata igitsina cyabo ngo bahite bacyinjiza imbere mu cy\u2019abagore, ko ahubwo hagomba kubanza umwe agakora ku wundi buhoro buhoro amushimashimaho gake gake ari nako ubushake bwo gukora imibonano mpuzabitsina bugenda bwiyongera, mu gasomana bikageraho mutangira gukora imibonano mpuzabitsina.<\/p>\n<p>Mu gihe cyo gukora imibonano mpuzabitsina, ntabwo umugabo yinjiza igitsina cye cyose mu cy\u2019umugore ahubwo akigarukiriza ahagana hanze akajya agikoza kuri rugongo (clitoris) buhoro buhoro azamura akongera akamanura, icyo gikorwa uko gikomeza kugenda ni nako ububobere k\u2019umugore bwiyongera bigatuma umugabo aryoherwa cyane, bityo n\u2019umugore akarushaho kuryoherwa agatangira kurekura amavangingo ashyushye cyane aricyo cyiswe kunyara.<\/p>\n<p>Umugabo kandi unyaza bikanga agomba gusaba umugore we kumufasha muri iki gikorwa akamufata kubice by\u2019umubiri bitandukanye bifasha umugabo kumva uburyohe, urugero nko mwirugo,mugituza ndetse no mumugongo, ibi bice umugore agomba kubifatira umugabo we mugihe bari muri iki gikorwa kuko bifasha umugabo kunyaza neza.<\/p>\n<p>Ni byiza rero ko umugabo amenya ndetse akaniga uburyo anyaza umugore we ibi bikajyana no kugenzura umuvuduko akoresha yakumva agiye kurangiza agakoresha uburyo aba aretseho gato kugira ngo abashe gufasha umugore we baze kurangiriza rimwe.Icyo mutakwibagirwa n\u2019uko hari abagore barangiza batinze ndetse ko umugore ashobora kurangiza kabiri cyangwa gatatu kandi ashobora kuzana ayo mazi nyuma yo kurangiza bwa kabiri ni ngombwa rero ko umugabo yiga kurangiza atinze ndetse n\u2019ufite ikibazo cyo kurangiza vuba akagisha inama ku mpuguke byaba ngombwa agasanga abaganga kugira ngo ahabwe ubufasha burambye.<\/p>\n<p>Izi nyigisho zigenerwa abashakanye n\u2019abari mu nzira yabyo, rubyiruko mwirinde ubusambanyi kuko bushobora kubakururira ibyago birimo no kuba mwakwandura Virus itera SIDA, cyangwa gutwara inda zitateguwe,\u2026.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Abagabo benshi bakunda kuvuga ngo hari abagore batanyara kandi atariko bimeze ahubwo akaba ari abagabo batazi gutunganya neza abo bagore. Hifashishijwe abashakashatsi ndetse n\u2019impuguke mu bujyanye n\u2019imibonano mpuzabitsina bavugako hari uburyo umugabo yanyaza umugore we bitamugoye. Umugabo uri kunyaza arinda igitsina cye kugwa, ndetse akamenya neza igihe umugore we arangiriza kuko bifasha kumenya nawe ukuntu [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[441],"tags":[],"class_list":["post-11786","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-urukundo-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Dore ibanga abagabo benshi batazi ryo kunyaza umugore mu gihe cy\u2019imibonano mpuzabitsina - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=11786\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Dore ibanga abagabo benshi batazi ryo kunyaza umugore mu gihe cy\u2019imibonano mpuzabitsina - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Abagabo benshi bakunda kuvuga ngo hari abagore batanyara kandi atariko bimeze ahubwo akaba ari abagabo batazi gutunganya neza abo bagore. Hifashishijwe abashakashatsi ndetse n\u2019impuguke mu bujyanye n\u2019imibonano mpuzabitsina bavugako hari uburyo umugabo yanyaza umugore we bitamugoye. Umugabo uri kunyaza arinda igitsina cye kugwa, ndetse akamenya neza igihe umugore we arangiriza kuko bifasha kumenya nawe ukuntu [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=11786\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2018-09-18T17:39:23+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-02T23:02:06+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11786#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11786\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Dore ibanga abagabo benshi batazi ryo kunyaza umugore mu gihe cy\u2019imibonano mpuzabitsina\",\"datePublished\":\"2018-09-18T17:39:23+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-02T23:02:06+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11786\"},\"wordCount\":516,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"urukundo\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11786#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11786\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11786\",\"name\":\"Dore ibanga abagabo benshi batazi ryo kunyaza umugore mu gihe cy\u2019imibonano mpuzabitsina - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2018-09-18T17:39:23+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-02T23:02:06+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11786#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11786\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11786#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Dore ibanga abagabo benshi batazi ryo kunyaza umugore mu gihe cy\u2019imibonano mpuzabitsina\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Dore ibanga abagabo benshi batazi ryo kunyaza umugore mu gihe cy\u2019imibonano mpuzabitsina - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11786","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Dore ibanga abagabo benshi batazi ryo kunyaza umugore mu gihe cy\u2019imibonano mpuzabitsina - BWIZA","og_description":"Abagabo benshi bakunda kuvuga ngo hari abagore batanyara kandi atariko bimeze ahubwo akaba ari abagabo batazi gutunganya neza abo bagore. Hifashishijwe abashakashatsi ndetse n\u2019impuguke mu bujyanye n\u2019imibonano mpuzabitsina bavugako hari uburyo umugabo yanyaza umugore we bitamugoye. Umugabo uri kunyaza arinda igitsina cye kugwa, ndetse akamenya neza igihe umugore we arangiriza kuko bifasha kumenya nawe ukuntu [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11786","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2018-09-18T17:39:23+00:00","article_modified_time":"2025-02-02T23:02:06+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11786#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11786"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Dore ibanga abagabo benshi batazi ryo kunyaza umugore mu gihe cy\u2019imibonano mpuzabitsina","datePublished":"2018-09-18T17:39:23+00:00","dateModified":"2025-02-02T23:02:06+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11786"},"wordCount":516,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["urukundo"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=11786#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11786","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11786","name":"Dore ibanga abagabo benshi batazi ryo kunyaza umugore mu gihe cy\u2019imibonano mpuzabitsina - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2018-09-18T17:39:23+00:00","dateModified":"2025-02-02T23:02:06+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11786#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=11786"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11786#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Dore ibanga abagabo benshi batazi ryo kunyaza umugore mu gihe cy\u2019imibonano mpuzabitsina"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/11786","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=11786"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/11786\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=11786"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=11786"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=11786"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}