{"id":11806,"date":"2018-09-20T06:33:31","date_gmt":"2018-09-20T06:33:31","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2018\/09\/20\/igitekerezo-imbabazi-perezida-kagame-yatanze-ni-igipimo-cy-imyumvire-ye-kuri\/"},"modified":"2018-09-20T06:33:31","modified_gmt":"2018-09-20T06:33:31","slug":"igitekerezo-imbabazi-perezida-kagame-yatanze-ni-igipimo-cy-imyumvire-ye-kuri","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11806","title":{"rendered":"Igitekerezo: Imbabazi Perezida Kagame yatanze ni igipimo cy\u2019imyumvire ye kuri demokarasi"},"content":{"rendered":"<p> <strong>Mu gihe ibitangazamakuru mpuzamahanga bitari bike bitahwemye gushimangira ko imbabazi Perezida Kagame aherutse gutanga ku bagororwa basaga \u00a02,000 ari igitutu cy\u2019ibihugu by\u2019ureburengerazuba bw\u2019isi by\u2019umwihariko Ubufaransa, bigaragara ko ahubwo iyi ntabwe yatewe ari ubushake bwiza bwa politiki bw\u2019ubuyobozi bukuru bw\u2019igihugu.<\/strong> <\/p>\n<p>Mu gushimangira iki gitekerezo, twahera ku buryo bimwe muri ibi bihugu byo mu burengerazuba nka Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Ubuholandi byagerageje gukora raporo zinyuranye zerekana uburyo mu Rwanda nta demokarasi\u00a0 ndetse n\u2019ubwisanzure bw\u2019itangazamakuru bihari.<\/p>\n<p>Ibi bihugu kandi byagiye bishyiriraho u Rwanda ibihano n\u2019akato bisaba ko abanyapolitiki runaka barekurwa ariko Leta iyobowe na\u00a0 Perezida\u00a0 Kagame ikabima amatwi.<\/p>\n<p>Urugero rufatika\u00a0 ni imbaraga Ubuholandi busanzwe butera u Rwanda inkunga mu by\u2019ubutabera n\u2019uburezi bwakoresheje iyi turufu kugira ngo\u00a0 Ingabire Victoire arekurwe bikaba iby\u2019ubusa.<\/p>\n<p> <strong>Perezida Kagame ntiyumviye igitutu ahubwo yubahirije igihe<\/strong> <\/p>\n<p>Irekurwa rya Ingabire Victoire, Kizito Mihigo n\u2019abandi basaga 2000 ni ikimenyetso simusiga cyerekena ko Perezida Kagame yageze ku rundi rwego rw\u2019imyuvire mu gushyira mu bikorwa amahame ya demokarasi.<\/p>\n<p>Ibyo kudakorera ku gitutu twabirebera no ku ifungurwa ry\u2019uwari Perezida w\u2019u Rwanda, Pasiteri Bizimungu Ku wa 6 Mata 2007. \u00a0Pasteur Bizimungu yahawe imbabazi, akaba yaravaniweho igihano cy\u2019igifungo cy\u2019imyaka 10 yari asigaje kurangiza na Perezida w\u2019u Rwanda Paul Kagame, nk\u2019uko itangazo ryaturutse muri Perezidansi ya Repubulika ryo ku wa 6 Mata 2007 ryabyerekanaga.<\/p>\n<p>Nk\u2019uko na we yabyemeje mu ijambo rye ubwo yarahizaga ku mugaragaro abadepite mu manda nshya kuri uyu wa 19 Nzeri 2018, Kagame yavuze ko nta gitutu cy\u2019amahanga yashyizweho kugira ngo afate umwanzuro wo gufungura imfungwa.<\/p>\n<p>Yagize ati\u201d \u201c <em>Aho iki gihugu cyavuye hatwigishije ko tugomba kwanga kuba abantu bagendera kubyo bategetswe<\/em> .\u201d<\/p>\n<p> <em>Perezida Kagame\u00a0 yakomeje agira ati \u201cMu kubaka igihugu cyacu, twafashe icyemezo cyo gusubiza mu buzima abaturage bacu no kubashoboza gutanga umusanzu ku gihugu cyacu<\/em> .\u201d<\/p>\n<p>Ibyo umuryango mpuzamahanga ukomeje kwita igitutu yaba yarateye Leta y\u2019u Rwanda kugira ngo irekure imfungwa za Politiki, ku ruhande rumwe, byerekana\u00a0 uburyo iyi Leta iyobowe na FPR-Inkotanyi\u00a0 ariyo ifite urufunguzo rwo kugena icyerekezo cya politiki y\u2019igihugu kubw\u2019ineza ya bose.<\/p>\n<p>Ku rundi ruhande, mu gutanga imbabazi, ni bumwe mu buryo\u00a0 Perezida Kagame\u00a0 yifuza nk\u2019indorerwamo Abanyarwanda bamureberamo no kubeshyuza abo bose bibwirako batekerereza umwirabura by\u2019umwihariko umunyafurika.<\/p>\n<p>Ku ngoma ya Gen. Majoro Juvenal Habyarimana kuva kuwa 5 Nyakanga 1973 kugeza mu 1994 hafunzwe abantu bo mu nzego zo hejuru mu butegetsi no mu gisirikare\u00a0 ariko benshi ntibigeze barekurwa kugeza ubwo RPF-Inkotanyi yabohoraga abari bafungiwe muri gereza nkuru ya Ruhengeri.<\/p>\n<p>Muri aba harimo uwari akuriye iperereza muri icyo gihe, Major Lizinde Theoneste, Komanda Biseruka, Kapiteni Muvunanyambo n\u2019abandi bayobozi mu nzego za gisivili byagaragaraga ko ari imfungwa za politiki dore ko benshi nta madosiye y\u2019ibyo baregwaga bari bafite.<\/p>\n<p>N\u2019ubwo bimeze bitya, bamwe bakaba bafungurwa inzira iracyari ndende kuko hakiri abandi nabo bakeneye guhabwa izi mbabazi kugira ngo nabo bagaruke mu muryango batange umusanzu wabo mu kubaka igihugu nk\u2019uko umukuru w\u2019igihugu yabivuze.<\/p>\n<p> <strong>Gaston Rwaka na Fred M. Rugira\/ Bwiza.com<\/strong> <\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Mu gihe ibitangazamakuru mpuzamahanga bitari bike bitahwemye gushimangira ko imbabazi Perezida Kagame aherutse gutanga ku bagororwa basaga \u00a02,000 ari igitutu cy\u2019ibihugu by\u2019ureburengerazuba bw\u2019isi by\u2019umwihariko Ubufaransa, bigaragara ko ahubwo iyi ntabwe yatewe ari ubushake bwiza bwa politiki bw\u2019ubuyobozi bukuru bw\u2019igihugu. Mu gushimangira iki gitekerezo, twahera ku buryo bimwe muri ibi bihugu byo mu burengerazuba nka Leta [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[18],"tags":[],"class_list":["post-11806","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-zicukumbuye"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Igitekerezo: Imbabazi Perezida Kagame yatanze ni igipimo cy\u2019imyumvire ye kuri demokarasi - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=11806\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Igitekerezo: Imbabazi Perezida Kagame yatanze ni igipimo cy\u2019imyumvire ye kuri demokarasi - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Mu gihe ibitangazamakuru mpuzamahanga bitari bike bitahwemye gushimangira ko imbabazi Perezida Kagame aherutse gutanga ku bagororwa basaga \u00a02,000 ari igitutu cy\u2019ibihugu by\u2019ureburengerazuba bw\u2019isi by\u2019umwihariko Ubufaransa, bigaragara ko ahubwo iyi ntabwe yatewe ari ubushake bwiza bwa politiki bw\u2019ubuyobozi bukuru bw\u2019igihugu. Mu gushimangira iki gitekerezo, twahera ku buryo bimwe muri ibi bihugu byo mu burengerazuba nka Leta [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=11806\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2018-09-20T06:33:31+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11806#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11806\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Igitekerezo: Imbabazi Perezida Kagame yatanze ni igipimo cy\u2019imyumvire ye kuri demokarasi\",\"datePublished\":\"2018-09-20T06:33:31+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11806\"},\"wordCount\":496,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Zicukumbuye\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11806#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11806\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11806\",\"name\":\"Igitekerezo: Imbabazi Perezida Kagame yatanze ni igipimo cy\u2019imyumvire ye kuri demokarasi - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2018-09-20T06:33:31+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11806#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11806\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11806#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Igitekerezo: Imbabazi Perezida Kagame yatanze ni igipimo cy\u2019imyumvire ye kuri demokarasi\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Igitekerezo: Imbabazi Perezida Kagame yatanze ni igipimo cy\u2019imyumvire ye kuri demokarasi - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11806","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Igitekerezo: Imbabazi Perezida Kagame yatanze ni igipimo cy\u2019imyumvire ye kuri demokarasi - BWIZA","og_description":"Mu gihe ibitangazamakuru mpuzamahanga bitari bike bitahwemye gushimangira ko imbabazi Perezida Kagame aherutse gutanga ku bagororwa basaga \u00a02,000 ari igitutu cy\u2019ibihugu by\u2019ureburengerazuba bw\u2019isi by\u2019umwihariko Ubufaransa, bigaragara ko ahubwo iyi ntabwe yatewe ari ubushake bwiza bwa politiki bw\u2019ubuyobozi bukuru bw\u2019igihugu. Mu gushimangira iki gitekerezo, twahera ku buryo bimwe muri ibi bihugu byo mu burengerazuba nka Leta [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11806","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2018-09-20T06:33:31+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11806#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11806"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Igitekerezo: Imbabazi Perezida Kagame yatanze ni igipimo cy\u2019imyumvire ye kuri demokarasi","datePublished":"2018-09-20T06:33:31+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11806"},"wordCount":496,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Zicukumbuye"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=11806#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11806","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11806","name":"Igitekerezo: Imbabazi Perezida Kagame yatanze ni igipimo cy\u2019imyumvire ye kuri demokarasi - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2018-09-20T06:33:31+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11806#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=11806"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11806#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Igitekerezo: Imbabazi Perezida Kagame yatanze ni igipimo cy\u2019imyumvire ye kuri demokarasi"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/11806","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=11806"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/11806\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=11806"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=11806"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=11806"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}