{"id":11845,"date":"2018-09-23T07:20:01","date_gmt":"2018-09-23T07:20:01","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2018\/09\/23\/rwamagana-minisitiri-yasabye-abayobozi-gufasha-abaturage-guhindura-imyumvire-no\/"},"modified":"2025-02-12T13:57:36","modified_gmt":"2025-02-12T11:57:36","slug":"rwamagana-minisitiri-yasabye-abayobozi-gufasha-abaturage-guhindura-imyumvire-no","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11845","title":{"rendered":"Rwamagana: Minisitiri yasabye abayobozi gufasha abaturage guhindura imyumvire no gusobanukirwa gahunda za Leta"},"content":{"rendered":"<p>Minisitiri w\u2019ikoranabuhanga n\u2019itumanaho n\u2019imboni ya guverinoma kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 22 Nzeri 2018 ubwo yasozaga umwiherero w\u2019iminsi ibiri \u00a0w\u2019abagize inama njyanama y\u2019Akarere ka Rwamagana yibukije abayobozi n\u2019izindi nzego zirimo abanyamadini ko bafite inshingano zo guhindura imyumvire y\u2019abaturage kugirango Akarere ka Rwamagana gakomeze kwesa imihigo no gufasha abaturage kugira ubuzima bwiza<\/p>\n<p>Minisitiri Rurangirwa asanga abayobozi bafite inshingano zo gufasha umuturage kumva neza gahunda za Leta no kumva icyo zigamije kugeza ku baturage .<\/p>\n<p>Aragira ati \u201c <em>Buri wese ufite aho ahurira n\u2019umuturage harimo abayobozi b\u2019inzego za Leta ,abayobozi b\u2019amadini n\u2019amatorero,yagira uruhare mu guhindura imyumvire y\u2019umuturage,bityo umuturage agasobanukirwa gahunda za Leta n\u2019icyo zigamije kumugezaho, ndagirango mbasabe\u00a0 ntituzarare ahubwo dukore cyane kandi duharanire guteza imbere imibereho myiza y\u2019abaturage\u00a0 kuburyo ubabonye abona ko hari intambwe bateye<\/em>  .\u201d<\/p>\n<p><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-114470 size-large\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/09\/DntHDevWkAAzxIt-1024x683.jpg\" alt=\"\" width=\"1024\" height=\"683\" \/><\/p>\n<p>Minisitiri Rurangirwa yakomeje asaba ko umwanya wa mbere akarere ka Rwamagana kabonye bagomba guharanira kuzongera kuwegukana ku nshuro ya 3.<\/p>\n<p>Yagize ati \u201d <em>kuba uwa mbere inshuro ebyiri zikurikiranya nibyo kwishimira ariko bizaba byiza ari uko uyu mwanya tuwugumanye ku nshuro ya gatatu ibi birashoboka mu gihe uwaba agifite intege nke yakwiminjiramo agafu\u00a0 twese tukabigiramo uruhare ,gukorera hamwe birakenerwa mu nzego zose niyo mpamvu nkanjye nk\u2019imboni y\u2019akarere\u00a0 mbasezeranyije ubuvugizi bwose bushoboka kugirango amahirwe dufite tuyabyaze umusaruro kandi twese imihigo twahize uyu mwaka 2017\/2018<\/em> .\u201d<\/p>\n<p>Kuwa Gatanu tariki 21 Nzeri ubwo yatangizaga umwiherero w\u2019abajyanama, Kabagamba Wilson, perezida wa njyanama y\u2019Akarere ka Rwamagana yavuze ko umwiherero wateguwe mu rwego rwo kwisuzuma no kureba niba abaturage ibyo bakorerwa aribyo bifuza.<\/p>\n<p>Yagize ati \u201c <em>Uyu mwiherero ugamije ibintu bibiri aribyo :kwitekerezaho nk\u2019abagize inama njyanama y\u2019Akarere ka Rwamagana tukareba aho tugeze dushyira mu bikorwa ibyo twemereye abaturage b\u2019akarere kacu no gufata ingamba ku bikwiye kunozwa,muri ibi biganiro turareba ibyo dukora tubikora dute ? ese abo tuba dukorera babyishimira gute? tukareba ni ibihe twanoza kugirango umusaruro uzamuke cyane, hanyuma ingamba tuzifatire hamwe ku nyungu z\u2019abo tuyobora<\/em> .\u201d<\/p>\n<p><img decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-114474 size-large\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/09\/DntKjkEWwAUisuy-1024x683.jpg\" alt=\"\" width=\"1024\" height=\"683\" \/><\/p>\n<p>Abajyanama bishimiye imyanzuro yavuye mu mwiherero bamazemo iminsi 2 ndetse bizera ko ingamba zafatiwe mu mwiherero zizagira uruhare mu kwihutisha iterambere ry\u2019abaturage<\/p>\n<p>Kabagamba Godfroid uhagarariye urubyiruko mu nama njyanama yabwiye Bwiza.com ko urubyiruko rwishimiye ingamba zafashwe ndetse ko biteguye kuzishyira mu bikorwa kandi ko hari imishinga yatekerejwe kugirango ifashe guteza imbere urubyiruko.<\/p>\n<p>Yagize ati \u201c <em>Twishimiye ko hari imishinga izafasha urubyiruko ,hari nko kubaka TVT hafi y\u2019agakiriro izafasha urubyiruko kumenya imyuga bitume babona akazi ,hari n\u2019ibigo bibiri bizubakwa by\u2019ikitegererezo bizafasha urubyiruko kubona amakuru bakeneye azajya abafasha kwiteza imbere ,natwe twasinye imihigo imbere y\u2019umuyobozi w\u2019akarere ,twijeje ubuyobozi bw\u2019akarere ko tuzayihigura ijana ku ijana ,mu mwaka ushize twagize umwanya mwiza kuko twaje ku mwanya 5 uyu mwaka turashaka kuzaza ku mwanya wa mbere mu mihigo y\u2019urubyiruko ,twizeye ko tuzabigeraho ku bufatanye n\u2019izindi nzego kuko twiyemeje gukorera hamwe<\/em>  .&#8221;<\/p>\n<p><img decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-114473 size-large\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/09\/DntII3DWwAMjlSF-1024x683.jpg\" alt=\"\" width=\"1024\" height=\"683\" \/><\/p>\n<p>Muri uwo mwiherero hahembwe ababaye indashyikirwa mu kwesa imihigo 2017\/2018. Umurenge wa Muhazi niwo wabaye uwa mbere n\u2019amanota 90.4% ku mwanya wa kabiri haje Umurenge wa Gishari n\u2019amanota 88.9% ku mwanya wa gatatu haje Umurenge wa Musha n\u2019amanota 86.9% umurenge wa nyuma ni uwa Rubona n\u2019amanota 76.6%.<\/p>\n<p>Imyanzuro 26 yafatiwe mu mwiherero izafasha abaturage n&#8217;abayobozi kwesa imihigo no kugeza iterambere rirambye ku baturage batuye mu Karere ka Rwamagana .<\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n<p> <strong>Justin Ngabonziza<\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Minisitiri w\u2019ikoranabuhanga n\u2019itumanaho n\u2019imboni ya guverinoma kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 22 Nzeri 2018 ubwo yasozaga umwiherero w\u2019iminsi ibiri \u00a0w\u2019abagize inama njyanama y\u2019Akarere ka Rwamagana yibukije abayobozi n\u2019izindi nzego zirimo abanyamadini ko bafite inshingano zo guhindura imyumvire y\u2019abaturage kugirango Akarere ka Rwamagana gakomeze kwesa imihigo no gufasha abaturage kugira ubuzima bwiza Minisitiri Rurangirwa asanga [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-11845","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Rwamagana: Minisitiri yasabye abayobozi gufasha abaturage guhindura imyumvire no gusobanukirwa gahunda za Leta - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=11845\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Rwamagana: Minisitiri yasabye abayobozi gufasha abaturage guhindura imyumvire no gusobanukirwa gahunda za Leta - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Minisitiri w\u2019ikoranabuhanga n\u2019itumanaho n\u2019imboni ya guverinoma kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 22 Nzeri 2018 ubwo yasozaga umwiherero w\u2019iminsi ibiri \u00a0w\u2019abagize inama njyanama y\u2019Akarere ka Rwamagana yibukije abayobozi n\u2019izindi nzego zirimo abanyamadini ko bafite inshingano zo guhindura imyumvire y\u2019abaturage kugirango Akarere ka Rwamagana gakomeze kwesa imihigo no gufasha abaturage kugira ubuzima bwiza Minisitiri Rurangirwa asanga [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=11845\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2018-09-23T07:20:01+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T11:57:36+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/09\/DntHDevWkAAzxIt-1024x683.jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11845#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11845\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Rwamagana: Minisitiri yasabye abayobozi gufasha abaturage guhindura imyumvire no gusobanukirwa gahunda za Leta\",\"datePublished\":\"2018-09-23T07:20:01+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T11:57:36+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11845\"},\"wordCount\":543,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11845#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2018\\\/09\\\/DntHDevWkAAzxIt-1024x683.jpg\",\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11845#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11845\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11845\",\"name\":\"Rwamagana: Minisitiri yasabye abayobozi gufasha abaturage guhindura imyumvire no gusobanukirwa gahunda za Leta - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11845#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11845#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2018\\\/09\\\/DntHDevWkAAzxIt-1024x683.jpg\",\"datePublished\":\"2018-09-23T07:20:01+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T11:57:36+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11845#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11845\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11845#primaryimage\",\"url\":\"\",\"contentUrl\":\"\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11845#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Rwamagana: Minisitiri yasabye abayobozi gufasha abaturage guhindura imyumvire no gusobanukirwa gahunda za Leta\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Rwamagana: Minisitiri yasabye abayobozi gufasha abaturage guhindura imyumvire no gusobanukirwa gahunda za Leta - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11845","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Rwamagana: Minisitiri yasabye abayobozi gufasha abaturage guhindura imyumvire no gusobanukirwa gahunda za Leta - BWIZA","og_description":"Minisitiri w\u2019ikoranabuhanga n\u2019itumanaho n\u2019imboni ya guverinoma kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 22 Nzeri 2018 ubwo yasozaga umwiherero w\u2019iminsi ibiri \u00a0w\u2019abagize inama njyanama y\u2019Akarere ka Rwamagana yibukije abayobozi n\u2019izindi nzego zirimo abanyamadini ko bafite inshingano zo guhindura imyumvire y\u2019abaturage kugirango Akarere ka Rwamagana gakomeze kwesa imihigo no gufasha abaturage kugira ubuzima bwiza Minisitiri Rurangirwa asanga [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11845","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2018-09-23T07:20:01+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T11:57:36+00:00","og_image":[{"url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/09\/DntHDevWkAAzxIt-1024x683.jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11845#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11845"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Rwamagana: Minisitiri yasabye abayobozi gufasha abaturage guhindura imyumvire no gusobanukirwa gahunda za Leta","datePublished":"2018-09-23T07:20:01+00:00","dateModified":"2025-02-12T11:57:36+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11845"},"wordCount":543,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11845#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/09\/DntHDevWkAAzxIt-1024x683.jpg","articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=11845#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11845","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11845","name":"Rwamagana: Minisitiri yasabye abayobozi gufasha abaturage guhindura imyumvire no gusobanukirwa gahunda za Leta - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11845#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11845#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/09\/DntHDevWkAAzxIt-1024x683.jpg","datePublished":"2018-09-23T07:20:01+00:00","dateModified":"2025-02-12T11:57:36+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11845#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=11845"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11845#primaryimage","url":"","contentUrl":""},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11845#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Rwamagana: Minisitiri yasabye abayobozi gufasha abaturage guhindura imyumvire no gusobanukirwa gahunda za Leta"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/11845","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=11845"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/11845\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=11845"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=11845"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=11845"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}