{"id":11867,"date":"2018-09-25T06:00:30","date_gmt":"2018-09-25T06:00:30","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2018\/09\/25\/rubavu-urubyiruko-rurasabwa-kwishakamo-umuti-w-ibibazo-bihari\/"},"modified":"2025-02-12T13:57:26","modified_gmt":"2025-02-12T11:57:26","slug":"rubavu-urubyiruko-rurasabwa-kwishakamo-umuti-w-ibibazo-bihari","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11867","title":{"rendered":"Rubavu: Urubyiruko rurasabwa kwishakamo umuti w\u2019ibibazo bihari"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Urubyiruko rwo mu\u00a0 Karere ka Rubavu rwasabwe guhuriza hamwe imbaraga zabafasha kubyaza umusaruro amahirwe rwahawe rukishakamo ibisubizo bigamije gukemura ibibazo igihugu gifite.<\/em> <\/strong> <\/p>\n<p>Nyuma y\u2019umuganda wo gutera ibiti ku musozi wa Rubavu kuri uyu wa 22 Nzeri wateguwe n\u2019ihuriro ry\u2019urubyiruko nyarwanda rw\u2019abakorerabushake mu gukumira no kurwanya ibyaha(RYVCP) abayobozi b&#8217;inzego zitandukanye zikorera muri aka Karere\u00a0 zabasabye kuba abarinzi b&#8217;ibyagezweho Kandi bakishakamo ibisubizo by&#8217;ibibazo bigihari.<\/p>\n<p>Umuyobozi wungirije ushinzwe ubukungu n\u2019iterambere mu Karere ka Rubavu, Murenzi Janvier yibukije uru rubyiruko ko rwahawe amahirwe yo kwagura ibitekerezo binyuze mu bumenyi rukura mu ishuri, bityo rukwiye guhera aho rugatekereza icyaruteza imbere ubwarwo.<\/p>\n<p>Ati \u201c Amahirwe yo kwiga niyo y\u2019ibanze, iyo wize ugasobanukirwa neza biguha gutekereza kure icyaguteza imbere utiriwe ushakishiriza mu bikorwa bitemewe birimo magendu n\u2019ibiyobyabwenge\u201d.<\/p>\n<p>\u201cMbere na mbere kuba muhura mungana gutya kandi muhuje intego, bibafasha kungurana inama no gushyira hamwe kuko ibikorwa bikorewe hamwe byoroha kubitera inkunga kandi bikunguka vuba.\u201d<\/p>\n<p>Umuyobozi wa Polisi mu Karere ka Rubavu SP Eric Kabera\u00a0 yabwiye uru rubwiruko ko rufite imbaraga zo gukora kandi zikagira icyo zigeza ku gihugu cyane cyane\u00a0 mubigendanye no kwicungira umutekano barwanya ibiyobyabwenge<\/p>\n<p>Yagize ati\u201c Nimukomeze mushyire hamwe murebe ko imbaraga n\u2019ibitekerezo byubaka mufite bitasumba ibibazo mutekereza ko bihari. Icyo musabwa ni ukwishyirahamwe mugakora ibyiza, ubundi mukareba ko bidashyigikirwa.\u201d<\/p>\n<p>Uru rubyiruko rwibukijwe ko rugomba kugira uruhare mu guhangana n\u2019icyasubiza inyuma iby\u2019igihugu cyagezeho kandi rugaharanira kubyongera hagamijwe gushimangira gahunda yo kwigira.<\/p>\n<p>Umuyobozi w\u2019ihuriro ry\u2019urubyiruko rw\u2019abakorerashake ku rwego rw\u2019igihugu Murenzi Abdallah yasabye abagize icyiciro cy\u2019urubyiruko bose kwinjira mu bakorerabushake kuko byoroshya gukorera hamwe no guhanahana amakuru ku bintu by\u2019ingirakamaro.<\/p>\n<p>Ati \u201cTurabashimira mwe mugize urubyiruko rw\u2019abakorerabushake ku bikorwa mukomeje gukora kandi n\u2019abandi bose turabashishikariza kutugana tugafatanya inzira nziza yo kubaka igihugu dukoresheje imbaraga n\u2019ubumenyi dufite.\u201d<\/p>\n<p>Ubusanzwe urubyiruko rw\u2019abakorerabushake bakora ibikorwa bitandukanye birimo\u00a0 gukangurira abanyarwanda kwirinda ibyaha birimo,\u00a0 ibiyobyabwenge,ihohoterwa rikorerwa mu mu ryango\u00a0 batanga amakuru inzego z\u2019umutekano zikabasha kubikumira bitaraba.<\/p>\n<p>Uyu muganda waranzwe no gutera ibiti by\u2019intusi 2500 ku musozi wa Rubavu hagamijwe kurengera ibidukikije\u00a0 harwanywa isuri n\u2019ibiza.<\/p>\n<p>Muri uku kwezi kwahariwe ibikorwa by\u2019urubyiruko rw\u2019abakorerabushake biyemeje gutera ibiti ibihumbi 10 mu gihugu hose kugira ngo barusheho guhangana n\u2019ibibazo by\u2019imihindagurikire y\u2019ikirere iteza ibiza hirya no hino mu gihugu.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Urubyiruko rwo mu\u00a0 Karere ka Rubavu rwasabwe guhuriza hamwe imbaraga zabafasha kubyaza umusaruro amahirwe rwahawe rukishakamo ibisubizo bigamije gukemura ibibazo igihugu gifite. Nyuma y\u2019umuganda wo gutera ibiti ku musozi wa Rubavu kuri uyu wa 22 Nzeri wateguwe n\u2019ihuriro ry\u2019urubyiruko nyarwanda rw\u2019abakorerabushake mu gukumira no kurwanya ibyaha(RYVCP) abayobozi b&#8217;inzego zitandukanye zikorera muri aka Karere\u00a0 zabasabye kuba [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-11867","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Rubavu: Urubyiruko rurasabwa kwishakamo umuti w\u2019ibibazo bihari - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=11867\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Rubavu: Urubyiruko rurasabwa kwishakamo umuti w\u2019ibibazo bihari - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Urubyiruko rwo mu\u00a0 Karere ka Rubavu rwasabwe guhuriza hamwe imbaraga zabafasha kubyaza umusaruro amahirwe rwahawe rukishakamo ibisubizo bigamije gukemura ibibazo igihugu gifite. Nyuma y\u2019umuganda wo gutera ibiti ku musozi wa Rubavu kuri uyu wa 22 Nzeri wateguwe n\u2019ihuriro ry\u2019urubyiruko nyarwanda rw\u2019abakorerabushake mu gukumira no kurwanya ibyaha(RYVCP) abayobozi b&#8217;inzego zitandukanye zikorera muri aka Karere\u00a0 zabasabye kuba [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=11867\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2018-09-25T06:00:30+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T11:57:26+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11867#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11867\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Rubavu: Urubyiruko rurasabwa kwishakamo umuti w\u2019ibibazo bihari\",\"datePublished\":\"2018-09-25T06:00:30+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T11:57:26+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11867\"},\"wordCount\":385,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11867#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11867\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11867\",\"name\":\"Rubavu: Urubyiruko rurasabwa kwishakamo umuti w\u2019ibibazo bihari - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2018-09-25T06:00:30+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T11:57:26+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11867#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11867\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11867#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Rubavu: Urubyiruko rurasabwa kwishakamo umuti w\u2019ibibazo bihari\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Rubavu: Urubyiruko rurasabwa kwishakamo umuti w\u2019ibibazo bihari - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11867","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Rubavu: Urubyiruko rurasabwa kwishakamo umuti w\u2019ibibazo bihari - BWIZA","og_description":"Urubyiruko rwo mu\u00a0 Karere ka Rubavu rwasabwe guhuriza hamwe imbaraga zabafasha kubyaza umusaruro amahirwe rwahawe rukishakamo ibisubizo bigamije gukemura ibibazo igihugu gifite. Nyuma y\u2019umuganda wo gutera ibiti ku musozi wa Rubavu kuri uyu wa 22 Nzeri wateguwe n\u2019ihuriro ry\u2019urubyiruko nyarwanda rw\u2019abakorerabushake mu gukumira no kurwanya ibyaha(RYVCP) abayobozi b&#8217;inzego zitandukanye zikorera muri aka Karere\u00a0 zabasabye kuba [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11867","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2018-09-25T06:00:30+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T11:57:26+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11867#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11867"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Rubavu: Urubyiruko rurasabwa kwishakamo umuti w\u2019ibibazo bihari","datePublished":"2018-09-25T06:00:30+00:00","dateModified":"2025-02-12T11:57:26+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11867"},"wordCount":385,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=11867#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11867","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11867","name":"Rubavu: Urubyiruko rurasabwa kwishakamo umuti w\u2019ibibazo bihari - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2018-09-25T06:00:30+00:00","dateModified":"2025-02-12T11:57:26+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11867#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=11867"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11867#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Rubavu: Urubyiruko rurasabwa kwishakamo umuti w\u2019ibibazo bihari"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/11867","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=11867"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/11867\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=11867"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=11867"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=11867"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}