{"id":119,"date":"2015-08-30T16:38:42","date_gmt":"2015-08-30T16:38:42","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2015\/08\/30\/uburyo-12-wakoresha-kugira-ngo-umukobwa-mukundana-akwimariremo-kandi-yitware-nk\/"},"modified":"2025-02-03T01:04:24","modified_gmt":"2025-02-02T23:04:24","slug":"uburyo-12-wakoresha-kugira-ngo-umukobwa-mukundana-akwimariremo-kandi-yitware-nk","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=119","title":{"rendered":"Uburyo 12 wakoresha kugira ngo umukobwa mukundana akwimariremo kandi yitware nk\u2019uwamaze gushyingirwa"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>N\u2019ubwo muri iki gihe bivugwa ko nta rukundo rukibaho nyamara hari abirengagiza byose bagakunda by\u2019ukuri ari ntacyo bakeneye,usibye urukundo gusa nibwo usanga umukobwa wakunze bene aka kageni yitwara nk\u2019uwamaze gushaka nyamara rimwe na rimwe umusore atamwemeza by\u2019ukuri ko bazabana.<\/em> <\/strong><br \/>\nIbi ni bimwe umusore yakorera umukobwa akamukunda kugeza ubwo yitwara nk\u2019uwamaze gushyingirwa kandi mu rukundo rusanzwe bitaragera kure cyane ho gushinga urugo.<br \/>\n<a href=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2015\/08\/col1.jpg\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-11175\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2015\/08\/col1.jpg\" alt=\"col\" width=\"706\" height=\"508\" \/><\/a><br \/>\n <strong>A.Kuba waramweretse umuryango wawe: <\/strong> niba umukobwa mukundana waramwerekanye mu muryango wawe bituma yumva wamaze kumuhitamo ,bityo umuryango wawe akawubaha kuko aba ateganya ko umunsi ku musni azaba awujemo.<br \/>\nIbi bituma kandi igihe umuganirije ku bigendanye no kubana abisamira hejuru,kuko rimwe na rimwe aba akeka ko wanabiganiriye n\u2019umuryango wawe bityo guhera igihe ubimubarije akajya yitwara nk\u2019uwamaze gushyingirwa yanga kuguhemukira.<br \/>\n <strong>B.Jya umutumira igihe uri kumwe n\u2019inshuti zawe<\/strong> : Abakobwa bashimishwa no kwerekanwa cyane mu nshuti z\u2019urungano.<br \/>\ngutumira umukunzi wawe w\u2019umukobwa mu nshuti zawe bituma atangira kukwiyumvamo cyane maze agatangira kwitwara nk\u2019uwamaze guhitamo.<br \/>\nBituma abandi basore akabagendera kure kuko aba atinya kuguhemukira no kuguca inyuma.<br \/>\n <strong>C.Rimwe na rimwe, jya ugirana nawe gahunda zindi zitari iz\u2019 urukundo:<\/strong>  mushobora nko gukorana imishinga ibyara inyungu, gukora nk\u2019igikorwa cyo kujya gusura abarwayi kwa muganga nko ku cyumweru, kujya gutemberera ahantu nko mu giturage mwabaga kera, n\u2019ibindi.<br \/>\n<a href=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2015\/08\/clp2.jpg\"><img decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-11174\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2015\/08\/clp2.jpg\" alt=\"clp2\" width=\"744\" height=\"280\" \/><\/a><br \/>\nBituma yumva ko umubano wanyu Atari uw\u2019igihe gito bityo no kubana akabishyira mu mishinga yanyu,akabyubaha cyane kuko aba yirinda kuba yakugusha mu gihombo<br \/>\n <strong>D.Kenshi jya ukunda kumufotora no kwifotozanya nawe:<\/strong>  Abakobwa burya bakunda amafoto cyane, cyangwa umukorere CD iriho amafoto yanyu, aho ushobora no kuyaherekezanya uturirimbo tw\u2019urukundo uziko akunda, cyangwa dufite icyo tubibutsa mwembi.<br \/>\n <strong>E.Kumubwira kenshi ko umukunda:<\/strong>  Igihe akubwiye ko agukunda, jya ubimusubirishamo kenshi, umwereke ko kuba yaraguhaye urukundo ari ikintu uha agaciro gakomeye mu buzima bwawe!<br \/>\n <strong>F.Kumwerekana mu nshuti zawe:<\/strong>  Niba muri kumwe n\u2019inshuti ze zikamwereka cyangwa zikamubwira ko zimukunda cyangwa ko zimwitayeho kukurusha, jya ubihakana umuhobera cyane umwiyegereza, umubwire ko urukundo umufitiye nta n\u2019uwabasha kurupima, ibi bituma yumva akunzwe cyane kandi bimurinda kumva ko hari undi muntu n\u2019umwe yakurutisha mu buzima bwe.<br \/>\n <strong>G.Jya umubwira ko ari mwiza ahebuje<\/strong> , gusa ntukamubwire ko ari segisi (sexy). Abasore benshi bajya bakora aya makosa, gusa hano nakubwira ko umukobwa aba yifuza kumva ko ari mwiza imbere y\u2019umukunzi we kurusha kumubwira ko ari segisi.<br \/>\nJya umubwira uburyo umwiyumvamo kandi utamubeshye unamwereka ko ibyo umubwiye ariko ubibona, jya ubimwereka koko nta buryarya burimo, sibyo se ntumukunda?<br \/>\n <strong>i.Kumugaragariza ko umuzirikana:<\/strong>  ibi wabikora umwandikira ubutumwa bugufi, unamuhamagara buri gitondo umubaza uko yaramutse n\u2019uko ijoro rye ryari rimeze, kandi buri gihe jya umubwira utujambo twiza. Mwaba muri kumwe cyangwa mutari kumwe, ugerageze kumenya gahunda ze zose; niba yariye, niba yabashije kuruhuka, ese amasomo\/ akazi biragenda, n\u2019ibindi\u2026<br \/>\nNiyo waba urakaye ute, ntugakinishe na rimwe kumubwira ngo nahite agenda, kabone n\u2019iyo waba wikiniraga,<br \/>\n <strong>J.Niba arakaye jya umuba hafi, umufashe;<\/strong>  niba akubabaje ntumwereke ko urakaye cyane ariko umubwire ko bitagushimishije, n\u2019agusaba imbabazi umwumve kandi ntugakunde impaka no kubigira birebire.<br \/>\n <strong>K.Kumutembereza mu ijoro cyangwa ahandi hantu hateye ubwoba: <\/strong> Gutemberana mu ijoro, cyangwa ahantu hateye ubwoba,maze ukamuhumuriza bituma akubonamo ubushobozi bw\u2019uzuye maze bitumen akubonamo umugabo uhamye.<br \/>\n <strong>R.Kutamwizeza ibitangaza<\/strong> :  umukobwa mukundana nt5i bikwiye ko umwizeza ibitangaza ngo umusezeranye ibyo ubona ko bitashoboka,ukamwereka byukuri ubuzima ubayemo.<br \/>\nBituma akugirira icyizere maze akisanisha mu buzima ubayemo,bituma yumva ko n\u2019iyo mwabana yabasha kwitwararika muri ubwo buzima.<br \/>\nKumwereka iterambere ugeraho: bituma abona ko ufite icyerekezo cy\u2019ejo hazaza ku bwawe ndetse no ku muryango wawe.<br \/>\n <strong> <em><b><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/b><\/em> <\/strong><br \/>\n <em> <strong>Shimirwa Palemon\/Bwiza.com<\/strong> <\/em> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>N\u2019ubwo muri iki gihe bivugwa ko nta rukundo rukibaho nyamara hari abirengagiza byose bagakunda by\u2019ukuri ari ntacyo bakeneye,usibye urukundo gusa nibwo usanga umukobwa wakunze bene aka kageni yitwara nk\u2019uwamaze gushaka nyamara rimwe na rimwe umusore atamwemeza by\u2019ukuri ko bazabana. Ibi ni bimwe umusore yakorera umukobwa akamukunda kugeza ubwo yitwara nk\u2019uwamaze gushyingirwa kandi mu rukundo rusanzwe [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[441],"tags":[],"class_list":["post-119","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-urukundo-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Uburyo 12 wakoresha kugira ngo umukobwa mukundana akwimariremo kandi yitware nk\u2019uwamaze gushyingirwa - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=119\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Uburyo 12 wakoresha kugira ngo umukobwa mukundana akwimariremo kandi yitware nk\u2019uwamaze gushyingirwa - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"N\u2019ubwo muri iki gihe bivugwa ko nta rukundo rukibaho nyamara hari abirengagiza byose bagakunda by\u2019ukuri ari ntacyo bakeneye,usibye urukundo gusa nibwo usanga umukobwa wakunze bene aka kageni yitwara nk\u2019uwamaze gushaka nyamara rimwe na rimwe umusore atamwemeza by\u2019ukuri ko bazabana. Ibi ni bimwe umusore yakorera umukobwa akamukunda kugeza ubwo yitwara nk\u2019uwamaze gushyingirwa kandi mu rukundo rusanzwe [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=119\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2015-08-30T16:38:42+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-02T23:04:24+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2015\/08\/col1.jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=119#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=119\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Uburyo 12 wakoresha kugira ngo umukobwa mukundana akwimariremo kandi yitware nk\u2019uwamaze gushyingirwa\",\"datePublished\":\"2015-08-30T16:38:42+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-02T23:04:24+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=119\"},\"wordCount\":619,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=119#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2015\\\/08\\\/col1.jpg\",\"articleSection\":[\"urukundo\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=119#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=119\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=119\",\"name\":\"Uburyo 12 wakoresha kugira ngo umukobwa mukundana akwimariremo kandi yitware nk\u2019uwamaze gushyingirwa - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=119#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=119#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2015\\\/08\\\/col1.jpg\",\"datePublished\":\"2015-08-30T16:38:42+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-02T23:04:24+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=119#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=119\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=119#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2015\\\/08\\\/col1.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2015\\\/08\\\/col1.jpg\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=119#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Uburyo 12 wakoresha kugira ngo umukobwa mukundana akwimariremo kandi yitware nk\u2019uwamaze gushyingirwa\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Uburyo 12 wakoresha kugira ngo umukobwa mukundana akwimariremo kandi yitware nk\u2019uwamaze gushyingirwa - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=119","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Uburyo 12 wakoresha kugira ngo umukobwa mukundana akwimariremo kandi yitware nk\u2019uwamaze gushyingirwa - BWIZA","og_description":"N\u2019ubwo muri iki gihe bivugwa ko nta rukundo rukibaho nyamara hari abirengagiza byose bagakunda by\u2019ukuri ari ntacyo bakeneye,usibye urukundo gusa nibwo usanga umukobwa wakunze bene aka kageni yitwara nk\u2019uwamaze gushaka nyamara rimwe na rimwe umusore atamwemeza by\u2019ukuri ko bazabana. Ibi ni bimwe umusore yakorera umukobwa akamukunda kugeza ubwo yitwara nk\u2019uwamaze gushyingirwa kandi mu rukundo rusanzwe [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=119","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2015-08-30T16:38:42+00:00","article_modified_time":"2025-02-02T23:04:24+00:00","og_image":[{"url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2015\/08\/col1.jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=119#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=119"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Uburyo 12 wakoresha kugira ngo umukobwa mukundana akwimariremo kandi yitware nk\u2019uwamaze gushyingirwa","datePublished":"2015-08-30T16:38:42+00:00","dateModified":"2025-02-02T23:04:24+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=119"},"wordCount":619,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=119#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2015\/08\/col1.jpg","articleSection":["urukundo"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=119#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=119","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=119","name":"Uburyo 12 wakoresha kugira ngo umukobwa mukundana akwimariremo kandi yitware nk\u2019uwamaze gushyingirwa - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=119#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=119#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2015\/08\/col1.jpg","datePublished":"2015-08-30T16:38:42+00:00","dateModified":"2025-02-02T23:04:24+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=119#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=119"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=119#primaryimage","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2015\/08\/col1.jpg","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2015\/08\/col1.jpg"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=119#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Uburyo 12 wakoresha kugira ngo umukobwa mukundana akwimariremo kandi yitware nk\u2019uwamaze gushyingirwa"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/119","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=119"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/119\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=119"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=119"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=119"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}