{"id":11911,"date":"2018-09-28T07:00:56","date_gmt":"2018-09-28T07:00:56","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2018\/09\/28\/umumotari-yahembwe-moto-nyuma-yo-kuburizamo-umugambi-wo-kwiba-umwana\/"},"modified":"2025-02-12T13:54:14","modified_gmt":"2025-02-12T11:54:14","slug":"umumotari-yahembwe-moto-nyuma-yo-kuburizamo-umugambi-wo-kwiba-umwana","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11911","title":{"rendered":"Umumotari yahembwe moto nyuma yo kuburizamo umugambi wo kwiba umwana"},"content":{"rendered":"<p>Kuri uyu wa Kane tariki 26 Nzeri Polisi y\u2019u Rwanda yashyikirije Sebanani Emmanuel Moto y\u2019ishimwe. Ni nyuma y\u2019igikorwa cyo kuburizamo umugambi wo kwiba umwana cyari cyakozwe n\u2019umukozi wo mu rugo.<\/p>\n<p>Sebanani Emmanuel ni umumotari w\u2019imyaka 28, ubusanzwe atuye mu murenge wa Rusororo mu karere ka Gasabo,arubatse afite umugore n\u2019abana babiri. Ku gicamunsi cya Tariki 17 Gicurasi 2018 yari yiriwe mu kazi ke ko gutwara abagenzi kuri moto nk\u2019uko bisanzwe.<\/p>\n<p>Sebanani avuga ko\u00a0 kuri uwo munsi ubwo yari mu isantere ya Kabuga\u00a0 yatezwe n\u2019umukobwa wari\u00a0 uhetse umwana mwiza cyane ariko arimo yicwa n\u2019izuba kuko atari atwikiriye.<\/p>\n<p>Uyu mumotari\u00a0 yabajije uwo mukobwa\u00a0 \u00a0niba uwo mwana ahetse ari uwe kuko ngo batasaga na gato, undi ati \u201c ni uwanjye, asa na se\u00a0 w\u2019umukanishi twamubyaranye.\u201d<\/p>\n<p> <strong>Uko Sebanani yamenye ko umugenzi atwaye yibye umwana\u00a0<\/strong> <\/p>\n<p>Sebanani ngo yakije moto yerekeza Batsinda aho yari ajyanye uwo umugenzi ariko bagenda baganira cyane kuko ngo yari yanze kunyurwa n\u2019igisubizo yahawe kuri uwo mwana wari mu kigero cy\u2019umwaka n\u2019igice.<\/p>\n<p>Mbere y\u2019uko ngo bagera Kimironko, Sebanani yari amaze kubwirwa n\u2019umugenzi we ko agiye gusura abantu i Batsinda akaza guhindukira ku mugoroba gusa ngo yaganyaga tike iri bumugarure mu rugo.<\/p>\n<p>Sebanani yamubajije impamvu yaje umugabo atamuhaye amafaranga ari bumugarure, bituma uwo mugenzi amwerurira ko nta mugabo afite akiri umukobwa.<\/p>\n<p>Ati \u201cUyu mwana ni uwa boss ariko ndamutwaye kuko ndashaka kubabaza,\u2026.. ntibagakinishe umukozi wo mu rugo, maze igihe baranze kunyishyura none nabo bazagoke bashaka uyu mwana.\u201d<\/p>\n<p>Sebanani avuga ko yabajije uyu mukobwa amafaranga bamurimo amubwira ko akorera ibihumbi 20 ku kwezi ariko ngo akaba amaze amezi ane (4) adahembwa.<\/p>\n<p>Sebanani avuga ko yakomeje urugendo kugera i Batsinda aho uwo mukobwa yari yamubwiye ko agarukira.\u00a0 Akimara kumwishyura amafaranga ibihumbi bibiri\u00a0 bari bavuganye ngo yahise amubwira ko uwo mwana atagomba kuba igitambo cy\u2019ayo mafaranga bityo ko ntaho amujyana.<\/p>\n<p>Ubwo ngo bahise batangira guterana amagambo umukobwa amubwira ko\u00a0 ngo atagomba kwivanga mu bitamureba, ahubwo akwiye kwatsa moto akikomereza akazi.<\/p>\n<p>Sebanani ngo yanze ko uyu mukobwa agenda\u00a0 bigera nko mu masaa kumi n\u2019imwe (17h:00).<\/p>\n<p>Uyu mumotari ngo yahamagaye mugenzi we uri i Kabuga ngo abaririze mu bice byo kuri Riviera High school ngo yumve ko hari abantu babuze umwana kuko ngo uyu mukobwa yari yamubwiye ko batuye hafi y\u2019iryo shuri.<\/p>\n<p>Sebanani ngo yabwiye uwo mukobwa ko shebuja (Boss) we aramutse abasanze aho ashobora kubagirira nabi akaba yanamwica bitewe n\u2019umwana we yicishije inzara n\u2019izuba, ngo amusaba ko bajya kuri Polisi ya Kinyinya agatanga ikibazo ubundi bakamufasha kumwishyuriza amafaranga.<\/p>\n<p>Sibomana ati \u201cYemeye ko tujya kuri polisi ari uko aho twari turi hamaze kuzura abantu. Nabikoze kugira ngo ikibazo nkigeze kuri polisi babashe kugikurikirana.\u201d<\/p>\n<p> <strong>Amakenga n\u2019ubushishozi bya Sebanani bitumye ashimirwa moto<\/strong> <\/p>\n<p>Sebanani avuga ko akoresha moto yapatanye kwishyura 1.500.000frw, gusa kuri uyu wa 26 Nzeri Polisi y\u2019u Rwanda yamushyikirije Moto ye bwite Nshya.<\/p>\n<p>Sebanani akimara gushyikirizwa Moto yagaragaje ibyishimo avuga ko igikorwa yakoze atatekerezaga ko yagihemberwa kuko ari ikintu n\u2019undi wese ufite ubumuntu yakagombye gukora. Yakomeshe avuga ko yishimiye kuba Polisi imuhaye moto ye bwite .<\/p>\n<p>Yagize ati\u201dUbundi natwaraga Moto y\u2019abandi kuko nari narayipatanye nyishyura buri munsi none Polisi y\u2019u Rwanda impaye Moto yanjye bwite kubera igikorwa nakoze. Nabikoze nteganya kuzabihemberwa kuko numvaga ari igikorwa buri muntu wese ufite\u00a0 ubumuntu agomba gukora.<\/p>\n<p> <strong>Sebanani hari icyo abwira abamotari bagenzi be<\/strong> <\/p>\n<p>Sebanani yemeza ko hari abamotari bakora amakosa kandi babigambiriye rimwe na rimwe ngo bakayakora bashaka kubona amafaranga menshi mu gihe gito.<\/p>\n<p>Uyu mumotari\u00a0 avuga ko ibi bitagakwiye kuba intandaro yo gukora amakosa n\u2019ibyaha bya hato na hato abamotari bafatirwamo, agasaba bagenzi be kwimakaza ubudahemuka kugira ngo babashe gukora\u00a0 akazi\u00a0 nk\u2019abanyamwuga kandi banafasha inzego z\u2019umutekano mu kurwanya no gukumira ibyaha.<\/p>\n<p>Ati \u201cHari igihe umugezi aza akakubwira ati reka nkwishyure amafaranga menshi wenda arenga asanzwe\u00a0 dutwarira umugenzi ugiye aho hano, ndasaba abagenzi kujya bagira ubushishozi n\u2019amakenga kuri bene abo bantu kuko akenshi baba bari mu byaha rimwe na rimwe bashakishwa barimo gucika ubutabera.\u201d<\/p>\n<p>Sebanani yashoje akangurira abamotari bagenzi be\u00a0 kujya birinda kugaragara mu bikorwa by\u2019ubufatanyacyaha\u00a0 ahubwo bakajya bihutira gutanga amakuru ku nzego z\u2019umutekano cyangwa ubundi buyobozi bubegereye.<\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Kuri uyu wa Kane tariki 26 Nzeri Polisi y\u2019u Rwanda yashyikirije Sebanani Emmanuel Moto y\u2019ishimwe. Ni nyuma y\u2019igikorwa cyo kuburizamo umugambi wo kwiba umwana cyari cyakozwe n\u2019umukozi wo mu rugo. Sebanani Emmanuel ni umumotari w\u2019imyaka 28, ubusanzwe atuye mu murenge wa Rusororo mu karere ka Gasabo,arubatse afite umugore n\u2019abana babiri. Ku gicamunsi cya Tariki 17 [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-11911","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Umumotari yahembwe moto nyuma yo kuburizamo umugambi wo kwiba umwana - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=11911\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Umumotari yahembwe moto nyuma yo kuburizamo umugambi wo kwiba umwana - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Kuri uyu wa Kane tariki 26 Nzeri Polisi y\u2019u Rwanda yashyikirije Sebanani Emmanuel Moto y\u2019ishimwe. Ni nyuma y\u2019igikorwa cyo kuburizamo umugambi wo kwiba umwana cyari cyakozwe n\u2019umukozi wo mu rugo. Sebanani Emmanuel ni umumotari w\u2019imyaka 28, ubusanzwe atuye mu murenge wa Rusororo mu karere ka Gasabo,arubatse afite umugore n\u2019abana babiri. Ku gicamunsi cya Tariki 17 [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=11911\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2018-09-28T07:00:56+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T11:54:14+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11911#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11911\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Umumotari yahembwe moto nyuma yo kuburizamo umugambi wo kwiba umwana\",\"datePublished\":\"2018-09-28T07:00:56+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T11:54:14+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11911\"},\"wordCount\":688,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11911#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11911\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11911\",\"name\":\"Umumotari yahembwe moto nyuma yo kuburizamo umugambi wo kwiba umwana - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2018-09-28T07:00:56+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T11:54:14+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11911#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11911\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11911#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Umumotari yahembwe moto nyuma yo kuburizamo umugambi wo kwiba umwana\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Umumotari yahembwe moto nyuma yo kuburizamo umugambi wo kwiba umwana - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11911","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Umumotari yahembwe moto nyuma yo kuburizamo umugambi wo kwiba umwana - BWIZA","og_description":"Kuri uyu wa Kane tariki 26 Nzeri Polisi y\u2019u Rwanda yashyikirije Sebanani Emmanuel Moto y\u2019ishimwe. Ni nyuma y\u2019igikorwa cyo kuburizamo umugambi wo kwiba umwana cyari cyakozwe n\u2019umukozi wo mu rugo. Sebanani Emmanuel ni umumotari w\u2019imyaka 28, ubusanzwe atuye mu murenge wa Rusororo mu karere ka Gasabo,arubatse afite umugore n\u2019abana babiri. Ku gicamunsi cya Tariki 17 [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11911","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2018-09-28T07:00:56+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T11:54:14+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11911#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11911"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Umumotari yahembwe moto nyuma yo kuburizamo umugambi wo kwiba umwana","datePublished":"2018-09-28T07:00:56+00:00","dateModified":"2025-02-12T11:54:14+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11911"},"wordCount":688,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=11911#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11911","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11911","name":"Umumotari yahembwe moto nyuma yo kuburizamo umugambi wo kwiba umwana - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2018-09-28T07:00:56+00:00","dateModified":"2025-02-12T11:54:14+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11911#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=11911"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11911#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Umumotari yahembwe moto nyuma yo kuburizamo umugambi wo kwiba umwana"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/11911","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=11911"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/11911\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=11911"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=11911"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=11911"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}