{"id":1197,"date":"2016-03-18T10:01:16","date_gmt":"2016-03-18T10:01:16","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2016\/03\/18\/karongi-icyumba-cy-amasengesho-cya-epr-muri-rwimpiri-cyatumye-imiryango-10\/"},"modified":"2025-02-25T14:29:38","modified_gmt":"2025-02-25T12:29:38","slug":"karongi-icyumba-cy-amasengesho-cya-epr-muri-rwimpiri-cyatumye-imiryango-10","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1197","title":{"rendered":"Karongi: Icyumba cy\u2019amasengesho cya EPR muri Rwimpiri cyatumye imiryango 10 ihunga igihugu"},"content":{"rendered":"<p> <em>Imiryango icumi isanzwe isengera mu cyumba cy\u2019amasengesho cy\u2019itorero  EPR giherereye muri Paruwasi ya Rwimpiri imaze guhungira mu gihugu cya Uganda nyuma y\u2019aho muri iki cyumba hasohokeye ubuhanuzi buvuga ko  <\/em>  <em>mu Rwanda hagiye kuba intambara yitwa Ikosora.<\/em><br \/>\nUbwo ubuhanuzi bwasohokaga mu cyumba cy\u2019amasengesho cy\u2019itorero Presbyterienne Paruwasi ya Rwimpiri buvuga ko mu Rwanda hagiye kuba intambara yiswe Ikosora, imiryango igera 10 yagize ubwoba maze ifata utwangushye ihungira mu gihugu cya Uganda.<br \/>\nUmwe mu baturage waganiriye na Radio Flash Fm dukesha iyi nkuru yavuze ko ubu buhanuzi aribwo bwakuye imitima aba baturage bituma bafata iy\u2019ubuhungiro.<br \/>\nAti: <em>\u201dBampumuje, ba Nasiyonali ni abongabo ngenda menya ariko ngo abamaze guhunga ni benshi. Bavuga ko hari intambara ngo izaba mu myaka ibiri.\u201d<\/em><br \/>\nUyu nawe ati:\u201d <em>Abamaze guhunga ni benshi kuva kuri batanu gusubiza hejuru ngo barahunga intambara.\u201d<\/em><br \/>\nUyu nawe yunzemo ati: <em>\u201dBagiye kubera y\u2019uko ngo nyine ngo beretswe ko hagiye kuba intambara ubwo nyine bahitamo kugurisha bakimukira muri Uganda nyine ubwo barasenze barabyerekwa.\u201d<\/em><br \/>\nUndi ati: <em>\u201dNagiye kumva numva abantu bari guhungira mu Bugande ngo barahunga intambara yitwa ngo Ikosora.\u201d<\/em><br \/>\nNyamara ariko aba baturage n\u2019ubwo bemeza ko abaturanyi babo bahunze intambara yanahanuwe, kuri bo ngo nta kuri babona muri ubu buhanuzi.<br \/>\nUyu yagize ati: <em>\u201dTubona biriya bintu by\u2019abanyamasengesho tubona ari ibinyoma barasenga ngo barerekwa, tukaba tubona biriya bintu ari ukubeshya kuko nta kuri kurimo.\u201d<\/em><br \/>\nUndi nawe ati: <em>\u201dBiriya bintu jyewe ntabwo nabifata nk\u2019ukuri nabifata nk\u2019ibinyoma n\u2019ubundi se intambara igiye kuba ubundi se aho waba ugiye ho ubundi waba ugiye mu Ijuru.\u201d<\/em><br \/>\nPasteri Nyiraneza Albertine uyobora itorero Presybyterienne muri Rubengera utemera ko hari abahunze, asaba abaturage kudaterwa ubwoba n\u2019abahanuzi nk\u2019aba . avuga ko ubutumwa yatanga ari uko abantu badakwiye gukurwa umutima n\u2019ibyo bumvise byose asaba abantu kwizera ijambo ry\u2019Imana. Avuga ko nawe ibyo byo guhunga abyumva gutyo.<br \/>\nKu murongo wa Telephone umuyobozi w\u2019akarere ka Karongi NDAYISABA Francois avugana na radio  <strong>Flash FM<\/strong>  kuri we ngo uwazanye ubu buhanuzi yari afite umugambi mubisha bityo ngo abaturage ntibakuke umutima kuko igihugu kirinzwe.<br \/>\nAti:\u201d <em> uwo ni umugambi mubisha cyangwa se ni abandi baba bafite intego zindi zinyuranye n\u2019ibyo igihugu cyifuza n\u2019iterambere ry\u2019abaturage muri rusange. Mu Rwanda dufite umutekano dufite ingabo zirinze igihugu ubwo rero undi muntu wese waba afite indi ntego agamije urwango aba agamije kuzana umwiryane mu Banyarwanda nta kibazo kiri mu Rwanda.\u201d<\/em><br \/>\nMu miryango 10 abaturage bemeza ko yahunze kandi ari iy\u2019abasengeraga muri icyo cyumba, harimo n\u2019uw\u2019uwari umuyobozi w\u2019ikigo cy\u2019amashuri abanza cya Rwimpiri.<br \/>\nSi ubwa mbere mu itorero rya EPR havugiwe inyigisho zisa nk\u2019ubuyobe kuko mu ntangiriro z\u2019umwaka ushize muri Paruwasi ya Rubengera muri iri torero nanone hadutse inyigisho zo mu cyumba cy\u2019amasengesho zasabaga ko abaje gusengera muri icyo cyumba badahuje igitsina bagomba kwicarana bagakoranaho mubyo bise kumarana irari.<br \/>\n <strong> <em><b><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/b><\/em> <\/strong><br \/>\n <strong>Alphonse Munyankindi \/ Bwiza.com<\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Imiryango icumi isanzwe isengera mu cyumba cy\u2019amasengesho cy\u2019itorero EPR giherereye muri Paruwasi ya Rwimpiri imaze guhungira mu gihugu cya Uganda nyuma y\u2019aho muri iki cyumba hasohokeye ubuhanuzi buvuga ko mu Rwanda hagiye kuba intambara yitwa Ikosora. Ubwo ubuhanuzi bwasohokaga mu cyumba cy\u2019amasengesho cy\u2019itorero Presbyterienne Paruwasi ya Rwimpiri buvuga ko mu Rwanda hagiye kuba intambara yiswe [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[371],"tags":[],"class_list":["post-1197","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-iyobokamana-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Karongi: Icyumba cy\u2019amasengesho cya EPR muri Rwimpiri cyatumye imiryango 10 ihunga igihugu - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=1197\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Karongi: Icyumba cy\u2019amasengesho cya EPR muri Rwimpiri cyatumye imiryango 10 ihunga igihugu - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Imiryango icumi isanzwe isengera mu cyumba cy\u2019amasengesho cy\u2019itorero EPR giherereye muri Paruwasi ya Rwimpiri imaze guhungira mu gihugu cya Uganda nyuma y\u2019aho muri iki cyumba hasohokeye ubuhanuzi buvuga ko mu Rwanda hagiye kuba intambara yitwa Ikosora. Ubwo ubuhanuzi bwasohokaga mu cyumba cy\u2019amasengesho cy\u2019itorero Presbyterienne Paruwasi ya Rwimpiri buvuga ko mu Rwanda hagiye kuba intambara yiswe [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=1197\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2016-03-18T10:01:16+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-25T12:29:38+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1197#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1197\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Karongi: Icyumba cy\u2019amasengesho cya EPR muri Rwimpiri cyatumye imiryango 10 ihunga igihugu\",\"datePublished\":\"2016-03-18T10:01:16+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-25T12:29:38+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1197\"},\"wordCount\":493,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"iyobokamana\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1197#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1197\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1197\",\"name\":\"Karongi: Icyumba cy\u2019amasengesho cya EPR muri Rwimpiri cyatumye imiryango 10 ihunga igihugu - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2016-03-18T10:01:16+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-25T12:29:38+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1197#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1197\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1197#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Karongi: Icyumba cy\u2019amasengesho cya EPR muri Rwimpiri cyatumye imiryango 10 ihunga igihugu\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Karongi: Icyumba cy\u2019amasengesho cya EPR muri Rwimpiri cyatumye imiryango 10 ihunga igihugu - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1197","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Karongi: Icyumba cy\u2019amasengesho cya EPR muri Rwimpiri cyatumye imiryango 10 ihunga igihugu - BWIZA","og_description":"Imiryango icumi isanzwe isengera mu cyumba cy\u2019amasengesho cy\u2019itorero EPR giherereye muri Paruwasi ya Rwimpiri imaze guhungira mu gihugu cya Uganda nyuma y\u2019aho muri iki cyumba hasohokeye ubuhanuzi buvuga ko mu Rwanda hagiye kuba intambara yitwa Ikosora. Ubwo ubuhanuzi bwasohokaga mu cyumba cy\u2019amasengesho cy\u2019itorero Presbyterienne Paruwasi ya Rwimpiri buvuga ko mu Rwanda hagiye kuba intambara yiswe [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1197","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2016-03-18T10:01:16+00:00","article_modified_time":"2025-02-25T12:29:38+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1197#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1197"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Karongi: Icyumba cy\u2019amasengesho cya EPR muri Rwimpiri cyatumye imiryango 10 ihunga igihugu","datePublished":"2016-03-18T10:01:16+00:00","dateModified":"2025-02-25T12:29:38+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1197"},"wordCount":493,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["iyobokamana"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=1197#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1197","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1197","name":"Karongi: Icyumba cy\u2019amasengesho cya EPR muri Rwimpiri cyatumye imiryango 10 ihunga igihugu - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2016-03-18T10:01:16+00:00","dateModified":"2025-02-25T12:29:38+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1197#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=1197"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1197#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Karongi: Icyumba cy\u2019amasengesho cya EPR muri Rwimpiri cyatumye imiryango 10 ihunga igihugu"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/1197","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=1197"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/1197\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=1197"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=1197"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=1197"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}