{"id":12104,"date":"2018-10-11T09:49:05","date_gmt":"2018-10-11T09:49:05","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2018\/10\/11\/ubuhanuzi-bwo-mu-nsengero-zo-muri-iyi-minsi-buracura-iki-mu-rwanda\/"},"modified":"2025-02-25T14:12:01","modified_gmt":"2025-02-25T12:12:01","slug":"ubuhanuzi-bwo-mu-nsengero-zo-muri-iyi-minsi-buracura-iki-mu-rwanda","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12104","title":{"rendered":"Ubuhanuzi bwo mu nsengero zo muri iyi minsi, buracura iki mu Rwanda?"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Bamwe biyise abakozi b\u2019Imana, abahanuzi, intumwa z\u2019Imana, abavugabutumwa,\u2026 ibyo babwira abayoboke babo hari ibibakura imitima cyangwa bikayibarema bitewe n\u2019uburyo yoroshye cyangwa ikomeye, ese ubu buhanuzi buba ari ubw\u2019ukuri cyangwa buba bugamije gushakisha indamu cyangwa ubundi butunzi ku biyise ayo mazina?<\/em> <\/strong> <\/p>\n<p>Abagabo babiri ubwo bahuraga batari baherukanye, umwe ubwo yamuganyiraga ko imyaka ibaye myinshi ari umushomeri, yamusubije agira ati \u201cUmuntu muzima nkawe warangije za kaminuza wirirwa uzenguruka igihugu cyose ngo urashaka akazi? Koko unanirwe no gushinga urusengero?<\/p>\n<p> <em>Ese uru rusengero ruzaba rwubatswe n\u2019Imana cyangwa ruzaba rugamije inyungu?<\/em> <\/p>\n<p>Undi nawe ubwo yari amaze gutandukana n\u2019umugore we bari bafite urusengero rukomeye, bahanura induru zikavuga, umwe yaciye ukwe ashinga urwe, n\u2019undi asigarana rwa rundi.<\/p>\n<p>Ubwo uwo mugabo yari mu iduka agura utuntu muri matheus mu mujyi wa Kigali, umudiyakoni yaramuhamagaye ati Bishop mugeze he? Na we ati \u201cmwatangiye? Diyakoni aramusubiza \u201cubu twatangiye, turimo kuririmba,\u2026\u201d.<\/p>\n<p>Bishop n\u2019ijwi rikanika, yagize ati \u201cni uko sha, mushyiremo indirimbo nyinshi bajye mu mwuka na njye ndaje tuyabakuremo\u201d. Arangije araseka cyaneeeee.<\/p>\n<p>Hari inkuru yacicikanye ku mbuga nkoranyambaga yagiraga iti \u201cNi njye muhanuzi wa mbere, ntawe muzabona umeze nka njye, keretse umunsi nzaba ntakiriho\u201d. Hari n\u2019uwasabye abakiristo gukirigitana.<\/p>\n<p>Ubwo habura iminsi ibiri ngo ubukwe bube, nyamukobwa uwita umuvugabutumwa yamwihereranye mu cyumba bise icy\u2019amasengesho, aramuhanurira arangije ari umubiri wawe warahumanye, ati \u2018tuza nkukorere delivuransi\u2019 yakuyemo inyenda yose undi afata amazi abanza kuyasengera, arangije aramwuhagira ngo arimo kumuhumanura.<\/p>\n<p>Si urwenya ahubwo ni agahida, umugabo utari uwawe arimo kukuhagira wambaye uko wavutse pe!! Ntimumbaze ibyakurikiyeho muri iyo delivuransi. Gusa inkuru yabaye kimomo, umusore ayimenye, ubukwe bwapfuye habura amasaha 48 ngo butahe. Ipfunwe n\u2019ikimwaro bisigarana ababyeyi.<\/p>\n<p>Ubu buhanuza hari aho usanga bwarabaye nka virus yagiye mu bantu, urusengero rudafite abahanura usanga abayoboke barucikamo, ariko wasubira inyuma ugasanga abicuza kubera ibyabo batakarijemo ari benshi.<\/p>\n<p>Umugabo yaratashye asanga umugore yaguze ka matela gato, amubaza aho iyo bari basanzwe bararaho yayishyize, amusubiza agira ati \u201cpasiteri yampanuriye ko irimo amadayimoni mpita nyitwika\u201d. Umugabo yarumiwe abura icyo akora.<\/p>\n<p>Ubuhanuzi si bubi, bitewe n\u2019imyemerere ya buri muntu bushobora kumwubaka, bukubaka umuryango ndetse n\u2019igihugu muri rusange, ariko na none hari ababwihisha inyuma bakabushakamo amaramuko. Ni nayo mpamvu ubusesenguzi bukwiye bwa buri muntu.<\/p>\n<p>Uko ni ko Uwiteka Nyiringabo avuga ati \u201cNtimukumvire amagambo abahanuzi babahanurira: babigisha ibitagira umumaro bavuga ibyo beretswe, bihimbwe n\u2019imitima yabo bitavuye mu kanwa k\u2019Uwiteka (Yeremiya 23:16).<\/p>\n<p>Wowe ubibona ute? Ubona ubu buhanuzi bucura iki?<\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Bamwe biyise abakozi b\u2019Imana, abahanuzi, intumwa z\u2019Imana, abavugabutumwa,\u2026 ibyo babwira abayoboke babo hari ibibakura imitima cyangwa bikayibarema bitewe n\u2019uburyo yoroshye cyangwa ikomeye, ese ubu buhanuzi buba ari ubw\u2019ukuri cyangwa buba bugamije gushakisha indamu cyangwa ubundi butunzi ku biyise ayo mazina? Abagabo babiri ubwo bahuraga batari baherukanye, umwe ubwo yamuganyiraga ko imyaka ibaye myinshi ari umushomeri, [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[371],"tags":[],"class_list":["post-12104","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-iyobokamana-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Ubuhanuzi bwo mu nsengero zo muri iyi minsi, buracura iki mu Rwanda? - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=12104\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Ubuhanuzi bwo mu nsengero zo muri iyi minsi, buracura iki mu Rwanda? - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Bamwe biyise abakozi b\u2019Imana, abahanuzi, intumwa z\u2019Imana, abavugabutumwa,\u2026 ibyo babwira abayoboke babo hari ibibakura imitima cyangwa bikayibarema bitewe n\u2019uburyo yoroshye cyangwa ikomeye, ese ubu buhanuzi buba ari ubw\u2019ukuri cyangwa buba bugamije gushakisha indamu cyangwa ubundi butunzi ku biyise ayo mazina? Abagabo babiri ubwo bahuraga batari baherukanye, umwe ubwo yamuganyiraga ko imyaka ibaye myinshi ari umushomeri, [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=12104\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2018-10-11T09:49:05+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-25T12:12:01+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12104#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12104\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Ubuhanuzi bwo mu nsengero zo muri iyi minsi, buracura iki mu Rwanda?\",\"datePublished\":\"2018-10-11T09:49:05+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-25T12:12:01+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12104\"},\"wordCount\":409,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"iyobokamana\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12104#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12104\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12104\",\"name\":\"Ubuhanuzi bwo mu nsengero zo muri iyi minsi, buracura iki mu Rwanda? - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2018-10-11T09:49:05+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-25T12:12:01+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12104#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12104\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12104#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Ubuhanuzi bwo mu nsengero zo muri iyi minsi, buracura iki mu Rwanda?\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Ubuhanuzi bwo mu nsengero zo muri iyi minsi, buracura iki mu Rwanda? - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12104","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Ubuhanuzi bwo mu nsengero zo muri iyi minsi, buracura iki mu Rwanda? - BWIZA","og_description":"Bamwe biyise abakozi b\u2019Imana, abahanuzi, intumwa z\u2019Imana, abavugabutumwa,\u2026 ibyo babwira abayoboke babo hari ibibakura imitima cyangwa bikayibarema bitewe n\u2019uburyo yoroshye cyangwa ikomeye, ese ubu buhanuzi buba ari ubw\u2019ukuri cyangwa buba bugamije gushakisha indamu cyangwa ubundi butunzi ku biyise ayo mazina? Abagabo babiri ubwo bahuraga batari baherukanye, umwe ubwo yamuganyiraga ko imyaka ibaye myinshi ari umushomeri, [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12104","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2018-10-11T09:49:05+00:00","article_modified_time":"2025-02-25T12:12:01+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12104#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12104"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Ubuhanuzi bwo mu nsengero zo muri iyi minsi, buracura iki mu Rwanda?","datePublished":"2018-10-11T09:49:05+00:00","dateModified":"2025-02-25T12:12:01+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12104"},"wordCount":409,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["iyobokamana"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=12104#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12104","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12104","name":"Ubuhanuzi bwo mu nsengero zo muri iyi minsi, buracura iki mu Rwanda? - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2018-10-11T09:49:05+00:00","dateModified":"2025-02-25T12:12:01+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12104#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=12104"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12104#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Ubuhanuzi bwo mu nsengero zo muri iyi minsi, buracura iki mu Rwanda?"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/12104","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=12104"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/12104\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=12104"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=12104"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=12104"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}