{"id":12111,"date":"2018-10-11T14:33:01","date_gmt":"2018-10-11T14:33:01","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2018\/10\/11\/ese-u-rwanda-rwaba-rugiye-kuba-icyambu-cy-u-bufaransa-mu-kongera-kwigarurira\/"},"modified":"2025-02-12T13:52:58","modified_gmt":"2025-02-12T11:52:58","slug":"ese-u-rwanda-rwaba-rugiye-kuba-icyambu-cy-u-bufaransa-mu-kongera-kwigarurira","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12111","title":{"rendered":"Ese u Rwanda rwaba rugiye kuba icyambu cy\u2019u Bufaransa mu kongera kwigarurira Afurika?"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>U Bufaransa burakataje mu gushaka inzira bwacamo kugira ngo bwongere bwigarurire imitima y\u2019 Abanyafurika nyuma yo guhemukira uyu mugabane mu buryo bwose bushoboka.<\/em> <\/strong> <\/p>\n<p>Iki gihugu cyari cyarigaruriye ibihugu byinshi mu gihe cy\u2019 ubukoloni, gishinjwa guhemukira \u00a0abanyarwanda ubwo cyihishaga inyuma y\u2019 umugambi w\u2019 itegurwa n\u2019 ishirwa mu bikorwa rya jenoside yakorewe Abatutsi igahitana abasaga miliyoni.<\/p>\n<p>Uretse ibi kandi , U Bufaransa bushinjwa kwivugana impirimbanyi za politiki zaharaniraga impinduramatwara ndetse no kwamagana ba mpatsibihugu nka Capt. Thomas Sankara wo muri Burkina Fasso, Col. Mouhamar El Kadhafi wo muri Libiya n\u2019 abandi bagiye bicwa mu kagambane kabwo.<\/p>\n<p> <strong>Ese U Bufaransa bwaba bugiye guca k\u2019 U Rwanda? <\/strong> <\/p>\n<p>Mu gihe hari\u00a0 hashize imyaka igera kuri 25 , ibihugu by&#8217; U Bufaransa n&#8217; U Rwanda bidacana uwaka birashoboka ko ibi bihugu byombi bigiye kongera kugirana umubano mwiza ndetse kurusha n&#8217; uko byari bimeze mbere ya jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda muri 1994.<\/p>\n<p>Ubushake bwa Politiki bw&#8217; abaperezida, Emmanuel Macron w&#8217; U Bufaransa na Paul Kagame w&#8217; u Rwanda, inyungu z&#8217; ubukungu z\u2019 ibihugu byombi\u00a0 ndetse n&#8217; amateka ndangamuco bihuriyeho ni zimwe mu ngingo z&#8217; ingenzi zishobora kuzaranga umubano mushya w&#8217; ibihugu byombi.<\/p>\n<p> <strong>1.Ubushake bwa politiki:<\/strong> <\/p>\n<p>Kuva jenoside yakorewe Abatusti yahagarikwa na FPR\/Inkotanyi abaperezida bayoboye U Bufaransa nka Jacques Chirac, Nicolas Sarkozy ndetse Francois Hollande ntibigeze bagaragza ubushake bwo gusaba abanyarwanda imbabazi.<\/p>\n<p>U Bufaransa bwagiye bwitwaza ubuhangange bufite burushaho kwigiza nkana bwirengagiza uruhare bwagize muri jenoside.\u00a0Isesengura rya Bwiza.com rigaragaza ko Emmanuel Macron nk&#8217; umuperezida ukiri muto mu myaka afite amahirwe, inyungu ndetse n&#8217; ubushake bwo gusubukura umubano mwiza hagati y&#8217; U Bufaransa n&#8217; U Rwanda.<\/p>\n<p>Nk&#8217; umunyapolitiki wakurikiranye amateka ya politiki y&#8217; igihugu cye na Afurika(Francafrica), Macron yamaze gufata icyemezo cyo gukosora amakosa yaranze amateka y&#8217; igihugu cye mu rwego rwo kwitandukanya n&#8217; abamubanjirije bityo akaba igihangange nka Charles Degaulle.<\/p>\n<p>Na none, kuba Macron yashyigikira ko Min. Louise Mushikiwabo ayobora OIF, ni kimwe mu bimenyetso simusiga byerekana icyifuzo cye kigamije kongera kugarurira u Bufaransa icyizere bwari bwaratakaje mu bihugu bimwe na bimwe bwari bwarigaruriye n&#8217;u Rwanda rurimo mbere ya Jenoside.<\/p>\n<p>Mu kiganiro na AFP muri Kanama 2018, Minisitiri Mushikwabo yagize ati\u201d Perezida Macron yerekanye ubushake bwiza bwa politiki nk\u2019 ikemenyetso cyo kuzaganira ku bibazo biri hagati y\u2019 U Bufaransa n\u2019 U Rwanda\u201d.<\/p>\n<p>Kuri iyi ngingo , Mushikiwabo yakomeje kwerekana ko Perezida Macron yiteguye guhindura amateka kuva yajya ku butegetsi muri 2017.<\/p>\n<p>Ku ruhande rumwe, Macron yasanze kuba Perezida Kagame ayoboye AU (African Union)\u00a0 ari wo mwanya nyawo w&#8217; u Bufaransa \u00a0wo guca ku Rwanda mu kongera kubaka inshusho nshya nyuma yo gutakarizwa icyizere.<\/p>\n<p>Ku rundi ruhande, Macron yashyigikiye kandidatire ya Louise Mushikiwabo ku buyobozi bwa OIF mu rwego rwo kongera gushishikariza abanyafurika kwiyumvamo ururimi rw&#8217; igifaransa.<\/p>\n<p> <strong>2.Ubukungu bw&#8217;ibihugu byombi (Geopolitique)<\/strong> : Mu gihe abatari bacye bahora bibaza impamvu ibihugu bikomeye byifuza u Rwanda , inzobere mu bumenyi bw&#8217; Isi zigaragaza ko iki gihugu gito giherereye ahantu heza ku buryo bishobora korohera abashoramari.<\/p>\n<p>U Rwanda ruri ku mutima wa Afurika ndetse rufite imisozi n&#8217; ikirere cyiza bituma rushobora kurindwa neza(military strategy).<\/p>\n<p>Mu myaka 25 ishize u Rwanda rukomeje kwiyubaka cyane kugeza aho amahanga arwita\u00a0 &#8216;Singapour ya Afurika&#8217; bitewe n\u2019 ibikorwaremezo bigezweho, isuku ndetse n\u2019 umutekano uhagije.<\/p>\n<p> <strong>3.Amateka ndangamuco:<\/strong>  Kuva na mbere ya 1994, u Bufaransa n&#8217; u Rwanda byari bisanzwe bifitanye amateka ndetse n&#8217; umubano ukomeye ushingiye ku muco.<\/p>\n<p>U Bufaransa buramutse bwemeye guca bugufi nk&#8217; uko u Rwanda rwakomeje rubisaba, nta kabuza ko iki gihugu gishobora kongera kugira imbaraga muri Afurika ruciye kuri iki gihugu kiyoboye AU na OIF mu gihe Louise Mushikiwabo yaba yatowe.<\/p>\n<figure id=\"attachment_116188\" aria-describedby=\"caption-attachment-116188\" style=\"width: 1024px\" class=\"wp-caption alignnone\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"wp-image-116188 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/10\/ss1.jpg\" alt=\"\" width=\"1024\" height=\"898\" \/><figcaption id=\"caption-attachment-116188\" class=\"wp-caption-text\">Perezida Emmanuel Macron na Min. Mushikiwabo<\/figcaption><\/figure>\n<p> <em> <strong>Gaston Rwaka\/Bwiza.com<\/strong> <\/em> <\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>U Bufaransa burakataje mu gushaka inzira bwacamo kugira ngo bwongere bwigarurire imitima y\u2019 Abanyafurika nyuma yo guhemukira uyu mugabane mu buryo bwose bushoboka. Iki gihugu cyari cyarigaruriye ibihugu byinshi mu gihe cy\u2019 ubukoloni, gishinjwa guhemukira \u00a0abanyarwanda ubwo cyihishaga inyuma y\u2019 umugambi w\u2019 itegurwa n\u2019 ishirwa mu bikorwa rya jenoside yakorewe Abatutsi igahitana abasaga miliyoni. Uretse [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-12111","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Ese u Rwanda rwaba rugiye kuba icyambu cy\u2019u Bufaransa mu kongera kwigarurira Afurika? - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=12111\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Ese u Rwanda rwaba rugiye kuba icyambu cy\u2019u Bufaransa mu kongera kwigarurira Afurika? - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"U Bufaransa burakataje mu gushaka inzira bwacamo kugira ngo bwongere bwigarurire imitima y\u2019 Abanyafurika nyuma yo guhemukira uyu mugabane mu buryo bwose bushoboka. Iki gihugu cyari cyarigaruriye ibihugu byinshi mu gihe cy\u2019 ubukoloni, gishinjwa guhemukira \u00a0abanyarwanda ubwo cyihishaga inyuma y\u2019 umugambi w\u2019 itegurwa n\u2019 ishirwa mu bikorwa rya jenoside yakorewe Abatutsi igahitana abasaga miliyoni. Uretse [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=12111\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2018-10-11T14:33:01+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T11:52:58+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/10\/ss1.jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12111#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12111\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Ese u Rwanda rwaba rugiye kuba icyambu cy\u2019u Bufaransa mu kongera kwigarurira Afurika?\",\"datePublished\":\"2018-10-11T14:33:01+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T11:52:58+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12111\"},\"wordCount\":605,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12111#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2018\\\/10\\\/ss1.jpg\",\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12111#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12111\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12111\",\"name\":\"Ese u Rwanda rwaba rugiye kuba icyambu cy\u2019u Bufaransa mu kongera kwigarurira Afurika? - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12111#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12111#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2018\\\/10\\\/ss1.jpg\",\"datePublished\":\"2018-10-11T14:33:01+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T11:52:58+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12111#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12111\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12111#primaryimage\",\"url\":\"\",\"contentUrl\":\"\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12111#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Ese u Rwanda rwaba rugiye kuba icyambu cy\u2019u Bufaransa mu kongera kwigarurira Afurika?\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Ese u Rwanda rwaba rugiye kuba icyambu cy\u2019u Bufaransa mu kongera kwigarurira Afurika? - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12111","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Ese u Rwanda rwaba rugiye kuba icyambu cy\u2019u Bufaransa mu kongera kwigarurira Afurika? - BWIZA","og_description":"U Bufaransa burakataje mu gushaka inzira bwacamo kugira ngo bwongere bwigarurire imitima y\u2019 Abanyafurika nyuma yo guhemukira uyu mugabane mu buryo bwose bushoboka. Iki gihugu cyari cyarigaruriye ibihugu byinshi mu gihe cy\u2019 ubukoloni, gishinjwa guhemukira \u00a0abanyarwanda ubwo cyihishaga inyuma y\u2019 umugambi w\u2019 itegurwa n\u2019 ishirwa mu bikorwa rya jenoside yakorewe Abatutsi igahitana abasaga miliyoni. Uretse [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12111","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2018-10-11T14:33:01+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T11:52:58+00:00","og_image":[{"url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/10\/ss1.jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12111#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12111"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Ese u Rwanda rwaba rugiye kuba icyambu cy\u2019u Bufaransa mu kongera kwigarurira Afurika?","datePublished":"2018-10-11T14:33:01+00:00","dateModified":"2025-02-12T11:52:58+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12111"},"wordCount":605,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12111#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/10\/ss1.jpg","articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=12111#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12111","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12111","name":"Ese u Rwanda rwaba rugiye kuba icyambu cy\u2019u Bufaransa mu kongera kwigarurira Afurika? - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12111#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12111#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/10\/ss1.jpg","datePublished":"2018-10-11T14:33:01+00:00","dateModified":"2025-02-12T11:52:58+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12111#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=12111"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12111#primaryimage","url":"","contentUrl":""},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12111#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Ese u Rwanda rwaba rugiye kuba icyambu cy\u2019u Bufaransa mu kongera kwigarurira Afurika?"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/12111","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=12111"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/12111\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=12111"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=12111"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=12111"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}