{"id":12112,"date":"2018-10-11T14:59:04","date_gmt":"2018-10-11T14:59:04","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2018\/10\/11\/niba-mushaka-imirwano-ya-politiki-ndayibazanira-pasiteri-schoof-abwira-leta-y-u\/"},"modified":"2018-10-11T14:59:04","modified_gmt":"2018-10-11T14:59:04","slug":"niba-mushaka-imirwano-ya-politiki-ndayibazanira-pasiteri-schoof-abwira-leta-y-u","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12112","title":{"rendered":"Niba mushaka imirwano ya politiki ndayibazanira-Pasiteri Schoof abwira Leta y\u2019U Rwanda"},"content":{"rendered":"<p> <strong>Umuyobozi Mukuru wa Radiyo yafunzwe Amazing Grace ari we Pasiteri Gregg Schoof avuga ko niba Leta y\u2019U Rwanda ishaka imirwano \u00a0ya politiki na we yiteguye kuyinjiramo atazuyaje.<\/strong> <\/p>\n<p>Uyu mugabo yabitangaje mu kiganiro yagiranye na Radiyo Ijwi rya Amerika (VOA) kuwa 10 Ukwakira 2018 nyuma yaho ageze ku Rukiko Rukuru rwa Nyarugenge \u00a0akabwirwa ko urubanza yari yarareze Ikigo cy\u2019Igihugu Gishinzwe Imirimo Ifitiye Igihugu Akamaro( RURA) rwasomwe kuwa 9 Ukwakira 2018 kandi ko yatsinzwe mu gihe we yari aje gusomerwa.<\/p>\n<p>Mu ijwi ryuje uburakari nk\u2019uko VOA ibivuga, Schoof yatangaje ko hashobora kuba hari ingufu zo hejuru zidashaka ko Radiyo ye ikorera mu Rwanda. Yagize ati \u201dIki ni icyemezo cya politiki, ni icya politiki. Niba mushaka iyo mirwanyo ya politiki ndabazanira iyo mirwano ya politiki\u201d<\/p>\n<p>Uyu mugabo kandi yasabwe n\u2019urukiko \u00a0kwishyura RURA 500,000 Rwf nk\u2019indishyi y\u2019akababaro\u00a0 kuko ngo yayishoye mu manza.<\/p>\n<p>Abakoraga kuri iyi radiyo bavuga ko na bo batunguwe n\u2019uyu mwanzuro w\u2019urukiko kuko ngo bari bizeye ko batsinze bashingiye ku buryo imiburanishirize yagenze.<\/p>\n<p>Umwe muri bo yagize ati\u201d Twari twizeye ko\u00a0 tuza kubwirwa umwanzuro mwiza. Biradutunguye ntitwari tuzi ko twatsindwa. \u00a0Ukurikije uko urubanza rwari rwagenze, twari tuziko tuzatsinda. Ubu tumaze amezi umunani tudakora\u201d<\/p>\n<p>Itangazo ryashyizwe ahagaragara na RURA kuwa \u00a0wa Gatatu tariki ya 21 Gashyantare 2018 ryavugaga Radiyo Amazing Grace hagaritswe mu gihe cy\u2019iminsi 30 kandi ko igomba kwishyura ihazabu ya miliyoni ebyiri z\u2019amafaranga y\u2019u Rwanda kuri konti ya RURA iri muri Banki y\u2019Igihugu mu gihe kitarenze iminsi 15 uhereye ku itariki itangazo ryasohokeye.<\/p>\n<p>Iki cyemezo ntacyo Pasiteri Schuff ntacyo yagikozeho ahubwo yitabaje inkiko<\/p>\n<p> <strong>Intandaro yifungwa rya Radiyo Amazing Grace<\/strong> <\/p>\n<p>Intandaro ya byose ni uko ku wa 29 Mutarama 2018 umuvugabutumwa witwa Niyibikora Nicholas yayumvikanyeho yigisha avuga ko nta cyiza cyava ku mugore.<\/p>\n<p>Muri icyo cyigisho hari aho yavuze ati \u201cIkibazo abagore bafite uyu munsi ni uko babaye indaya, reka rero nze mbabwire umugore uko agaragara imbere y\u2019Imana. Icya mbere afitanye ikibazo n\u2019Imana [\u2026] Isi ya mbere ijya kurimbuka abagore babigizemo uruhare. Icyiza cy\u2019umugore ni iki? Wakivana he? Aburahamu ananirwa guhamya Imana mu Misiri, uwamugiriye inama yo kwicecekera si umugore? Wicare uzi ngo Imana ifitanye ikibazo n\u2019umugore ndetse n\u2019amatorero.\u201d<\/p>\n<p>Ubutumwa bwe bwanumvikanishije ko Itorero rifashe ukuri rikavanga n\u2019ibinyoma ryitwa maraya, rikajya mu murongo wa Kiliziya Gatolika.<\/p>\n<p>Inzego z\u2019abagore ni zo zahise zihagurukira kwamagana uwo muvugabutumwa ndetse Pro-Femmes Twese Hamwe inarega radiyo yigishirijeho.<\/p>\n<p>Umuyobozi wa Pro-Femmes Twese Hamwe, Kanakuze Jeanne D\u2019Arc, yavuze ko bafashe icyemezo cyo kurega radiyo muri RMC kuko ngo abayobozi bayo bemeye ko hanyuzwaho ibiganiro bitesha agaciro umugore w\u2019Umunyarwandakazi.<\/p>\n<p>Pasiteri Schoof avuga ko nta mpamvu ihari yo gufunga radiyo ye kuko ngo Pasiteri Niyibikora atigeze akurikiranwa n&#8217;inkiko.<\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umuyobozi Mukuru wa Radiyo yafunzwe Amazing Grace ari we Pasiteri Gregg Schoof avuga ko niba Leta y\u2019U Rwanda ishaka imirwano \u00a0ya politiki na we yiteguye kuyinjiramo atazuyaje. Uyu mugabo yabitangaje mu kiganiro yagiranye na Radiyo Ijwi rya Amerika (VOA) kuwa 10 Ukwakira 2018 nyuma yaho ageze ku Rukiko Rukuru rwa Nyarugenge \u00a0akabwirwa ko urubanza yari [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-12112","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Niba mushaka imirwano ya politiki ndayibazanira-Pasiteri Schoof abwira Leta y\u2019U Rwanda - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=12112\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Niba mushaka imirwano ya politiki ndayibazanira-Pasiteri Schoof abwira Leta y\u2019U Rwanda - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Umuyobozi Mukuru wa Radiyo yafunzwe Amazing Grace ari we Pasiteri Gregg Schoof avuga ko niba Leta y\u2019U Rwanda ishaka imirwano \u00a0ya politiki na we yiteguye kuyinjiramo atazuyaje. Uyu mugabo yabitangaje mu kiganiro yagiranye na Radiyo Ijwi rya Amerika (VOA) kuwa 10 Ukwakira 2018 nyuma yaho ageze ku Rukiko Rukuru rwa Nyarugenge \u00a0akabwirwa ko urubanza yari [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=12112\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2018-10-11T14:59:04+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12112#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12112\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Niba mushaka imirwano ya politiki ndayibazanira-Pasiteri Schoof abwira Leta y\u2019U Rwanda\",\"datePublished\":\"2018-10-11T14:59:04+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12112\"},\"wordCount\":449,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12112#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12112\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12112\",\"name\":\"Niba mushaka imirwano ya politiki ndayibazanira-Pasiteri Schoof abwira Leta y\u2019U Rwanda - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2018-10-11T14:59:04+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12112#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12112\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12112#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Niba mushaka imirwano ya politiki ndayibazanira-Pasiteri Schoof abwira Leta y\u2019U Rwanda\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Niba mushaka imirwano ya politiki ndayibazanira-Pasiteri Schoof abwira Leta y\u2019U Rwanda - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12112","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Niba mushaka imirwano ya politiki ndayibazanira-Pasiteri Schoof abwira Leta y\u2019U Rwanda - BWIZA","og_description":"Umuyobozi Mukuru wa Radiyo yafunzwe Amazing Grace ari we Pasiteri Gregg Schoof avuga ko niba Leta y\u2019U Rwanda ishaka imirwano \u00a0ya politiki na we yiteguye kuyinjiramo atazuyaje. Uyu mugabo yabitangaje mu kiganiro yagiranye na Radiyo Ijwi rya Amerika (VOA) kuwa 10 Ukwakira 2018 nyuma yaho ageze ku Rukiko Rukuru rwa Nyarugenge \u00a0akabwirwa ko urubanza yari [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12112","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2018-10-11T14:59:04+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12112#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12112"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Niba mushaka imirwano ya politiki ndayibazanira-Pasiteri Schoof abwira Leta y\u2019U Rwanda","datePublished":"2018-10-11T14:59:04+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12112"},"wordCount":449,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=12112#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12112","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12112","name":"Niba mushaka imirwano ya politiki ndayibazanira-Pasiteri Schoof abwira Leta y\u2019U Rwanda - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2018-10-11T14:59:04+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12112#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=12112"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12112#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Niba mushaka imirwano ya politiki ndayibazanira-Pasiteri Schoof abwira Leta y\u2019U Rwanda"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/12112","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=12112"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/12112\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=12112"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=12112"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=12112"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}