{"id":12133,"date":"2018-10-13T08:36:56","date_gmt":"2018-10-13T08:36:56","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2018\/10\/13\/perezida-macron-niwe-wumvishije-u-rwanda-ko-mushikiwabo-yayobora-oif\/"},"modified":"2018-10-13T08:36:56","modified_gmt":"2018-10-13T08:36:56","slug":"perezida-macron-niwe-wumvishije-u-rwanda-ko-mushikiwabo-yayobora-oif","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12133","title":{"rendered":"Perezida Macron niwe wumvishije u Rwanda ko Mushikiwabo yayobora OIF?"},"content":{"rendered":"<p>Perezida w\u2019u Bufaransa, Emmanuel Macron, yaba yaregereye perezida w\u2019u Rwanda, akamubwira ko Louise Mushikiwabo ashobora kuba umuyobozi wa Francophonie na mbere y\u2019uko u Rwanda rubitekereza nk\u2019uko byabajijwe umukuru w\u2019igihugu mu kiganiro yahaye RFI na France24 ariko akirinda kubyemeza cyangwa ngo abihakane.<\/p>\n<p>Ibi bitangazamaru bimeze nk\u2019ibivandimwe 2 byo mu Bufaransa byegereye Perezida w\u2019u Rwanda, Paul Kagame ubwo yari mu nama ya OIF I Erevan muri Armenia bagirana ikiganiro kirekire n\u2019abanyamakuru babyo, Christophe Boisbouvier na Marc Perelman. Ni ikiganiro cyibanze kw\u2019itorwa rya minisitiri Mushikiwabo ku bunyamabanga bukuru bw\u2019umuryango w\u2019ibihugu bikoresha Igifaransa (OIF) no ku mubano w\u2019u Rwanda n\u2019u Bufaransa muri rusange.<\/p>\n<p>Perezida Paul Kagame yabanje kubazwa niba asubiye inyuma nk\u2019umwaka umwe yaratekerezaga ko minisitiri w\u2019u Rwanda yazaba Umunyamabanga Mukuru wa Francophonie, asubiza ko mu Rwanda hamaze kumenyerwa ko ibintu abandi badatekereza cyangwa bitateguwe bigira gutya bikaba kandi biri mu mateka y\u2019u Rwanda.<\/p>\n<p>Abanyamakuru bamubajije niba yaratunguwe ubwo intumwa ya perezida Macron yamwegeraga ikamubwira ko Louise Mushikiwabo ashobora gufata ubuyobozi bwa Francophonie, mu gusubiza asubiza ko gutungurwa umuntu yabifata mu buryo butandukanye. Ati: \u201c <em>Ndizera ko n\u2019u Bufaransa bwatunguwe no kugira umuntu nka Macron aba perezida<\/em> .\u201d<\/p>\n<p>Yakomeje avuga ko hadashize igihe kirekire amatora mu Bufaransa abaye kandi ngo ntiwashoboraga kumenya umuntu uzaba perezida. Yavuze ko urebye uko ibintu byose byagiye biba ugira gutya ukabona ibishya birabaye, ibintu bitandukanye. Ati: \u201c <em>Ni yo mpamvu navugaga ko mu gihugu cyacu tubimenyereye. Ndatekereza ko perezida Macron yazanye umwuka mushya\u00a0 mu ruhando rwa politiki. Atari mu Bufaransa gusa..muri Afurika n\u2019ahandi hasigaye ku Isi. Tubona ibintu byinshi byikora mu isi kandi ntibishoboka ko ibintu nk\u2019ibyo bitaba<\/em> .\u201d<\/p>\n<p>Yasabwe kwemeza ko koko intumwa ya perezida Macron yaramwegereye ikamugezaho icyo gitekerezo ndetse niba yarasanze cyari igitekerezo cyiza, mu gusibiza agira ati: \u201c <em>Kuki mutabimubaza<\/em> ?\u201d<\/p>\n<p>Umunyamakuru ati: \u201c <em>Nimwe mbajije ikibazo. Nimwe naje kureba<\/em> !\u201d<\/p>\n<p>Perezida Kagame nawe ati: \u201c <em>Yego, ariko mwamubonye mbere yanjye, kuki mutamubajije icyo kibazo<\/em> ?\u201d<\/p>\n<p>Perezida w\u2019u Rwanda yabwiwe ukuntu uwari usanzwe ku buyobozi bwa OIF, Michaelle Jean, yanenze uburyo Mushikiwabo yinjiye mu guhatanira kuyiyobora avuga ko habayeho kugira uko u Bufaransa n\u2019u Rwanda bibigenza, ndetse avuga ko umuryango uzaba uyobowe n\u2019umuntu utemera indangagaciro n\u2019amahame yawo ashingira ku kibazo cy\u2019uburenganzira bwa muntu mu Rwanda, asabwa kugira icyo abivugaho.<\/p>\n<p>Mu gusubiza perezida Paul Kagame yakoresheje amagambo makeya avuga ko ibyo yavuze ari ibintu bisanzwe ariko Michaelle Jean akwiye kubanza kwibuka uko yabaye Umunyamabanga Mukuru wa Francophonie, avuga ko nawe ajya kuri uyu mwanya bitavuzweho rumwe icyo gihe.<\/p>\n<p>Abajijwe niba yarababajwe n\u2019ibyatangajwe n\u2019uyu mudamu, perezida kagame ati: \u201c <em>Oya mu by\u2019ukuri\u2026.nabonye ibintu nk\u2019ibyo kenshi. Ni ngombwa kubishyira ku ruhande<\/em> .\u201d<\/p>\n<p>Abanyamakuru muri iki kiganiro bakomoje ku mfungwa zisaga 2000 u Rwanda ruherutse gufungura, babaza umukuru w\u2019igihugu niba cyari ikimenyetso cy\u2019ubushake bwiza mbere y\u2019uko inama ya Francophonie iba, asubiza ko kenshi mu mateka uhereye mu 1994, u Rwanda rwarekuye abantu benshi mu bihe bitandukanye, avuga ko ibi byakozwe muri gahunda u Rwanda rusanganywe. Yanavuze ko hari igihe higeze kurekurwa abantu 30,000.<\/p>\n<p>Umunyamakuru ati: \u201c <em>Nibyo ariko muri izo mfungwa harimo Victoire Ingabire<\/em> ?\u201d<\/p>\n<p>Perezida Kagame asubiza ko ariko harimo abandi bantu benshi Ingabire akaba yari umwe mu bari bafunzwe ku mpamvu zimwe n\u2019abandi barimo abakoze ibyaha muri jenoside.<\/p>\n<p>Akomeje kubazwa niba cyari ikimenyetso cy\u2019ubushake bwiza mbere y\u2019iyo nama, Perezida Kagame ati: \u201c <em>Ni ikimenyetso cy\u2019ubushake bwiza mu rwego rwa politiki y\u2019igihugu kandi bimaze imyaka 25<\/em> .\u201d<\/p>\n<p>Ikiganiro cyakomeje kigera aho Perezida wa Repubulika abazwa niba u Rwanda rwiteguye no kwakira ambasaderi w\u2019u Bufaransa ndetse niba runiteze uruzinduko rwa Perezida Emmanuel Macron ubwo hazaba hibukwa Jenoside yakorewe Abatutsi ku nshuro ya 25.<\/p>\n<p>Yasubije ko yizeye ko hazaba iterambere mu mibanire y\u2019u Rwanda n\u2019u Bufaransa kandi ngo bizazana ibintu byinshi birimo gukomeza imibanire ishingiye kuri dipolomasi hagati y\u2019ibihugu byombi, avuga ko yahozeho mu mateka ariko ishobora kuvugururwa mu bihe biri imbere. Ati: \u201c <em>Ibyo bizaba nibyo kubera ko ibihe bishya bizana impinduka. Hashize imyaka 2, twakoranaga n\u2019abandi bantu, ubu turakorana na Perezida Macron. Ndatekereza ko afite uko abona ibintu gufunguye, ahari niyo mpamvu yatowe mu Bufaransa, ahagarariye ikintu gishya, gitandukanye. Kubw\u2019ibyo ndatekereza dushobora kugira iterambere ryiza.<\/em> \u201d<\/p>\n<p>Yabajijwe niba ku ruhande rw\u2019u Rwanda harabayeho gutumira perezida Macron ngo azasure u Rwanda, hibutswa uruzinduko rwa Sarkozy mu Rwanda abazwa niba cyaba ari ikimenyetso cyiza kuko nabyo (ibimenyetso)bigira icyo bivuze, perezida Kagame asubiza ko batumiye Macron ahubwo hashize igihe. Ati: \u201c <em>Nibyo twaramutumiye hashize igihe kirekire, ndibuka, ni igihe yabaga perezida. Twarahuye ahantu hatandukanye kandi buri gihe natumiye perezida kuza kureba igihugu cyacu<\/em> .\u201d Yakomeje avuga ko yizeye ko mu gihe bashaka kubaka umubano mwiza, perezida Macron nawe azishimira kwirebera ibintu ubwe.<\/p>\n<p>Perezida Paul Kagame yabajijwe niba kuri ubu Mushikiwabo agiye kuyobora Francophonie u Rwanda hari ingamba rufite zo kurushaho guteza imbere ururimi rw\u2019Igifaransa, mu gusubiza umukuru w\u2019igihugu abanza gusobanura ibyo yumva anasoma mu binyamakuru bitandukanye ko u Rwanda rutaba muri Francophonie, avuga ko ibyo atazi aho biva. Yasobanuye ko u Rwanda rwemera ikoreshwa ry\u2019indimi 3 ari zo; Ikinyarwanda, Igifaransa ndetse n\u2019Icyongereza. Ati: \u201c <em>Twongeye Icyongereza ku ndimi twavugaga zari ebyiri ku itangiriro<\/em> .\u201d<\/p>\n<p>Umukuru w\u2019igihugu yasobanuye ko impamvu Icyongereza cyongerewe mu ndimi zikoreshwa ari ukubera aho u Rwanda ruherereye muri Afurika y\u2019uburasirazuba kandi ibihugu bihatuye bikoresha ICyongereza gusa kandi 90% by\u2019ubucuruzi u Rwanda rubikorana n\u2019ibyo bihugu. Ati: \u201c <em>Bwaba ari ubucucu bwuzuye wirengagije uko kuri.<\/em> \u201d<\/p>\n<p>Yakomeje avuga ko kuba Mushikiwabo agiye kuyobora Francophonie rero ari byo bizatuma igihugu kirushaho guha agaciro Igifaransa.<\/p>\n<p>Mu gusoza iki kiganiro, abanyamakuru babwiye Perezida Kagame ko mu nama ya Francophonie bumvise ko yavuganye Igifaransa n\u2019abandi bakuru b\u2019igihugu asabwa kugira amagambo makeya y\u2019Igifaransa ababwira, asubiza ko yagerageje kukivuga ndetse ko ashobora no kugisoma mu ijwi rirerire.<\/p>\n<p>Yakomeje avuga ariko ko umusabye kukivuga nk\u2019uvuga ururimi rwe byamugora, ariko ko mu muryango we, umufasha n\u2019abana be bane bose bavuga Igifaransa usibye we wenyine. Ati: \u201c <em>Umugore wanjye n\u2019abana banjye barakize mu ishuri, ariko ku ruhande rwanjye, ndacyarwanya. Ariko ahari nzatera imbere. Ninde ubizi!<\/em> \u201d<\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Perezida w\u2019u Bufaransa, Emmanuel Macron, yaba yaregereye perezida w\u2019u Rwanda, akamubwira ko Louise Mushikiwabo ashobora kuba umuyobozi wa Francophonie na mbere y\u2019uko u Rwanda rubitekereza nk\u2019uko byabajijwe umukuru w\u2019igihugu mu kiganiro yahaye RFI na France24 ariko akirinda kubyemeza cyangwa ngo abihakane. Ibi bitangazamaru bimeze nk\u2019ibivandimwe 2 byo mu Bufaransa byegereye Perezida w\u2019u Rwanda, Paul Kagame [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[48],"tags":[],"class_list":["post-12133","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-inkuru-twabahitiyemo"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Perezida Macron niwe wumvishije u Rwanda ko Mushikiwabo yayobora OIF? - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=12133\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Perezida Macron niwe wumvishije u Rwanda ko Mushikiwabo yayobora OIF? - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Perezida w\u2019u Bufaransa, Emmanuel Macron, yaba yaregereye perezida w\u2019u Rwanda, akamubwira ko Louise Mushikiwabo ashobora kuba umuyobozi wa Francophonie na mbere y\u2019uko u Rwanda rubitekereza nk\u2019uko byabajijwe umukuru w\u2019igihugu mu kiganiro yahaye RFI na France24 ariko akirinda kubyemeza cyangwa ngo abihakane. Ibi bitangazamaru bimeze nk\u2019ibivandimwe 2 byo mu Bufaransa byegereye Perezida w\u2019u Rwanda, Paul Kagame [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=12133\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2018-10-13T08:36:56+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"5 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12133#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12133\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Perezida Macron niwe wumvishije u Rwanda ko Mushikiwabo yayobora OIF?\",\"datePublished\":\"2018-10-13T08:36:56+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12133\"},\"wordCount\":1002,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"inkuru-twabahitiyemo\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12133#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12133\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12133\",\"name\":\"Perezida Macron niwe wumvishije u Rwanda ko Mushikiwabo yayobora OIF? - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2018-10-13T08:36:56+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12133#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12133\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12133#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Perezida Macron niwe wumvishije u Rwanda ko Mushikiwabo yayobora OIF?\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Perezida Macron niwe wumvishije u Rwanda ko Mushikiwabo yayobora OIF? - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12133","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Perezida Macron niwe wumvishije u Rwanda ko Mushikiwabo yayobora OIF? - BWIZA","og_description":"Perezida w\u2019u Bufaransa, Emmanuel Macron, yaba yaregereye perezida w\u2019u Rwanda, akamubwira ko Louise Mushikiwabo ashobora kuba umuyobozi wa Francophonie na mbere y\u2019uko u Rwanda rubitekereza nk\u2019uko byabajijwe umukuru w\u2019igihugu mu kiganiro yahaye RFI na France24 ariko akirinda kubyemeza cyangwa ngo abihakane. Ibi bitangazamaru bimeze nk\u2019ibivandimwe 2 byo mu Bufaransa byegereye Perezida w\u2019u Rwanda, Paul Kagame [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12133","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2018-10-13T08:36:56+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"5 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12133#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12133"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Perezida Macron niwe wumvishije u Rwanda ko Mushikiwabo yayobora OIF?","datePublished":"2018-10-13T08:36:56+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12133"},"wordCount":1002,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["inkuru-twabahitiyemo"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=12133#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12133","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12133","name":"Perezida Macron niwe wumvishije u Rwanda ko Mushikiwabo yayobora OIF? - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2018-10-13T08:36:56+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12133#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=12133"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12133#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Perezida Macron niwe wumvishije u Rwanda ko Mushikiwabo yayobora OIF?"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/12133","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=12133"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/12133\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=12133"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=12133"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=12133"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}