{"id":12146,"date":"2018-10-14T08:26:48","date_gmt":"2018-10-14T08:26:48","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2018\/10\/14\/uganda-undi-munyarwanda-yasubijwe-mu-rwanda-nyuma-y-iminsi-akorerwa-iyicarubozo\/"},"modified":"2025-02-12T13:52:44","modified_gmt":"2025-02-12T11:52:44","slug":"uganda-undi-munyarwanda-yasubijwe-mu-rwanda-nyuma-y-iminsi-akorerwa-iyicarubozo","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12146","title":{"rendered":"Uganda: Undi Munyarwanda yasubijwe mu Rwanda nyuma y\u2019iminsi akorerwa iyicarubozo"},"content":{"rendered":"<p>Abategetsi ba Uganda basubije mu Rwanda undi mucuruzi w\u2019Umunyarwanda wafatiwe mu isoko rya Owino n\u2019abakozi b\u2019urwego rw\u2019ubutasi mu gisirikare (CMI).<\/p>\n<p>Uyu Munyarwanda witwa Patrick Niyigena, utuye Remera, ngo kuwa 08 Ukwakira 2018 yari agiye I Nairobi aho yari agiye kugura ibyuma bya firigo byo gucuruza I Kigali, ariko ahagarara I Kampala amasaha 2, aho yafashe icyemezo cyo kuva muri gare akajya kureba inshuti ye no kugira utwo yigurira mu Isoko rya Owino.<\/p>\n<p>Yabanje kubonanira n\u2019iyo nshuti ye yitwa Vincent muri Garden City amuha amadorali 1400 ngo aze kugira ibyo amugurira I Nairobi. Mu kugaruka muri gare ngo yanyuze mu isoko aho yahuriye n\u2019abasore bagera kuri batatu bari mu myaka 20 bakamuhatira kwinjira mu modoka y\u2019umukara yahise imujyana muri safe house (inzu yizeweho umutekano) akeka ko iri mu gace ka Natete mu nkengero za Kampala.<\/p>\n<p>Aho ngo yahamaze iminsi 3 muri kasho afunze arinzwe n\u2019abasivili bafite imbunda aziritse amaboko n\u2019amaguru mu nzu yitaruye abantu benshi bakomeza kumubaza niba yari umusirikare w\u2019u Rwanda.<\/p>\n<p>Yavuze ko ari ko yakubitwaga imigeri mu mbavu abazwa niba ari intasi y\u2019u Rwanda, akababwira ko ari umucuruzi usanzwe ariko ntibumve bagakomeza kumukubita.<\/p>\n<p>Yagize ati: \u201c <em>Ijoro rimwe umusore yaje mu cyumba nari ndimo ambwira ko agiye kuntera umuti umfasha gukira uburibwe vuba. Naranze kugeza ambwiye ko ari itegeko rivuye kwa boss we kandi ko bagomba kumpatira gufata urwo rushinge\u2026nyuma yo kuruntera nacitse intege ndahwera igihe kirekire<\/em> .\u201d<\/p>\n<p>Amaze kugarura ubwenge, Niyigena ngo yasubijwe kuri Trinity Bus n\u2019abari bamufashe, bamutegeka gusubira mu Rwanda.<\/p>\n<p>Niyigena yabwiye The New Times ko yari afite amadolari 100 kongeraho 1400 yari yahawe n\u2019inshuti ye n\u2019amashilingi 30,000 yose bayatwaye. Ngo banafatiriye inzandiko ze z\u2019inzira n\u2019indangamuntu abasabye byibuze kumusubiza ibyo byangombwa bamukubita urushyi.<\/p>\n<p>Ati:\u201c <em>Naganiriye inkuru yanjye umugabo aho bus zihagarara ukorera Trinity, musaba kunshakira moto ijyana kuri ambasade arabikora<\/em> .\u201d<\/p>\n<p>Ageze kuri ambasade nibwo Niyigena ngo yagaburiwe neza ajyanwa kuri station ya polisi ya Kampala akoreshwa inyandikomvugo, nyuma ahabwa ibyangombwa bimusubiza mu Rwanda.<\/p>\n<p>Niyigena yavuze ko kuri polisi yabwiwe ko ari umwe mu bibazo byinshi nk\u2019ibi bamaze iminsi igera ku byumweru 2 bakira. Ngo akaba yarajyaga yumva ko muri Uganda Abanyarwanda batabwa muri yombi bya hato na hato akabifata nk\u2019ibyoroshye kugeza ubwo byamubagaho.<\/p>\n<p>Yavuze ko yari asanzwe ajjya muri Uganda ndetse yari ari yo muri Nyakanga no mu mwaka ushize muri Gashyantare ariko atigeze atekereza ko byamubaho. Ati: \u201c <em>Ndasaba abacuruzi b\u2019Abanyarwanda bajya guhaha muri Uganda kujya iteka bagenda mu matsinda ku buryo baba nk\u2019abarinzi b\u2019inshuti zabo. Niba udashoboye kugenda mu itsinda nakugira inama yo kutajyayo<\/em> .\u201d<\/p>\n<p>Uyu yanasabye Guverinoma y\u2019u Rwanda kumusuzumisha hakamenyekana ibyari mu rushing yatewe.<\/p>\n<p>Hagati aho abanyarwanda bagera kuri 25 bakaba baherutse gukatirwa igifungo cy\u2019umwaka n\u2019urukiko rwo muri Kisoro bashinjwa kwinjira muri Uganda binyuranyije n\u2019amategeko.<\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Abategetsi ba Uganda basubije mu Rwanda undi mucuruzi w\u2019Umunyarwanda wafatiwe mu isoko rya Owino n\u2019abakozi b\u2019urwego rw\u2019ubutasi mu gisirikare (CMI). Uyu Munyarwanda witwa Patrick Niyigena, utuye Remera, ngo kuwa 08 Ukwakira 2018 yari agiye I Nairobi aho yari agiye kugura ibyuma bya firigo byo gucuruza I Kigali, ariko ahagarara I Kampala amasaha 2, aho yafashe [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-12146","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Uganda: Undi Munyarwanda yasubijwe mu Rwanda nyuma y\u2019iminsi akorerwa iyicarubozo - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=12146\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Uganda: Undi Munyarwanda yasubijwe mu Rwanda nyuma y\u2019iminsi akorerwa iyicarubozo - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Abategetsi ba Uganda basubije mu Rwanda undi mucuruzi w\u2019Umunyarwanda wafatiwe mu isoko rya Owino n\u2019abakozi b\u2019urwego rw\u2019ubutasi mu gisirikare (CMI). Uyu Munyarwanda witwa Patrick Niyigena, utuye Remera, ngo kuwa 08 Ukwakira 2018 yari agiye I Nairobi aho yari agiye kugura ibyuma bya firigo byo gucuruza I Kigali, ariko ahagarara I Kampala amasaha 2, aho yafashe [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=12146\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2018-10-14T08:26:48+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T11:52:44+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12146#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12146\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Uganda: Undi Munyarwanda yasubijwe mu Rwanda nyuma y\u2019iminsi akorerwa iyicarubozo\",\"datePublished\":\"2018-10-14T08:26:48+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T11:52:44+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12146\"},\"wordCount\":465,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12146#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12146\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12146\",\"name\":\"Uganda: Undi Munyarwanda yasubijwe mu Rwanda nyuma y\u2019iminsi akorerwa iyicarubozo - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2018-10-14T08:26:48+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T11:52:44+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12146#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12146\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12146#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Uganda: Undi Munyarwanda yasubijwe mu Rwanda nyuma y\u2019iminsi akorerwa iyicarubozo\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Uganda: Undi Munyarwanda yasubijwe mu Rwanda nyuma y\u2019iminsi akorerwa iyicarubozo - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12146","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Uganda: Undi Munyarwanda yasubijwe mu Rwanda nyuma y\u2019iminsi akorerwa iyicarubozo - BWIZA","og_description":"Abategetsi ba Uganda basubije mu Rwanda undi mucuruzi w\u2019Umunyarwanda wafatiwe mu isoko rya Owino n\u2019abakozi b\u2019urwego rw\u2019ubutasi mu gisirikare (CMI). Uyu Munyarwanda witwa Patrick Niyigena, utuye Remera, ngo kuwa 08 Ukwakira 2018 yari agiye I Nairobi aho yari agiye kugura ibyuma bya firigo byo gucuruza I Kigali, ariko ahagarara I Kampala amasaha 2, aho yafashe [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12146","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2018-10-14T08:26:48+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T11:52:44+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12146#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12146"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Uganda: Undi Munyarwanda yasubijwe mu Rwanda nyuma y\u2019iminsi akorerwa iyicarubozo","datePublished":"2018-10-14T08:26:48+00:00","dateModified":"2025-02-12T11:52:44+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12146"},"wordCount":465,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=12146#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12146","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12146","name":"Uganda: Undi Munyarwanda yasubijwe mu Rwanda nyuma y\u2019iminsi akorerwa iyicarubozo - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2018-10-14T08:26:48+00:00","dateModified":"2025-02-12T11:52:44+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12146#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=12146"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12146#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Uganda: Undi Munyarwanda yasubijwe mu Rwanda nyuma y\u2019iminsi akorerwa iyicarubozo"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/12146","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=12146"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/12146\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=12146"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=12146"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=12146"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}