{"id":12184,"date":"2018-10-16T13:28:28","date_gmt":"2018-10-16T13:28:28","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2018\/10\/16\/rusizi-umugore-yatwikishije-umugabo-we-amazi-ashyushye\/"},"modified":"2018-10-16T13:28:28","modified_gmt":"2018-10-16T13:28:28","slug":"rusizi-umugore-yatwikishije-umugabo-we-amazi-ashyushye","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12184","title":{"rendered":"Rusizi: Umugore yatwikishije umugabo we amazi ashyushye"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Ntakirutimana Jean de Dieu utuye mu mudugudu wa Nyabiranga, akagari ka Kamanyenga mu murenge wa Nkanka mu karere ka Rusizi, avuga ko yahuye n\u2019uruva gusenya ubwo umugore we Mukabaruta Jeanne \u00a0w\u2019imyaka 30 yamutwikishaga amazi ashyushye agashya , akaba arembeye mu bitaro bya Gihundwe muri aka karere.<\/em> <\/strong> <\/p>\n<p>Aho arembeye mu bitaro bya Gihundwe, avuga ko umugore we yahengereye aryamye atangiye gusinzira mu ma saa tanu y\u2019ijoro\u00a0 amusukaho amazi y\u2019amarike amutwika bikomeye itako ryose ry\u2019iburyo,\u00a0 igice cy\u2019imbavu, agatuza n\u2019inda, ngo imyanya y\u2019ibanga ari yo ngo umugore yashakaga gutwika cyane ayo mazi ntiyahagera kuko ngo yayamusutseho aryamiye urubavu.<\/p>\n<p>Avuga ko akimara kuyamumenaho ngo yahise yiruka afungira inyuma urugi rwo mu gikari n\u2019ingufuri aracika, undi atabaza abanyerondo baraza barayica bamukuramo bamujyana ku kigo nderabuzima cya Nkanka yangiritse cyane,\u00a0 binaniranye ajyanwa mu bitaro bya Gihundwe.<\/p>\n<p>Uyu mugabo avuga ko nubwo atazi nyirizina icyo yamutwikiye n\u2019impamvu yashakaga kumwica urupfu rubi gutyo, ngo uyu mugore bamaranye imyaka 9 \u00a0bafitanye abana 4, amakimbiranye yabo yatangiye bagishakana bataranabyarana, batangira kujya barwana umugore avuga ko umugabo adashaka akazi nk\u2019abandi ngo babone ibibatunga, icyo gihe bakaba bari mu mujyi wa Kigali.<\/p>\n<p>[penci_related_posts taxonomies=&#8221;undefined&#8221; title=&#8221;Inline Related Posts&#8221; background=&#8221;&#8221; border=&#8221;&#8221; thumbright=&#8221;no&#8221; number=&#8221;4&#8243; style=&#8221;grid&#8221; align=&#8221;none&#8221; displayby=&#8221;recent_posts&#8221; orderby=&#8221;random&#8221;]<\/p>\n<p>Umugabo avuga ko umugore yaje kumuta akumva ngo yashatse undi mugabo, hashize amezi 6 ngo barananiranwa \u00a0n\u2019uwo mugabo wundi, umugore agaruka iwabo ku Nkanka, ariho umugabo ngo yaje kongera kumucyura barabana ubuzima burakomeza ariko n\u2019ubundi ngo ari imiguruko.<\/p>\n<p>Umwaka ushize muri 2017, uyu mugore \u00a0bamwe mu baturanyi bavuga ko anagaragaraho ingeso y\u2019ubujura, yaje gufatwa yibye ibigori n\u2019ubwatsi bw\u2019inka, umugabo arabiriha ariko bikurura amakimbirane, aho umugore yaje kumurya amenyo aramukomeretsa bikomeye ku maboko,\u00a0 hashize igihe gito arongera afata ifuni agiye kuyimukubita mu mutwe umuturanyi ayifatira hejuru, iyi ikaba ngo yari inshuro ya gatatu ashaka kumwica.<\/p>\n<p>Yagize ati\u2019\u2019 yabanje kujya avuga ngo nta kazi ngira ntanshaka, nkabonye \u00a0muri RAB muri 2014 aratuza tugira agahenge, nkavuyeho amahane aragaruka, akaba ampushije\u00a0 gatatu ashaka kunyica, kuko amenaho amazi twari tumaze amezi 2 tumeze nk\u2019ababanye nabi\u201d.<\/p>\n<p>Umukuru w\u2019umudugudu wa Nyabiranga, Banyanga Fabien , avuga ko akurikije imibanire y\u2019uyu muryango \u00a0inzego zibishinzwe zakora akazi kazo zikabatandukanya umwe atarica undi kuko ngo abona ari cyo gisigaye.<\/p>\n<p>Avuga ko uburyo bajyanye umugabo kwa muganga ameze, ngo abona kubarekera mu nzu bombi batamara kabiri umwe \u00a0atishe undi.<\/p>\n<p>Umuyobozi w\u2019aka karere Kayumba Ephrem yatangarije Bwiza.com ko\u00a0 iyo abashakanye bagiranye amakimbirane akagera kuri uru rwego rwabo, bakagirwa inama bikananirana baranasezeranye byemewe n\u2019amategeko, nk\u2019ubuyobozi busuzuma imiterere y\u2019ikibazo cyabo bukaba bwabatandukanya bataramburana ubuzima.<\/p>\n<p>Bibaye mu gihe muri kano karere ndetse n\u2019aka Nyamasheke hamaze iminsi havugwa\u00a0 imfu ziturutse ku mibanire mibi y\u2019abashakanye, abaturage b\u2019uyu murenge bakavuga ko ubuyobozi bukwiye gutangirira hafi kuko ibimenyetso byo kwamburana ubuzima byo ngo byarangije kwigaragaza kuri uyu muryango.<\/p>\n<figure id=\"attachment_116625\" aria-describedby=\"caption-attachment-116625\" style=\"width: 1024px\" class=\"wp-caption alignnone\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"wp-image-116625 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/10\/Ntakirutimana-Jean-de-Dieu-ngo-ntiyufuza-gusubirana-numugore-we-umuhusheije-inshuro-3-zose-ashaka-kumwica..jpg\" alt=\"\" width=\"1024\" height=\"768\" \/><figcaption id=\"caption-attachment-116625\" class=\"wp-caption-text\"><strong>Ntakirutimana Jean de Dieu ngo ntiyufuza gusubirana n&#8217;umugore we umuhushije inshuro 3 zose ashaka kumwica<\/strong><\/figcaption><\/figure>\n<p>\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ntakirutimana Jean de Dieu utuye mu mudugudu wa Nyabiranga, akagari ka Kamanyenga mu murenge wa Nkanka mu karere ka Rusizi, avuga ko yahuye n\u2019uruva gusenya ubwo umugore we Mukabaruta Jeanne \u00a0w\u2019imyaka 30 yamutwikishaga amazi ashyushye agashya , akaba arembeye mu bitaro bya Gihundwe muri aka karere. Aho arembeye mu bitaro bya Gihundwe, avuga ko umugore [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[26],"tags":[],"class_list":["post-12184","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-iterambere-ryumuryango"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Rusizi: Umugore yatwikishije umugabo we amazi ashyushye - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=12184\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Rusizi: Umugore yatwikishije umugabo we amazi ashyushye - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Ntakirutimana Jean de Dieu utuye mu mudugudu wa Nyabiranga, akagari ka Kamanyenga mu murenge wa Nkanka mu karere ka Rusizi, avuga ko yahuye n\u2019uruva gusenya ubwo umugore we Mukabaruta Jeanne \u00a0w\u2019imyaka 30 yamutwikishaga amazi ashyushye agashya , akaba arembeye mu bitaro bya Gihundwe muri aka karere. Aho arembeye mu bitaro bya Gihundwe, avuga ko umugore [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=12184\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2018-10-16T13:28:28+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/10\/Ntakirutimana-Jean-de-Dieu-ngo-ntiyufuza-gusubirana-numugore-we-umuhusheije-inshuro-3-zose-ashaka-kumwica..jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12184#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12184\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Rusizi: Umugore yatwikishije umugabo we amazi ashyushye\",\"datePublished\":\"2018-10-16T13:28:28+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12184\"},\"wordCount\":498,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12184#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2018\\\/10\\\/Ntakirutimana-Jean-de-Dieu-ngo-ntiyufuza-gusubirana-numugore-we-umuhusheije-inshuro-3-zose-ashaka-kumwica..jpg\",\"articleSection\":[\"iterambere-ryumuryango\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12184#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12184\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12184\",\"name\":\"Rusizi: Umugore yatwikishije umugabo we amazi ashyushye - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12184#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12184#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2018\\\/10\\\/Ntakirutimana-Jean-de-Dieu-ngo-ntiyufuza-gusubirana-numugore-we-umuhusheije-inshuro-3-zose-ashaka-kumwica..jpg\",\"datePublished\":\"2018-10-16T13:28:28+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12184#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12184\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12184#primaryimage\",\"url\":\"\",\"contentUrl\":\"\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12184#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Rusizi: Umugore yatwikishije umugabo we amazi ashyushye\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Rusizi: Umugore yatwikishije umugabo we amazi ashyushye - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12184","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Rusizi: Umugore yatwikishije umugabo we amazi ashyushye - BWIZA","og_description":"Ntakirutimana Jean de Dieu utuye mu mudugudu wa Nyabiranga, akagari ka Kamanyenga mu murenge wa Nkanka mu karere ka Rusizi, avuga ko yahuye n\u2019uruva gusenya ubwo umugore we Mukabaruta Jeanne \u00a0w\u2019imyaka 30 yamutwikishaga amazi ashyushye agashya , akaba arembeye mu bitaro bya Gihundwe muri aka karere. Aho arembeye mu bitaro bya Gihundwe, avuga ko umugore [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12184","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2018-10-16T13:28:28+00:00","og_image":[{"url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/10\/Ntakirutimana-Jean-de-Dieu-ngo-ntiyufuza-gusubirana-numugore-we-umuhusheije-inshuro-3-zose-ashaka-kumwica..jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12184#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12184"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Rusizi: Umugore yatwikishije umugabo we amazi ashyushye","datePublished":"2018-10-16T13:28:28+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12184"},"wordCount":498,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12184#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/10\/Ntakirutimana-Jean-de-Dieu-ngo-ntiyufuza-gusubirana-numugore-we-umuhusheije-inshuro-3-zose-ashaka-kumwica..jpg","articleSection":["iterambere-ryumuryango"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=12184#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12184","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12184","name":"Rusizi: Umugore yatwikishije umugabo we amazi ashyushye - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12184#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12184#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/10\/Ntakirutimana-Jean-de-Dieu-ngo-ntiyufuza-gusubirana-numugore-we-umuhusheije-inshuro-3-zose-ashaka-kumwica..jpg","datePublished":"2018-10-16T13:28:28+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12184#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=12184"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12184#primaryimage","url":"","contentUrl":""},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12184#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Rusizi: Umugore yatwikishije umugabo we amazi ashyushye"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/12184","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=12184"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/12184\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=12184"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=12184"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=12184"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}