{"id":12282,"date":"2018-10-22T10:05:00","date_gmt":"2018-10-22T10:05:00","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2018\/10\/22\/gicumbi-hari-umuryango-umaze-imyaka-3-uba-mu-ishyamba\/"},"modified":"2025-02-12T13:51:30","modified_gmt":"2025-02-12T11:51:30","slug":"gicumbi-hari-umuryango-umaze-imyaka-3-uba-mu-ishyamba","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12282","title":{"rendered":"Gicumbi: Hari umuryango umaze imyaka 3 uba mu ishyamba"},"content":{"rendered":"<p>Mu murenge wa Byumba mu karere ka Gicumbi hari umuryango w\u2019abantu batatu wibera mu ishyamba ku gasozi kuko nta bushobozi ufite bwo kwiyubakira inzu yo kubamo.<\/p>\n<p>Nyiranambajimana Marie Louise na Nyiranzabonimana Sandrine bavuga ko bamaze imyaka itatu babana mu ishyamba na nyina ubabyara Nakure Theresa kuri ubu bivugwako afite uburwayi bwo mu mutwe.<\/p>\n<p>Uyu muryango w\u2019abantu batatu ubarizwa mu mudugudu wa Gashirwe ,akagari ka Gacurabwenge, umurenge wa Byumba umwe mu mirenge y\u2019umujyi mu karere ka Gicumbi. Ubwo umunyamakuru wa TV na Radio One dukesha iyi nkuru yageraga aho uyu muryango wibera mu gihuru bamwe mu bawugize bamusobanuriye ko baba mu ishyamba kubera ko nta bushobozi bwo kwiyubakira inzu yo kubamo bafite.<br \/>\nUyu muryango uvuga kandi ko iyo imvura iguye cyane cyane nijoro ibanyagira utibagiwe n\u2019ibikoko bibabuza amahwemo.<\/p>\n<p>Gusa iyo ugeze aho uyu muryango uba nta bimenyetso bihambaye uhasanga bigaragaza ko haba abantu icyakora aba bakobwa bombi bakavuga ko udushami tw\u2019inturusu baba bagondagonze ndetse n\u2019ibitambaro byo kwiyorosa nyina ubabyara abyikorera akirirwa abibungana ku gasozi kubera uburwayi bwo mu mutwe dore ko ubwo umunyamakuru yahageraga atahamusanze.<\/p>\n<p>Ubuzima bubi uyu muryango ubayemo n\u2019abaturanyi bawo ngo bubateye impungenge aho bemeza ko nta gihe batabibwira ubuyobozi cyane cyane ubw\u2019umurenge wa Byumba n\u2019akarere ariko ntihagire igikorwa imyaka itatu ikaba yirenze.<\/p>\n<p>Ni ikibazo ubuyobozi bw\u2019Akarere ka Gicumbi buvuga ko ari gishya kuri bwo icyakora bukavuga ko bugiye guhita bukodeshereza icumbi uyu muryango mu gihe hari gushakwa uko wakubakirwa nk\u2019uko Ndayambaje Felix uyobora akarere ka Gicumbi abivuga.<\/p>\n<p>Akarere ka Gicumbi ni kamwe mu turere tw\u2019igihugu dukunze kugaragaramo abantu baba badafite aho kuba kandi bakanagaragaza ko badahwema gutakambira ubuyobozi ngo bubafashe ariko bikaba iby\u2019ubusa. Hakaba na bamwe mu bayobozi itangazamakuru ribaza ku bibazo nk\u2019ibi ntibatinye kuvuga ko ari ubwa mbere babyumvise nyamara abaturage baba bagaragaza ko babibamenyesha inshuro nyinshi ariko bakabima amatwi.<\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Mu murenge wa Byumba mu karere ka Gicumbi hari umuryango w\u2019abantu batatu wibera mu ishyamba ku gasozi kuko nta bushobozi ufite bwo kwiyubakira inzu yo kubamo. Nyiranambajimana Marie Louise na Nyiranzabonimana Sandrine bavuga ko bamaze imyaka itatu babana mu ishyamba na nyina ubabyara Nakure Theresa kuri ubu bivugwako afite uburwayi bwo mu mutwe. Uyu muryango [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-12282","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Gicumbi: Hari umuryango umaze imyaka 3 uba mu ishyamba - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=12282\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Gicumbi: Hari umuryango umaze imyaka 3 uba mu ishyamba - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Mu murenge wa Byumba mu karere ka Gicumbi hari umuryango w\u2019abantu batatu wibera mu ishyamba ku gasozi kuko nta bushobozi ufite bwo kwiyubakira inzu yo kubamo. Nyiranambajimana Marie Louise na Nyiranzabonimana Sandrine bavuga ko bamaze imyaka itatu babana mu ishyamba na nyina ubabyara Nakure Theresa kuri ubu bivugwako afite uburwayi bwo mu mutwe. Uyu muryango [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=12282\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2018-10-22T10:05:00+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T11:51:30+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12282#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12282\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Gicumbi: Hari umuryango umaze imyaka 3 uba mu ishyamba\",\"datePublished\":\"2018-10-22T10:05:00+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T11:51:30+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12282\"},\"wordCount\":315,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12282#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12282\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12282\",\"name\":\"Gicumbi: Hari umuryango umaze imyaka 3 uba mu ishyamba - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2018-10-22T10:05:00+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T11:51:30+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12282#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12282\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12282#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Gicumbi: Hari umuryango umaze imyaka 3 uba mu ishyamba\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Gicumbi: Hari umuryango umaze imyaka 3 uba mu ishyamba - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12282","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Gicumbi: Hari umuryango umaze imyaka 3 uba mu ishyamba - BWIZA","og_description":"Mu murenge wa Byumba mu karere ka Gicumbi hari umuryango w\u2019abantu batatu wibera mu ishyamba ku gasozi kuko nta bushobozi ufite bwo kwiyubakira inzu yo kubamo. Nyiranambajimana Marie Louise na Nyiranzabonimana Sandrine bavuga ko bamaze imyaka itatu babana mu ishyamba na nyina ubabyara Nakure Theresa kuri ubu bivugwako afite uburwayi bwo mu mutwe. Uyu muryango [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12282","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2018-10-22T10:05:00+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T11:51:30+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12282#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12282"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Gicumbi: Hari umuryango umaze imyaka 3 uba mu ishyamba","datePublished":"2018-10-22T10:05:00+00:00","dateModified":"2025-02-12T11:51:30+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12282"},"wordCount":315,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=12282#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12282","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12282","name":"Gicumbi: Hari umuryango umaze imyaka 3 uba mu ishyamba - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2018-10-22T10:05:00+00:00","dateModified":"2025-02-12T11:51:30+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12282#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=12282"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12282#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Gicumbi: Hari umuryango umaze imyaka 3 uba mu ishyamba"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/12282","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=12282"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/12282\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=12282"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=12282"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=12282"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}