{"id":12358,"date":"2018-10-26T14:57:09","date_gmt":"2018-10-26T14:57:09","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2018\/10\/26\/nkombo-abagore-bigobotoye-ingoyi-y-039-ubujiji-bagiye-guhangana-n-039-iy-039\/"},"modified":"2018-10-26T14:57:09","modified_gmt":"2018-10-26T14:57:09","slug":"nkombo-abagore-bigobotoye-ingoyi-y-039-ubujiji-bagiye-guhangana-n-039-iy-039","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12358","title":{"rendered":"Nkombo: Abagore bigobotoye ingoyi y&#039;ubujiji bagiye guhangana n&#039;iy&#039;ubukene"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Abagore bo ku kirwa cya Nkombo, mu karere ka Rusizi bavuga ko bahagurukiye ikibazo cy\u2019ubukene gikomeje kubabera inzitizi nyuma yo guhangana n\u2019icy\u2019ubujiji.<\/em> <\/strong> <\/p>\n<p>Ubwo itorero ry\u2019Abangilikani Diyoseze ya Cyangugu binyuze mu muryango uhuza abagore b\u2019iri torero( Mothers\u2019union) ryashyikirizaga impamyabumenyi abagore 33 barangije amasomo yo gusoma no kwandika, bamwe muri bo baboneyeho umwanya yo kugaya ubuyobozi bubi bwabanjirije Leta y\u2019ubumwe bwakandamije umugore \u00a0wo kuri iki kirwa kugeza n\u2019aho bumubuza kugana ishuri.<\/p>\n<p>Bavuga ko kubona umugore wo ku Nkombo warangije amashuri abanza cyangawa ayisumbuye kuri iki kirwa mbere ya Jenoside yakorewe Abatutsi byari nko kubona kibonumwe.<\/p>\n<p>Nakawa Agnes w\u2019imyaka 48 y\u2019amavuko, avuga ko yishimiye kuba agiye gusaza adaheranywe n\u2019ubujiji yatewe n\u2019ingoma mbi yavukiyemo itarigeze ishishikariza abana b\u2019abakobwa kugana ishuri n\u2019ababyeyi be batari babyitayeho, ubujiji bukaba bwari bwaramuhejeje mu bukene igihe kirekire, akanababazwa n\u2019uko mu bana\u00a0 barindwi bavukanye bose nta n\u2019umwe wigeze yiga gusoma no kwandika.<\/p>\n<p>Aganira na Bwiza.com yagize ati\u2019\u2019mbabazwa no kuba ntaragannye ishuri kubera igihe kibi navukiyemo haba ku babyeyi banjye ndetse n\u2019ubuyobozi bwariho butari butwitayeho. Byatumye ntiga nshaka n\u2019umugabo utazi gusoma no kwandika biratudindiza cyane ariko Leta nziza dufite ubu iratoza buri wese kwiga, nanjye, mbifashijwe mo n\u2019abagore ba EAR Diyoseze ya Cyangugu nzi gusoma no kwandika ndishimye cyane, ubu n\u2019ubukene tugomba kubuhashya.\u2019\u2019<\/p>\n<p>Umukozi w\u2019Itorero Angilikani Diyoseze ya Cyangugu \u00a0\u00a0ushinzwe gufasha abagore bo kuri iki kirwa, \u00a0kwiteza imbere binyuze muri mothers\u2019union, Kabanyana Jane\u00a0 avuga ko bitaye cyane kuri aba bagore kubera ibibazo byinshi babasanganye birimo ubukene bukabije baterwa n\u2019ubu bujiji.<\/p>\n<p>Ati \u2019\u2019tubifashijwemo n\u2019abafatanyabikorwa bacu b\u2019abongereza, twigishije bamwe muri \u00a0bo \u00a0kwiteza imbere binyuze mu buboshyi bw\u2019uduseke,tubigisha n\u2019indi myuga \u00a0irimo n\u2019ubudozi, ariko ntitwari kubikorera abatazi no kwandika amazina yabo.\u2019\u2019<\/p>\n<p>Yakomeje agira ati\u2019\u2019 twahereye ku kubigisha gusoma no kwandika aho mu myaka ibiri tumaze kwigisha \u00a0143, abagera kuri 74 akaba ari bo twahaye impamyabumenyi kandi turakomeje kuko hakiri abagore benshi bakibaswe n\u2019ubujiji \u00a0bugira ingaruka zikomeye ku iterambere ry\u2019imiryango yabo.\u2019\u2019<\/p>\n<p>Umuyobozi ushinzwe amategeko muri EAR Diyoseze ya Cyangugu, Rev. Sembwa Sim\u00e9on yabasabye \u00a0kuticarana aya mahirwe babonye bakuze, bagashishikariza n\u2019abandi batabizi kubyiga, n\u2019abana bato bagashishikarizwa kugana ishuri, n\u2019ibindi bikorwa by\u2019iterambere.<\/p>\n<p>Umunyamabanga nshingwabikorwa w\u2019umurenge wa Nkombo, Alain Emmanuel avuga ko muri uyu mwaka wari wahize kuvana mu bujiji abaturage 234, hakaba higa abarenga 240, akemeza ko igihe\u00a0 n\u2019abataramenya gusoma no kwandika \u00a0bazabimenya, uyu murenge uzarushaho gutera imbere.<\/p>\n<figure id=\"attachment_117719\" aria-describedby=\"caption-attachment-117719\" style=\"width: 1024px\" class=\"wp-caption alignnone\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"wp-image-117719 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/10\/Umunyamabanga-nshingwabikorwa-wumurenge-wa-NkomboMuganga-Alain-Emmanuel-asanga-iterambere-ryuyu-murenge-rizarushaho-kwihuta-igihe-abakiri-mu-bujiji-bazaba-babuvuye-mo..jpg\" alt=\"\" width=\"1024\" height=\"768\" \/><figcaption id=\"caption-attachment-117719\" class=\"wp-caption-text\">Umunyamabanga nshingwabikorwa w&#8217;umurenge wa Nkombo,Muganga Alain Emmanuel asanga iterambere ry&#8217;uyu murenge rizarushaho kwihuta igihe abakiri mu bujiji bazaba babuvuyemo bose<\/figcaption><\/figure>\n<figure id=\"attachment_117721\" aria-describedby=\"caption-attachment-117721\" style=\"width: 1024px\" class=\"wp-caption alignnone\"><img decoding=\"async\" class=\"wp-image-117721 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/10\/Bavuga-ko-nyuma-yo-kwigobotora-ingoyi-yubujiji-bwabazitiraga-mu-iterambere-basigaje-kwigobotora-iyubukene..jpg\" alt=\"\" width=\"1024\" height=\"768\" \/><figcaption id=\"caption-attachment-117721\" class=\"wp-caption-text\">Bavuga ko nyuma yo kwigobotora ingoyi y&#8217;ubujiji bwabazitiraga mu iterambere basigaje kwigobotora iy&#8217;ubukene<\/figcaption><\/figure>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Abagore bo ku kirwa cya Nkombo, mu karere ka Rusizi bavuga ko bahagurukiye ikibazo cy\u2019ubukene gikomeje kubabera inzitizi nyuma yo guhangana n\u2019icy\u2019ubujiji. Ubwo itorero ry\u2019Abangilikani Diyoseze ya Cyangugu binyuze mu muryango uhuza abagore b\u2019iri torero( Mothers\u2019union) ryashyikirizaga impamyabumenyi abagore 33 barangije amasomo yo gusoma no kwandika, bamwe muri bo baboneyeho umwanya yo kugaya ubuyobozi bubi [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[26],"tags":[],"class_list":["post-12358","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-iterambere-ryumuryango"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Nkombo: Abagore bigobotoye ingoyi y&#039;ubujiji bagiye guhangana n&#039;iy&#039;ubukene - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=12358\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Nkombo: Abagore bigobotoye ingoyi y&#039;ubujiji bagiye guhangana n&#039;iy&#039;ubukene - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Abagore bo ku kirwa cya Nkombo, mu karere ka Rusizi bavuga ko bahagurukiye ikibazo cy\u2019ubukene gikomeje kubabera inzitizi nyuma yo guhangana n\u2019icy\u2019ubujiji. Ubwo itorero ry\u2019Abangilikani Diyoseze ya Cyangugu binyuze mu muryango uhuza abagore b\u2019iri torero( Mothers\u2019union) ryashyikirizaga impamyabumenyi abagore 33 barangije amasomo yo gusoma no kwandika, bamwe muri bo baboneyeho umwanya yo kugaya ubuyobozi bubi [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=12358\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2018-10-26T14:57:09+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/10\/Umunyamabanga-nshingwabikorwa-wumurenge-wa-NkomboMuganga-Alain-Emmanuel-asanga-iterambere-ryuyu-murenge-rizarushaho-kwihuta-igihe-abakiri-mu-bujiji-bazaba-babuvuye-mo..jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12358#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12358\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Nkombo: Abagore bigobotoye ingoyi y&#039;ubujiji bagiye guhangana n&#039;iy&#039;ubukene\",\"datePublished\":\"2018-10-26T14:57:09+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12358\"},\"wordCount\":467,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12358#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2018\\\/10\\\/Umunyamabanga-nshingwabikorwa-wumurenge-wa-NkomboMuganga-Alain-Emmanuel-asanga-iterambere-ryuyu-murenge-rizarushaho-kwihuta-igihe-abakiri-mu-bujiji-bazaba-babuvuye-mo..jpg\",\"articleSection\":[\"iterambere-ryumuryango\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12358#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12358\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12358\",\"name\":\"Nkombo: Abagore bigobotoye ingoyi y&#039;ubujiji bagiye guhangana n&#039;iy&#039;ubukene - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12358#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12358#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2018\\\/10\\\/Umunyamabanga-nshingwabikorwa-wumurenge-wa-NkomboMuganga-Alain-Emmanuel-asanga-iterambere-ryuyu-murenge-rizarushaho-kwihuta-igihe-abakiri-mu-bujiji-bazaba-babuvuye-mo..jpg\",\"datePublished\":\"2018-10-26T14:57:09+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12358#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12358\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12358#primaryimage\",\"url\":\"\",\"contentUrl\":\"\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12358#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Nkombo: Abagore bigobotoye ingoyi y&#039;ubujiji bagiye guhangana n&#039;iy&#039;ubukene\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Nkombo: Abagore bigobotoye ingoyi y&#039;ubujiji bagiye guhangana n&#039;iy&#039;ubukene - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12358","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Nkombo: Abagore bigobotoye ingoyi y&#039;ubujiji bagiye guhangana n&#039;iy&#039;ubukene - BWIZA","og_description":"Abagore bo ku kirwa cya Nkombo, mu karere ka Rusizi bavuga ko bahagurukiye ikibazo cy\u2019ubukene gikomeje kubabera inzitizi nyuma yo guhangana n\u2019icy\u2019ubujiji. Ubwo itorero ry\u2019Abangilikani Diyoseze ya Cyangugu binyuze mu muryango uhuza abagore b\u2019iri torero( Mothers\u2019union) ryashyikirizaga impamyabumenyi abagore 33 barangije amasomo yo gusoma no kwandika, bamwe muri bo baboneyeho umwanya yo kugaya ubuyobozi bubi [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12358","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2018-10-26T14:57:09+00:00","og_image":[{"url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/10\/Umunyamabanga-nshingwabikorwa-wumurenge-wa-NkomboMuganga-Alain-Emmanuel-asanga-iterambere-ryuyu-murenge-rizarushaho-kwihuta-igihe-abakiri-mu-bujiji-bazaba-babuvuye-mo..jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12358#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12358"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Nkombo: Abagore bigobotoye ingoyi y&#039;ubujiji bagiye guhangana n&#039;iy&#039;ubukene","datePublished":"2018-10-26T14:57:09+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12358"},"wordCount":467,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12358#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/10\/Umunyamabanga-nshingwabikorwa-wumurenge-wa-NkomboMuganga-Alain-Emmanuel-asanga-iterambere-ryuyu-murenge-rizarushaho-kwihuta-igihe-abakiri-mu-bujiji-bazaba-babuvuye-mo..jpg","articleSection":["iterambere-ryumuryango"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=12358#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12358","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12358","name":"Nkombo: Abagore bigobotoye ingoyi y&#039;ubujiji bagiye guhangana n&#039;iy&#039;ubukene - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12358#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12358#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/10\/Umunyamabanga-nshingwabikorwa-wumurenge-wa-NkomboMuganga-Alain-Emmanuel-asanga-iterambere-ryuyu-murenge-rizarushaho-kwihuta-igihe-abakiri-mu-bujiji-bazaba-babuvuye-mo..jpg","datePublished":"2018-10-26T14:57:09+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12358#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=12358"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12358#primaryimage","url":"","contentUrl":""},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12358#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Nkombo: Abagore bigobotoye ingoyi y&#039;ubujiji bagiye guhangana n&#039;iy&#039;ubukene"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/12358","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=12358"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/12358\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=12358"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=12358"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=12358"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}