{"id":126,"date":"2015-08-31T09:12:44","date_gmt":"2015-08-31T09:12:44","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2015\/08\/31\/nyuma-yo-guhanura-ko-afite-umwana-uzaba-perezida-wa-usa-ap-gitwaza-yavuze-ko\/"},"modified":"2025-02-25T14:30:34","modified_gmt":"2025-02-25T12:30:34","slug":"nyuma-yo-guhanura-ko-afite-umwana-uzaba-perezida-wa-usa-ap-gitwaza-yavuze-ko","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=126","title":{"rendered":"Nyuma yo guhanura ko afite umwana uzaba Perezida wa USA, Ap. Gitwaza yavuze ko imperuka yatangiye"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Umuyobozi wa Zion Temple Apotre Paul Gitwaza ubwo yigishaga ari imbere y\u2019imbaga y\u2019abantu avuga ibyo Imana yamubwiye, yatangaje ko mu bana afite harimo uzaba Perezida by\u2019umwihariko wa Leta zunze ubumwe za Amerika, kuri ubu Gitwaza yongeye gutangaza ko ibirimo kubera ku isi ari ikimyenyetso cy\u2019uko isi ngo igeze ku iherezo.<\/em> <\/strong><br \/>\nIntambara z\u2019urudaca, Ibiza birimo imitingito n\u2019ibindi birimo kubera mu mpande zitandukanye z\u2019isi ngo ni ikimenyetso cy\u2019uko isi ngo yaba igeze ku iherezo, nk\u2019uko bitangazwa na Gitwaza we ubwe uvuga ko ari intumwa y\u2019Imana.<br \/>\n<a href=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2015\/08\/Gitwaza.jpg\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"wp-image-11213\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2015\/08\/Gitwaza.jpg\" alt=\"Gitwaza\" width=\"668\" height=\"363\" \/><\/a><br \/>\nGitwaza yaboneyeho kugira icyo avuga ku gihugu cy\u2019u Burundi, ko ibirimo kuberayo by\u2019imyigaragambyo bamwe bagahunga abandi bakicwa ari ibyahanuwe birimo gusohora.<br \/>\nNgo kuba ku isi hari imibare y\u2019abaturage babarirwa kuri miliyoni 805 z\u2019abashonji, kuba imitingito mu bihugu nka Nepal n\u2019ahandi irimo guhitana ubuzima bw\u2019abatuye isi, ngo ibyo byose ni ikimenyetso kigaragaza ko isi yageze mu minsi ya nyuma.<br \/>\nAp. Gitwaza kandi avuga ukuntu ngo abemera kiristu bakomeje kugenda batotezwa abandi bicwa hakiyongeraho ibyo biza byose, ngo ni uburyo bwo kugirango Antikiristu (Anti Christ) azaze atanga ihumure agamije kuyobya benshi.<br \/>\nAp. Gitwaza akunze guhanura ibintu avuga ko ari ibyo yabwiwe n\u2019Imana, bamwe bakabifata nk\u2019ibinyoma cyangwa se ugukurura yishyira ngo agaragaze ubuhangage butagaragara mu yandi matorero yaba afite.<br \/>\nApotre Gitwaza asobanura uburyo yagiye avugana n\u2019 Imana ikamuhishurira iby\u2019urubyaro rwe, yavuze ko yamutangarije ko umwana wa mbere yabyaye azaba umuhanuzi, uwa kabiri akazaba umuganga (docteur) naho uwa gatatu akazaba Perezida by\u2019umwihariko wa USA.<br \/>\n<a href=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2015\/08\/Apotre-Gitwaza.jpg\"><img decoding=\"async\" class=\"wp-image-11214\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2015\/08\/Apotre-Gitwaza.jpg\" alt=\"Apotre-Gitwaza\" width=\"508\" height=\"330\" \/><\/a><br \/>\nAti: \u201cigihe Obama yabaga Perezida ubwa mbere twari muri salon turimo tureba yaraturitse ararira, Dawidi yari afite imyaka nk\u2019itanu, ndamubaza nti Dawidi urarizwa niki?\u201d.<br \/>\nUmwana ngo yamusubije muri aya magambo: \u201c\u201c\u2026Obama angiriye mu mwanya\u201d.<br \/>\nNyuma yo gutangaza aya magambo imbere y\u2019imbaga y\u2019abantu hari abayafashe nko kwikirigita agaseka, ariko hakaba n\u2019abemera ko ibyahanuwe n\u2019Imana bitinda bigasohora iyo atari ukuvangirwa cyangwa kwirata ubutwari.<br \/>\nKu gitekerezo cyatanzwe n\u2019uwitwa Patrick yagize: \u201c\u2026 Gitwaza yavuze aya magambo azi Itegekonshinga rya Leta ya USA icyo ribivugaho kweli, birasekeje kuba umuntu yitwa Dr. Atazi n\u2019amategeko kuba uwo mwana ataravukiye ku butaka cg mukirere cya USA ntashobora kukiyobora.<br \/>\nNiyo yahabwa ubwenegihugu ntabwo yashobora kukiyobora ikindi kandi ntategereze ko hazakorwa Referendum ngo inzozi ze zigerweho kuko itegeko nshinga rya USA rimaze imyaka n\u2019imyaniko ritarahindurwa USA si Africa\u201d.<br \/>\nNyuma y\u2019iki gitekerezo cyari cyatanzwe n\u2019uwitwa Patrick, undi witwa Patience yamusubije muri aya magambo: \u201cumva sinzi niba byaba aribyo ibyo yavuze kuko sinabihagararaho cyane kuko ajya kubibwirwa sinari mpari,ariko icyo nakubwira ni uko abana be bose bavukiye muri USA (nagiraga ngo nkumare impungege wari ufite) murakoze\u201d.<br \/>\nMu gushaka munyenya icyo Ap Gitwaza yaba abivugaho kurusha ibyo yatangaje byateye benshi kwibaza kuri ubwo buhanuzi bwe, umunyamakuru yagerageje kumuhamagara ku murongo wa telefone ye igendanwa asanga itaboneka.<br \/>\n<b><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/b><br \/>\n <em> <strong>Th\u00e9oneste@Bwiza.com<\/strong> <\/em> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umuyobozi wa Zion Temple Apotre Paul Gitwaza ubwo yigishaga ari imbere y\u2019imbaga y\u2019abantu avuga ibyo Imana yamubwiye, yatangaje ko mu bana afite harimo uzaba Perezida by\u2019umwihariko wa Leta zunze ubumwe za Amerika, kuri ubu Gitwaza yongeye gutangaza ko ibirimo kubera ku isi ari ikimyenyetso cy\u2019uko isi ngo igeze ku iherezo. Intambara z\u2019urudaca, Ibiza birimo imitingito [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[371],"tags":[],"class_list":["post-126","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-iyobokamana-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Nyuma yo guhanura ko afite umwana uzaba Perezida wa USA, Ap. Gitwaza yavuze ko imperuka yatangiye - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=126\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Nyuma yo guhanura ko afite umwana uzaba Perezida wa USA, Ap. Gitwaza yavuze ko imperuka yatangiye - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Umuyobozi wa Zion Temple Apotre Paul Gitwaza ubwo yigishaga ari imbere y\u2019imbaga y\u2019abantu avuga ibyo Imana yamubwiye, yatangaje ko mu bana afite harimo uzaba Perezida by\u2019umwihariko wa Leta zunze ubumwe za Amerika, kuri ubu Gitwaza yongeye gutangaza ko ibirimo kubera ku isi ari ikimyenyetso cy\u2019uko isi ngo igeze ku iherezo. Intambara z\u2019urudaca, Ibiza birimo imitingito [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=126\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2015-08-31T09:12:44+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-25T12:30:34+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2015\/08\/Gitwaza.jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=126#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=126\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Nyuma yo guhanura ko afite umwana uzaba Perezida wa USA, Ap. Gitwaza yavuze ko imperuka yatangiye\",\"datePublished\":\"2015-08-31T09:12:44+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-25T12:30:34+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=126\"},\"wordCount\":498,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=126#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2015\\\/08\\\/Gitwaza.jpg\",\"articleSection\":[\"iyobokamana\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=126#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=126\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=126\",\"name\":\"Nyuma yo guhanura ko afite umwana uzaba Perezida wa USA, Ap. Gitwaza yavuze ko imperuka yatangiye - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=126#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=126#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2015\\\/08\\\/Gitwaza.jpg\",\"datePublished\":\"2015-08-31T09:12:44+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-25T12:30:34+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=126#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=126\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=126#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2015\\\/08\\\/Gitwaza.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2015\\\/08\\\/Gitwaza.jpg\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=126#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Nyuma yo guhanura ko afite umwana uzaba Perezida wa USA, Ap. Gitwaza yavuze ko imperuka yatangiye\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Nyuma yo guhanura ko afite umwana uzaba Perezida wa USA, Ap. Gitwaza yavuze ko imperuka yatangiye - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=126","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Nyuma yo guhanura ko afite umwana uzaba Perezida wa USA, Ap. Gitwaza yavuze ko imperuka yatangiye - BWIZA","og_description":"Umuyobozi wa Zion Temple Apotre Paul Gitwaza ubwo yigishaga ari imbere y\u2019imbaga y\u2019abantu avuga ibyo Imana yamubwiye, yatangaje ko mu bana afite harimo uzaba Perezida by\u2019umwihariko wa Leta zunze ubumwe za Amerika, kuri ubu Gitwaza yongeye gutangaza ko ibirimo kubera ku isi ari ikimyenyetso cy\u2019uko isi ngo igeze ku iherezo. Intambara z\u2019urudaca, Ibiza birimo imitingito [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=126","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2015-08-31T09:12:44+00:00","article_modified_time":"2025-02-25T12:30:34+00:00","og_image":[{"url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2015\/08\/Gitwaza.jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=126#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=126"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Nyuma yo guhanura ko afite umwana uzaba Perezida wa USA, Ap. Gitwaza yavuze ko imperuka yatangiye","datePublished":"2015-08-31T09:12:44+00:00","dateModified":"2025-02-25T12:30:34+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=126"},"wordCount":498,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=126#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2015\/08\/Gitwaza.jpg","articleSection":["iyobokamana"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=126#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=126","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=126","name":"Nyuma yo guhanura ko afite umwana uzaba Perezida wa USA, Ap. Gitwaza yavuze ko imperuka yatangiye - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=126#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=126#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2015\/08\/Gitwaza.jpg","datePublished":"2015-08-31T09:12:44+00:00","dateModified":"2025-02-25T12:30:34+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=126#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=126"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=126#primaryimage","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2015\/08\/Gitwaza.jpg","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2015\/08\/Gitwaza.jpg"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=126#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Nyuma yo guhanura ko afite umwana uzaba Perezida wa USA, Ap. Gitwaza yavuze ko imperuka yatangiye"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/126","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=126"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/126\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=126"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=126"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=126"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}