{"id":1261,"date":"2016-03-22T10:08:57","date_gmt":"2016-03-22T10:08:57","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2016\/03\/22\/impamvu-8-zituma-umugore-wawe-atanyara-mu-gihe-cy-039-imibonano-mpuzabitsina\/"},"modified":"2025-02-03T01:04:19","modified_gmt":"2025-02-02T23:04:19","slug":"impamvu-8-zituma-umugore-wawe-atanyara-mu-gihe-cy-039-imibonano-mpuzabitsina","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1261","title":{"rendered":"Impamvu 8 zituma umugore wawe atanyara mu gihe cy&#039;imibonano mpuzabitsina"},"content":{"rendered":"<p>Ikibazo kiragira kiti: \u201cAriko se abagore batajya bazana aya mazi muri icyo gihe byaba bivuga ko batajya bishima\u201d ?<br \/>\nKunyara ni kimwe mu bintu birimo gusenya ingo zimwe na zimwe muri iki gihe mu gihe ibyishimo bibonerwa mu mibonano, ariko ntibyakunze kwitabwaho hirya no hino ku isi kugeza mu 1950, aho abashakashatsi batangiye kubitekerezaho ari benshi<br \/>\n<a href=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/03\/nyaza.jpg\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-27825 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/03\/nyaza.jpg\" alt=\"nyaza\" width=\"700\" height=\"460\" \/><\/a><br \/>\nHari Impamvu zitandukanye zishobora kuba intandaro yo kutazana aya mazi ku mugore. Umugore ashobora kugeza ibyishimo abonera mu mibonano ku ndunduro kandi atigeze azana aya mazi.<br \/>\n <strong>Dore bimwe mu bintu byagufasha kugera kuri ayo mazi:<\/strong> <\/p>\n<ol>\n<li> <strong>Kuba umugabo atarabasha kumenya icyo yakorera umugore we ngo aya mazi ayazane<\/strong> <\/li>\n<\/ol>\n<p>Hari abagabo bajya bibwira ko ngo bigeze gukorana imibonano mpuzabitsina n\u2019 undi mugore runaka ngo we akazana amazi, bityo babona uwo bashakanye ntayo azana bagahita bumva ko ubwo ari ntayo agira.<br \/>\nHari n\u2019 abasore badatinya guhita bangana n\u2019 umukobwa bari bakundanye, yamuha bwa mbere ntayazane ubwo bakaba babyaranye abo, ariko kandi abagabo bagomba kumenya ko buri mugore yihariye, ni ukuvuga ko biterwa n\u2019 icyo wakoze kugirango nyirakanaka ayazane.<br \/>\nIcyo urimo gukora gishobora kuba ntaho gihuriye n\u2019 aho wakora kugirango uwo mwashakanye ayazane, bityo kuba utarabona ayazana bishoboka ko atari ukubera ko atayagira.<\/p>\n<ol start=\"2\">\n<li> <strong>Bishobora guterwa no kuba umugore ataramenyera kwirekura igihe cy\u2019 akabariro<\/strong> <\/li>\n<\/ol>\n<p>Hari abagore baba batarabasha kwerekeza ibitekerezo byabo byose kuri icyo gikorwa, maze ugasanga bitumye mu mutwe hatirekura ngo hafashe imyanya ye kurekura ya mazi.<br \/>\nBivugwa ko abagore bazana amazi bataragira imyaka 30 ari bake cyane n\u2019 ubwo isi igenda ihinduka kubera imirire n\u2019aho igeze<br \/>\nIyo bamaze kuyirenza ngo baba batangiye kumenyera no kwirekura ku buryo bworoshye. Ku myaka 40, n\u2019 ubwo umugore aba arimo asatira gucura ngo nibwo yirekura wese wese ku buryo umubare w\u2019 abazana amazi uba munini cyane.<br \/>\nUshobora rero kwibeshya ukaba wakwiyirukanira umugore kandi igihe cye cyo kubasha kwirekura akazana ya mazi uhora uhiga kitaragera.<\/p>\n<ol start=\"3\">\n<li> <strong>Hari ubwo umugore atinya kurekura aya mazi akeka ko yaba agiye kunyarira umugabo we.<\/strong> <\/li>\n<\/ol>\n<p>Ibi nabyo bibaho kuko hari abagore bumva ayo mazi agiye kuza, ariko bagatinya ko aza bacyeka ko bagiye gushyira umwanda k\u2019 uburiri.<\/p>\n<ol start=\"4\">\n<li> <strong>Hari n\u2019 umugore uzana macye cyane atagaragara umugabo agakeka ko ntayo azana<\/strong> <\/li>\n<\/ol>\n<p>Aya mazi aza atangana ku bagore bose, bikaba bivugwa ko ava ku gitonyanga kugera kuri litiro. Ashobora kuza inshuro imwe cyangwa se zirenzeho mu gihe cy\u2019 umubonano umwe.<br \/>\nIgihe umugore azana igitonyanga rero, umugabo ashobora kwibwira ko uwo mugore atajya ayazana kandi imyanya ye irekura macye.<\/p>\n<ol start=\"5\">\n<li> <strong>Hari n\u2019 umugore uba uhangayikishijwe amazi ataza<\/strong> <\/li>\n<\/ol>\n<p>Uku guhangayika nako gutuma kwirekura binanirana bityo kuzana amazi bikanga. Ibi na none ngo bijyana n\u2019 uk umugore agiye gukora imibonano ameranye n\u2019 umugabo we, kuko ngo iyo ahangayitse byangwa se yarakaye ngo ntashhobora kuzana aya mazi kabone n\u2019 iyo yaba ari asanzwe ayazana kandi nawe ntako utagize ngo uyashakishe.<\/p>\n<ol start=\"6\">\n<li> <strong>Hari abagabo bakora imibonano mpuzabitsina bagambiriye gutuma umugore azana amazi<\/strong> <\/li>\n<\/ol>\n<p>Ibi nabyo bituma iyi mibonano ikozwe gutya iba ikomeye nta rukundo n\u2019 ubusabane biba birimo kuko hari intego itumbiriwe, bityo kubona ya mazi bikagorana cyangwa ntibinagerweho.<\/p>\n<ol start=\"7\">\n<li> <strong> Kuba abashakanye batajya baganira igihe bari muri iki gikorwa byatuma abura<\/strong> <\/li>\n<\/ol>\n<p>Kuganira igihe cy\u2019 akabariro ni byiza, kuko umugore aba ashobora gusaba umugabo aho amukoreye hakamubera heza kugirango ahagume cyangwa se aho yumvise bitameze neza akaba yahareka.<br \/>\nIyo ahagumye, ahanini usanga ariho hari butume ya mazi aza kuko haba hafite ubwumvumve bukomeye, iyo atamuvugishije, umugabo akomeza ahinduranya uko yishakiye agirango ibyo ari gukora nibyo byiza kandi yahava umugore akababara nyamara ntakome ! Sibyiza rero guceceka igihe murimo gutera akabariro kuko n\u2019 igikorwa gishimisha ku mpande zombi cyane iyo mwungurana ibitekerezo mu gihe cy\u2019 igikorwa nyirizina.<\/p>\n<ol start=\"8\">\n<li> <strong>Kuba umugore ntayo ajya azana kubera ko imvubura ziyarekura zishobora kuba zidakora neza cyangwa nta n\u2019 izo agira, cyangwa bitewe n\u2019 ingano y\u2019 imisemburo ya kigore yifitemo<\/strong> <\/li>\n<\/ol>\n<p>Ibi nabyo ni ibishoboka ko umugore koko ashobora kuba atazana amazi, ariko kandi icyo abagabo bagomba kwishyiramo ni uko kuryoherwa n\u2019 akabariro bihera mu mutwe ndetse n\u2019 uko kuzana amazi ataribyo biryoshya akabariro, ahubwo kugira ububobere buhagije mu gitsina buri gihe nibyo by\u2019 ingenzi by\u2019 umwihariko mu gihe cyo gutera akabariro.<br \/>\nAya mazi rero umugore ashobora kuba ayifitemo n\u2019 aho yaba atarayazana na rimwe cyangwa se umubiri we ukaba uteye utyo akaba adashobora kuyazana, nyamara ntibimubuze kuryoshya no kuryoherwa mu mibonano igihe agira ububobere buhagije kandi nawe azi icyo gukora.<br \/>\n <strong> <em><b><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/b><\/em> <\/strong><br \/>\nLeki@bwiza.com<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ikibazo kiragira kiti: \u201cAriko se abagore batajya bazana aya mazi muri icyo gihe byaba bivuga ko batajya bishima\u201d ? Kunyara ni kimwe mu bintu birimo gusenya ingo zimwe na zimwe muri iki gihe mu gihe ibyishimo bibonerwa mu mibonano, ariko ntibyakunze kwitabwaho hirya no hino ku isi kugeza mu 1950, aho abashakashatsi batangiye kubitekerezaho ari [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[441],"tags":[],"class_list":["post-1261","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-urukundo-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Impamvu 8 zituma umugore wawe atanyara mu gihe cy&#039;imibonano mpuzabitsina - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=1261\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Impamvu 8 zituma umugore wawe atanyara mu gihe cy&#039;imibonano mpuzabitsina - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Ikibazo kiragira kiti: \u201cAriko se abagore batajya bazana aya mazi muri icyo gihe byaba bivuga ko batajya bishima\u201d ? Kunyara ni kimwe mu bintu birimo gusenya ingo zimwe na zimwe muri iki gihe mu gihe ibyishimo bibonerwa mu mibonano, ariko ntibyakunze kwitabwaho hirya no hino ku isi kugeza mu 1950, aho abashakashatsi batangiye kubitekerezaho ari [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=1261\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2016-03-22T10:08:57+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-02T23:04:19+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/03\/nyaza.jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"4 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1261#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1261\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Impamvu 8 zituma umugore wawe atanyara mu gihe cy&#039;imibonano mpuzabitsina\",\"datePublished\":\"2016-03-22T10:08:57+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-02T23:04:19+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1261\"},\"wordCount\":724,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1261#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/03\\\/nyaza.jpg\",\"articleSection\":[\"urukundo\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1261#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1261\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1261\",\"name\":\"Impamvu 8 zituma umugore wawe atanyara mu gihe cy&#039;imibonano mpuzabitsina - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1261#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1261#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/03\\\/nyaza.jpg\",\"datePublished\":\"2016-03-22T10:08:57+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-02T23:04:19+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1261#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1261\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1261#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/03\\\/nyaza.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/03\\\/nyaza.jpg\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1261#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Impamvu 8 zituma umugore wawe atanyara mu gihe cy&#039;imibonano mpuzabitsina\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Impamvu 8 zituma umugore wawe atanyara mu gihe cy&#039;imibonano mpuzabitsina - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1261","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Impamvu 8 zituma umugore wawe atanyara mu gihe cy&#039;imibonano mpuzabitsina - BWIZA","og_description":"Ikibazo kiragira kiti: \u201cAriko se abagore batajya bazana aya mazi muri icyo gihe byaba bivuga ko batajya bishima\u201d ? Kunyara ni kimwe mu bintu birimo gusenya ingo zimwe na zimwe muri iki gihe mu gihe ibyishimo bibonerwa mu mibonano, ariko ntibyakunze kwitabwaho hirya no hino ku isi kugeza mu 1950, aho abashakashatsi batangiye kubitekerezaho ari [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1261","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2016-03-22T10:08:57+00:00","article_modified_time":"2025-02-02T23:04:19+00:00","og_image":[{"url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/03\/nyaza.jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"4 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1261#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1261"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Impamvu 8 zituma umugore wawe atanyara mu gihe cy&#039;imibonano mpuzabitsina","datePublished":"2016-03-22T10:08:57+00:00","dateModified":"2025-02-02T23:04:19+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1261"},"wordCount":724,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1261#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/03\/nyaza.jpg","articleSection":["urukundo"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=1261#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1261","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1261","name":"Impamvu 8 zituma umugore wawe atanyara mu gihe cy&#039;imibonano mpuzabitsina - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1261#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1261#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/03\/nyaza.jpg","datePublished":"2016-03-22T10:08:57+00:00","dateModified":"2025-02-02T23:04:19+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1261#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=1261"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1261#primaryimage","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/03\/nyaza.jpg","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/03\/nyaza.jpg"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1261#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Impamvu 8 zituma umugore wawe atanyara mu gihe cy&#039;imibonano mpuzabitsina"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/1261","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=1261"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/1261\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=1261"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=1261"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=1261"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}