{"id":12627,"date":"2018-11-15T08:56:47","date_gmt":"2018-11-15T08:56:47","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2018\/11\/15\/havumbuwe-umugambi-w-039-u-burundi-na-uganda-wo-guhungabanya-u-rwanda\/"},"modified":"2018-11-15T08:56:47","modified_gmt":"2018-11-15T08:56:47","slug":"havumbuwe-umugambi-w-039-u-burundi-na-uganda-wo-guhungabanya-u-rwanda","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12627","title":{"rendered":"Havumbuwe umugambi w&#039;u Burundi na Uganda wo guhungabanya u Rwanda"},"content":{"rendered":"<p>Amakuru yizewe agera ku rubuga Virungapost aravuga Abayobozi b\u2019inzego z\u2019umutekano za Uganda batangiye gufatanya n\u2019igihugu cy\u2019u Burundi mu mugambi wo guhungabanya umutekano w\u2019u Rwanda.<\/p>\n<p>Mu gihe abaturanyi beza ubusanzwe bakabaye bashishikazwa n\u2019imibereho myiza ya bagenzi babo, guverinoma z\u2019ibi bihugu zikomeje kugaragaza ubushake bwo gukongeza urugo rw\u2019umuturanyi kandi rushobora gushya rugakongeza n\u2019izabo.<\/p>\n<p>Aya makuru aravuga ko kuri ubu u Burundi na Uganda byatangiye ubufatanye bwimbitse bwo gushyigikira agatsiko kwose k\u2019abanyabyaha katangiza ku mugaragaro intambara ku Rwanda, aho bivugwa ko mu gihe ibi bihugu byombi bisanzwe bivugwaho gukorana bya hafi na Kayumba Nyamwasa wa RNC, kuri ubu byatangiye no gufatanya gushyigikira umutwe w\u2019inyeshyamba wa Paul Rusesabagina.<\/p>\n<p>Uyu mutwe ni MRCD uvuga ko uharanira impinduka muri demokarasi, ni ihuriro riyobowe na Paul Rusesabagina ubarizwa mu Bubiligi.<\/p>\n<p>Mbere y\u2019uko aya makuru ajya hanze, abantu bizewe bari bemeje ko Uganda iri gutegura gufasha umutwe wa RNC wa Kayumba Nyamwasa u Rwanda rufata nk\u2019umutwe w\u2019iterabwoba ahagiye hagaragazwa ibikorwa by\u2019ibanga bigamije gushyigikira uyu mutwe harimo nk\u2019igihe hafatwaga bus yuzuyemo abantu bari bajyanywe mu myitozo ya gisirikare y\u2019uyu mutwe muri Congo.<\/p>\n<p>Kuva icyo gihe, ngo imikoranire ya RNC ndetse n\u2019ubutasi bw\u2019igisirikare cya Uganda (CMI) bwagize uruhare mu irekurwa ry\u2019abo bantu bari bajyanywe mu ishyamba nyamara harimo bamwe bari babyiyemereye nk\u2019uko Virungapost ikomeza ivuga.<\/p>\n<p>[penci_related_posts taxonomies=&#8221;undefined&#8221; title=&#8221;Izindi nkuru wasoma&#8221; background=&#8221;&#8221; border=&#8221;&#8221; thumbright=&#8221;no&#8221; number=&#8221;4&#8243; style=&#8221;grid&#8221; align=&#8221;none&#8221; displayby=&#8221;recent_posts&#8221; orderby=&#8221;random&#8221;]<\/p>\n<p>Kuri ubu rero biravugwa ko Rusesabagina na MRCD biyunze kuri RNC ya Kayumba Nyamwasa mu kurindirwa umutekano na CMI no koroherezwa mu bikorwa byo gushaka abarwanyi muri Uganda ahiganje Abanyarwanda nka Mubende, Masindi, Hoima, Kibale, Kagadi, Sembabule, Nakivale n\u2019ahandi.<\/p>\n<p>Bivugwa ko Abanyarwanda batuye muri ibi bice bari guhatirwa kohereza abantu babo mu myitozo mu nkambi ziri muri Congo no gutanga amafaranga y\u2019imisanzu y\u2019intambara kandi ngo CMI ikabigiramo uruhare rw\u2019ingenzi. Ngo abanze kohereza abana babo cyangwa gutanga imisanzu, barashinjwa gushyigikira ubutegetsi bw\u2019u Rwanda bakibasirwa kugerwa ubwo basubijwe mu Rwanda bitwa intasi.<\/p>\n<p>CMI kandi ngo igira uruhare mu kuvana abarwanyi muri Uganda bajyanwa mu nkambi z\u2019imyitozo mu burasirazuba bwa Congo ibanyujije I Bujumbura, aho bakirwa n\u2019abayobozi b\u2019inzego z\u2019umutekano mbere yo guherekezwa bakanyuzwa mu Kiyaga cya Tanganyika. Mbere yo kuva muri Uganda CMI ngo akaba ari yo ibaha impapuro z\u2019inzira ikanabafasha kunyura ku mupaka.<\/p>\n<p>Aba ngo iyo bageze muri Congo bitegurira ibikorwa munsi y\u2019umuyobozi w\u2019ikirenga, Kayumba Nyamwasa ndetse na Gen Laurent Ndagijimana uzwi nka Wilson Irategeka Lumbago wa MRCD wahoze muri EX-FAR ndetse akananyura muri FDLR mbere yo kwitandukanya nayo.<\/p>\n<p> <strong>Abasirikare bakuru b\u2019u Burundi basura Uganda<\/strong> <\/p>\n<p>Abasirikare bakuru b\u2019u Burundi baravugwaho kuba bamaze iminsi bakunda kujya muri Uganda muri gahunda zigamije gupanga guhungabanya umutekano w\u2019u Rwanda.<\/p>\n<p>Urugero rutangwa n\u2019uru rubuga dukesha iyi nkuru ni Gen. Prime Niyongabo, umugaba mukuru w\u2019ingabo z\u2019u Burundi, aho ngo yagaragaye I Kampala mu mushyikirano n\u2019abasirikare bakuru ba Uganda barimo umuvandimwe wa Perezida Museveni, Salim Saleh, umuyobozi wa CMI, Col Abel Kandiho.<\/p>\n<p>Mu nama zabanje kandi ngo Gen Niyongabo yakoranye inama n\u2019aba basirikare bakuru ariko hari n\u2019uwari minisitiri w\u2019umutekano icyo gihe, Gen. Henry Tumukunde ndetse na Col Kaka Bagyenda ukuriye urwego rushinzwe umutekano w\u2019imbere mu gihugu (ISO).<\/p>\n<p>Amakuru kandi anavuga ko ukuriye Urwego rushinzwe ubutasi rw\u2019u Burundi (SNR), Etienne \u2018Steve\u2019 Ntakirutimana nawe yagiye I Kampala kenshi, aho ngo buri gihe yakirwaga bitangaje ndetse akarindirwa umutekano n\u2019abasirikare ba CMI bisobanuye ko yabaga ari umushyitsi w\u2019ingenzi kandi waje mu butumwa bufitiye inyungu ibihugu byombi.<\/p>\n<p>Hagati aho, biravugwa ko iyi mitwe irwanya ubutegetsi bw\u2019u Rwanda yamaze gushing ububiko bw\u2019ibyo kurya mu Karere ka Kakumiro n\u2019ahitwa Gayaza mu Karere ka Wakiso muri Uganda, aho ngo babitse amatoni y\u2019ibigori yo kugurisha ngo babone amafaranga yo kugura ibikoresho bakeneye mu nkambi zabo no kubona ibyo bagaburira abo binjije.<\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Amakuru yizewe agera ku rubuga Virungapost aravuga Abayobozi b\u2019inzego z\u2019umutekano za Uganda batangiye gufatanya n\u2019igihugu cy\u2019u Burundi mu mugambi wo guhungabanya umutekano w\u2019u Rwanda. Mu gihe abaturanyi beza ubusanzwe bakabaye bashishikazwa n\u2019imibereho myiza ya bagenzi babo, guverinoma z\u2019ibi bihugu zikomeje kugaragaza ubushake bwo gukongeza urugo rw\u2019umuturanyi kandi rushobora gushya rugakongeza n\u2019izabo. Aya makuru aravuga ko [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-12627","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Havumbuwe umugambi w&#039;u Burundi na Uganda wo guhungabanya u Rwanda - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=12627\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Havumbuwe umugambi w&#039;u Burundi na Uganda wo guhungabanya u Rwanda - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Amakuru yizewe agera ku rubuga Virungapost aravuga Abayobozi b\u2019inzego z\u2019umutekano za Uganda batangiye gufatanya n\u2019igihugu cy\u2019u Burundi mu mugambi wo guhungabanya umutekano w\u2019u Rwanda. Mu gihe abaturanyi beza ubusanzwe bakabaye bashishikazwa n\u2019imibereho myiza ya bagenzi babo, guverinoma z\u2019ibi bihugu zikomeje kugaragaza ubushake bwo gukongeza urugo rw\u2019umuturanyi kandi rushobora gushya rugakongeza n\u2019izabo. Aya makuru aravuga ko [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=12627\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2018-11-15T08:56:47+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12627#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12627\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Havumbuwe umugambi w&#039;u Burundi na Uganda wo guhungabanya u Rwanda\",\"datePublished\":\"2018-11-15T08:56:47+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12627\"},\"wordCount\":663,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12627#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12627\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12627\",\"name\":\"Havumbuwe umugambi w&#039;u Burundi na Uganda wo guhungabanya u Rwanda - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2018-11-15T08:56:47+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12627#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12627\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12627#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Havumbuwe umugambi w&#039;u Burundi na Uganda wo guhungabanya u Rwanda\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Havumbuwe umugambi w&#039;u Burundi na Uganda wo guhungabanya u Rwanda - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12627","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Havumbuwe umugambi w&#039;u Burundi na Uganda wo guhungabanya u Rwanda - BWIZA","og_description":"Amakuru yizewe agera ku rubuga Virungapost aravuga Abayobozi b\u2019inzego z\u2019umutekano za Uganda batangiye gufatanya n\u2019igihugu cy\u2019u Burundi mu mugambi wo guhungabanya umutekano w\u2019u Rwanda. Mu gihe abaturanyi beza ubusanzwe bakabaye bashishikazwa n\u2019imibereho myiza ya bagenzi babo, guverinoma z\u2019ibi bihugu zikomeje kugaragaza ubushake bwo gukongeza urugo rw\u2019umuturanyi kandi rushobora gushya rugakongeza n\u2019izabo. Aya makuru aravuga ko [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12627","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2018-11-15T08:56:47+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12627#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12627"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Havumbuwe umugambi w&#039;u Burundi na Uganda wo guhungabanya u Rwanda","datePublished":"2018-11-15T08:56:47+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12627"},"wordCount":663,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=12627#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12627","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12627","name":"Havumbuwe umugambi w&#039;u Burundi na Uganda wo guhungabanya u Rwanda - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2018-11-15T08:56:47+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12627#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=12627"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12627#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Havumbuwe umugambi w&#039;u Burundi na Uganda wo guhungabanya u Rwanda"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/12627","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=12627"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/12627\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=12627"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=12627"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=12627"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}