{"id":12679,"date":"2018-11-19T08:07:03","date_gmt":"2018-11-19T08:07:03","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2018\/11\/19\/busasamana-ntibavuga-rumwe-ku-nkwano-itangwa-mu-mafaranga\/"},"modified":"2018-11-19T08:07:03","modified_gmt":"2018-11-19T08:07:03","slug":"busasamana-ntibavuga-rumwe-ku-nkwano-itangwa-mu-mafaranga","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12679","title":{"rendered":"Busasamana: Ntibavuga rumwe ku nkwano itangwa mu mafaranga"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Abaturage bo mu murenge wa Busasamana, akarere ka Nyanza, Intara y\u2019Amajyepfo, bavuga ko mu muco wa kera umukobwa yakoshwaga inka, ubu ngo bamwe bakaba batanga amafaranga, ibi ntabwo babivugaho rumwe dore ko bamwe bemeza ko iyo bahawe amafaranga biborohera kumuguriramo ibyambarwa, abandi bakabifata nk\u2019ikiguzi.<\/em> <\/strong> <\/p>\n<p>Bavuga ko kera babaga bafite inzuri zo kororeramo, ubu ngo bakaba batuye mu Midugudu ku buryo ubworozi bw\u2019amatungo maremare ari umutwaro uremereye kuri bo, bityo ngo bakaba batajya gukwa inka ntazo bagira.<\/p>\n<p>Sinzabakwira Gadi utuye muri uyu murenge avuga ko gukwa amafaranga biterwa n\u2019ubwumvikane bw\u2019imiryango, ati \u201cNjye si mbibona nko guta umuco, kuko amafaranga baguha y\u2019inkwano unabishatse wagenda ukaguramo ya nka ikitwa inkwano\u201d.<\/p>\n<p>Umukecuru w\u2019imyaka 70 witwa Uwimana Venancie, avuga ko gukwa amafaranga aribyo byiza kurusha inka atabona n\u2019aho ayiragira.<\/p>\n<p>Aragira ati \u201cNk\u2019uko uri umukozi wakwa amafaranga, waba uri umukene ugakwa inka, numva ngo abanyamashuri babakwa amafaranga ariko kera twakwaga inka,\u2026 inka se yavamo ibirongoranwa muba mushaka, inka ni ishimwe n\u2019amafaranga ni uko\u201d.<\/p>\n<p>Aritangaho urugero, ati \u201cNk\u2019ubu mfite umwana w\u2019umukobwa, si ko! Yize amashuri arangiza na kaminuza nikokoraho murihirira, wanzanira iyo nka ikavamo ibyo namutanzeho? Inka se ibyo umusore aba ashaka byavamo, ngaho za matela, ibidomoro bivomerwamo, amasafuriya,\u2026\u201d.<\/p>\n<p>Ku ruhande rwa Ntawugashira Alphonse uri mu kigero cy\u2019imyaka 65 avuga ko inka isobanuraga urukundo, iyo yakobwaga umukobwa ngo ryabaga ari ishimwe umubyeyi yaratiraga abandi, inkwano y\u2019amafaranga we akavuga ko ari uguca ku ruhande umuco.<\/p>\n<p>Ati \u201cIyo ibintu bijemo amafaranga biba bijemo ubucuruzi, nta rukundo rwo mu mafaranga, inka wayishyiraga mu kiraro igashisha, wayireba ukamenya ko wabyaye neza sha, ikabyara ugasubira inyuma ugatanga indongoranyo ba bana ukaboroza, ariko ubu byose byabaye amafaranga,\u2026\u201d<\/p>\n<p>Umunyamabanga Nshingwabikorwa w\u2019umurenge wa Busasamana, Bizimana Egide, avuga ko mbere yo gusezeranya abagiye kubana, batajya bemera kwandika ko bakoye amafaranga.<\/p>\n<p>Agira ati \u201cTwe ntabwo tubyemera ngo umuntu aze avuge ngo nakoye ibihumbi 200, iyo adakoye inka, akwa icyo twita Ubuntu buziturwa; iyo nayo ni inkwano, kuza ukavuga ngo wakoye ibihumbi 300 cyangwa 500 ntabwo tubyemera, ntabwo biri mu muco nyarwanda\u201d.<\/p>\n<p>Akomeza avuga ko mu irangamimerereye mu murenge wa Busasamana nko mu gicumbi cy\u2019umuco, bubahiriza cyane umuco nyarwanda. Hagati y\u2019abagiye guhana abageni ngo babyumvikanaho ariko nk\u2019ubuyobozi ntabwo byemerwa.<\/p>\n<p>Ati \u201cNi ikibazo wenda navuga ko giterwa n\u2019impamvu imwe, ubushobozi bwo korora inka buragenda bugabanyuka, kera wasanganga umuntu afite ishyo mu rwuri none ubu inka itungwa n\u2019ubwatsi bwo ku muringoti, akavuga ngo aho gufata inka ntazabasha gutunga akemera gufata amafaranga, babikora hagati yabo ariko mu rwego rw\u2019ubuyobozi ntabwo bashobora kubitugaragariza\u201d.<\/p>\n<p>Akomeza avuga ko uwakoye inka ahabwa agaciro kurusha uwahawe amafaranga, agatanga urugero rw\u2019umukobwa wakowe inka ebyiri cyangwa se eshatu bihesha ishema ababyeyi kurusha uwahawe amafaranga ibihumbi 500, nk\u2019umuyobozi ati \u2018Inka burya ni ikimenyetso cy\u2019urukundo\u201d.<\/p>\n<p> <strong> <em>Itangishatse Theoneste\/Bwiza.com<\/em> <\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Abaturage bo mu murenge wa Busasamana, akarere ka Nyanza, Intara y\u2019Amajyepfo, bavuga ko mu muco wa kera umukobwa yakoshwaga inka, ubu ngo bamwe bakaba batanga amafaranga, ibi ntabwo babivugaho rumwe dore ko bamwe bemeza ko iyo bahawe amafaranga biborohera kumuguriramo ibyambarwa, abandi bakabifata nk\u2019ikiguzi. Bavuga ko kera babaga bafite inzuri zo kororeramo, ubu ngo bakaba [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[9],"tags":[],"class_list":["post-12679","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amateka-numuco"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Busasamana: Ntibavuga rumwe ku nkwano itangwa mu mafaranga - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=12679\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Busasamana: Ntibavuga rumwe ku nkwano itangwa mu mafaranga - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Abaturage bo mu murenge wa Busasamana, akarere ka Nyanza, Intara y\u2019Amajyepfo, bavuga ko mu muco wa kera umukobwa yakoshwaga inka, ubu ngo bamwe bakaba batanga amafaranga, ibi ntabwo babivugaho rumwe dore ko bamwe bemeza ko iyo bahawe amafaranga biborohera kumuguriramo ibyambarwa, abandi bakabifata nk\u2019ikiguzi. Bavuga ko kera babaga bafite inzuri zo kororeramo, ubu ngo bakaba [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=12679\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2018-11-19T08:07:03+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12679#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12679\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Busasamana: Ntibavuga rumwe ku nkwano itangwa mu mafaranga\",\"datePublished\":\"2018-11-19T08:07:03+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12679\"},\"wordCount\":465,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"amateka-numuco\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12679#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12679\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12679\",\"name\":\"Busasamana: Ntibavuga rumwe ku nkwano itangwa mu mafaranga - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2018-11-19T08:07:03+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12679#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12679\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12679#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Busasamana: Ntibavuga rumwe ku nkwano itangwa mu mafaranga\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Busasamana: Ntibavuga rumwe ku nkwano itangwa mu mafaranga - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12679","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Busasamana: Ntibavuga rumwe ku nkwano itangwa mu mafaranga - BWIZA","og_description":"Abaturage bo mu murenge wa Busasamana, akarere ka Nyanza, Intara y\u2019Amajyepfo, bavuga ko mu muco wa kera umukobwa yakoshwaga inka, ubu ngo bamwe bakaba batanga amafaranga, ibi ntabwo babivugaho rumwe dore ko bamwe bemeza ko iyo bahawe amafaranga biborohera kumuguriramo ibyambarwa, abandi bakabifata nk\u2019ikiguzi. Bavuga ko kera babaga bafite inzuri zo kororeramo, ubu ngo bakaba [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12679","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2018-11-19T08:07:03+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12679#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12679"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Busasamana: Ntibavuga rumwe ku nkwano itangwa mu mafaranga","datePublished":"2018-11-19T08:07:03+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12679"},"wordCount":465,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["amateka-numuco"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=12679#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12679","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12679","name":"Busasamana: Ntibavuga rumwe ku nkwano itangwa mu mafaranga - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2018-11-19T08:07:03+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12679#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=12679"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12679#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Busasamana: Ntibavuga rumwe ku nkwano itangwa mu mafaranga"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/12679","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=12679"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/12679\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=12679"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=12679"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=12679"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}