{"id":12683,"date":"2018-11-19T09:37:43","date_gmt":"2018-11-19T09:37:43","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2018\/11\/19\/urubanza-rwa-karegeya-ruzarangira-nk-uko-urubanza-rwa-kayumba-rwarangiye\/"},"modified":"2018-11-19T09:37:43","modified_gmt":"2018-11-19T09:37:43","slug":"urubanza-rwa-karegeya-ruzarangira-nk-uko-urubanza-rwa-kayumba-rwarangiye","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12683","title":{"rendered":"Urubanza rwa Karegeya ruzarangira nk\u2019uko urubanza rwa Kayumba rwarangiye &#8211; Umuyobozi"},"content":{"rendered":"<p>Umwe mu bayobozi b\u2019u Rwanda avuga ko bibabaje kubona igihugu gikomeye nka Afurika y&#8217;Epfo gikoreshwa n\u2019abarwanya ubutegetsi bw\u2019u Rwanda bahahungiye, agashimangira ko ibimenyetso byakoreshejwe mu gucira urubanza abashinjwaga kugerageza kwica Kayumba Nyamwasa ari akazi ka RNC ku bufatanye na bamwe mu bapolisi ba Afurika y\u2019Epfo bamunzwe na ruswa agasanga ari ko bizagenda no ku iyicwa rya Karegeya.<\/p>\n<p>Iyi nkuru dukesha urubuga rwo muri Afurika y\u2019Epfo, Dailymaverick.co.za itangira igaruka ku biheruka gutangazwa na minisitiri w\u2019ububanyi n\u2019amahanga w\u2019iki gihugu, Lindiwe Sisulu, ko abatavuga rumwe n\u2019ubutegetsi bw\u2019u Rwanda bahungiye muri Afurika y\u2019Epfo bifuza kugirana imishyikirano na Guverinoma y\u2019u Rwanda, aho Umunyamabanga wa Leta muri minisiteri y\u2019ububanyi n\u2019amahanga, Olivier Nduhungirehe yasubije ko umuyobozi wese muri Afurika y\u2019Epfo wifuza ko u Rwanda rwashyikirana n\u2019abantu bahamijwe ibyaha bihishe muri iki gihugu\u00a0 yabikora ku giti cye ariko atabishyizemo u Rwanda.<\/p>\n<p>Mu kiganiro aherutse kugirana n\u2019itangazamakuru kuwa Mbere ushize, minisitiri Sisulu uvuga ko igihugu cye cyatangiye gushaka uko umubano wacyo n\u2019u Rwanda wasubira mu buryo, yabajijwe niba kubyutsa dosiye y\u2019iyicwa rya Patrick Karegeya, bidashobora kubangamira iyi nzira, asubiza ko adatekereza ko bizabangamira imbaraga ziri gushyirwa mu gushaka kugarura umubano mwiza hagati y\u2019ibihugu.<\/p>\n<p>Umushinjacyaha mukuru, Yusuf Baba, w\u2019urukiko rwa Randburg aherutse gutangaza ko urubanza kw\u2019iyicwa rya Patrick Karegeya mu rukiko ruzatangira kuwa 16 Mutarama 2019.<\/p>\n<p>Patrick Karegeya wigeze kuba umukuru w\u2019iperereza mu Rwanda yiciwe muri Sandton Hotel kuwa 31 Ukuboza 2013, benshi mu banyarwanda bahungiye muri Afurika y\u2019Epfo barimo Kayumba Nyamwasa bashinja Guverinoma y\u2019u Rwanda kuba inyuma y\u2019iyicwa rye.<\/p>\n<p>Uru rubuga dukesha iyi nkuru rukavuga ko umwe mu bayobozi b\u2019u Rwanda yemeza ko ibimenyetso byifashishijwe mu gucira urubanza abagize uruhare mu gushaka kwica Kayumba Nyamwasa mu 2010 n\u2019ibimenyetso bishobora kwifashishwa muri uru rubanza rwa Karegeya atari ibimenyetso biba byakusanyijwe\u00a0 n\u2019urwego rw\u2019ubugenzacyaha rwa Afurika y\u2019Epfo ruzwi nka Hawks cyangwa igipolisi, ahubwo ari umurimo wa RNC ubwayo ifatanyije n\u2019abapolisi n\u2019abashinzwe iperereza ba Afurika y\u2019Epfo bamunzwe na ruswa hagamijwe amanota ya politiki.<\/p>\n<p>Uyu muyobozi uru rubuga rutatangaje amazina ye, yabajije impamvu iyi dosiye ku iyicwa rya Karegeya yubuwe nyuma y\u2019imyaka 5 apfuye.<\/p>\n<p>Ati: \u201c <em>Birababaje kubona igihugu gikomeye nka Afurika y\u2019Epfo gikoreshwa mu marangamutima n\u2019aba barwanya ubutegetsi<\/em> ..\u201d<\/p>\n<p>Uyu muyobozi yakomeje atangaza ko urubanza ku iyicwa rya Karegeya ruzarangira nk\u2019uko urubanza rwa Kayumba rwarangiye, aho ngo abahamijwe icyaha nta kintu cyabahuzaga n\u2019u Rwanda cyangwa ngo bemere ko ari rwo rwabatumye, ariko mu rwego rwo gushimisha Kayumba ngo umucamanza akaba yaremeje ko bafite aho bahuriye na Kigali ariko ntagire uwo atunga urutoki.<\/p>\n<p>Ibi ngo byahaye Kayumba amanota ya politiki nk\u2019uko uyu muyobozi yabyemeje, kandi ngo abona ari ko bizagenda no kuri Karegeya.<\/p>\n<p>Uyu muyobozi yaboneyeho no kwemeza ko ibiherutse gutangazwa na minisitiri Sisulu ahubwo bisubiza inyuma imbaraga zishyirwa mu gushaka kugarura umwuka mwiza hagati y\u2019ibihugu byombi.<\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umwe mu bayobozi b\u2019u Rwanda avuga ko bibabaje kubona igihugu gikomeye nka Afurika y&#8217;Epfo gikoreshwa n\u2019abarwanya ubutegetsi bw\u2019u Rwanda bahahungiye, agashimangira ko ibimenyetso byakoreshejwe mu gucira urubanza abashinjwaga kugerageza kwica Kayumba Nyamwasa ari akazi ka RNC ku bufatanye na bamwe mu bapolisi ba Afurika y\u2019Epfo bamunzwe na ruswa agasanga ari ko bizagenda no ku iyicwa [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[48],"tags":[],"class_list":["post-12683","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-inkuru-twabahitiyemo"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Urubanza rwa Karegeya ruzarangira nk\u2019uko urubanza rwa Kayumba rwarangiye - Umuyobozi - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=12683\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Urubanza rwa Karegeya ruzarangira nk\u2019uko urubanza rwa Kayumba rwarangiye - Umuyobozi - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Umwe mu bayobozi b\u2019u Rwanda avuga ko bibabaje kubona igihugu gikomeye nka Afurika y&#8217;Epfo gikoreshwa n\u2019abarwanya ubutegetsi bw\u2019u Rwanda bahahungiye, agashimangira ko ibimenyetso byakoreshejwe mu gucira urubanza abashinjwaga kugerageza kwica Kayumba Nyamwasa ari akazi ka RNC ku bufatanye na bamwe mu bapolisi ba Afurika y\u2019Epfo bamunzwe na ruswa agasanga ari ko bizagenda no ku iyicwa [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=12683\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2018-11-19T09:37:43+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12683#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12683\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Urubanza rwa Karegeya ruzarangira nk\u2019uko urubanza rwa Kayumba rwarangiye &#8211; Umuyobozi\",\"datePublished\":\"2018-11-19T09:37:43+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12683\"},\"wordCount\":491,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"inkuru-twabahitiyemo\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12683#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12683\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12683\",\"name\":\"Urubanza rwa Karegeya ruzarangira nk\u2019uko urubanza rwa Kayumba rwarangiye - Umuyobozi - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2018-11-19T09:37:43+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12683#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12683\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12683#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Urubanza rwa Karegeya ruzarangira nk\u2019uko urubanza rwa Kayumba rwarangiye &#8211; Umuyobozi\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Urubanza rwa Karegeya ruzarangira nk\u2019uko urubanza rwa Kayumba rwarangiye - Umuyobozi - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12683","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Urubanza rwa Karegeya ruzarangira nk\u2019uko urubanza rwa Kayumba rwarangiye - Umuyobozi - BWIZA","og_description":"Umwe mu bayobozi b\u2019u Rwanda avuga ko bibabaje kubona igihugu gikomeye nka Afurika y&#8217;Epfo gikoreshwa n\u2019abarwanya ubutegetsi bw\u2019u Rwanda bahahungiye, agashimangira ko ibimenyetso byakoreshejwe mu gucira urubanza abashinjwaga kugerageza kwica Kayumba Nyamwasa ari akazi ka RNC ku bufatanye na bamwe mu bapolisi ba Afurika y\u2019Epfo bamunzwe na ruswa agasanga ari ko bizagenda no ku iyicwa [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12683","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2018-11-19T09:37:43+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12683#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12683"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Urubanza rwa Karegeya ruzarangira nk\u2019uko urubanza rwa Kayumba rwarangiye &#8211; Umuyobozi","datePublished":"2018-11-19T09:37:43+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12683"},"wordCount":491,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["inkuru-twabahitiyemo"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=12683#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12683","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12683","name":"Urubanza rwa Karegeya ruzarangira nk\u2019uko urubanza rwa Kayumba rwarangiye - Umuyobozi - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2018-11-19T09:37:43+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12683#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=12683"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12683#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Urubanza rwa Karegeya ruzarangira nk\u2019uko urubanza rwa Kayumba rwarangiye &#8211; Umuyobozi"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/12683","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=12683"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/12683\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=12683"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=12683"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=12683"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}