{"id":12696,"date":"2018-11-20T09:06:06","date_gmt":"2018-11-20T09:06:06","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2018\/11\/20\/ubuhamya-uko-furatiri-akaba-n-ushinzwe-imyitwarire-yanteye-igikomere-ku-mutima\/"},"modified":"2018-11-20T09:06:06","modified_gmt":"2018-11-20T09:06:06","slug":"ubuhamya-uko-furatiri-akaba-n-ushinzwe-imyitwarire-yanteye-igikomere-ku-mutima","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12696","title":{"rendered":"Ubuhamya: Uko Furatiri akaba n\u2019ushinzwe imyitwarire yanteye igikomere ku mutima"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>\u00a0Nitwa Sam Kalisa ( amazina yahinduwe), ndi umusore w\u2019imyaka 25 y\u2019amavuko nkaba ntuye mu Mujyi wa Kigali aho niga muri Kaminuza.<\/em> <\/strong> <\/p>\n<p>Ubwo nigaga mu ishuri ryisumbuye riri mu Ntara y\u2019Amajyepfo ntari\u00a0 buvuge izina hano naje kurwara nyuma nirukanwa ibyumweru bibiri n\u2019umuyobozi ushinzwe imyitwarire akaba na furatiri ntari buvuge amazina ye anshinja ko nagiye kwivuza nta ruhushya nahawe n\u2019ubuyobozi.<\/p>\n<p> <strong>Dore uko byagenze:<\/strong> <\/p>\n<p>Umunsi umwe ishuri ryacu ryari rifite urugendo shuri nko mu birometero umunani uvuye ku ishuri\u00a0 nigagaho. Najyanye n\u2019abanyeshuri twiganaga, ubwo twarimo dusobanurirwa byinshi n\u2019abari batwakiriye numvise nta meze neza ndihangana kuko tutari buhatinde ariko biba iby\u2019ubusa nza kuremba.<\/p>\n<p>Umwarimu twari twajyanye yantegeye moto ingeza ku ishuri, nasanze abandi banyeshuri bari mu nzu y\u2019uburiro (Refectoire) gusa njye numvaga ntashaka kurya ahubwo nsaba ushinzwe imyitwarire y\u2019abakobwa (animatrice) \u00a0ko yampa uruhushya nkajya kwivuza, aho kurumpa yampatiye kujya kurya.<\/p>\n<p>Ninjiye mu nzu y\u2019uburiro ariko sinariye kuko numvaga mbabara, nacitse intege. Njye nibwiraga ko ubwo ubuyobozi bubonye nje ndi indembe buri buhite bumpa uruhushya gusa siko byagenze.<\/p>\n<p>Ubwo abandi basozaga kurya, nerekeje ku biro by\u2019abashinzwe imyitwarire ngo bampe uruhushya gusa bambwira ko ngo batanze impushya nyinshi z\u2019abajya kwivuza bityo ngo njye nkwiriye gutegereza saa kumi z&#8217;umugoroba.<\/p>\n<p>Ubuyobozi bw&#8217;ishuri ngo bwatinyaga ko abaturage babona abana bo ku kigo buyoboye bari ku bwinshi ku bitaro.<\/p>\n<p>Navuye aho ngaho njya kuryama ariko nkumva ngenda ndushaho kuremba. Naratagereje saa kumi\u00a0 z\u2019umugoroba, nsubira ku biro by\u2019abashinzwe imyitwarire ngo bampe uruhushya nsanga harafunze.<\/p>\n<p>[penci_related_posts taxonomies=&#8221;undefined&#8221; title=&#8221;Izindi nkuru wasoma&#8221; background=&#8221;&#8221; border=&#8221;&#8221; thumbright=&#8221;no&#8221; number=&#8221;4&#8243; style=&#8221;list&#8221; align=&#8221;none&#8221; displayby=&#8221;recent_posts&#8221; orderby=&#8221;random&#8221;]<\/p>\n<p>Naratekereje nti ubwo barunyemereye mu magambo, reka njye ku bitaro ndaza kubibabwira kuko numvaga uko igihe gishira ndushaho kuzahazwa n\u2019uburwayi bwatumaga ntitira ariko njye ntazi ubwo ari bwo.<\/p>\n<p>Nagiye ku Kigo nderabuzima cyari hafi aho, bansangamo indwara ya Malariya bampa imiti ndataha. Mu nzira ngaruka ni bwo nahuye na animateri (ushinzwe imyitwarire y\u2019abahungu), yambajije aho mvuye mubwira ko mvuye kwa muganga. Yambajije niba mfite uruhushya mubwira ko ntarwo ariko ko yabaza animatirise kuko yari yarunyemereye arambwira ati \u201c Buracya utaha.\u201d<\/p>\n<p>Ninjiye mu kigo ntangira kunywa imiti nk\u2019uko muganga yari yabimbwirije, yewe ntangira no kumva nasubira\u00a0 mu ishuri nk\u2019abandi. Ku munsi wakurkiyeho ntibanyirukanye gusa ku munsi wa kabiri nibwo bambwiye ko bagiye kunyirukana kuko ngo nasohotse ikigo nta ruhushya.<\/p>\n<p>Nasobanuye ko nari narwemerewe biba iby\u2019ubusa ndetse n\u2019umwarimu twari twajyanye mu rugendo shuri agerageza gusobanura uko nari ndembye biba iby\u2019ubusa. Negereye Umuyobozi w\u2019ishuri \u00a0mubwira uko byagenze asaba ko bangabanyiriza igihano nabyo biranga. Uyu Furatiri yampaye urupapuro rugaragaza ko nirukanwe ibyumweru bibiri mu gihe twari dutangiye ibizamini by\u2019ukwezi (examens periodique).<\/p>\n<p>Mu gihe njye niyumvishaga ko naba narenganye, nabuze uburyo najya mu rugo kuko itike bayinyohererezaga turi hafi gutaha. Namaze iminsi itatu mba ku mugabo wari utuye hafi y\u2019ishuri wajyaga atwogosha. Yari afite akazu gato, ansaba ko nazajya ndara aho yogosheraga ampa ikoti ryo kwifubika ku gice cyo hejuru, ku maguru nkiyorosa umwenda w\u2019amazi ( isume). Aha nicaraga ku ntebe ya pulasitiki, amaguru nkayashyira ku yindi ntebe. Muri make nararaga nsa n&#8217;uwicaye, mu gitondo akambikira rya koti ubundi\u00a0 agakora akazi ke.<\/p>\n<p>Muri iki gihe nari ntunzwe n\u2019irindazi rya 50Frw na avoka y\u2019ijana naguraga ku iduka ryari hafi aho. Naje kohererezwa \u00a0itike n\u2019umuvandimwe, nerekeza mu Karere ka \u00a0Bugesera, nkomeza kunywa imiti ndakira.<\/p>\n<p> <strong>Nakomerekejwe n\u2019amagambo ya Furatiri wari Ushinzwe imyitwarire<\/strong> <\/p>\n<p>Nirukanwe kuwa 13 Gicrasi 2013 mu gitondo, mu gihe nari maze icyumweru kimwe cy\u2019igihano nahawe, aho narererwaga bahamagawe na Furatiri ababwira ko ngo nagaruka ku ishuri.<\/p>\n<p>Nasubiye ku ishuri kuwa 21 Gicurasi 2013 ndi kumwe n\u2019umubyeyi undera bamubwira amakosa yanjye, ayasabira imbabazi. Ubwo nageraga ku ishuri nasanze ibizamini byo mu gihembwe hagati byararangiye.<\/p>\n<p>Uwari aje amperekeje yansezeyeho maze Furatiri akaba n\u2019ushinzwe amasomo araterura  <strong>ati \u201c Umva, genda ujye kwiga kuko ibyo wahombye si bike.\u201d<\/strong> <\/p>\n<p>Akimara kuvuga aya magambo narategereje  <strong>nti \u201c Ese uyu mugabo yari agamije kumpana ngo ntazasubira cyangwa yari agamije kumpombya.\u201d<\/strong> <\/p>\n<p>Nk\u2019uko yabivuze byangizeho ingaruka mu bijyanye n\u2019amasomo kuko navuye ku manota 84.3 % ngira 57% muri uko kwezi kwa Gicurasi 2013.<\/p>\n<p>Nyamara nimwe uruhushya mu gihe hari umwana wigaga mu wa kabiri wigeze gusitara ku ino maze mbona umuyobozi w\u2019ishuri niwe umwijyaniye ku bitaro bitewe n\u2019uko ngo se yari senateri\u00a0 muri uru Rwanda.<\/p>\n<p>Ibyo yankoreye byatumye mpindura indorerwamo nareberagamo abihayimana. Kugeza ubu, sindamubona ngo nibura mwibutse ibyo yankoreye kuko byamfasha kuruhuka. Kuri ubu njya numva ngo yabaye Padiri muri Paruwasi ntaramenya neza.<\/p>\n<p> <strong>Nakora iki ngo nkire iki gikomere maranye imyaka itanu yose?<\/strong> <\/p>\n<p> <strong>Icyitonderwa<\/strong> : Ibitekerezo biri muri iyi nkuru ni iby\u2019uwatwandikiye; ntacyo twahinduyeho cyangwa ngo twongeremo uretse kubitondeka tugendeye ku mahame y\u2019umwuga.<\/p>\n<p>Ufite ubuhamya wabutwoherereza kuri <a href=\"mailto:info@bwiza.com\">info@bwiza.com<\/a> bityo abasomyi bacu bakaba bakugira inama y\u2019icyo wakora.<\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>\u00a0Nitwa Sam Kalisa ( amazina yahinduwe), ndi umusore w\u2019imyaka 25 y\u2019amavuko nkaba ntuye mu Mujyi wa Kigali aho niga muri Kaminuza. Ubwo nigaga mu ishuri ryisumbuye riri mu Ntara y\u2019Amajyepfo ntari\u00a0 buvuge izina hano naje kurwara nyuma nirukanwa ibyumweru bibiri n\u2019umuyobozi ushinzwe imyitwarire akaba na furatiri ntari buvuge amazina ye anshinja ko nagiye kwivuza nta [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-12696","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Ubuhamya: Uko Furatiri akaba n\u2019ushinzwe imyitwarire yanteye igikomere ku mutima - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=12696\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Ubuhamya: Uko Furatiri akaba n\u2019ushinzwe imyitwarire yanteye igikomere ku mutima - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"\u00a0Nitwa Sam Kalisa ( amazina yahinduwe), ndi umusore w\u2019imyaka 25 y\u2019amavuko nkaba ntuye mu Mujyi wa Kigali aho niga muri Kaminuza. Ubwo nigaga mu ishuri ryisumbuye riri mu Ntara y\u2019Amajyepfo ntari\u00a0 buvuge izina hano naje kurwara nyuma nirukanwa ibyumweru bibiri n\u2019umuyobozi ushinzwe imyitwarire akaba na furatiri ntari buvuge amazina ye anshinja ko nagiye kwivuza nta [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=12696\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2018-11-20T09:06:06+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"4 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12696#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12696\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Ubuhamya: Uko Furatiri akaba n\u2019ushinzwe imyitwarire yanteye igikomere ku mutima\",\"datePublished\":\"2018-11-20T09:06:06+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12696\"},\"wordCount\":799,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12696#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12696\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12696\",\"name\":\"Ubuhamya: Uko Furatiri akaba n\u2019ushinzwe imyitwarire yanteye igikomere ku mutima - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2018-11-20T09:06:06+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12696#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12696\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12696#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Ubuhamya: Uko Furatiri akaba n\u2019ushinzwe imyitwarire yanteye igikomere ku mutima\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Ubuhamya: Uko Furatiri akaba n\u2019ushinzwe imyitwarire yanteye igikomere ku mutima - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12696","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Ubuhamya: Uko Furatiri akaba n\u2019ushinzwe imyitwarire yanteye igikomere ku mutima - BWIZA","og_description":"\u00a0Nitwa Sam Kalisa ( amazina yahinduwe), ndi umusore w\u2019imyaka 25 y\u2019amavuko nkaba ntuye mu Mujyi wa Kigali aho niga muri Kaminuza. Ubwo nigaga mu ishuri ryisumbuye riri mu Ntara y\u2019Amajyepfo ntari\u00a0 buvuge izina hano naje kurwara nyuma nirukanwa ibyumweru bibiri n\u2019umuyobozi ushinzwe imyitwarire akaba na furatiri ntari buvuge amazina ye anshinja ko nagiye kwivuza nta [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12696","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2018-11-20T09:06:06+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"4 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12696#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12696"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Ubuhamya: Uko Furatiri akaba n\u2019ushinzwe imyitwarire yanteye igikomere ku mutima","datePublished":"2018-11-20T09:06:06+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12696"},"wordCount":799,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=12696#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12696","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12696","name":"Ubuhamya: Uko Furatiri akaba n\u2019ushinzwe imyitwarire yanteye igikomere ku mutima - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2018-11-20T09:06:06+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12696#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=12696"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12696#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Ubuhamya: Uko Furatiri akaba n\u2019ushinzwe imyitwarire yanteye igikomere ku mutima"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/12696","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=12696"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/12696\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=12696"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=12696"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=12696"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}