{"id":12731,"date":"2018-11-23T07:10:32","date_gmt":"2018-11-23T07:10:32","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2018\/11\/23\/ni-iki-kihishe-inyuma-y-ubutumwa-budasanzwe-nkurunziza-yoherereje-museveni\/"},"modified":"2018-11-23T07:10:32","modified_gmt":"2018-11-23T07:10:32","slug":"ni-iki-kihishe-inyuma-y-ubutumwa-budasanzwe-nkurunziza-yoherereje-museveni","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12731","title":{"rendered":"Ni iki kihishe inyuma y\u2019ubutumwa budasanzwe Nkurunziza yoherereje Museveni?"},"content":{"rendered":"<p>Perezida w\u2019u Burundi, Pierre Nkurunziza yohereje intumwa zigizwe n\u2019abayobozi bakuru muri Guverinoma mu gihugu cya Uganda zishyiriye ubutumwa budasanzwe Perezida Yoweri Museveni wakiriye izi ntumwa mu ngoro ye I Entebbe. Ni mu gihe ibi bihugu byombi biherutse kuvugwaho na none ubufatanye bugamije gushyigikira abashaka guhungabanya umutekano w\u2019u Rwanda.<\/p>\n<p>Ibi bije nyuma y\u2019umunsi umwe Perezida Museveni atangaje ko u Burundi bukeneye Itegeko Nshinga rishya mu rwego rwo gusiza inzira yo gucyura impunzi no gukomeza gushaka uko igihugu cyatekana muri politiki.<\/p>\n<p>Itangazo rigenewe itangazamakuru ryashyizwe ahagaragara na perezidansi ya Uganda rikaba rigira riti: \u201c <em>Perezida Museveni yakiriye ubutumwa budasanzwe buvuye kuri Perezida Nkurunziza w\u2019u Burundi<\/em> .\u201d<\/p>\n<p>Ubu butumwa bwashyikirijwe Perezida Museveni kuri uyu wa kane, itariki 22 Ugushyingo na Minisitiri w\u2019Ububanyi n\u2019Amahanga w\u2019u Burundi, Ezechiel Nibigira.<\/p>\n<p>Uyu muminisitiri yari aherekejwe na Ambasaderi w\u2019u Burundi muri Uganda, Jean Bosco Barege, Umunyamabanga Mukuru w\u2019ishyaka CNDD-FDD, Evariste Ndayishimiye n\u2019uwitwa Emmanuel Manirakira.<\/p>\n<p>Urubuga Chimpreports dukesha iyi nkuru rukaba ruvuga ko hataramenyekana ibikubiye muri ubu butumwa bwa Perezida Nkurunziza kuri mugenzi we wa Uganda.<\/p>\n<p>Ubwo yari amaze kwakira raporo y\u2019umuhuza Benjamin Mkapa ku nzira y\u2019ibiganiro hagati ya Guverinoma y\u2019u Burundi n\u2019batavuga rumwe nayo, kuwa 20 Ugushyingo Museveni yagize ati: \u201c <em>U Burundi bukwiye kubaka itegeko nshinga rishya rishobora kuzana umutekano no kurinda abaturage bose hariya kugirango Abarundi basubire iwabo kandi babashe kubaho mu mahoro<\/em> .\u201d<\/p>\n<p>Perezida Museveni yakomeje avuga ko nta rusimbi rukwiye kuba mu myanzuro ya politiki y\u2019u Burundi.<\/p>\n<p>Iyi nkuru ikomeza ivuga ko Perezida Museveni akomeje gufata u Burundi nka kimwe mu bihugu byakwizeza umutekano Uganda.<\/p>\n<p>Museveni ngo akaba yaragize uruhare runini mu gufasha Perezida Nkurunziza kurokoka guhirikwa ku butegetsi kwari kwamuteguriwe mu 2015.<\/p>\n<p>Bivugwa ko uwahoze ari Perezida w\u2019u Burundi, Col. Jean Baptiste bagaza yafashije inyeshyamba zo mu mutwe wa Museveni, NRA, abaha ibikoresho ubwo barwanaga n\u2019ubutegetsi bwa Idi Amin na Obote.<\/p>\n<p>Kuwa 07 Kamena nibwo u Burundi bwatoye itegeko nshinga rishya ku majwi 73% muri Kamarampaka yabaye kuwa 17 Gicurasi.<\/p>\n<p>Perezida Nkurunziza yavuze ko atazongera guhatanira indi manda mu matora yo mu 2020 ndetse yizeza kuzashyigikira uzamusimbura.<\/p>\n<p>Dusubiye inyuma gato, mu minsi ishize nibwo havuzwe ko Uganda n\u2019u Burundi byaba byariyemeje gufatanya gushyigikira abashaka guhungabanya umutekano w\u2019u Rwanda.<\/p>\n<p>Aya makuru yatangajwe n\u2019urubuga Virungapost yavugaga ko kuri ubu u Burundi na Uganda byatangiye ubufatanye bwimbitse bwo gushyigikira agatsiko kwose k\u2019abanyabyaha katangiza ku mugaragaro intambara ku Rwanda, aho bivugwa ko mu gihe ibi bihugu byombi bisanzwe bivugwaho gukorana bya hafi na Kayumba Nyamwasa wa RNC, kuri ubu byatangiye no gufatanya gushyigikira umutwe w\u2019inyeshyamba wa Paul Rusesabagina.<\/p>\n<p><a href=\"https:\/\/bwiza.com\/2018\/11\/15\/havumbuwe-umugambi-wu-burundi-na-uganda-wo-guhungabanya-u-rwanda\/\">Kanda hano usome iyo nkuru<\/a><\/p>\n<p>Havuzwe ko abasirikare bakuru b\u2019u Burundi bamaze iminsi bakunda kujya muri Uganda muri gahunda zigamije gupanga guhungabanya umutekano w\u2019u Rwanda.<\/p>\n<p>Urugero rwatanzwe n\u2019uru rubuga dukesha ni Gen. Prime Niyongabo, umugaba mukuru w\u2019ingabo z\u2019u Burundi, aho ngo yagaragaye I Kampala mu mushyikirano n\u2019abasirikare bakuru ba Uganda barimo umuvandimwe wa Perezida Museveni, Salim Saleh, n\u2019umuyobozi wa CMI, Col Abel Kandiho.<\/p>\n<p>Mu nama zabanje kandi ngo Gen Niyongabo yakoranye inama n\u2019aba basirikare bakuru ariko hari n\u2019uwari minisitiri w\u2019umutekano icyo gihe, Gen. Henry Tumukunde ndetse na Col Kaka Bagyenda ukuriye urwego rushinzwe umutekano w\u2019imbere mu gihugu (ISO).<\/p>\n<p>Amakuru kandi anavuga ko ukuriye Urwego rushinzwe ubutasi rw\u2019u Burundi (SNR), Etienne \u2018Steve\u2019 Ntakirutimana nawe yagiye I Kampala kenshi, aho ngo buri gihe yakirwaga bitangaje ndetse akarindirwa umutekano n\u2019abasirikare ba CMI bisobanuye ko yabaga ari umushyitsi w\u2019ingenzi kandi waje mu butumwa bufitiye inyungu ibihugu byombi.<\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Perezida w\u2019u Burundi, Pierre Nkurunziza yohereje intumwa zigizwe n\u2019abayobozi bakuru muri Guverinoma mu gihugu cya Uganda zishyiriye ubutumwa budasanzwe Perezida Yoweri Museveni wakiriye izi ntumwa mu ngoro ye I Entebbe. Ni mu gihe ibi bihugu byombi biherutse kuvugwaho na none ubufatanye bugamije gushyigikira abashaka guhungabanya umutekano w\u2019u Rwanda. Ibi bije nyuma y\u2019umunsi umwe Perezida Museveni [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-12731","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Ni iki kihishe inyuma y\u2019ubutumwa budasanzwe Nkurunziza yoherereje Museveni? - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=12731\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Ni iki kihishe inyuma y\u2019ubutumwa budasanzwe Nkurunziza yoherereje Museveni? - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Perezida w\u2019u Burundi, Pierre Nkurunziza yohereje intumwa zigizwe n\u2019abayobozi bakuru muri Guverinoma mu gihugu cya Uganda zishyiriye ubutumwa budasanzwe Perezida Yoweri Museveni wakiriye izi ntumwa mu ngoro ye I Entebbe. Ni mu gihe ibi bihugu byombi biherutse kuvugwaho na none ubufatanye bugamije gushyigikira abashaka guhungabanya umutekano w\u2019u Rwanda. Ibi bije nyuma y\u2019umunsi umwe Perezida Museveni [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=12731\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2018-11-23T07:10:32+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12731#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12731\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Ni iki kihishe inyuma y\u2019ubutumwa budasanzwe Nkurunziza yoherereje Museveni?\",\"datePublished\":\"2018-11-23T07:10:32+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12731\"},\"wordCount\":590,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12731#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12731\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12731\",\"name\":\"Ni iki kihishe inyuma y\u2019ubutumwa budasanzwe Nkurunziza yoherereje Museveni? - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2018-11-23T07:10:32+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12731#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12731\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12731#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Ni iki kihishe inyuma y\u2019ubutumwa budasanzwe Nkurunziza yoherereje Museveni?\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Ni iki kihishe inyuma y\u2019ubutumwa budasanzwe Nkurunziza yoherereje Museveni? - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12731","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Ni iki kihishe inyuma y\u2019ubutumwa budasanzwe Nkurunziza yoherereje Museveni? - BWIZA","og_description":"Perezida w\u2019u Burundi, Pierre Nkurunziza yohereje intumwa zigizwe n\u2019abayobozi bakuru muri Guverinoma mu gihugu cya Uganda zishyiriye ubutumwa budasanzwe Perezida Yoweri Museveni wakiriye izi ntumwa mu ngoro ye I Entebbe. Ni mu gihe ibi bihugu byombi biherutse kuvugwaho na none ubufatanye bugamije gushyigikira abashaka guhungabanya umutekano w\u2019u Rwanda. Ibi bije nyuma y\u2019umunsi umwe Perezida Museveni [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12731","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2018-11-23T07:10:32+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12731#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12731"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Ni iki kihishe inyuma y\u2019ubutumwa budasanzwe Nkurunziza yoherereje Museveni?","datePublished":"2018-11-23T07:10:32+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12731"},"wordCount":590,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=12731#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12731","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12731","name":"Ni iki kihishe inyuma y\u2019ubutumwa budasanzwe Nkurunziza yoherereje Museveni? - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2018-11-23T07:10:32+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12731#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=12731"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12731#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Ni iki kihishe inyuma y\u2019ubutumwa budasanzwe Nkurunziza yoherereje Museveni?"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/12731","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=12731"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/12731\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=12731"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=12731"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=12731"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}