{"id":12733,"date":"2018-11-23T07:48:44","date_gmt":"2018-11-23T07:48:44","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2018\/11\/23\/nyamasheke-abaturage-bugarijwe-n-uruhuri-rw-ibibazo-barasaba-ubuvugizi\/"},"modified":"2018-11-23T07:48:44","modified_gmt":"2018-11-23T07:48:44","slug":"nyamasheke-abaturage-bugarijwe-n-uruhuri-rw-ibibazo-barasaba-ubuvugizi","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12733","title":{"rendered":"Nyamasheke: Abaturage bugarijwe n\u2019uruhuri rw\u2019ibibazo barasaba ubuvugizi"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Abaturage bo mu mirenge inyuranye y\u2019akarere ka Nyamasheke bavuga ko hari ibibazo byinshi\u00a0 bikibangamiye iterambere ryabo n\u2019imibereho myiza, bagasaba njyanama y\u2019akarere kabo kubakorera ubuvugizi bigakemuka.<\/em> <\/strong> <\/p>\n<p>Babigaragaje ubwo muri aka karere hatangizwaga icyumweru cy\u2019umujyanama, aho njyanama yose\u00a0 imanukira rimwe ikegera abaturage ikumva ibibazo byabo ikanabishakira umurongo w\u2019ibisubizo,\u00a0 bikaba ngo ari ubwa mbere bibaye mu mateka ya njyanama y\u2019aka karere.<\/p>\n<p>Mu bibazo \u00a0bavuga bikomeza kubaheza mu bukene bukabije, harimo\u00a0 kuba hari bamwe batagira inzu babamo, abandi bakazigira ariko ntaho zitaniye n\u2019icyo bita \u2018Nyakatsi\u2019 kubera gusaza cyane hafi yo kubagwaho.<\/p>\n<p>Hari abinubira ibyiciro by\u2019ubudehe bashyizwemo bitabunguye ahubwo\u00a0 bituma barushaho gukena, ibikorwaremezo\u00a0 bidahagije, urubyiruko rurira ko rwabuze aho rugurisha umusaruro w\u2019amagi wabonetse ku bwinshi\u00a0 ku nkoko rworojwe na Leta n\u2019ibindi.<\/p>\n<p>Uwiringiyimana B\u00e9atha utuye mu kagari ka Gitwe mu murenge wa Karambi, avuga ko ababazwa no gukomeza gutura mu nzu igiye kuzamugwaho kandi ubuyobozi bwari bwabemereye kububakira we n\u2019abandi bameze nka we muri aka kagari.<\/p>\n<p>Agira ati \u201cmbabazwa cyane no kurara mu nzu itagize aho itaniye no kurara hanze kuko yo ishobora no kungwaho n\u2019abana banjye batatu, \u00a0ubuyobozi bwaraje butubwira ko abafite amazu nkayo\u00a0 bagomba guhabwa amabati bakubakirwa, baraza baradufotorana n\u2019ayo mazu yacu ariko twababajwe no gutahira kwifotoza gusa\u201d.<\/p>\n<p>Akomeza agira ati \u201cbiterwa n\u2019abayobozi batwegereye batadukemurira ibibazo\u00a0 ahubwo usanga baza kudukina ku mubyimba ngo baradufotora bazatwubakire, barangiza bagahindukira bagatanga amaraporo ngo turacyakanyakanya kandi turara duhangayitse\u201d.<\/p>\n<p>Umuyobozi wa njyanama y\u2019aka karere, Dr Ndabamenye T\u00e9l\u00e9sphore avuga ko mu rwego \u00a0rwo gukomeza kunoza imiyoborere no kurushaho kwegera abaturage, biyemeje gufatanya nabo gushaka umuti w\u2019ibi bibazo.<\/p>\n<p>Ati \u201cibibazo bikigaragara mu baturage bacu twasanze cyane cyane bishingiye ku mibanire mu miryango, abafite amazu akeneye gusanwa n\u2019abakeneye kubakirwa, urubyiruko rwifuza aho rwagurisha umusaruro w\u2019amagi n\u2019ibindi,\u2026byose tugiye kubikusanya tubyicarire, nta kizabura igisubizo\u201d.<\/p>\n<p>Abayobozi b\u2019inzego z\u2019ibanze\u00a0 basabwe\u00a0 kudapfukirana ibibazo by\u2019abaturage ahubwo bakabyumva neza,ibyo badashoboye gushakira umuti bikagezwa ku nzego zibifiteye ububasha, bakanakurikirana bakareba igituma\u00a0 bidakemuka.<\/p>\n<figure id=\"attachment_119664\" aria-describedby=\"caption-attachment-119664\" style=\"width: 1024px\" class=\"wp-caption alignnone\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"wp-image-119664 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/11\/Abaturage-basaba-ko-igihe-abayobozi-bumvise-ibibazo-byabo-bakabizeza-kubikemurabajya-bagaruka-bakababwira-uburyo-babikemuye-mo..jpg\" alt=\"\" width=\"1024\" height=\"768\" \/><figcaption id=\"caption-attachment-119664\" class=\"wp-caption-text\">Abaturage barasaba ubuvugizi kubera ibibazo bibugarije<\/figcaption><\/figure>\n<p><img decoding=\"async\" class=\"wp-image-119661 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/11\/Umuyobozi-wa-njyanama-yakarere-ka-NyamashekeDr-Ndabamenye-T\u00e9l\u00e9sphore-ganira-nabaturage-bumurenge-wa-Karambi..jpg\" alt=\"\" width=\"1024\" height=\"768\" \/><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Abaturage bo mu mirenge inyuranye y\u2019akarere ka Nyamasheke bavuga ko hari ibibazo byinshi\u00a0 bikibangamiye iterambere ryabo n\u2019imibereho myiza, bagasaba njyanama y\u2019akarere kabo kubakorera ubuvugizi bigakemuka. Babigaragaje ubwo muri aka karere hatangizwaga icyumweru cy\u2019umujyanama, aho njyanama yose\u00a0 imanukira rimwe ikegera abaturage ikumva ibibazo byabo ikanabishakira umurongo w\u2019ibisubizo,\u00a0 bikaba ngo ari ubwa mbere bibaye mu mateka ya [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-12733","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Nyamasheke: Abaturage bugarijwe n\u2019uruhuri rw\u2019ibibazo barasaba ubuvugizi - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=12733\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Nyamasheke: Abaturage bugarijwe n\u2019uruhuri rw\u2019ibibazo barasaba ubuvugizi - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Abaturage bo mu mirenge inyuranye y\u2019akarere ka Nyamasheke bavuga ko hari ibibazo byinshi\u00a0 bikibangamiye iterambere ryabo n\u2019imibereho myiza, bagasaba njyanama y\u2019akarere kabo kubakorera ubuvugizi bigakemuka. Babigaragaje ubwo muri aka karere hatangizwaga icyumweru cy\u2019umujyanama, aho njyanama yose\u00a0 imanukira rimwe ikegera abaturage ikumva ibibazo byabo ikanabishakira umurongo w\u2019ibisubizo,\u00a0 bikaba ngo ari ubwa mbere bibaye mu mateka ya [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=12733\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2018-11-23T07:48:44+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/11\/Abaturage-basaba-ko-igihe-abayobozi-bumvise-ibibazo-byabo-bakabizeza-kubikemurabajya-bagaruka-bakababwira-uburyo-babikemuye-mo..jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12733#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12733\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Nyamasheke: Abaturage bugarijwe n\u2019uruhuri rw\u2019ibibazo barasaba ubuvugizi\",\"datePublished\":\"2018-11-23T07:48:44+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12733\"},\"wordCount\":351,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12733#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2018\\\/11\\\/Abaturage-basaba-ko-igihe-abayobozi-bumvise-ibibazo-byabo-bakabizeza-kubikemurabajya-bagaruka-bakababwira-uburyo-babikemuye-mo..jpg\",\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12733#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12733\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12733\",\"name\":\"Nyamasheke: Abaturage bugarijwe n\u2019uruhuri rw\u2019ibibazo barasaba ubuvugizi - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12733#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12733#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2018\\\/11\\\/Abaturage-basaba-ko-igihe-abayobozi-bumvise-ibibazo-byabo-bakabizeza-kubikemurabajya-bagaruka-bakababwira-uburyo-babikemuye-mo..jpg\",\"datePublished\":\"2018-11-23T07:48:44+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12733#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12733\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12733#primaryimage\",\"url\":\"\",\"contentUrl\":\"\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12733#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Nyamasheke: Abaturage bugarijwe n\u2019uruhuri rw\u2019ibibazo barasaba ubuvugizi\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Nyamasheke: Abaturage bugarijwe n\u2019uruhuri rw\u2019ibibazo barasaba ubuvugizi - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12733","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Nyamasheke: Abaturage bugarijwe n\u2019uruhuri rw\u2019ibibazo barasaba ubuvugizi - BWIZA","og_description":"Abaturage bo mu mirenge inyuranye y\u2019akarere ka Nyamasheke bavuga ko hari ibibazo byinshi\u00a0 bikibangamiye iterambere ryabo n\u2019imibereho myiza, bagasaba njyanama y\u2019akarere kabo kubakorera ubuvugizi bigakemuka. Babigaragaje ubwo muri aka karere hatangizwaga icyumweru cy\u2019umujyanama, aho njyanama yose\u00a0 imanukira rimwe ikegera abaturage ikumva ibibazo byabo ikanabishakira umurongo w\u2019ibisubizo,\u00a0 bikaba ngo ari ubwa mbere bibaye mu mateka ya [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12733","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2018-11-23T07:48:44+00:00","og_image":[{"url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/11\/Abaturage-basaba-ko-igihe-abayobozi-bumvise-ibibazo-byabo-bakabizeza-kubikemurabajya-bagaruka-bakababwira-uburyo-babikemuye-mo..jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12733#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12733"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Nyamasheke: Abaturage bugarijwe n\u2019uruhuri rw\u2019ibibazo barasaba ubuvugizi","datePublished":"2018-11-23T07:48:44+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12733"},"wordCount":351,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12733#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/11\/Abaturage-basaba-ko-igihe-abayobozi-bumvise-ibibazo-byabo-bakabizeza-kubikemurabajya-bagaruka-bakababwira-uburyo-babikemuye-mo..jpg","articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=12733#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12733","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12733","name":"Nyamasheke: Abaturage bugarijwe n\u2019uruhuri rw\u2019ibibazo barasaba ubuvugizi - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12733#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12733#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/11\/Abaturage-basaba-ko-igihe-abayobozi-bumvise-ibibazo-byabo-bakabizeza-kubikemurabajya-bagaruka-bakababwira-uburyo-babikemuye-mo..jpg","datePublished":"2018-11-23T07:48:44+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12733#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=12733"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12733#primaryimage","url":"","contentUrl":""},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12733#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Nyamasheke: Abaturage bugarijwe n\u2019uruhuri rw\u2019ibibazo barasaba ubuvugizi"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/12733","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=12733"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/12733\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=12733"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=12733"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=12733"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}