{"id":12750,"date":"2018-11-24T11:22:39","date_gmt":"2018-11-24T11:22:39","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2018\/11\/24\/ibikorwa-byo-kurwanya-abacuruza-ibiyobyabwenge-nti-bizigera-bicogora-polisi\/"},"modified":"2025-02-12T13:45:23","modified_gmt":"2025-02-12T11:45:23","slug":"ibikorwa-byo-kurwanya-abacuruza-ibiyobyabwenge-nti-bizigera-bicogora-polisi","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12750","title":{"rendered":"Ibikorwa byo kurwanya abacuruza ibiyobyabwenge nti bizigera bicogora- Polisi"},"content":{"rendered":"<p>Polisi y\u2019u Rwanda iratangaza ko ibikorwa byo kurwanya abatunda bakana kwirakwiza ibiyobyabwenge mu gihugu\u00a0 bitazigera bicogora, ikanasaba abaturage gukomeza kugira uruhare mu kubirwanya.<\/p>\n<p>Polisi ikomeza igaragaza ko amakuru yizewe yatanzwe n\u2019abaturage yafashije mu gutahura inzira abacuruza ibiyobyabwenge bakoresha, aho bibikwa ndetse n\u2019amwe mu mazina y\u2019ababicuruza.<\/p>\n<p>Ibi ni ibyatangajwe n\u2019umuvugizi wa Polisi y\u2019u Rwanda\u00a0 Commissioner of Police (CP) John Bosco Kabera kuri uyu wa 23 Ugushyingo 2018,\u00a0 nyuma y\u2019uko mu Karere ka Ruhango hatanzwe amakuru ko hari abagabo batetse kanyanga Polisi n\u2019inzego z\u2019ibanze bajya gufata aba bakekwaho kwica amategeko bo bagahitamo kuyirwanya.<\/p>\n<p>Yagize ati \u201cAhagana saa kumi za mugitondo kuri uyu wa Gatanu nibwo Polisi yahawe amakuru n\u2019abaturage ko mu rugo rwa Nyandwi Vincent ruherereye mu mudugudu wa Bwiza, akagari ka Munini mu murenge wa Ruhango\u00a0 hatekewe kanyanga.\u2019\u2019<\/p>\n<p>CP Kabera akomeza agira ati \u201cMugihe Polisi n\u2019inzego zibanze zahageraga haje itsinda ry\u2019abantu bagera ku 10 barwanya inzego z\u2019umutekano ndetse batera amabuye menshi, umwe muri bo witwa Ndagijimana wari ufite umuhoro arwanya umupolisi ndetse amukomeretsa ku kaboko.\u2019\u2019<\/p>\n<p>CP Kabera akomeza avugako undi mu Polisi yaje gutabara mu genziwe kubwamahirwe make akarasa ndagijimana wabarwanyaga akoresheje umuhoro bikamuviramo urupfu.<\/p>\n<p>Muri iki gikorwa Polisi yafashe Litiro 51 za Kanyanga bari bamaze guteka, ibyo bayikoramo ndetse n\u2019ibikoresho bakoresha mu kuyiteka.<\/p>\n<p>CP Kabera akomeza agaragaza ko bamwe mu bagize iri tsinda bafashwe bakaba bashyikirijwe Urwego rw\u2019igihugu rushinzwe ubugenzacyaha (RIB) Rukorera kuri sitasiyo ya Ruhango mu gihe abatorotse bakomeje gushakishwa.<\/p>\n<p>CP Kabera asoza agaragaza ko Kanyanga ari ikiyobyabwenge bityo kuyikora cyangwa kuyicuruza bitemewe mu Rwanda, Polisi ikaba ifite inshingano zo kurwanya ibiyobyabwenge binyuze mu bukangurambaga\u00a0 bwigisha ingaruka zabyo ku buzima no ku mutekano ndetse no gutegura ibikorwa byo gufata ababicuruza.<\/p>\n<p>Igitabo cy\u2019amategeko ahana ibyaha mu Rwanda mu ngingo yacyo ya 263 igaragaza ko ibihano ku byiyongereye byiyongereye aho\u00a0 umuntu wese ukora, uhindura,winjiza mu gihugu ibiyobyabwenge n\u2019urusobe rw\u2019imiti ikoreshwa nka byo ahanishwa igifungo kuva ku myaka irindwi(7) kugeza ku gifungo cya burundu.<\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Polisi y\u2019u Rwanda iratangaza ko ibikorwa byo kurwanya abatunda bakana kwirakwiza ibiyobyabwenge mu gihugu\u00a0 bitazigera bicogora, ikanasaba abaturage gukomeza kugira uruhare mu kubirwanya. Polisi ikomeza igaragaza ko amakuru yizewe yatanzwe n\u2019abaturage yafashije mu gutahura inzira abacuruza ibiyobyabwenge bakoresha, aho bibikwa ndetse n\u2019amwe mu mazina y\u2019ababicuruza. Ibi ni ibyatangajwe n\u2019umuvugizi wa Polisi y\u2019u Rwanda\u00a0 Commissioner of [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-12750","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Ibikorwa byo kurwanya abacuruza ibiyobyabwenge nti bizigera bicogora- Polisi - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=12750\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Ibikorwa byo kurwanya abacuruza ibiyobyabwenge nti bizigera bicogora- Polisi - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Polisi y\u2019u Rwanda iratangaza ko ibikorwa byo kurwanya abatunda bakana kwirakwiza ibiyobyabwenge mu gihugu\u00a0 bitazigera bicogora, ikanasaba abaturage gukomeza kugira uruhare mu kubirwanya. Polisi ikomeza igaragaza ko amakuru yizewe yatanzwe n\u2019abaturage yafashije mu gutahura inzira abacuruza ibiyobyabwenge bakoresha, aho bibikwa ndetse n\u2019amwe mu mazina y\u2019ababicuruza. Ibi ni ibyatangajwe n\u2019umuvugizi wa Polisi y\u2019u Rwanda\u00a0 Commissioner of [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=12750\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2018-11-24T11:22:39+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T11:45:23+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12750#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12750\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Ibikorwa byo kurwanya abacuruza ibiyobyabwenge nti bizigera bicogora- Polisi\",\"datePublished\":\"2018-11-24T11:22:39+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T11:45:23+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12750\"},\"wordCount\":335,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12750#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12750\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12750\",\"name\":\"Ibikorwa byo kurwanya abacuruza ibiyobyabwenge nti bizigera bicogora- Polisi - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2018-11-24T11:22:39+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T11:45:23+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12750#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12750\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12750#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Ibikorwa byo kurwanya abacuruza ibiyobyabwenge nti bizigera bicogora- Polisi\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Ibikorwa byo kurwanya abacuruza ibiyobyabwenge nti bizigera bicogora- Polisi - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12750","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Ibikorwa byo kurwanya abacuruza ibiyobyabwenge nti bizigera bicogora- Polisi - BWIZA","og_description":"Polisi y\u2019u Rwanda iratangaza ko ibikorwa byo kurwanya abatunda bakana kwirakwiza ibiyobyabwenge mu gihugu\u00a0 bitazigera bicogora, ikanasaba abaturage gukomeza kugira uruhare mu kubirwanya. Polisi ikomeza igaragaza ko amakuru yizewe yatanzwe n\u2019abaturage yafashije mu gutahura inzira abacuruza ibiyobyabwenge bakoresha, aho bibikwa ndetse n\u2019amwe mu mazina y\u2019ababicuruza. Ibi ni ibyatangajwe n\u2019umuvugizi wa Polisi y\u2019u Rwanda\u00a0 Commissioner of [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12750","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2018-11-24T11:22:39+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T11:45:23+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12750#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12750"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Ibikorwa byo kurwanya abacuruza ibiyobyabwenge nti bizigera bicogora- Polisi","datePublished":"2018-11-24T11:22:39+00:00","dateModified":"2025-02-12T11:45:23+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12750"},"wordCount":335,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=12750#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12750","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12750","name":"Ibikorwa byo kurwanya abacuruza ibiyobyabwenge nti bizigera bicogora- Polisi - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2018-11-24T11:22:39+00:00","dateModified":"2025-02-12T11:45:23+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12750#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=12750"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12750#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Ibikorwa byo kurwanya abacuruza ibiyobyabwenge nti bizigera bicogora- Polisi"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/12750","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=12750"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/12750\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=12750"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=12750"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=12750"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}