{"id":12828,"date":"2018-11-29T09:27:13","date_gmt":"2018-11-29T09:27:13","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2018\/11\/29\/chamisa-wabeshye-ko-aziranye-na-perezida-kagame-akanyomozwa-amaze-kubigira\/"},"modified":"2025-02-12T13:44:49","modified_gmt":"2025-02-12T11:44:49","slug":"chamisa-wabeshye-ko-aziranye-na-perezida-kagame-akanyomozwa-amaze-kubigira","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12828","title":{"rendered":"Chamisa wabeshye ko aziranye na Perezida Kagame akanyomozwa amaze kubigira ingeso"},"content":{"rendered":"<p>Bwana Nelson Chamisa, perezida w\u2019ishyaka MDC, uherutse gutsindwa mu matora y\u2019umukuru w\u2019igihugu yo muri Zimbabwe akomeje guhabwa urw\u2019amenyo yitwa umubeshyi kabuhariwe nyuma y\u2019ibinyoma byinshi yagiye ashyira hanze ariko agatamazwa nko kuba yarabeshye ko ari inshuti ya perezida Paul Kagame akamutamaza avuga ko atamuzi bataranahura.<\/p>\n<p>Uyu mugabo rero aherutse gutangariza imbere y\u2019itsinda ryakoraga iperereza ku mvururu zidakabije zakurikiye aya matora yo muri Zimbabwe yabaye kuwa 30 Nyakanga 2018, arahira ko avugisha ukuri, nyamara yitegura kuvuga ibinyoma.<\/p>\n<p>Chamisa yabwiye iyi komite iri gukora iperereza kuri izi mvururu zakurikiye amatora iyobowe na Kgalema Motlanthe ko ishyaka rye, MDC, nta ruhare rryagize muri izi mvururu zarangiye abantu batandatu barashwe. Bitandukanye n\u2019ibi, yakomeje avuga ko iyo umuntu ateye ibuye muri Harare aba ashobora kuritera umuyoboke wa MDC kuko ngo 98% by\u2019abatuye uyu murwa mukuru ari abayoboke ba MDC.<\/p>\n<p>Yakomeje avuga ko ishyaka MDC atari ishyaka ry\u2019ubugizi bwa nabi, mu gihe nyamara yemera ko muri iri shyaka hashinzwe itsinda rishinzwe ikinyabupfura mu ishyaka bise The Vanguard.<\/p>\n<p>Ibi byonyine nk\u2019uko iyi nkuru dukesha Bulawayo24 ikomeza ivuga, ngo bisobanuye byinshi ku ishyaka MDC. Iri shyaka ngo akaba ari ishyaka ry\u2019ubugizi bwabi kuko ngo ishingwa ry\u2019iri tsinda rishinzwe ikinyabupfura ryari rigamije gushyira abandi ku murongo hifashishijwe ubugizi bwa nabi. Ngo hari n\u2019abantu bahuye n\u2019ubugizi bwa nabi bw\u2019iri tsinda bafite ubuhamya.<\/p>\n<p>Iyi The Vanguard Chemisa avuga ko yaje gusenywa, yari iyobowe na Shakespear Mukoyi, wemeye ko iri tsinda ryahanganye n\u2019abashakaga gucamo ibice MDC. Iri tsinda ngo rikaba ryarakoreraga ku mabwiriza ya Chemisa, ndetse rikaba ryaragize uruhare mu kuzamuka kwe ku buyobozi bw\u2019iri shyaka, aho abo muri iri shyaka bemeza ko nyuma yo kumugeza ku buyobozi ryahise risenywa.<\/p>\n<p>Ubwo yabazwaga na komite iri mu iperereza, ngo Chemisa yongeye kugaragara nk\u2019umubeshyi wabigize ingeso. Ubwo yari imbere yayo, ngo yabeshye ko yabonanye na Chief Emeka Anyouku, Umunyanijeriya wabaye Umunyamabanga Mukuru wa gatatu wa Commonwealth.<\/p>\n<p>Uyu yaje kumwitakana avuga ko umuntu wo muri MDC babonanye ari Morgan Tsvangiray ndetse wanamugaragarije ubukure n\u2019ikinyabupfura. Yongeyeho ko byamushimisha Chamisa nawe agiye akora nka Tsvangiray.<\/p>\n<p>Si inshuro ya mbere ariko Chamisa yari abeshye ko yagiye abonana n\u2019abantu bakomeye ariko akanyomozwa.<\/p>\n<p>Mu ntangiriro z\u2019uyu mwaka yabeshye ko yahuye na Perezida w\u2019u Rwanda, Paul Kagame, bakaganira ndetse ngo anamugira inama y\u2019uko yateza imbere urwego rw\u2019ikoranabuhanga mu Rwanda. Ibi Perezida Kagame yarabinyomoje\u00a0 abinyujije kuri twitter, avuga ko atazi uyu mugabo, nta biganiro bigeze bagirana aho ari ho hose, ndetse ko politiki z\u2019u Rwanda ku ikoranabuhanga n\u2019itumanaho n\u2019imishinga bijyanye byatangiye mbere y\u2019uko MDC ishingwa.<\/p>\n<p>Chamisa kandi ngo yigeze no kubeshya ko yahuye na Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Iyi nkuru ikavuga ko uyu muyobozi wa MDC akeneye igihe cyo gukura, ndetse ko bidatangaje kumva umubeshyi nk\u2019uyu ahakana ko ishyaka rye ryagize uruhare mu mvururu zo kuwa 01 Kanama.<\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Bwana Nelson Chamisa, perezida w\u2019ishyaka MDC, uherutse gutsindwa mu matora y\u2019umukuru w\u2019igihugu yo muri Zimbabwe akomeje guhabwa urw\u2019amenyo yitwa umubeshyi kabuhariwe nyuma y\u2019ibinyoma byinshi yagiye ashyira hanze ariko agatamazwa nko kuba yarabeshye ko ari inshuti ya perezida Paul Kagame akamutamaza avuga ko atamuzi bataranahura. Uyu mugabo rero aherutse gutangariza imbere y\u2019itsinda ryakoraga iperereza ku mvururu [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-12828","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Chamisa wabeshye ko aziranye na Perezida Kagame akanyomozwa amaze kubigira ingeso - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=12828\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Chamisa wabeshye ko aziranye na Perezida Kagame akanyomozwa amaze kubigira ingeso - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Bwana Nelson Chamisa, perezida w\u2019ishyaka MDC, uherutse gutsindwa mu matora y\u2019umukuru w\u2019igihugu yo muri Zimbabwe akomeje guhabwa urw\u2019amenyo yitwa umubeshyi kabuhariwe nyuma y\u2019ibinyoma byinshi yagiye ashyira hanze ariko agatamazwa nko kuba yarabeshye ko ari inshuti ya perezida Paul Kagame akamutamaza avuga ko atamuzi bataranahura. Uyu mugabo rero aherutse gutangariza imbere y\u2019itsinda ryakoraga iperereza ku mvururu [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=12828\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2018-11-29T09:27:13+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T11:44:49+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12828#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12828\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Chamisa wabeshye ko aziranye na Perezida Kagame akanyomozwa amaze kubigira ingeso\",\"datePublished\":\"2018-11-29T09:27:13+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T11:44:49+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12828\"},\"wordCount\":486,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12828#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12828\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12828\",\"name\":\"Chamisa wabeshye ko aziranye na Perezida Kagame akanyomozwa amaze kubigira ingeso - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2018-11-29T09:27:13+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T11:44:49+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12828#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12828\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12828#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Chamisa wabeshye ko aziranye na Perezida Kagame akanyomozwa amaze kubigira ingeso\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Chamisa wabeshye ko aziranye na Perezida Kagame akanyomozwa amaze kubigira ingeso - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12828","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Chamisa wabeshye ko aziranye na Perezida Kagame akanyomozwa amaze kubigira ingeso - BWIZA","og_description":"Bwana Nelson Chamisa, perezida w\u2019ishyaka MDC, uherutse gutsindwa mu matora y\u2019umukuru w\u2019igihugu yo muri Zimbabwe akomeje guhabwa urw\u2019amenyo yitwa umubeshyi kabuhariwe nyuma y\u2019ibinyoma byinshi yagiye ashyira hanze ariko agatamazwa nko kuba yarabeshye ko ari inshuti ya perezida Paul Kagame akamutamaza avuga ko atamuzi bataranahura. Uyu mugabo rero aherutse gutangariza imbere y\u2019itsinda ryakoraga iperereza ku mvururu [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12828","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2018-11-29T09:27:13+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T11:44:49+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12828#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12828"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Chamisa wabeshye ko aziranye na Perezida Kagame akanyomozwa amaze kubigira ingeso","datePublished":"2018-11-29T09:27:13+00:00","dateModified":"2025-02-12T11:44:49+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12828"},"wordCount":486,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=12828#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12828","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12828","name":"Chamisa wabeshye ko aziranye na Perezida Kagame akanyomozwa amaze kubigira ingeso - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2018-11-29T09:27:13+00:00","dateModified":"2025-02-12T11:44:49+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12828#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=12828"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12828#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Chamisa wabeshye ko aziranye na Perezida Kagame akanyomozwa amaze kubigira ingeso"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/12828","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=12828"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/12828\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=12828"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=12828"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=12828"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}