{"id":12875,"date":"2018-12-03T07:16:51","date_gmt":"2018-12-03T07:16:51","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2018\/12\/03\/rusizi-abaturage-barataka-kwamburwa-na-reg-yangije-ibyabo-mu-ikorwa-ry-039\/"},"modified":"2018-12-03T07:16:51","modified_gmt":"2018-12-03T07:16:51","slug":"rusizi-abaturage-barataka-kwamburwa-na-reg-yangije-ibyabo-mu-ikorwa-ry-039","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12875","title":{"rendered":"Rusizi: Abaturage barataka kwamburwa na REG yangije ibyabo mu ikorwa ry&#039;umuyoboro w&#039;amashanyarazi"},"content":{"rendered":"<p> <strong>Abaturage bagera kuri 53 bo mu tugari twa Kangazi, Kamanyenga, Gitwa na Rugabano mu murenge wa Nkanka mu karere ka Rusizi baravuga bambuwe na REG , bakaba bamaze imyaka 6 bangirijwe ibyabo n\u2019ikorwa ry\u2019amashanyarazi yaciye muri utu tugari twabo, bamwe muri bo bakishyurwa, abandi amaso yaheze mu kirere bityo bakibaza impamvu bo batishyurwa kandi n\u2019ibyari kubatunga byarangijwe.<\/strong> <\/p>\n<p>Baganira na Bwiza.com, bamwe muri bo bavuze ko baherutse babarurirwa bakumva ngo bamwe barishyuwe, bajya ku karere bakabwirwa ko baboneka mu mashini ariko kwishyurwa bikaba ibibazo, abayobozi bose bageze muri uyu murenge bakabatura iki kibazo, bamwe ngo bajya no ku cyicaro cya REG muri aka karere bakabwirwa ko bazishyurwa ariko n\u2019ubu ngo ntibazi aho bipfira.<\/p>\n<figure id=\"attachment_120410\" aria-describedby=\"caption-attachment-120410\" style=\"width: 1024px\" class=\"wp-caption alignnone\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"size-full wp-image-120410\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/12\/Aba-baturage-bavuga-ko-bamaze-imyaka-6-batabona-ingurane-zibyabo-byangijwebamwe-muri-bagenzi-babo-bakavuga-ko-basa-nabarambiwe-gukomeza-kubikurikirana.jpg\" alt=\"\" width=\"1024\" height=\"768\" \/><figcaption id=\"caption-attachment-120410\" class=\"wp-caption-text\"><strong>Aba baturage bavuga ko bamaze imyaka 6 batabona ingurane z&#8217;ibyabo byangijwe,bamwe muri bagenzi babo bakavuga ko basa n&#8217;abarambiwe gukomeza kubikurikirana<\/strong><\/figcaption><\/figure>\n<p>Nyiransabimana Costasie w\u2019imyaka 71 y\u2019amavuko wo mu kagari ka Kamanyenga avuga ko yangirijwe kawa, intusi, marakuja, urutoki n\u2019ibindi yari ategereje ho amarariro n\u2019amaramuko, dore ko yibana mu nzu na yo ngo igiye kumugwaho nk\u2019uko n\u2019abaturanyi be babyemeza, akaba ngo yari yabwiwe ko azishyurwa amafaranga 180.000, akaba amaze imyaka 6 ayategereje akibaza impamvu atayabona.<\/p>\n<p>Yagize ati\u2019\u2019 ndara ntariye ku manywa nkagaburirwa n\u2019abagiraneza nari mfite ibishobora kuntunga byangizwa n\u2019uwo muyoboro w\u2019amashanyarazi bacishije mu murima wanjye ibyantungaga byose bakabisenya, nkibaza uko bizagenda ngo mpabwe aya mafaranga andengere ngihumeka, ndebe ko nanasanura inzu ishobora kugwaho, nta wundi tuyibana mo, nta n\u2019umuyobozi n\u2019umwe umpa igisubizo.\u2019\u2019<\/p>\n<p>Nyandwi Ananias wo mu kagari ka Gitwa, avuga ko yagombaga kwishyurwa amafaranga 60.000 ariko amaze kumera nk\u2019uwayazinutswe kubera uburyo yayirutse ho n\u2019ubu atarayabona, aba kimwe n\u2019abandi ubwo bamwe mu bajyanama muri njyanama y\u2019akarere babasuraga mu cyumweru cyahariwe umujyanama mu kwezi gushize, bijejwe ko njyanama igiye gusaba komite nyobozi kugikurikirana kikava mu nzira.<\/p>\n<p>Umunyamabanga wa komisiyo y\u2019ubukungu muri njyana y\u2019aka karere Mukakayibanda Alphonsine, yabwiye Bwiza.com ko ikibazo bacyumvise kandi koko aba baturage bababaye, ko bagiye kureba impamvu batishyurwa ngo birangire.<\/p>\n<p>Ati\u2019\u2019 twumvise ikibazo cy\u2019abataka ko REG yabarangaranye ntibishyurwe ibyabo byangijwe n\u2019ahanyujijwe umuyoboro w\u2019amashanyarazi, dusaba abashinzwe ibikorwa remezo ku murenge kureba niba abangirijwe ibyabo bose barabaruriwe, hakarebwa niba ayo malisiti yose yarashyikirijwe akarere, komite nyobozi idufashe gukora ubuvugizi kugira ngo REG ibishyure bave muri iki gihirahiro.\u2019\u2019<\/p>\n<p>Umukozi ushinzwe ubutaka, imiturire n\u2019ibikorwa remezo muri uyu murenge, Niyomugabo Yussuf, avuga ko basanze koko hari abatarishyuwe, hakaba n\u2019abari batarabarisha ngo bamenye ayo bazishyurwa, akavuga ko abatarishyuwe ari REG ishobora kuba yarabigize mo intege nke, hakibazwa impamvu bamwe muri bo batishyuwe mu gihe abandi bishyurwaga, bakaba bagiye gushyira imbaraga mu kubikurikirana.<\/p>\n<p>Umuyobozi wa REG ishami rya Rusizi, Ntwali Joseph avuga ko batagize intege nke mu kubishyura \u00a0kandi ko hari n\u2019ahandi hagiye hanyuzwa imiyoboro y\u2019amashanyarazi hakiri ibibazo nk\u2019ibi by\u2019abishyuza, ariko hari ibiba bigomba kubanza kwitonderwa amakosa ari mo agakosorwa, ko bigikurikiranwa kuko hari n\u2019abo basanga amafaranga yarayobeye mu mabanki batagombaga guhemberwa mo,hakaba n\u2019ababeshya kuko babonye abandi bagiye kwihyurwa.<\/p>\n<figure id=\"attachment_120411\" aria-describedby=\"caption-attachment-120411\" style=\"width: 1024px\" class=\"wp-caption alignnone\"><img decoding=\"async\" class=\"size-full wp-image-120411\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/12\/Umunyamabanga-wa-komisiyo-yubukungu-muri-njyanama-yakarere-ka-Rusizi-avuga-ko-njyanama-igiye-gusaba-komite-nyobozi-kubafasha-ubuvugizi-muri-REG-abaturage-bagakurwa-mu-gihirahiro..jpg\" alt=\"\" width=\"1024\" height=\"768\" \/><figcaption id=\"caption-attachment-120411\" class=\"wp-caption-text\"><strong>Umunyamabanga wa komisiyo y&#8217;ubukungu muri njyanama y&#8217;akarere ka Rusizi avuga ko njyanama igiye gusaba komite nyobozi kubafasha ubuvugizi muri REG abaturage bagakurwa mu gihirahiro<\/strong><\/figcaption><\/figure>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Abaturage bagera kuri 53 bo mu tugari twa Kangazi, Kamanyenga, Gitwa na Rugabano mu murenge wa Nkanka mu karere ka Rusizi baravuga bambuwe na REG , bakaba bamaze imyaka 6 bangirijwe ibyabo n\u2019ikorwa ry\u2019amashanyarazi yaciye muri utu tugari twabo, bamwe muri bo bakishyurwa, abandi amaso yaheze mu kirere bityo bakibaza impamvu bo batishyurwa kandi n\u2019ibyari [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[48],"tags":[],"class_list":["post-12875","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-inkuru-twabahitiyemo"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Rusizi: Abaturage barataka kwamburwa na REG yangije ibyabo mu ikorwa ry&#039;umuyoboro w&#039;amashanyarazi - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=12875\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Rusizi: Abaturage barataka kwamburwa na REG yangije ibyabo mu ikorwa ry&#039;umuyoboro w&#039;amashanyarazi - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Abaturage bagera kuri 53 bo mu tugari twa Kangazi, Kamanyenga, Gitwa na Rugabano mu murenge wa Nkanka mu karere ka Rusizi baravuga bambuwe na REG , bakaba bamaze imyaka 6 bangirijwe ibyabo n\u2019ikorwa ry\u2019amashanyarazi yaciye muri utu tugari twabo, bamwe muri bo bakishyurwa, abandi amaso yaheze mu kirere bityo bakibaza impamvu bo batishyurwa kandi n\u2019ibyari [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=12875\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2018-12-03T07:16:51+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/12\/Aba-baturage-bavuga-ko-bamaze-imyaka-6-batabona-ingurane-zibyabo-byangijwebamwe-muri-bagenzi-babo-bakavuga-ko-basa-nabarambiwe-gukomeza-kubikurikirana.jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12875#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12875\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Rusizi: Abaturage barataka kwamburwa na REG yangije ibyabo mu ikorwa ry&#039;umuyoboro w&#039;amashanyarazi\",\"datePublished\":\"2018-12-03T07:16:51+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12875\"},\"wordCount\":547,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12875#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2018\\\/12\\\/Aba-baturage-bavuga-ko-bamaze-imyaka-6-batabona-ingurane-zibyabo-byangijwebamwe-muri-bagenzi-babo-bakavuga-ko-basa-nabarambiwe-gukomeza-kubikurikirana.jpg\",\"articleSection\":[\"inkuru-twabahitiyemo\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12875#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12875\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12875\",\"name\":\"Rusizi: Abaturage barataka kwamburwa na REG yangije ibyabo mu ikorwa ry&#039;umuyoboro w&#039;amashanyarazi - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12875#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12875#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2018\\\/12\\\/Aba-baturage-bavuga-ko-bamaze-imyaka-6-batabona-ingurane-zibyabo-byangijwebamwe-muri-bagenzi-babo-bakavuga-ko-basa-nabarambiwe-gukomeza-kubikurikirana.jpg\",\"datePublished\":\"2018-12-03T07:16:51+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12875#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12875\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12875#primaryimage\",\"url\":\"\",\"contentUrl\":\"\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12875#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Rusizi: Abaturage barataka kwamburwa na REG yangije ibyabo mu ikorwa ry&#039;umuyoboro w&#039;amashanyarazi\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Rusizi: Abaturage barataka kwamburwa na REG yangije ibyabo mu ikorwa ry&#039;umuyoboro w&#039;amashanyarazi - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12875","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Rusizi: Abaturage barataka kwamburwa na REG yangije ibyabo mu ikorwa ry&#039;umuyoboro w&#039;amashanyarazi - BWIZA","og_description":"Abaturage bagera kuri 53 bo mu tugari twa Kangazi, Kamanyenga, Gitwa na Rugabano mu murenge wa Nkanka mu karere ka Rusizi baravuga bambuwe na REG , bakaba bamaze imyaka 6 bangirijwe ibyabo n\u2019ikorwa ry\u2019amashanyarazi yaciye muri utu tugari twabo, bamwe muri bo bakishyurwa, abandi amaso yaheze mu kirere bityo bakibaza impamvu bo batishyurwa kandi n\u2019ibyari [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12875","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2018-12-03T07:16:51+00:00","og_image":[{"url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/12\/Aba-baturage-bavuga-ko-bamaze-imyaka-6-batabona-ingurane-zibyabo-byangijwebamwe-muri-bagenzi-babo-bakavuga-ko-basa-nabarambiwe-gukomeza-kubikurikirana.jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12875#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12875"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Rusizi: Abaturage barataka kwamburwa na REG yangije ibyabo mu ikorwa ry&#039;umuyoboro w&#039;amashanyarazi","datePublished":"2018-12-03T07:16:51+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12875"},"wordCount":547,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12875#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/12\/Aba-baturage-bavuga-ko-bamaze-imyaka-6-batabona-ingurane-zibyabo-byangijwebamwe-muri-bagenzi-babo-bakavuga-ko-basa-nabarambiwe-gukomeza-kubikurikirana.jpg","articleSection":["inkuru-twabahitiyemo"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=12875#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12875","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12875","name":"Rusizi: Abaturage barataka kwamburwa na REG yangije ibyabo mu ikorwa ry&#039;umuyoboro w&#039;amashanyarazi - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12875#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12875#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/12\/Aba-baturage-bavuga-ko-bamaze-imyaka-6-batabona-ingurane-zibyabo-byangijwebamwe-muri-bagenzi-babo-bakavuga-ko-basa-nabarambiwe-gukomeza-kubikurikirana.jpg","datePublished":"2018-12-03T07:16:51+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12875#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=12875"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12875#primaryimage","url":"","contentUrl":""},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12875#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Rusizi: Abaturage barataka kwamburwa na REG yangije ibyabo mu ikorwa ry&#039;umuyoboro w&#039;amashanyarazi"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/12875","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=12875"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/12875\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=12875"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=12875"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=12875"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}