{"id":12922,"date":"2018-12-05T13:02:10","date_gmt":"2018-12-05T13:02:10","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2018\/12\/05\/havutse-uruhinja-rwa-mbere-ku-mugore-wahawe-nyababyeyi-y-uwapfuye\/"},"modified":"2018-12-05T13:02:10","modified_gmt":"2018-12-05T13:02:10","slug":"havutse-uruhinja-rwa-mbere-ku-mugore-wahawe-nyababyeyi-y-uwapfuye","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12922","title":{"rendered":"Havutse uruhinja rwa mbere ku mugore wahawe nyababyeyi y\u2019uwapfuye"},"content":{"rendered":"<p>Umwana w&#8217;uruhinja w&#8217;umukobwa yavutse afite ubuzima bwiza hifashishijwe nyababyeyi yakuwe mu murambo w&#8217;umuntu.<\/p>\n<p>Igikorwa cyamaze amasaha 10 cyo gutera nyababyeyi mu mubyeyi w&#8217;uru ruhinja &#8211; cyaje gukurikirwa no kumwongerera ubushobozi bwo kuba yabyara &#8211; cyabereye i S\u00e0\u00a3o Paulo muri Brezile mu mwaka wa 2016. Uyu mubyeyi w&#8217;imyaka 32 y&#8217;amavuko, yavutse nta nyababyeyi afite.<\/p>\n<p>Hamaze kubaho ibikorwa 39 byo gutera nyababyeyi zitanzwe n&#8217;abantu bakiriho, harimo n&#8217;ababyeyi bahaye abakobwa babo nyababyeyi, ibyo bikorwa bikaba byaravutsemo abana 11.<\/p>\n<p>Ariko ibikorwa 10 byari byarabanje byo gutera nyababyeyi ikuwe mu murambo w&#8217;umuntu, hamwe ntibyagenze neza, ahandi inda zivamo.<\/p>\n<p> <strong>Imiti<\/strong> <\/p>\n<p>Iyi nkuru ya BBC ivuga ko kuri iyi nshuro, uwatanze iyi nyababyeyi yari umubyeyi w&#8217;abana batatu wari ugeze mu kigero cy&#8217;imyaka 40 y&#8217;amavuko, wapfuye azize kuva amaraso mu bwonko.<\/p>\n<p>Uyu yahaye nyababyeyi yaje gutuma uru ruhinja ruvuka, yari arwaye indwara izwi nka Mayer-Rokitansky-K\u00e0\u00bcster-Hauser syndrome, yibasira buri mugore umwe muri buri bagore 4500 ku isi, ituma igitsina cy&#8217;umugore na nyababyeyi bitirema neza.<\/p>\n<p>Ariko intanga ze zari zimeze neza, nta kibazo zifite. Ni yo mpamvu abaganga bashoboye kumukuramo intanga ngore ze, bakazihuza n&#8217;intanga ngabo z&#8217;uwaje kuba se w&#8217;urwo ruhinja.<\/p>\n<p>Uyu mugore yahawe imiti yaciye intege urwungano rw&#8217;ubwirinzi bw&#8217;umubiri rwe ngo umubiri we utahava urwanya iyo nyababyeyi yatewemo ukayisohora hanze.<\/p>\n<p><strong style=\"font-style: inherit;\">&#8216;Intambwe ndende itewe mu buvuzi&#8217;<\/strong> <\/p>\n<p>Hashize hafi ibyumweru bitandatu, yatangiye kujya mu mihango.<\/p>\n<p>Hashize amezi arindwi, yatewemo za ntanga zahujwe.<\/p>\n<p>Nuko igihe gisanzwe gutwita bimara kirangiye, umwana w&#8217;uruhinja w&#8217;umukobwa upima ibiro bibiri n&#8217;inusu avuka umubyeyi we abazwe, ku itariki ya 15 y&#8217;ukwezi kwa cumi na kabiri mu mwaka ushize wa 2017.<\/p>\n<p>Dr Dani Ejzenberg wo ku bitaro bya das Cl\u00e0\u00adnicas by&#8217;i S\u00e0\u00a3o Paulo, yagize ati:<\/p>\n<p>&#8220;Nyababyeyi za mbere zatewe zikuwe mu bantu bakiriho zabaye intambwe ndende itewe mu buvuzi, bituma abagore benshi b&#8217;ingumba bashobora kubyara hifashishijwe abatanga nyababyeyi bakwiye n&#8217;ibikoresho byo mu buvuzi bicyenewe&#8221;.<\/p>\n<p><strong style=\"font-style: inherit;\">&#8216;Ibintu bishimishije cyane&#8217;<\/strong> <\/p>\n<p>&#8220;Ariko gucyenera utanga nyababyeyi ukiriho ni imbogamizi ikomeye kuko abazitanga ni bacye cyane, bikaba bimenyerewe ko uwo muntu uyitanga aba ari uwo mu muryango we ufite ubwo bushake kandi abyemerewe n&#8217;amategeko cyangwa akaba ari umwe mu nshuti za hafi cyane&#8221;.<\/p>\n<p>Dr Srdjan Saso, wo kuri Kaminuza ya Imperial College London mu Bwongereza, yavuze ko kuvuka k&#8217;urwo ruhinja ari &#8220;ibintu bishimishije cyane&#8221;.<\/p>\n<p>Yongeyeho ati: &#8220;Bishishikariza kuba hazakoreshwa nyababyeyi z&#8217;abandi benshi batandukanye, bikoresha ikiguzi kiri hasi kandi bituma hirindwa ibyago bituruka mu kubaga abatanga nyababyeyi baba bakiriho&#8221;.<\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umwana w&#8217;uruhinja w&#8217;umukobwa yavutse afite ubuzima bwiza hifashishijwe nyababyeyi yakuwe mu murambo w&#8217;umuntu. Igikorwa cyamaze amasaha 10 cyo gutera nyababyeyi mu mubyeyi w&#8217;uru ruhinja &#8211; cyaje gukurikirwa no kumwongerera ubushobozi bwo kuba yabyara &#8211; cyabereye i S\u00e0\u00a3o Paulo muri Brezile mu mwaka wa 2016. Uyu mubyeyi w&#8217;imyaka 32 y&#8217;amavuko, yavutse nta nyababyeyi afite. Hamaze kubaho [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[7],"tags":[],"class_list":["post-12922","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-utuntu-nutundi"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Havutse uruhinja rwa mbere ku mugore wahawe nyababyeyi y\u2019uwapfuye - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=12922\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Havutse uruhinja rwa mbere ku mugore wahawe nyababyeyi y\u2019uwapfuye - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Umwana w&#8217;uruhinja w&#8217;umukobwa yavutse afite ubuzima bwiza hifashishijwe nyababyeyi yakuwe mu murambo w&#8217;umuntu. Igikorwa cyamaze amasaha 10 cyo gutera nyababyeyi mu mubyeyi w&#8217;uru ruhinja &#8211; cyaje gukurikirwa no kumwongerera ubushobozi bwo kuba yabyara &#8211; cyabereye i S\u00e0\u00a3o Paulo muri Brezile mu mwaka wa 2016. Uyu mubyeyi w&#8217;imyaka 32 y&#8217;amavuko, yavutse nta nyababyeyi afite. Hamaze kubaho [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=12922\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2018-12-05T13:02:10+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12922#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12922\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Havutse uruhinja rwa mbere ku mugore wahawe nyababyeyi y\u2019uwapfuye\",\"datePublished\":\"2018-12-05T13:02:10+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12922\"},\"wordCount\":415,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"utuntu-nutundi\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12922#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12922\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12922\",\"name\":\"Havutse uruhinja rwa mbere ku mugore wahawe nyababyeyi y\u2019uwapfuye - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2018-12-05T13:02:10+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12922#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12922\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12922#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Havutse uruhinja rwa mbere ku mugore wahawe nyababyeyi y\u2019uwapfuye\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Havutse uruhinja rwa mbere ku mugore wahawe nyababyeyi y\u2019uwapfuye - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12922","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Havutse uruhinja rwa mbere ku mugore wahawe nyababyeyi y\u2019uwapfuye - BWIZA","og_description":"Umwana w&#8217;uruhinja w&#8217;umukobwa yavutse afite ubuzima bwiza hifashishijwe nyababyeyi yakuwe mu murambo w&#8217;umuntu. Igikorwa cyamaze amasaha 10 cyo gutera nyababyeyi mu mubyeyi w&#8217;uru ruhinja &#8211; cyaje gukurikirwa no kumwongerera ubushobozi bwo kuba yabyara &#8211; cyabereye i S\u00e0\u00a3o Paulo muri Brezile mu mwaka wa 2016. Uyu mubyeyi w&#8217;imyaka 32 y&#8217;amavuko, yavutse nta nyababyeyi afite. Hamaze kubaho [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12922","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2018-12-05T13:02:10+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12922#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12922"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Havutse uruhinja rwa mbere ku mugore wahawe nyababyeyi y\u2019uwapfuye","datePublished":"2018-12-05T13:02:10+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12922"},"wordCount":415,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["utuntu-nutundi"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=12922#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12922","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12922","name":"Havutse uruhinja rwa mbere ku mugore wahawe nyababyeyi y\u2019uwapfuye - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2018-12-05T13:02:10+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12922#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=12922"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12922#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Havutse uruhinja rwa mbere ku mugore wahawe nyababyeyi y\u2019uwapfuye"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/12922","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=12922"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/12922\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=12922"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=12922"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=12922"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}