{"id":12924,"date":"2018-12-06T05:35:34","date_gmt":"2018-12-06T05:35:34","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2018\/12\/06\/nyamasheke-barishimira-kaminuza-ya-kibogora-polytechnic-bavuga-ko-yababereye\/"},"modified":"2018-12-06T05:35:34","modified_gmt":"2018-12-06T05:35:34","slug":"nyamasheke-barishimira-kaminuza-ya-kibogora-polytechnic-bavuga-ko-yababereye","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12924","title":{"rendered":"Nyamasheke: Barishimira kaminuza ya Kibogora polytechnic bavuga ko yababereye igisubizo"},"content":{"rendered":"<p>Bamwe mu baturage b\u2019akarere ka Nyamasheke bashima Leta yabahaye kaminuza ya Kibogora polytechnic ku bufatanye n\u2019itorero M\u00e9thodiste Libre mu Rwanda, kuko hari byinshi yakemuye mu bibazo byari bibugarije birimo kubura aho abana babo bigira kaminuza hafi, bagasaba ko abayirangiza mo n\u2019abacyiyiga mo barusha ho kuba igisubizo ku bibazo by\u2019ubukungu n\u2019imibereho myiza yabo bikibugarije.<\/p>\n<figure id=\"attachment_120658\" aria-describedby=\"caption-attachment-120658\" style=\"width: 1024px\" class=\"wp-caption alignnone\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"size-full wp-image-120658\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/12\/Bamwe-mu-basoje-amasomo-muri-kaminuza-ya-Kibogora-polytechinic-bavuga-ko-batagiye-kwicarana-impamyabushobozi-babonye..jpg\" alt=\"\" width=\"1024\" height=\"768\" \/><figcaption id=\"caption-attachment-120658\" class=\"wp-caption-text\"><strong>Bamwe mu basoje amasomo muri kaminuza ya Kibogora polytechinic bavuga ko batagiye kwicarana impamyabushobozi babonye.<\/strong><\/figcaption><\/figure>\n<p>Ni bimwe mu byo batangarije Bwiza.com ubwo abagera kuri 300 bayirangije mo bahabwaga impamyabushobozi zabo, aho bavugaga ko nubwo impinduka mu iterambere zitangiye kugaragara cyane cyane mu bice biyegereye by\u2019imirenge ya Kagano na Kanjongo mu myaka 6 gusa imaze ihabonye izuba, bakavuga ko hari n\u2019ibindi ikwiye kwibandaho ku mibereho myiza y\u2019abatuye n\u2019indi mirenge y\u2019aka karere.<\/p>\n<p>Nyiransabimana Epiphanie utuye mu murenge wa Gihombo yagize ati \u2019\u2019 Turashima Perezida Kagame na Leta ayoboye kuba baradukemuriye ikibazo cy\u2019abana bacu baburaga aho bigira hafi, kimwe n\u2019abatari bujuje amashuri asabwa mu kazi baburaga uko babigenza bakajya kwiga mu bihugu duturanye batabaga bizeye n\u2019umutekano wabo, bahatanga n\u2019amafaranga atagira ingano, tukifuza ko mu bushakashatsi bakora n\u2019imirimo ikorwa n\u2019abarangije badukemurira cyane cyane ibibazo by\u2019imirire mibi n\u2019ubukene bukabije tugifite.<\/p>\n<p>Niyomukiza Esther urangije mu ishami ry\u2019ubuforomo na we yemeza ko hari akazi gategereje aba barangije muri iyi kaminuza, kuko hakiri ibibazo by\u2019imirire mibi bigaragara muri aka karere, ibya bamwe mu baturage batarasobanukirwa n\u2019akamaro ko kwisuzumisha indwara zitandura hakiri kare, bakazitiranya n\u2019amarozi igihe zabarembeje ugasanga bikoma bagenzi babo, iby\u2019iterambere no kurwanya ubukene bikiri hasi n\u2019ibindi akavuga ko bagiye mu baturage kurushaho gufatanya na bo kubikemura.<\/p>\n<p>Ati\u2019\u2019 gufatanya n\u2019abaturage gukemura ibyo bibazo ntibisaba kuba ufite akazi, ni yo mpamvu, nk\u2019uko twagiye tujya mu baturage mu bihe binyuranye birimo n\u2019iby\u2019imenyerezamwuga tukareba ibyo bibazo byose, twiteguye kuba umusemburo w\u2019impinduka mu iterambere ry\u2019aka karere n\u2019igihugu muri rusange ku bushobozi tuzaba dufite.\u2019\u2019<\/p>\n<figure id=\"attachment_120659\" aria-describedby=\"caption-attachment-120659\" style=\"width: 1024px\" class=\"wp-caption alignnone\"><img decoding=\"async\" class=\"size-full wp-image-120659\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/12\/Dr-Gasingirwa-Christine-ushinzwe-ireme-ryuburezi-mu-byamasiyansi-muri-HEC-ashimangira-ko-kaminuza-zikwiye-guhindura-imibereho-yabatuye-aho-zikorera..jpg\" alt=\"\" width=\"1024\" height=\"768\" \/><figcaption id=\"caption-attachment-120659\" class=\"wp-caption-text\"><strong>Dr Gasingirwa Christine ushinzwe ireme ry&#8217;uburezi mu by&#8217;amasiyansi muri HEC ashimangira ko kaminuza zikwiye guhindura imibereho y&#8217;abatuye aho zikorera.<\/strong><\/figcaption><\/figure>\n<p>Ibi ni na byo byashimangiwe n\u2019umuyobozi ushinzwe ireme ry\u2019uburezi bw\u2019amasiyansi mu nama nkuru y\u2019amashuri makuru na za kaminuza mu Rwanda Dr Gasingirwa Christine, aho yasabye abahawe impamyabushobozi zabo n\u2019abacyiga muri iyi kaminuza kumva ko, nk\u2019abanyabwenge akarere gafite ari bo ba mbere bazakazamura, cyane cyane ko abenshi mu bahiga ari abaho.<\/p>\n<p>Yavuze ko aba kure yako atari bo bazamenya ibyo gakeneye, ko ahubwo ari inshingano za kaminuza kugira uruhare mu iterambere ry\u2019abaturage b\u2019aho ikorera, kuko ubundi kaminuza iba ifite inshingano nyamukuru zo kwigisha, ubushakashatsi n\u2019icyo bumarira abaturiye agace iba iherereye mo, ubumenyi bahabwa bukaba bugomba kwigaragariza ku mpinduka ku buzima bw\u2019abaturiye aho iri.<\/p>\n<p>Aganira na Bwiza.com, umuyobozi w\u2019iyi kaminuza,Dr Mukamusoni Dalia yavuze ko guhindura imibereho y\u2019abatuye aka karere babitangiye kandi babifashe nk\u2019inshingano bahereye ku kwigisha abana babo bakagira ubumenyi bukenewe mu kuzamura iyi mibereho, kujya mu baturage bagafatanya na bo kwizamura mu iterambere, kuboroza, kubakira abatishoboye, kurihira bamwe mu bana barokotse Jenoside yakorewe abatutsi , gutanga abaforomo n\u2019ababyaza babishoboye mu bitaro by\u2019utu turere twombi, n\u2019ibindi, yizeza ko bizakomeza.<\/p>\n<p>Ni ku nshuro ya 4 iyi kaminuza itanga impamyabushobozi, aho imaze kuziha abagera ku 1000 bari mu mashami anyuranye arimo ubuvuzi, ubukungu, uburezi na Twolojiya, Umwepisikopi w\u2019itorero M\u00e9thodiste Libre mu Rwanda, Musenyeri Samuel Kayinamura, avuga ko iri shami rya Tewolojiya ryatangiye gukemura ikibazo gikomeye cyane kiri mu matorero ya gikirisitu cy\u2019abapasiteri batabifitiye ubushobozi, mu minsi iri imbere mu itorero ryabo kikazaba cyabaye amateka.<\/p>\n<figure id=\"attachment_120661\" aria-describedby=\"caption-attachment-120661\" style=\"width: 1024px\" class=\"wp-caption alignnone\"><img decoding=\"async\" class=\"size-full wp-image-120661\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/12\/Umuyobozi-wikirenga-wa-Kibogora-polytechnic-Ian-Higginbotham-yishimira-igisubizo-iyi-kaminuza-yatanze-kubaburaga-aho-bigira-muri-Rusizi-na-Nyamasheke..jpg\" alt=\"\" width=\"1024\" height=\"768\" \/><figcaption id=\"caption-attachment-120661\" class=\"wp-caption-text\"><strong>Umuyobozi w&#8217;ikirenga wa Kibogora polytechnic Ian Higginbotham yishimira igisubizo iyi kaminuza yatanze kubaburaga aho bigira muri Rusizi na Nyamasheke.<\/strong><\/figcaption><\/figure>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Bamwe mu baturage b\u2019akarere ka Nyamasheke bashima Leta yabahaye kaminuza ya Kibogora polytechnic ku bufatanye n\u2019itorero M\u00e9thodiste Libre mu Rwanda, kuko hari byinshi yakemuye mu bibazo byari bibugarije birimo kubura aho abana babo bigira kaminuza hafi, bagasaba ko abayirangiza mo n\u2019abacyiyiga mo barusha ho kuba igisubizo ku bibazo by\u2019ubukungu n\u2019imibereho myiza yabo bikibugarije. Ni bimwe [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-12924","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Nyamasheke: Barishimira kaminuza ya Kibogora polytechnic bavuga ko yababereye igisubizo - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=12924\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Nyamasheke: Barishimira kaminuza ya Kibogora polytechnic bavuga ko yababereye igisubizo - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Bamwe mu baturage b\u2019akarere ka Nyamasheke bashima Leta yabahaye kaminuza ya Kibogora polytechnic ku bufatanye n\u2019itorero M\u00e9thodiste Libre mu Rwanda, kuko hari byinshi yakemuye mu bibazo byari bibugarije birimo kubura aho abana babo bigira kaminuza hafi, bagasaba ko abayirangiza mo n\u2019abacyiyiga mo barusha ho kuba igisubizo ku bibazo by\u2019ubukungu n\u2019imibereho myiza yabo bikibugarije. Ni bimwe [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=12924\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2018-12-06T05:35:34+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/12\/Bamwe-mu-basoje-amasomo-muri-kaminuza-ya-Kibogora-polytechinic-bavuga-ko-batagiye-kwicarana-impamyabushobozi-babonye..jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12924#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12924\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Nyamasheke: Barishimira kaminuza ya Kibogora polytechnic bavuga ko yababereye igisubizo\",\"datePublished\":\"2018-12-06T05:35:34+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12924\"},\"wordCount\":645,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12924#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2018\\\/12\\\/Bamwe-mu-basoje-amasomo-muri-kaminuza-ya-Kibogora-polytechinic-bavuga-ko-batagiye-kwicarana-impamyabushobozi-babonye..jpg\",\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12924#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12924\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12924\",\"name\":\"Nyamasheke: Barishimira kaminuza ya Kibogora polytechnic bavuga ko yababereye igisubizo - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12924#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12924#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2018\\\/12\\\/Bamwe-mu-basoje-amasomo-muri-kaminuza-ya-Kibogora-polytechinic-bavuga-ko-batagiye-kwicarana-impamyabushobozi-babonye..jpg\",\"datePublished\":\"2018-12-06T05:35:34+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12924#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12924\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12924#primaryimage\",\"url\":\"\",\"contentUrl\":\"\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12924#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Nyamasheke: Barishimira kaminuza ya Kibogora polytechnic bavuga ko yababereye igisubizo\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Nyamasheke: Barishimira kaminuza ya Kibogora polytechnic bavuga ko yababereye igisubizo - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12924","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Nyamasheke: Barishimira kaminuza ya Kibogora polytechnic bavuga ko yababereye igisubizo - BWIZA","og_description":"Bamwe mu baturage b\u2019akarere ka Nyamasheke bashima Leta yabahaye kaminuza ya Kibogora polytechnic ku bufatanye n\u2019itorero M\u00e9thodiste Libre mu Rwanda, kuko hari byinshi yakemuye mu bibazo byari bibugarije birimo kubura aho abana babo bigira kaminuza hafi, bagasaba ko abayirangiza mo n\u2019abacyiyiga mo barusha ho kuba igisubizo ku bibazo by\u2019ubukungu n\u2019imibereho myiza yabo bikibugarije. Ni bimwe [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12924","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2018-12-06T05:35:34+00:00","og_image":[{"url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/12\/Bamwe-mu-basoje-amasomo-muri-kaminuza-ya-Kibogora-polytechinic-bavuga-ko-batagiye-kwicarana-impamyabushobozi-babonye..jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12924#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12924"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Nyamasheke: Barishimira kaminuza ya Kibogora polytechnic bavuga ko yababereye igisubizo","datePublished":"2018-12-06T05:35:34+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12924"},"wordCount":645,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12924#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/12\/Bamwe-mu-basoje-amasomo-muri-kaminuza-ya-Kibogora-polytechinic-bavuga-ko-batagiye-kwicarana-impamyabushobozi-babonye..jpg","articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=12924#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12924","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12924","name":"Nyamasheke: Barishimira kaminuza ya Kibogora polytechnic bavuga ko yababereye igisubizo - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12924#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12924#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/12\/Bamwe-mu-basoje-amasomo-muri-kaminuza-ya-Kibogora-polytechinic-bavuga-ko-batagiye-kwicarana-impamyabushobozi-babonye..jpg","datePublished":"2018-12-06T05:35:34+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12924#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=12924"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12924#primaryimage","url":"","contentUrl":""},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12924#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Nyamasheke: Barishimira kaminuza ya Kibogora polytechnic bavuga ko yababereye igisubizo"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/12924","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=12924"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/12924\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=12924"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=12924"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=12924"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}