{"id":12981,"date":"2018-12-09T10:37:31","date_gmt":"2018-12-09T10:37:31","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2018\/12\/09\/turacyafite-imbogamizi-mu-gukurikirana-ibyaha-byo-gusambanya-abana-muhongerwa\/"},"modified":"2018-12-09T10:37:31","modified_gmt":"2018-12-09T10:37:31","slug":"turacyafite-imbogamizi-mu-gukurikirana-ibyaha-byo-gusambanya-abana-muhongerwa","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12981","title":{"rendered":"Turacyafite imbogamizi mu gukurikirana ibyaha byo gusambanya abana- Muhongerwa Agnes"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Umuyobozi w&#8217;Ishami Rikurikirana Amadosiye y&#8217;Ibyaha by&#8217;Ihohoterwa Rishingiye ku Gitsina mu Bushinjacyaha Bukuru bw\u2019u Rwanda, Muhongerwa Agnes avuga ko nubwo Leta ishyira imbaraga mu guhana abasambanya abana, hakiri imbogamizi z\u2019abantu bahishira ababikora.<\/em> <\/strong> <\/p>\n<p>Ibi madamu Muhongera yabivuze mu kiganiro \u2018Dusangire Ijambo\u2019 kuri Radio na Televiziyo by\u2019u Rwanda, kuri iki Cyumweru tariki ya 9 Ukuboza 2018. Ikiganiro cyagarukaga ku ngamba zo kurwanya no gukumira ihohoterwa rikorerwa abagore n&#8217;abakobwa n&#8217;icyaha cyo gusambanya abana.<\/p>\n<p>Muri iki kiganiro cyarimo abatumirwa batandukanye, Madamu Muhongera avuga ko kimwe mu bibazo bituma ibyaha by&#8217;ihohoterwa bidahanwa ahanini bituruka kuri\u00a0 bamwe mu babyeyi babihishira, umwana agasambanywa imiryango ikumvikana ku buryo ubuyobozi butabimenya. Agashimangira ko ntibikwiye na gato.<\/p>\n<p>Agashimangira ko niyo amakuru atanzwe, bikorwa nyuma rimwe na rimwe ibimenyetso byarasibanganye, ati \u201cTuracyafite imbogamizi mu gukurikirana ibyaha byo gusambanya abana kuko abo bibaho badatangira amakuru ku gihe ugasanga ibimenyetso byasibanganye\u201d.<\/p>\n<p>Arakomeza akangurira abaturarwanda kujya bihutira gutanga amakuru y&#8217;ibyaha byo gusambanya abana kugira ngo ubutabera bubikurikirane hakiri kare ndetse ko n\u2019ubwo ubutabera bushyira imbaraga mu guhana abasambanya abana, bunazishyira\u00a0 mu gukumira ibi byaha.<\/p>\n<p>Musenyeri John Rucyahana nawe wari umutumirwa muri iki kiganiro, avuga ko \u00a0inzego zose zikwiye kumva uburemere bw&#8217;ikibazo cy&#8217;ihohoterwa rikorerwa abagore n&#8217;abakobwa n&#8217;inda z&#8217;imburagihe. Ati \u201cAbanyamadini, ababyeyi, abafatanyabikorwa n&#8217;umuryango muri rusange dushyire hamwe turwane uru rugamba\u201d.<\/p>\n<p>Agarutse ku banyamadini by\u2019umwihariko, Mgr Rucyahana yagize ati \u201cNtibyumvikana ukuntu naba ndi umushumba w&#8217;itorero, umuntu agasambanya umwana cyangwa agakora irindi ihohoterwa nkarebera. Abanyamadini dukwiye kugira uruhare mu kurwanya no gukumira ibi byaha tugafatanya n&#8217;ubutabera n&#8217;izindi nzego kuko birimo birangiza Umuryango Nyarwanda\u201d.<\/p>\n<p>Ubukangurambaga bwo gukumira isambanywa rikorerwa abana, bwatangiye ku wa 11 Ukwakira, bukazarangira ku wa 10 Ukuboza 2018, insanganyamatsiko igira iti \u201cTwubake umuryango twifuza, turwanya gusambanya abana\u201d.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umuyobozi w&#8217;Ishami Rikurikirana Amadosiye y&#8217;Ibyaha by&#8217;Ihohoterwa Rishingiye ku Gitsina mu Bushinjacyaha Bukuru bw\u2019u Rwanda, Muhongerwa Agnes avuga ko nubwo Leta ishyira imbaraga mu guhana abasambanya abana, hakiri imbogamizi z\u2019abantu bahishira ababikora. Ibi madamu Muhongera yabivuze mu kiganiro \u2018Dusangire Ijambo\u2019 kuri Radio na Televiziyo by\u2019u Rwanda, kuri iki Cyumweru tariki ya 9 Ukuboza 2018. Ikiganiro cyagarukaga [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[26],"tags":[],"class_list":["post-12981","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-iterambere-ryumuryango"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Turacyafite imbogamizi mu gukurikirana ibyaha byo gusambanya abana- Muhongerwa Agnes - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=12981\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Turacyafite imbogamizi mu gukurikirana ibyaha byo gusambanya abana- Muhongerwa Agnes - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Umuyobozi w&#8217;Ishami Rikurikirana Amadosiye y&#8217;Ibyaha by&#8217;Ihohoterwa Rishingiye ku Gitsina mu Bushinjacyaha Bukuru bw\u2019u Rwanda, Muhongerwa Agnes avuga ko nubwo Leta ishyira imbaraga mu guhana abasambanya abana, hakiri imbogamizi z\u2019abantu bahishira ababikora. Ibi madamu Muhongera yabivuze mu kiganiro \u2018Dusangire Ijambo\u2019 kuri Radio na Televiziyo by\u2019u Rwanda, kuri iki Cyumweru tariki ya 9 Ukuboza 2018. Ikiganiro cyagarukaga [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=12981\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2018-12-09T10:37:31+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"1 minute\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12981#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12981\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Turacyafite imbogamizi mu gukurikirana ibyaha byo gusambanya abana- Muhongerwa Agnes\",\"datePublished\":\"2018-12-09T10:37:31+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12981\"},\"wordCount\":297,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"iterambere-ryumuryango\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12981#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12981\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12981\",\"name\":\"Turacyafite imbogamizi mu gukurikirana ibyaha byo gusambanya abana- Muhongerwa Agnes - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2018-12-09T10:37:31+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12981#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12981\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=12981#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Turacyafite imbogamizi mu gukurikirana ibyaha byo gusambanya abana- Muhongerwa Agnes\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Turacyafite imbogamizi mu gukurikirana ibyaha byo gusambanya abana- Muhongerwa Agnes - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12981","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Turacyafite imbogamizi mu gukurikirana ibyaha byo gusambanya abana- Muhongerwa Agnes - BWIZA","og_description":"Umuyobozi w&#8217;Ishami Rikurikirana Amadosiye y&#8217;Ibyaha by&#8217;Ihohoterwa Rishingiye ku Gitsina mu Bushinjacyaha Bukuru bw\u2019u Rwanda, Muhongerwa Agnes avuga ko nubwo Leta ishyira imbaraga mu guhana abasambanya abana, hakiri imbogamizi z\u2019abantu bahishira ababikora. Ibi madamu Muhongera yabivuze mu kiganiro \u2018Dusangire Ijambo\u2019 kuri Radio na Televiziyo by\u2019u Rwanda, kuri iki Cyumweru tariki ya 9 Ukuboza 2018. Ikiganiro cyagarukaga [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12981","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2018-12-09T10:37:31+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"1 minute"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12981#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12981"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Turacyafite imbogamizi mu gukurikirana ibyaha byo gusambanya abana- Muhongerwa Agnes","datePublished":"2018-12-09T10:37:31+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12981"},"wordCount":297,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["iterambere-ryumuryango"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=12981#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12981","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12981","name":"Turacyafite imbogamizi mu gukurikirana ibyaha byo gusambanya abana- Muhongerwa Agnes - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2018-12-09T10:37:31+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12981#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=12981"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=12981#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Turacyafite imbogamizi mu gukurikirana ibyaha byo gusambanya abana- Muhongerwa Agnes"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/12981","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=12981"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/12981\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=12981"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=12981"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=12981"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}