{"id":13008,"date":"2018-12-11T08:44:29","date_gmt":"2018-12-11T08:44:29","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2018\/12\/11\/ubuhamya-bw-umukobwa-wa-frank-rusagara-nyuma-y-039-ifungwa-rya-se\/"},"modified":"2025-02-12T13:24:18","modified_gmt":"2025-02-12T11:24:18","slug":"ubuhamya-bw-umukobwa-wa-frank-rusagara-nyuma-y-039-ifungwa-rya-se","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13008","title":{"rendered":"Ubuhamya bw\u2019umukobwa wa\u00a0 Frank Rusagara nyuma y&#039;ifungwa rya se"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Komisiyo ishinzwe uburenganzira bwa muntu mu nteko ishinga amategeko ya Amerika kuwa\u00a0 Kabiri, tariki 04 Ukuboza 2018 yateze amatwi ikiganiro kigaruka ku burenganzira bwa muntu mu Rwanda aho umukobwa wa\u00a0 Rusagara, Veronica Shandari yari mu batanze ikiganiro.<\/em> <\/strong> <\/p>\n<p>Mu kiganiro kirekire Shandari yatanze muri Tom Lantos Human Rights Commission (TLHRC), yagarutse\u00a0 ahanini ku mateka ya se umubyara n&#8217;uburyo ifungwa rye ryagize ingaruka ku muryango we uba mu Bwongereza.<\/p>\n<p>Mu bandi batanze ikiganiro muri iyi komisiyo harimo \u00a0Adotei Akwei, wo muri Amnesty International USA, Kate Barth, Umuyobozi wa Freedom Now.<\/p>\n<p>Shandari yatangiye ashimira iyi komisiyo kuba yamuhaye umwanya wo kugira ngo agire icyo avuga ku burenganzira bwa muntu mu Rwanda by\u2019umwihariko ku ifungwa rya se.<\/p>\n<p> <strong>Dore ibitekerezo bye:<\/strong> <\/p>\n<p>Ndatangira mbabwira muri make amateka y\u2019ababyeyi banjye, Frank Rusagara na nyakwigendera Christine Rusagara. Ababyeyi banjye bahuriye muri Uganda aho bakoraga muri Minisiteri y\u2019Umutekano ku Ngoma ya NRA (igisirikare cya Museveni cyaje kuvamo UPDF). Bahereyaho bagira n\u2019uruhare mu rugamba rwo kwibihora basubira ku ivuko.<\/p>\n<p>Data yakoze yitanga mu bijyanye n\u2019umutekano w\u2019igihugu kugeza ahawe ipeti rya jenerali mu gisirikare. Yabaye Perezida w\u2019Urukiko rwa Gisirikare rwa Kanombe ari narwo rwamuciriye na we urubanza. Akazi yakoze mbere yo kusezererwa mu gisirikare ni ukuba atashe mu by\u2019umutekano mu Bwongereza, Geneva no mu Karere ka Sikandinaviya ( Ibihugu byo mu majyaruguru y\u2019isi birimo Suwede, Noruveje, Danimarike n\u2019ibindi). Yari n\u2019umunyeshuri wo ushaka Dogitora (PhD) ku ishuri rya Oriental and African Studies muri Kaminuza ya Landani (Londoni).<\/p>\n<p>Data yasabwe kugaruka mu Rwanda avuye mu Bwongereza muri Gashyantare 2013, yahise ahagarikwa ku kazi. Ibi yabibonye nk\u2019ibintu byiza kuko yumvaga azaba abonye akanya ko gukorera ubushakashtasi bwe mu Rwanda kugira ngo arangize amasomo ye mu 2014.<\/p>\n<p>Yabashije kuza i Landani bwa nyuma aje kutwimura mu nyubako y\u2019abadipolomate, ni nabwo twamubonye bwa nyuma. Muri Nzeri 2013, yamenye ko we na bagenzi be 32 bagiye gusezererwa mu gisirikare. Kuwa Gatanu w\u2019icyumweru cya nyuma cy\u2019 Ukwakira 2013, Minisitiri w\u2019Umutekano yabakiriye mu birori anabashimira ubwitange bagaragaje mu kazi.<\/p>\n<p>Mu Gushyingo 2013, yasabwe na Leta ko yagira uruhare mu gutanga ibiganiro muri Gahunda ya Ndi Umunyarwanda yari iyobowe na Minisitiri w\u2019Intebe. Yarabikoze mu gihugu hose anakomeza ubushakashatsi anafasha abanyeshuri b\u2019abanayamahanga bakoraga ubushakashatsi ku Rwanda.<\/p>\n<p>Muri Werurwe 2014, yahuye n\u2019abanyeshuri 12 bari barangije icyiciro cya Gatatu cya kaminuza bari kumwe n\u2019umwarimu wabo ubwo bari mu rugendo shuri. Bahuriye Nyarutarama Tennis Club, hamwe mu hantu ahaba harinzwe n\u2019abasirikare kandi hashobora kwinjirwa n\u2019abasirikare bakuru gusa. Aha niho bivugwa ko data yakoreye icyaha cyo gusebya Leta iriho mu Rwanda.<\/p>\n<p>Nyuma y\u2019ibi, kuwa 17 Ukwakira 2014, data yarafashwe. Nyuma hafatwa muramu we akaba n\u2019umwe mu basirikare bo ku rwego rwo hejuru, Tom Byabagamba ndetse n\u2019umushoferi wa data, Francosi Kabayiza.<\/p>\n<p>[penci_related_posts taxonomies=&#8221;undefined&#8221; title=&#8221;Izindi nkuru wasoma&#8221; background=&#8221;&#8221; border=&#8221;&#8221; thumbright=&#8221;no&#8221; number=&#8221;4&#8243; style=&#8221;list&#8221; align=&#8221;none&#8221; displayby=&#8221;recent_posts&#8221; orderby=&#8221;random&#8221;]<\/p>\n<p>Nababwira ko marume, David Himbara wahungiye muri Kanada (Canada) ari umuvandimwe wa Tom Byabagamba. Sinzi niba iyi sano ari yaba yaratumye data atabwa muri yombi.<\/p>\n<p>Kuwa 29 Ukwakira 2014 , data yahamijwe ibyaha birimo:<\/p>\n<p>Gukwirakwiza ibihuha bigamije kwangisha abaturage ubutegetsi ( Icyaha gihanwa n\u2019ingingo ya 463 y\u2019amategeko ahana y\u2019u Rwanda).<\/p>\n<p>Gukora ibikowa bigamije gusiga isura mbi igihugu kandi ari umuyobozi (Icyaha gihanwa n\u2019ingingo ya 660 y\u2019amategeko ahana y\u2019u Rwanda).<\/p>\n<p>Gutunga imbunda binyuranyije n\u2019amategeko (Icyaha gihanwa n\u2019ingingo ya 671 y\u2019amategeko ahana y\u2019u Rwanda).<\/p>\n<p>Nyuma yo gutabwa muri yombi konti ze zirafungwa ndetse ntiyemererwa kuba yakwitaba telefoni z\u2019umuryango we wabaga mu Bwongereza.<\/p>\n<p>Data yafungiwe i Kanombe, yashobora gusurwa agahe gato n\u2019umuryango we uba mu Rwanda gusa bacunzwe na miritari (military police).<\/p>\n<p>Kuwa 31 Werurwe 2016, data yahamijwe ibyaha byose yaregwaga akatirwa gufungwa imyaka 22.<\/p>\n<p> <strong>Uburwayi n&#8217;urupfu rwa nyina umubyara<\/strong> <\/p>\n<p>Mu 2015, mama yaje kuremba bitewe n\u2019uburwayi bwa kanseri. Yararwaye bikomeye ku buryo muri Nyakanga 2016 ibitaro byanditse ibaruwa bisaba ko data yakwemererwa kuvugana na mama wari mu marembera gusa ubu busabe\u00a0 buterwa utwatsi.<\/p>\n<figure id=\"attachment_121139\" aria-describedby=\"caption-attachment-121139\" style=\"width: 712px\" class=\"wp-caption alignnone\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"wp-image-121139 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/12\/mu_rukiko2jpaa82-2b6c1.jpg\" alt=\"\" width=\"712\" height=\"472\" \/><figcaption id=\"caption-attachment-121139\" class=\"wp-caption-text\"><em> <strong>Frank Rusagara (wambaye icyatsi kibisi) na Tom Byabagamba (wambaye gisirikari) ubwo bari mu rukiko<\/strong> <\/em><\/figcaption><\/figure>\n<p>Mama yaje gupfa atavuganye na data ngo amusezereho. Twagumye aho ngaho tuba twenyine. Ugufatwa kwa data kwatumye dusigara dufite imitwaro yo mu mutwe nk\u2019ubwoba, umunaniro wo mu mutwe (stress) no guhangana no kubaho bya buri munsi.<\/p>\n<p>Data ndamukumbura buri munsi ! Ubu ni njye uyobora umuryango,ibi byagize ingaruka ku myigire n\u2019ahazaza byanjye\u00a0 kuko buri gihe mba mpanganye no kuba naragombaga kuba ku isonga mu kurwaza mama no kwita ku bo tuvukana by\u2019umwihariko abakiri bato.<\/p>\n<p>Twagize amahirwe ko hari abakirisito bagiye badufasha by\u2019umwihariko mu kutugira inama za kibyeyi no guhumuriza murumuna wanjye wari ufite imyaka 14 ubwo ibi byose byatangiraga.<\/p>\n<p>Kuva muri Mata 2017, nta kanunu tuzi ku buzima bwa data. Ibi bituma turushaho kugira ubwoba no guhangayika.<\/p>\n<p>Mfite uburakari. Kugeza ubu ntiturarangiza imigenzo yo gushyingura mama. Ibi bizakorwa ari uko data ahari, ari kumwe natwe kugira ngo arebe\u00a0 uko ashyingurwa. Turasaba ko yafungurwa kugira ngo twongere kubaho nk\u2019umuryango. Murakoze.<\/p>\n<figure id=\"attachment_121146\" aria-describedby=\"caption-attachment-121146\" style=\"width: 712px\" class=\"wp-caption alignnone\"><img decoding=\"async\" class=\"wp-image-121146 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/12\/mu_rukiko3jp3ada-c375e.jpg\" alt=\"\" width=\"712\" height=\"472\" \/><figcaption id=\"caption-attachment-121146\" class=\"wp-caption-text\"><em> <strong>Bamwe mu babaga baje kumva imigendekere y&#8217;urubanza rwa Rusagara<\/strong> <\/em><\/figcaption><\/figure>\n<p>Urukiko rwa gisirikare kuwa 31 Werurwe 2016 rwahamije Frank Rusagara ibyaha birimo \u00a0kwamamaza nkana ibihuha no kugomesha rubanda abangisha ubutegetsi buriho, gukora igikorwa kigamije gusebya Leta \u00a0kandi ari Umuyobozi, ndetse no gutunga imbunda binyuranije n\u2019amategeko. Rwamukatiye gufungwa imyaka 20.<\/p>\n<p>Ku rundi ruhande, Frank Rusagara ntiyahwemye guhakana ibi byaha cyane ko yavugaga ko iyo ubushinjacyaha buri kubisoma yumva agize ubwoba.<\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Komisiyo ishinzwe uburenganzira bwa muntu mu nteko ishinga amategeko ya Amerika kuwa\u00a0 Kabiri, tariki 04 Ukuboza 2018 yateze amatwi ikiganiro kigaruka ku burenganzira bwa muntu mu Rwanda aho umukobwa wa\u00a0 Rusagara, Veronica Shandari yari mu batanze ikiganiro. Mu kiganiro kirekire Shandari yatanze muri Tom Lantos Human Rights Commission (TLHRC), yagarutse\u00a0 ahanini ku mateka ya se [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-13008","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Ubuhamya bw\u2019umukobwa wa\u00a0 Frank Rusagara nyuma y&#039;ifungwa rya se - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=13008\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Ubuhamya bw\u2019umukobwa wa\u00a0 Frank Rusagara nyuma y&#039;ifungwa rya se - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Komisiyo ishinzwe uburenganzira bwa muntu mu nteko ishinga amategeko ya Amerika kuwa\u00a0 Kabiri, tariki 04 Ukuboza 2018 yateze amatwi ikiganiro kigaruka ku burenganzira bwa muntu mu Rwanda aho umukobwa wa\u00a0 Rusagara, Veronica Shandari yari mu batanze ikiganiro. Mu kiganiro kirekire Shandari yatanze muri Tom Lantos Human Rights Commission (TLHRC), yagarutse\u00a0 ahanini ku mateka ya se [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=13008\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2018-12-11T08:44:29+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T11:24:18+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/12\/mu_rukiko2jpaa82-2b6c1.jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"4 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13008#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13008\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Ubuhamya bw\u2019umukobwa wa\u00a0 Frank Rusagara nyuma y&#039;ifungwa rya se\",\"datePublished\":\"2018-12-11T08:44:29+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T11:24:18+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13008\"},\"wordCount\":901,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13008#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2018\\\/12\\\/mu_rukiko2jpaa82-2b6c1.jpg\",\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13008#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13008\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13008\",\"name\":\"Ubuhamya bw\u2019umukobwa wa\u00a0 Frank Rusagara nyuma y&#039;ifungwa rya se - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13008#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13008#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2018\\\/12\\\/mu_rukiko2jpaa82-2b6c1.jpg\",\"datePublished\":\"2018-12-11T08:44:29+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T11:24:18+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13008#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13008\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13008#primaryimage\",\"url\":\"\",\"contentUrl\":\"\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13008#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Ubuhamya bw\u2019umukobwa wa\u00a0 Frank Rusagara nyuma y&#039;ifungwa rya se\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Ubuhamya bw\u2019umukobwa wa\u00a0 Frank Rusagara nyuma y&#039;ifungwa rya se - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13008","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Ubuhamya bw\u2019umukobwa wa\u00a0 Frank Rusagara nyuma y&#039;ifungwa rya se - BWIZA","og_description":"Komisiyo ishinzwe uburenganzira bwa muntu mu nteko ishinga amategeko ya Amerika kuwa\u00a0 Kabiri, tariki 04 Ukuboza 2018 yateze amatwi ikiganiro kigaruka ku burenganzira bwa muntu mu Rwanda aho umukobwa wa\u00a0 Rusagara, Veronica Shandari yari mu batanze ikiganiro. Mu kiganiro kirekire Shandari yatanze muri Tom Lantos Human Rights Commission (TLHRC), yagarutse\u00a0 ahanini ku mateka ya se [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13008","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2018-12-11T08:44:29+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T11:24:18+00:00","og_image":[{"url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/12\/mu_rukiko2jpaa82-2b6c1.jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"4 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13008#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13008"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Ubuhamya bw\u2019umukobwa wa\u00a0 Frank Rusagara nyuma y&#039;ifungwa rya se","datePublished":"2018-12-11T08:44:29+00:00","dateModified":"2025-02-12T11:24:18+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13008"},"wordCount":901,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13008#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/12\/mu_rukiko2jpaa82-2b6c1.jpg","articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=13008#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13008","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13008","name":"Ubuhamya bw\u2019umukobwa wa\u00a0 Frank Rusagara nyuma y&#039;ifungwa rya se - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13008#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13008#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/12\/mu_rukiko2jpaa82-2b6c1.jpg","datePublished":"2018-12-11T08:44:29+00:00","dateModified":"2025-02-12T11:24:18+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13008#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=13008"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13008#primaryimage","url":"","contentUrl":""},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13008#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Ubuhamya bw\u2019umukobwa wa\u00a0 Frank Rusagara nyuma y&#039;ifungwa rya se"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/13008","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=13008"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/13008\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=13008"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=13008"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=13008"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}