{"id":13037,"date":"2018-12-13T07:30:58","date_gmt":"2018-12-13T07:30:58","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2018\/12\/13\/iyo-niyo-position-ya-guverinoma-y-u-rwanda-uwumva-ari-igitutsi-abyumve-uko\/"},"modified":"2025-02-12T13:23:59","modified_gmt":"2025-02-12T11:23:59","slug":"iyo-niyo-position-ya-guverinoma-y-u-rwanda-uwumva-ari-igitutsi-abyumve-uko","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13037","title":{"rendered":"Iyo niyo position ya Guverinoma y\u2019u Rwanda uwumva ari igitutsi abyumve uko ashaka \u2014 Amb. Nduhungirehe"},"content":{"rendered":"<p>Umunyamabanga wa leta muri Minisiteri y\u2019ububanyi n\u2019amahanga, Olivier Nduhungirehe, yashimangiye kuticuza ku ubutumwa yanyujije kuri twitter ye butishimiwe na Afurika y\u2019Epfo \u00a0avuga ko uwumva ari igitutsi yabyumva uko ashaka, yongera gushimangira ko u Rwanda rudateze kuzagirana imishyikirano iyo ari yo yose na Kayumba Nyamwasa n\u2019abandi yita abanyabyaha.<\/p>\n<p>Mu kiganiro yagiranye na VOA ku kibazo cy\u2019umubano wa Afurika y\u2019Epfo n\u2019u Rwanda, Umunyamabanga wa leta muri Minisiteri y\u2019ububanyi n\u2019amahanga, Olivier Nduhungirehe, avuga ko ibintu byaba byarababaje Afurika y\u2019Epfo birimo inkuru ya kimwe mu binyamakuru byo mu Rwanda n\u2019ubutumwa bwe kuri twitter, yasubije agira ati: \u201c <em>Mbere na mbere icyo kinyamakuru bavuga ntabwo ari icya let anta n\u2019ahantu gihuriye na leta. Bikaba rero bitangaje kumva ambasaderi wacu ahamagazwa ngo abazwe mu kinyamakuru kidafite aho gihuriye na leta<\/em> .\u201d<\/p>\n<p>Naho ku kijyanye n\u2019ubutumwa we ubwe yanyujije kuri twitter, Amb. Nduhungirehe yagize ati: \u201c <em>Hanyuma ku byerekeye twit yanjye,\u2026 ibyo maze kubabwira\u00a0 nibyo nanditse muri iyo twit . ni ukuvuga y\u2019uko twebwe nk\u2019u Rwanda tudashobora kwemera y\u2019uko haba imishyikirano iyo ari yo yose n\u2019abo banyabyaha, ko abifuza kuganira nabo bazaganire na bo ariko ko twebwe tutazigera tujya muri iyo mishyikirano. Iyo ngiyo ni position ya Guverinoma y\u2019u Rwanda, uwumva ko ari igitutsi abyumve uko ashaka<\/em> ..\u201d<\/p>\n<p>Umunyamakuru yakomeje kumubaza niba nk\u2019uko minisitiri w\u2019ububanyi n\u2019amahanga wa Afurika y\u2019Epfo, Lindiwe Sisilu yabivuze ko Kayumba Nyamwasa yifuza gushyikirana n\u2019u Rwanda, abazwa niba bashobora kwemera kuganira na Kayumba.<\/p>\n<p>Yasubije agira ati: &#8221; <em>Nk\u2019uko nabivuze, umubano wa Afurika y\u2019Epfo n\u2019u Rwanda ni umubano hagati y\u2019ibihugu bibiri. Dufite ibyo tuganiraho nk\u2019ibihugu bibiri. Rero ibyo bibazo bindi bijyanye n\u2019abo bantu bakoze ibyaha mu RRwanda, bakatiwe n\u2019inkiko, ibyo bintu ntabwo bigomba kuzanwa mu biganiro hagati y\u2019ibihugu bibiri. Ikigomba gukorwa ni ukubashyikiriza inkiko ntabwo ari ukubajyana mu biganiro ibyo ri byo byose<\/em> .\u201d<\/p>\n<p>Ambasaderi Nduhungirehe kandi yabajijwe kugira icyo avuga ku mubano w\u2019u Rwanda\u00a0 n\u2019u Burundi, asubiza ko ubundi ikibazo cy\u2019u Burundi kizwi ndetse na EAC yakigejejweho, ku buryo urimo gukora ibishoboka kugirango ibiganiro hagati y\u2019Abarundi bikomeze hashakirwe umuti ibibazo by\u2019Abarundi.<\/p>\n<p>Kuri uyu wa Gatatu, itariki 12 Ukuboza, nibwo Minisiteri y\u2019ububanyi n\u2019amahanga yasohoye itangazo rivuga ko u Rwanda rwifuza gukomeza inzira yo kongera kubyutsa umubano warwo na Afurika y\u2019Epfo nyuma y\u2019aho hashize iminsi mu itangazamakuru havugwa ibibazo bishya bishobora kudindiza iyi nzira.<\/p>\n<p>Nk\u2019uko itangazo rya minisiteri y\u2019ububanyi n\u2019amahanga rivuga, ngo hari ibikorwa byo kugerageza gutinza iyi nzira yo kubyutsa imibanire hagati ya Afurika y\u2019Epfo n\u2019u Rwanda, birimo ibirego bidafite ishingiro bishinjwa u Rwanda mu matangazo agenewe rubanda no mu itangazamakuru, bishingiye ku bihuha no kuyobya bikorwa n\u2019Abanyarwanda baba muri Canada no muri Afurika y\u2019Epfo.<\/p>\n<p>Guverinoma y\u2019u Rwanda ikaba ivuga ko kenshi ibyo birego bikunze kunyuzwa mu binyamakuru bikorana n\u2019abarwanya ubutegetsi bw\u2019u Rwanda.<\/p>\n<p>Itangazo rivuga ko imibanire y\u2019ibihugu idashobora kugengwa no gusaba gushyikirana n\u2019imiitwe y\u2019abanyabyaha iyobowe n\u2019abantu bahamijwe ibyaha cyangwa bashakishwa n\u2019ubutabera.<\/p>\n<p>Muri iri tangazo kandi minisiteri y\u2019ububanyi n\u2019amahanga yagaragaje ko ihangayikishijwe no kuba Department ya leta ya Afurika y\u2019Epfo ishinzwe imibanire mpuzamahanga yarahisemo kwizera utwo dutsiko turwanya ubutegetsi kurusha icyizere yahawe na Guverinoma y\u2019u Rwanda.<\/p>\n<p>U Rwanda kandi ruramagana itumizwa rya hato na hato rya Ambasaderi w\u2019u Rwanda muri Afurika y\u2019Epfo, Vincent Karega ajya gutanga ibisobanuro.<\/p>\n<p>Iri tangazo rikomeza rivuga ko U Rwanda rubinyujije muri ministeri y\u2019ububanyi n\u2019amahanga n\u2019ubutwererane rufite ubushake bwo gukomeza gukorana na Guverinoma ya Afurika y\u2019Epfo mu kwihutisha kongera gusubiza mu buryo imibanire y\u2019ibihugu byombi binyuze mu nzira zisanzwe za dipolomasi nk\u2019uko byemeranyijwe n\u2019abakuru b\u2019ibihugu byombi.<\/p>\n<p> <strong>Izindi Nkuru bijyanye<\/strong> <\/p>\n<h1 class=\"entry-title penci-entry-title penci-title-\"><a href=\"https:\/\/bwiza.com\/2018\/12\/10\/umubano-wu-rwanda-na-afurika-yepfo-wajemo-akandi-gatotsi\/?fbclid=IwAR1zAyen_dc-0kWMuV7EZNpjYE41u6aXpYntkAjea3UKygjptNgHzNEydwE\">Umubano w\u2019u Rwanda na Afurika y\u2019Epfo wajemo \u00a0akandi gatotsi<\/a><\/h1>\n<p>\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umunyamabanga wa leta muri Minisiteri y\u2019ububanyi n\u2019amahanga, Olivier Nduhungirehe, yashimangiye kuticuza ku ubutumwa yanyujije kuri twitter ye butishimiwe na Afurika y\u2019Epfo \u00a0avuga ko uwumva ari igitutsi yabyumva uko ashaka, yongera gushimangira ko u Rwanda rudateze kuzagirana imishyikirano iyo ari yo yose na Kayumba Nyamwasa n\u2019abandi yita abanyabyaha. Mu kiganiro yagiranye na VOA ku kibazo cy\u2019umubano [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-13037","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Iyo niyo position ya Guverinoma y\u2019u Rwanda uwumva ari igitutsi abyumve uko ashaka \u2014 Amb. Nduhungirehe - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=13037\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Iyo niyo position ya Guverinoma y\u2019u Rwanda uwumva ari igitutsi abyumve uko ashaka \u2014 Amb. Nduhungirehe - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Umunyamabanga wa leta muri Minisiteri y\u2019ububanyi n\u2019amahanga, Olivier Nduhungirehe, yashimangiye kuticuza ku ubutumwa yanyujije kuri twitter ye butishimiwe na Afurika y\u2019Epfo \u00a0avuga ko uwumva ari igitutsi yabyumva uko ashaka, yongera gushimangira ko u Rwanda rudateze kuzagirana imishyikirano iyo ari yo yose na Kayumba Nyamwasa n\u2019abandi yita abanyabyaha. Mu kiganiro yagiranye na VOA ku kibazo cy\u2019umubano [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=13037\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2018-12-13T07:30:58+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T11:23:59+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13037#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13037\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Iyo niyo position ya Guverinoma y\u2019u Rwanda uwumva ari igitutsi abyumve uko ashaka \u2014 Amb. Nduhungirehe\",\"datePublished\":\"2018-12-13T07:30:58+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T11:23:59+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13037\"},\"wordCount\":646,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13037#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13037\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13037\",\"name\":\"Iyo niyo position ya Guverinoma y\u2019u Rwanda uwumva ari igitutsi abyumve uko ashaka \u2014 Amb. Nduhungirehe - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2018-12-13T07:30:58+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T11:23:59+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13037#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13037\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13037#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Iyo niyo position ya Guverinoma y\u2019u Rwanda uwumva ari igitutsi abyumve uko ashaka \u2014 Amb. Nduhungirehe\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Iyo niyo position ya Guverinoma y\u2019u Rwanda uwumva ari igitutsi abyumve uko ashaka \u2014 Amb. Nduhungirehe - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13037","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Iyo niyo position ya Guverinoma y\u2019u Rwanda uwumva ari igitutsi abyumve uko ashaka \u2014 Amb. Nduhungirehe - BWIZA","og_description":"Umunyamabanga wa leta muri Minisiteri y\u2019ububanyi n\u2019amahanga, Olivier Nduhungirehe, yashimangiye kuticuza ku ubutumwa yanyujije kuri twitter ye butishimiwe na Afurika y\u2019Epfo \u00a0avuga ko uwumva ari igitutsi yabyumva uko ashaka, yongera gushimangira ko u Rwanda rudateze kuzagirana imishyikirano iyo ari yo yose na Kayumba Nyamwasa n\u2019abandi yita abanyabyaha. Mu kiganiro yagiranye na VOA ku kibazo cy\u2019umubano [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13037","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2018-12-13T07:30:58+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T11:23:59+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13037#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13037"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Iyo niyo position ya Guverinoma y\u2019u Rwanda uwumva ari igitutsi abyumve uko ashaka \u2014 Amb. Nduhungirehe","datePublished":"2018-12-13T07:30:58+00:00","dateModified":"2025-02-12T11:23:59+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13037"},"wordCount":646,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=13037#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13037","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13037","name":"Iyo niyo position ya Guverinoma y\u2019u Rwanda uwumva ari igitutsi abyumve uko ashaka \u2014 Amb. Nduhungirehe - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2018-12-13T07:30:58+00:00","dateModified":"2025-02-12T11:23:59+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13037#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=13037"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13037#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Iyo niyo position ya Guverinoma y\u2019u Rwanda uwumva ari igitutsi abyumve uko ashaka \u2014 Amb. Nduhungirehe"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/13037","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=13037"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/13037\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=13037"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=13037"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=13037"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}