{"id":13087,"date":"2018-12-16T08:07:55","date_gmt":"2018-12-16T08:07:55","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2018\/12\/16\/rwamagana-abahanzi-bakiri-bato-barashinja-marina-kwibagirwa-aho-akomoka\/"},"modified":"2025-02-03T01:48:22","modified_gmt":"2025-02-02T23:48:22","slug":"rwamagana-abahanzi-bakiri-bato-barashinja-marina-kwibagirwa-aho-akomoka","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13087","title":{"rendered":"Rwamagana: Abahanzi bakiri bato barashinja Marina kwibagirwa aho akomoka"},"content":{"rendered":"<p>Abahanzi bataramenyekana bo mu Karere ka Rwamagana bageneye ubutumwa umuhanzikazi Marina bumwibutsa ko yirengagije aho avuka ndetse ko nabo yabatereranye ntabafashe kumenyekana .<\/p>\n<p>Abahanzi basanga Marina ariwe muhanzi ukomoka mu Karere ka Rwamagana umaze kumenyekana ariko akaba atajya agaruka aho avuka ngo afashe bagenzi be bataramenyekana, aho bamwe muri abo bahanzi bavuga ko bataramuca iryera kuva yatangira kumenyeka.<\/p>\n<p>Hari bamwe babwiye Bwiza.com ko Marina yigize umunyakigali kuburyo atagishaka kumenya ko bamwita Umunyarwamagana<\/p>\n<p>Ishimwe Samuel ni umwe mu bahanzi bemeza ko bafite ubushobozi bwo kuba batera ikirenge mu cya Marina ariko babuze amikoro.<\/p>\n<p>Yagize ati: \u201c <em>Hano i Rwamagana hari abahanzi benshi bafite impano ndetse ikibazo dufite n\u2019ukubona amafaranga atuma tujya muri studio ,urebye abahanzi b\u2019ahandi nta bushobozi baturusha bwo kuririmba ahubwo bafite ababafasha ariko twebwe n\u2019umuhanzi wakadufashije ni Marina kuko niwe tuzi ko yazamutse uvuka mu mujyi wacu ariko nawe urebye yigize umunyakigali ku buryo aba adashaka ko bamenya ko nawe ari Umunyarwamagana<\/em> .\u201d<\/p>\n<p>Ishimwe yakomeje yibutsa Marina ko agomba kwibuka aho akomoka ndetse ko akwiye kwegera abahanzi bataramenyekana akabagira inama .<\/p>\n<p>Ati: \u201c <em>Marina najyaga mubona atarazamuka nyuma numvise ngo Austin aramufasha ,ariko kuva yaba umustar ntabwo ajya agaruka ngo yegere basaza be na barumuna be ndetse iyo ubajije abari inshuti ze bakubwira ko yigize umunyakigali kuburyo no kujya mu rugo iwabo ashobora kuza yihishe ,ariko namubwira ngo amazi arashyuha ariko ntiyibagirwa iwabo wa mbeho niyikuremo ibyo kwigira uw\u2019i Kigali ajya aza atugire inama natwe dukeneye kumwigiraho<\/em> .\u201d<\/p>\n<p>Hakizimana Isaac nawe asanga Marina yaratumye bigirira ikizere ariko kuba nta bitaramo arakorera aho akomoka babuze uko bamubona ngo bamugishe inama.<\/p>\n<p>Yagize ati: \u201c <em>Abahanzi bakizamuka dufite ikizere ko natwe tuzagera ku rwego nk\u2019urwa Marina njye ntabwo ndamubona ariko iwabo bavuga ko ari hano ,ariko nta munsi ndabona hari igitaramo cye mu ntara yacu ,icyo twamusaba nuko yamanuka akaza mu ntara tukamubona amaso ku maso bizatuma ikizere cyacu kizamuka ndetse n\u2019ababyeyi bacu badushyigikire kuko bazabona ko kuba hari undi muhanzi ukomeye uvuka mu karere kacu bizatuma babona ko no mu ntara hari impano<\/em> .\u201d<\/p>\n<p>Twashatse Marina ngo twumve icyo avuga kuri izi mpungenge z\u2019abahanzi bakiri bato bakeneye kumwigiraho ndetse bakeneye n\u2019inama ze nk\u2019umuntu umaze kubaka izina muri muzika nyarwanda, ariko ntibyadukundiye kuko numero ye twabashije kubona itari gucamo. Nagira icyo abivugaho tuzakibagezaho mu nkuru yacu itaha.<\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n<p> <strong>Justin Ngabonziza\/Rwamagana<\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Abahanzi bataramenyekana bo mu Karere ka Rwamagana bageneye ubutumwa umuhanzikazi Marina bumwibutsa ko yirengagije aho avuka ndetse ko nabo yabatereranye ntabafashe kumenyekana . Abahanzi basanga Marina ariwe muhanzi ukomoka mu Karere ka Rwamagana umaze kumenyekana ariko akaba atajya agaruka aho avuka ngo afashe bagenzi be bataramenyekana, aho bamwe muri abo bahanzi bavuga ko bataramuca iryera [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[355],"tags":[],"class_list":["post-13087","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-imyidagaduro-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Rwamagana: Abahanzi bakiri bato barashinja Marina kwibagirwa aho akomoka - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=13087\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Rwamagana: Abahanzi bakiri bato barashinja Marina kwibagirwa aho akomoka - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Abahanzi bataramenyekana bo mu Karere ka Rwamagana bageneye ubutumwa umuhanzikazi Marina bumwibutsa ko yirengagije aho avuka ndetse ko nabo yabatereranye ntabafashe kumenyekana . Abahanzi basanga Marina ariwe muhanzi ukomoka mu Karere ka Rwamagana umaze kumenyekana ariko akaba atajya agaruka aho avuka ngo afashe bagenzi be bataramenyekana, aho bamwe muri abo bahanzi bavuga ko bataramuca iryera [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=13087\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2018-12-16T08:07:55+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-02T23:48:22+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13087#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13087\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Rwamagana: Abahanzi bakiri bato barashinja Marina kwibagirwa aho akomoka\",\"datePublished\":\"2018-12-16T08:07:55+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-02T23:48:22+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13087\"},\"wordCount\":389,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"imyidagaduro\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13087#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13087\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13087\",\"name\":\"Rwamagana: Abahanzi bakiri bato barashinja Marina kwibagirwa aho akomoka - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2018-12-16T08:07:55+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-02T23:48:22+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13087#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13087\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13087#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Rwamagana: Abahanzi bakiri bato barashinja Marina kwibagirwa aho akomoka\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Rwamagana: Abahanzi bakiri bato barashinja Marina kwibagirwa aho akomoka - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13087","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Rwamagana: Abahanzi bakiri bato barashinja Marina kwibagirwa aho akomoka - BWIZA","og_description":"Abahanzi bataramenyekana bo mu Karere ka Rwamagana bageneye ubutumwa umuhanzikazi Marina bumwibutsa ko yirengagije aho avuka ndetse ko nabo yabatereranye ntabafashe kumenyekana . Abahanzi basanga Marina ariwe muhanzi ukomoka mu Karere ka Rwamagana umaze kumenyekana ariko akaba atajya agaruka aho avuka ngo afashe bagenzi be bataramenyekana, aho bamwe muri abo bahanzi bavuga ko bataramuca iryera [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13087","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2018-12-16T08:07:55+00:00","article_modified_time":"2025-02-02T23:48:22+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13087#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13087"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Rwamagana: Abahanzi bakiri bato barashinja Marina kwibagirwa aho akomoka","datePublished":"2018-12-16T08:07:55+00:00","dateModified":"2025-02-02T23:48:22+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13087"},"wordCount":389,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["imyidagaduro"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=13087#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13087","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13087","name":"Rwamagana: Abahanzi bakiri bato barashinja Marina kwibagirwa aho akomoka - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2018-12-16T08:07:55+00:00","dateModified":"2025-02-02T23:48:22+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13087#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=13087"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13087#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Rwamagana: Abahanzi bakiri bato barashinja Marina kwibagirwa aho akomoka"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/13087","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=13087"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/13087\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=13087"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=13087"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=13087"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}