{"id":131,"date":"2015-07-28T11:19:15","date_gmt":"2015-07-28T11:19:15","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2015\/07\/28\/ese-imibonano-mpuzabitsina-niyo-ikomeza-urukundo-dore-ibintu-20-wakorera-uwo\/"},"modified":"2025-02-03T01:04:25","modified_gmt":"2025-02-02T23:04:25","slug":"ese-imibonano-mpuzabitsina-niyo-ikomeza-urukundo-dore-ibintu-20-wakorera-uwo","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=131","title":{"rendered":"Ese Imibonano mpuzabitsina niyo ikomeza urukundo? Dore ibintu 20 wakorera uwo ukunda akanyurwa"},"content":{"rendered":"<p>NK\u2019uko benshi mu bakundana babitangaza ngo urukundo ni impumyi, abari mu rukundo baba bifuza guhorana mu munezero umwe akaba umunezero wa mugenzi we.<br \/>\n<a href=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2015\/07\/sex2.jpg\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-9406\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2015\/07\/sex2-1024x512.jpg\" alt=\"sex\" width=\"708\" height=\"354\" \/><\/a><br \/>\nBityo dore ibyo umuntu ashobora gukora akanezeza uwo akunda, gusa benshi bibeshya cyane ko imibonano mpuzabitsina ko ari yo musingi w\u2019urukundo ariko si yo y\u2019ibanze ndetse ntiyakanabaye ngombwa mbere yo kurushinga.<br \/>\n <strong>Ibyo wakora 20 ni ibi:<\/strong> <\/p>\n<ol>\n<li> <strong><br \/>\n<\/strong> Mu gihe uri kumwe n\u2019uwo ukunda, jya ugerageza kumubwira mu ijwi ryoroheje ndetse akenshi  nujya kumubwira akantu gasekeje cg se k\u2019ibanga ujye  ukoresha kumwongorera, ngo kuko ibi bituma yumva ibizongamubiri n\u2019itandukaniro riri hagati yawe n\u2019abandi.2. Gerageza kumufata mu kiganza igihe muri kumwe mugendana, ngo kuko ibi bituma akwiyumvamo cyane, akanumva ko utamuri kure.3. Niba kandi yagusuye, muhamagare umujyane mu gikoni mutegurane ifunguro. Urugero nk\u2019umureti, agafiriti, gukaranga ubunyobwa n\u2019ibindi. Ibi  rero ngo biramushimisha kabone niyo mwateka ibitaryoshye.<br \/>\n4. Jya ukunda kumuha impano akenshi ndetse  wibande kuzihendutse cyane rwose ngo kandi ujye ureba iyo atatekerezaga ko wamuha.<br \/>\n5. Kora ubushakashatsi umenye umwenda akunda muyo ufite hanyuma ube ari wo wambara igihe cyose muri kumwe.<br \/>\n6. Numuramutsa, jya umuhobera cyane kandi umwegereye kabone niyo mwaba muherukana vuba.<br \/>\n7. Fata igihe umubwire mutemberane mujye ahantu kure n\u2019amaguru kandi hitaruye nko ku mucanga, mu ishyamba n\u2019ahandi.<br \/>\n8. Jya ukunda kumubwira ko ari we wenyine wifuza kandi utamubeshya.<br \/>\n9. Fata akanya igihe muri kumwe umufate ku rutugu, umurebe mu maso  na we akurebe, mumare nk\u2019iminota ibiri mutavuga, ubone umubwire ko umukunda nibiba ngombwa unamusome utamuteguje.<br \/>\n10. Kora akantu kerekana ko mukundana igihe muri no mu bantu benshi.<br \/>\n11. Muririmbire kabone nubwo waba udafite ijwi ryiza ngo we biramshimisha<br \/>\n12. Mutumire aze musangire ifunguro haba mu rugo cyangwa se muri restora.<br \/>\n13.Mufate akaboko umurebe mumaso hanyuma umusome ku kiganza nurangiza uhite ugishyira mu gituza cyawe mu gice guherereyemo umutima (ibi biba byiza ngo iyo bikozwe n\u2019umuhungu).<br \/>\n14. Jya umusaba uburenganzira bwo kumuhamagra  kenshi.<br \/>\n15. Mu gihe wagize akazi kenshi, gerageza gushakisha byibura iminota mike ujye ahantu hatari urusaku hanyuma umuhamagare wibuke no kumubwira ijambo ngo \u201cndagukunda\u201d (I love you).<br \/>\n16. Gerageza kumukorera ibintu bimwereka ko harimo ubwitange ariko wirinde kumubwira ko witanze. Wowe bikore, hanyuma we abibone utarinze kubimubwira.<br \/>\n17. Gerageza kumushushanyiriza ibyishimo  byo kuba ari we muri kumwe mu rukundo.<br \/>\n18. Mufashe kwitoza kubwirana amagambo y\u2019urukundo mu ndimi z\u2019amahanga<br \/>\n19. Mujye mukorana gahunda zimwe na zimwe nko kujyana gusenga, kureba film, umupira  n\u2019ibindi bitandukanye ariko mwirinde kubana  ahantu hamwe ( mu gipangu kimwe).<br \/>\n20. Jya wibuka amatariki afata nk\u2019ingirakamaro  mu buzima  bwe nk\u2019itariki ye y\u2019amavuko, iy\u2019umubatizo we, umunsi w\u2019umutagatifu we n\u2019izindi kandi umwereke ko wabyibutse.<br \/>\nUzajye uhora wirinda kwinjira mu buzima bw\u2019umuryango bw\u2019uwo ukunda haba ku mitungo cyangwa ibindi kuko ushobora kubikomozaho agakeka ko ari byo urambirijeho, ibi kandi bigasa n\u2019ingingo yo gushaka gukorana nawe imibonano mpuzabitsina mutararushinga, umukobwa ugifite ubusugi bwe cyangwa umuhungu wakomeye ku bumanzi bwe, ushobora kubimubwira agahita yivumbura nk\u2019umwana kuburyo bishobora kukugora umugarura mu nzira.<\/li>\n<\/ol>\n<p> <strong> <em><b><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/b><\/em> <\/strong><br \/>\n <strong> <em>Th\u00e9oneste@Bwiza.com<\/em> <\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>NK\u2019uko benshi mu bakundana babitangaza ngo urukundo ni impumyi, abari mu rukundo baba bifuza guhorana mu munezero umwe akaba umunezero wa mugenzi we. Bityo dore ibyo umuntu ashobora gukora akanezeza uwo akunda, gusa benshi bibeshya cyane ko imibonano mpuzabitsina ko ari yo musingi w\u2019urukundo ariko si yo y\u2019ibanze ndetse ntiyakanabaye ngombwa mbere yo kurushinga. Ibyo [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[441],"tags":[],"class_list":["post-131","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-urukundo-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Ese Imibonano mpuzabitsina niyo ikomeza urukundo? Dore ibintu 20 wakorera uwo ukunda akanyurwa - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=131\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Ese Imibonano mpuzabitsina niyo ikomeza urukundo? Dore ibintu 20 wakorera uwo ukunda akanyurwa - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"NK\u2019uko benshi mu bakundana babitangaza ngo urukundo ni impumyi, abari mu rukundo baba bifuza guhorana mu munezero umwe akaba umunezero wa mugenzi we. Bityo dore ibyo umuntu ashobora gukora akanezeza uwo akunda, gusa benshi bibeshya cyane ko imibonano mpuzabitsina ko ari yo musingi w\u2019urukundo ariko si yo y\u2019ibanze ndetse ntiyakanabaye ngombwa mbere yo kurushinga. Ibyo [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=131\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2015-07-28T11:19:15+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-02T23:04:25+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2015\/07\/sex2-1024x512.jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=131#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=131\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Ese Imibonano mpuzabitsina niyo ikomeza urukundo? Dore ibintu 20 wakorera uwo ukunda akanyurwa\",\"datePublished\":\"2015-07-28T11:19:15+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-02T23:04:25+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=131\"},\"wordCount\":509,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=131#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2015\\\/07\\\/sex2-1024x512.jpg\",\"articleSection\":[\"urukundo\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=131#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=131\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=131\",\"name\":\"Ese Imibonano mpuzabitsina niyo ikomeza urukundo? Dore ibintu 20 wakorera uwo ukunda akanyurwa - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=131#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=131#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2015\\\/07\\\/sex2-1024x512.jpg\",\"datePublished\":\"2015-07-28T11:19:15+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-02T23:04:25+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=131#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=131\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=131#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2015\\\/07\\\/sex2-1024x512.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2015\\\/07\\\/sex2-1024x512.jpg\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=131#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Ese Imibonano mpuzabitsina niyo ikomeza urukundo? Dore ibintu 20 wakorera uwo ukunda akanyurwa\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Ese Imibonano mpuzabitsina niyo ikomeza urukundo? Dore ibintu 20 wakorera uwo ukunda akanyurwa - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=131","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Ese Imibonano mpuzabitsina niyo ikomeza urukundo? Dore ibintu 20 wakorera uwo ukunda akanyurwa - BWIZA","og_description":"NK\u2019uko benshi mu bakundana babitangaza ngo urukundo ni impumyi, abari mu rukundo baba bifuza guhorana mu munezero umwe akaba umunezero wa mugenzi we. Bityo dore ibyo umuntu ashobora gukora akanezeza uwo akunda, gusa benshi bibeshya cyane ko imibonano mpuzabitsina ko ari yo musingi w\u2019urukundo ariko si yo y\u2019ibanze ndetse ntiyakanabaye ngombwa mbere yo kurushinga. Ibyo [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=131","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2015-07-28T11:19:15+00:00","article_modified_time":"2025-02-02T23:04:25+00:00","og_image":[{"url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2015\/07\/sex2-1024x512.jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=131#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=131"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Ese Imibonano mpuzabitsina niyo ikomeza urukundo? Dore ibintu 20 wakorera uwo ukunda akanyurwa","datePublished":"2015-07-28T11:19:15+00:00","dateModified":"2025-02-02T23:04:25+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=131"},"wordCount":509,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=131#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2015\/07\/sex2-1024x512.jpg","articleSection":["urukundo"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=131#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=131","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=131","name":"Ese Imibonano mpuzabitsina niyo ikomeza urukundo? Dore ibintu 20 wakorera uwo ukunda akanyurwa - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=131#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=131#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2015\/07\/sex2-1024x512.jpg","datePublished":"2015-07-28T11:19:15+00:00","dateModified":"2025-02-02T23:04:25+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=131#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=131"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=131#primaryimage","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2015\/07\/sex2-1024x512.jpg","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2015\/07\/sex2-1024x512.jpg"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=131#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Ese Imibonano mpuzabitsina niyo ikomeza urukundo? Dore ibintu 20 wakorera uwo ukunda akanyurwa"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/131","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=131"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/131\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=131"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=131"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=131"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}