{"id":13148,"date":"2018-12-20T09:55:33","date_gmt":"2018-12-20T09:55:33","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2018\/12\/20\/twazamuye-urukiramende-ntabwo-twemerewe-kurumanura-meya-mbonyumuvunyi\/"},"modified":"2025-02-12T13:22:58","modified_gmt":"2025-02-12T11:22:58","slug":"twazamuye-urukiramende-ntabwo-twemerewe-kurumanura-meya-mbonyumuvunyi","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13148","title":{"rendered":"Twazamuye urukiramende ntabwo twemerewe kurumanura &#8211; Meya Mbonyumuvunyi"},"content":{"rendered":"<p>Ubwo ubuyobozi bw\u2019Akarere ka Rwamagana bwamurikiraga abaturage bo mu Murenge wa Kigabiro\u00a0\u00a0ibikombe babonye muri uyu mwaka wa 2018, Umuyobozi w\u2019aka karere, Radjabu Mbonyumuvunyi, yibukije abaturage n\u2019abakozi b\u2019akarere ko bagomba gukora ibishoboka akarere kagahora ku isonga mu kwesa imihigo no gutanga serivisi zinogeye abaturage .<\/p>\n<p>Meya Mbonyumuvunyi yari kumwe n\u2019abayobozi b\u2019akarere bungirije; Mudaheranwa Regis ushinzwe ubukungu n\u2019iterambere na Mutoni Jeanne ushinzwe imibereho myiza y\u2019abaturage. Bari kumwe kandi n\u2019abakozi b\u2019akarere .<\/p>\n<p>Meya Mbonyumuvunyi yeretse abaturage ibikombe Akarere ka Rwamagana kegukanye mu mwaka w\u2019imihigo 2017\/2018 birimo icyo kwesa imihigo. Akarere ka Rwamagana muri uyu mwaka kaje ku isonga mu gutanga serivisi z\u2019uburezi mu turere, ihabwa igihembo cy\u2019abaturage bishimira serivisi bahabwa ,ndetse ihabwa n\u2019igihembo cyo guhanga imirimo mishya idashingiye ku buhinzi.<\/p>\n<p>Meya Mbonyumuvunyi yavuze ko uyu mwaka wababereye mwiza hakozwe byinshi ku buryo asanga ari amateka mu karere ayobora bakoze.<\/p>\n<p>Yagize ati: \u201c <em>Muri uyu mwaka turabashimira kuko ku bufatanye bwacu namwe twageze kuri byinshi ,twabonye ibikombe byinshi nkuko mubireba , twabibazaniye ngo mubirebe ,kuva u Rwanda rwabaho\u00a0\u00a0mu mateka nta karere kigeze kabona ibikombe bingana gutya ,ariko ibi twabigezeho kubera ubufatanye bwacu na mwe abaturage ,ntabwo aritwe twenyine ubuyobozi twabikoze ahubwo dufatanyije namwe abaturage kubera gukorera hamwe twiyemeje nibyo bituma tubasha kugera kubyo twiyemeje<\/em> .\u201d<\/p>\n<p>Meya Mbonyumuvunyi yasabye abayobozi ,abakozi b\u2019akarere ndetse n\u2019abaturage, kutirara ahubwo ko hakwiye gukomeza kunoza imikorere n\u2019imitangire ya Serivisi zihabwa abaturage.<\/p>\n<p>Yagize ati: \u201c <em>Ni ubwa mbere twahurira hamwe n\u2019abakozi b\u2019akarere na nyobozi yose y\u2019akarere ,nazanye n\u2019abakozi b\u2019akarere kugirango mubamenye , abayobozi n\u2019abakozi b\u2019akarere tugomba guha abaturage serivisi nziza kandi zihuse ,tugomba kugera kure kuko urukiramende twararuzamuye ntitwemerewe kurumanura ,twigeze kuzamuka kure nitwemerewe kumanuka kandi ubushake mwatweretse burerekana ko tutazasubira inyuma<\/em>  .\u201d<\/p>\n<p>Abaturage bijeje ubuyobozi kutazabatenguha ndetse ubufatanye bwabo buzakomeza kugirango akarere kabo gahore ku isonga mu kwesa imihigo ariko banasaba ko hashyirwa imbaraga mu kubaka ibikorwa remezo .<\/p>\n<p>Musumbuko Hashimu utuye mu Kagari ka Cyanya ni umwe mu baturage wasabye ko hakubakwa ibikorwa remezo mu rwego rwo kuvugurura umujyi.<\/p>\n<p>Yagize ati: \u201c <em>Turishimira uburyo akarere kacu gakomeza kuza ku mwanya wa mbere ariko turabasaba ko mwakemura ikibazo cy\u2019isoko ryacu , kuko ntirijyanye n\u2019umujyi wacu hari aho usanga riva ahandi ugasanga hatameze neza ku buryo bibangamira abaricurizamo<\/em>  .\u201d<\/p>\n<p>Abikorera nabo bishimiye ko bamaze gutera imbere ku buryo bageze ku rwego rwo kwiteza imbere bibumbira mu makoperative.<\/p>\n<p>Majyambere Gilbert ufite ubumuga avuga ko we na bagenzi bakora inkweto mu mpu kandi byabateje imbere kuburyo babasha kwiteza imbere aho gusabiriza.<\/p>\n<p>Aragira ati: \u201c <em>Twibumbiye hamwe muri koperative yitwa Abatarushwa ku Rukweto ba Kigabiro dufite koperative ifite ubuzima gatozi kandi yaradufashije cyane kuko dukora inkweto n\u2019imikandara mu mpu,turashimira ubuyobozi kutuba hafi kugirango tubashe kwiteza imbere ,abayobozi baratwegereye batugira inama kandi turimo turarushaho gutera imbere<\/em> .\u201d<\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ubwo ubuyobozi bw\u2019Akarere ka Rwamagana bwamurikiraga abaturage bo mu Murenge wa Kigabiro\u00a0\u00a0ibikombe babonye muri uyu mwaka wa 2018, Umuyobozi w\u2019aka karere, Radjabu Mbonyumuvunyi, yibukije abaturage n\u2019abakozi b\u2019akarere ko bagomba gukora ibishoboka akarere kagahora ku isonga mu kwesa imihigo no gutanga serivisi zinogeye abaturage . Meya Mbonyumuvunyi yari kumwe n\u2019abayobozi b\u2019akarere bungirije; Mudaheranwa Regis ushinzwe ubukungu [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-13148","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Twazamuye urukiramende ntabwo twemerewe kurumanura - Meya Mbonyumuvunyi - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=13148\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Twazamuye urukiramende ntabwo twemerewe kurumanura - Meya Mbonyumuvunyi - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Ubwo ubuyobozi bw\u2019Akarere ka Rwamagana bwamurikiraga abaturage bo mu Murenge wa Kigabiro\u00a0\u00a0ibikombe babonye muri uyu mwaka wa 2018, Umuyobozi w\u2019aka karere, Radjabu Mbonyumuvunyi, yibukije abaturage n\u2019abakozi b\u2019akarere ko bagomba gukora ibishoboka akarere kagahora ku isonga mu kwesa imihigo no gutanga serivisi zinogeye abaturage . Meya Mbonyumuvunyi yari kumwe n\u2019abayobozi b\u2019akarere bungirije; Mudaheranwa Regis ushinzwe ubukungu [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=13148\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2018-12-20T09:55:33+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T11:22:58+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13148#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13148\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Twazamuye urukiramende ntabwo twemerewe kurumanura &#8211; Meya Mbonyumuvunyi\",\"datePublished\":\"2018-12-20T09:55:33+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T11:22:58+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13148\"},\"wordCount\":464,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13148#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13148\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13148\",\"name\":\"Twazamuye urukiramende ntabwo twemerewe kurumanura - Meya Mbonyumuvunyi - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2018-12-20T09:55:33+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T11:22:58+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13148#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13148\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13148#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Twazamuye urukiramende ntabwo twemerewe kurumanura &#8211; Meya Mbonyumuvunyi\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Twazamuye urukiramende ntabwo twemerewe kurumanura - Meya Mbonyumuvunyi - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13148","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Twazamuye urukiramende ntabwo twemerewe kurumanura - Meya Mbonyumuvunyi - BWIZA","og_description":"Ubwo ubuyobozi bw\u2019Akarere ka Rwamagana bwamurikiraga abaturage bo mu Murenge wa Kigabiro\u00a0\u00a0ibikombe babonye muri uyu mwaka wa 2018, Umuyobozi w\u2019aka karere, Radjabu Mbonyumuvunyi, yibukije abaturage n\u2019abakozi b\u2019akarere ko bagomba gukora ibishoboka akarere kagahora ku isonga mu kwesa imihigo no gutanga serivisi zinogeye abaturage . Meya Mbonyumuvunyi yari kumwe n\u2019abayobozi b\u2019akarere bungirije; Mudaheranwa Regis ushinzwe ubukungu [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13148","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2018-12-20T09:55:33+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T11:22:58+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13148#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13148"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Twazamuye urukiramende ntabwo twemerewe kurumanura &#8211; Meya Mbonyumuvunyi","datePublished":"2018-12-20T09:55:33+00:00","dateModified":"2025-02-12T11:22:58+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13148"},"wordCount":464,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=13148#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13148","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13148","name":"Twazamuye urukiramende ntabwo twemerewe kurumanura - Meya Mbonyumuvunyi - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2018-12-20T09:55:33+00:00","dateModified":"2025-02-12T11:22:58+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13148#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=13148"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13148#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Twazamuye urukiramende ntabwo twemerewe kurumanura &#8211; Meya Mbonyumuvunyi"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/13148","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=13148"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/13148\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=13148"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=13148"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=13148"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}