{"id":13161,"date":"2018-12-20T21:29:23","date_gmt":"2018-12-20T21:29:23","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2018\/12\/20\/ngororero-itorero-ryo-ku-mudugudu-ryitezweho-kuba-igisubizo-ku-bibazo\/"},"modified":"2025-02-12T13:22:51","modified_gmt":"2025-02-12T11:22:51","slug":"ngororero-itorero-ryo-ku-mudugudu-ryitezweho-kuba-igisubizo-ku-bibazo","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13161","title":{"rendered":"Ngororero: Itorero ryo ku mudugudu ryitezweho kuba igisubizo ku bibazo bibangamiye abaturage"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Bamwe mu baturage bo mu murenge wa Nyange mu karere ka Ngororero bavuga ko itorero ryo ku mudugudu ryatangijwe muri uku kwezi k&#8217;Ukuboza, baryitezeho kuzacyemura ibibazo\u00a0 bibugarije cyane cyane ngo ryibanda mu gucyemura ikibazo cy\u2019amakimbirane yo mu ngo ndetse ngo hanubakirwa inzu zo kubamo n\u2019ubwiherero ku batabifite batishoboye.<\/em> <\/strong> <\/p>\n<p>Akimana Francine utuye mu kagari ka Gaseke avuga ko ubusanzwe abaturage bari barashyiriweho gahunda zo kubafasha kwikemurira ibibazo byabo aho batuye ariko ngo wasangaga batazitabira uko bikwiriye , itorero ryo ku mudugudu ngo abona rizagira umusaruro kuko nta muturage numwe utazajya aryitabira nk\u2019uko basibaga umugoroba w\u2019ababyeyi cyangwa inteko z\u2019abaturage.<\/p>\n<p>Agira ati\u00ab ku mudugudu igihe twahuriye mu masibo yacu tuzajya twicara tumenye ibibazo byose dufite aho dutuye, nk\u2019ubu turacyafite abatishoboye bakeneye gufashwa , amakimbirane mu ngo aracyahari ,turacyakeneye imihanda ,iri torero twiteze ko rizaducyemurira ibibazo bikitubangamiye.\u00bb<\/p>\n<p>Kajyimbanyi Celestin nawe utuye muri uyu murenge we abona ko\u00a0 iri torero rizaba igisubizo cyo guhangana n\u2019amakimbirane hagati y\u2019abashakanye ,kuko\u00a0 abona ari ikibazo cyugarije aho batuye kandi akabona kirushaho kwiyongera.<\/p>\n<p>Agira ati\u00ab iri torero rizaba igisubizo ku miryango ibanye mu makimbirane ,nabaye umuyobozi w\u2019umugoroba w\u2019ababyeyi ariko narinze mvaho kigifite ubukana aha kuko tuzaba twegeranye aho dutuye niteze ko iki kibazo abaturage bazagihashya kigacika\u00bb<\/p>\n<p>Umuyobozi wungirije w\u2019akarere ka Ngororero ushinzwe iterambere ry\u2019ubukungu,\u00a0Kanyange Christine avuga ko ibibazo bikunze kugaragara byaba ibyo mu miryango ,gahunda leta ishyira mu baturage zigamije kubazamura hari ubwo bikorwa mu buryo butanoze kuko biba byakozwe n\u2019umukuru w\u2019umudugudu wenyine bityo ntibinagere ku bo biba byagenewe.<\/p>\n<p>Agira ati \u00abniba ari gahunda ya Girinka cyangwa VUP bikorwa nabi ariko ubu bizajya bikorerwa ku mudugudu abaturage bari mu masibo yabo bahitemo ababigenewe , niba ari umuturage udafite ubwiherero ,niba ari ufite umwanda ,umubyeyi wakuye umwana mu ishuri ,niba ari umugabo wakubise umugore ba baturage bazajya babimubariza mu isibo ,banamufashe kubikemura aho iwabo ariko bitarinze kugera mu nzego zo hejuru\u00bb<\/p>\n<p>Umunyamabanga nshingwabikorwa w\u2019umurenge wa Nyange,\u00a0Mukasano Gaudence avuga ko cyane cyane bizakemura ikibazo ku bijyanye n\u2019imibereho myiza y\u2019abaturage ,cyane cyane ngo\u00a0 ihohoterwa n\u2019amakimbirane yo mu ngo .<\/p>\n<p>Mu bibazo byugarije abaturage avuga ko harimo kubonera aho kuba ku baturage batishoboye kuko ngo abaturage bazakomeza kubigiramo uruhare aho avuga ko bari bafite abaturage 64 bakeneye aho kuba bamaze kubakiramo gusa abantu 32 abasigaye ngo bazifashisha iri torero ryo ku mudugudu.<\/p>\n<p>Uyu munyamabanga nshingwabikorwa kandi avuga ko rizanagira uruhare mu kugabanya imirire mibi hifashishijwe igikoni cy\u2019umudugudu aho ababyeyi bazajya bigishirizwa guteka no gutegura indyo yuzuye kuko muri uyu murenge bari bafite abarwayi ba bwaki 97 kugeza ubu 60 nibo bakize neza naho 37 bakaba bakiri mu ibara ry\u2019umuhondo ,kuri ibi ngo haniyongeraho ikibazo cy\u2019abaturage ubu bataragira ubwiherero ndetse n\u2019abafite mazu asa nka nyakatsi bakeneye gusanirwa amazu .<\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Bamwe mu baturage bo mu murenge wa Nyange mu karere ka Ngororero bavuga ko itorero ryo ku mudugudu ryatangijwe muri uku kwezi k&#8217;Ukuboza, baryitezeho kuzacyemura ibibazo\u00a0 bibugarije cyane cyane ngo ryibanda mu gucyemura ikibazo cy\u2019amakimbirane yo mu ngo ndetse ngo hanubakirwa inzu zo kubamo n\u2019ubwiherero ku batabifite batishoboye. Akimana Francine utuye mu kagari ka Gaseke [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-13161","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Ngororero: Itorero ryo ku mudugudu ryitezweho kuba igisubizo ku bibazo bibangamiye abaturage - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=13161\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Ngororero: Itorero ryo ku mudugudu ryitezweho kuba igisubizo ku bibazo bibangamiye abaturage - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Bamwe mu baturage bo mu murenge wa Nyange mu karere ka Ngororero bavuga ko itorero ryo ku mudugudu ryatangijwe muri uku kwezi k&#8217;Ukuboza, baryitezeho kuzacyemura ibibazo\u00a0 bibugarije cyane cyane ngo ryibanda mu gucyemura ikibazo cy\u2019amakimbirane yo mu ngo ndetse ngo hanubakirwa inzu zo kubamo n\u2019ubwiherero ku batabifite batishoboye. Akimana Francine utuye mu kagari ka Gaseke [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=13161\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2018-12-20T21:29:23+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T11:22:51+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13161#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13161\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Ngororero: Itorero ryo ku mudugudu ryitezweho kuba igisubizo ku bibazo bibangamiye abaturage\",\"datePublished\":\"2018-12-20T21:29:23+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T11:22:51+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13161\"},\"wordCount\":461,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13161#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13161\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13161\",\"name\":\"Ngororero: Itorero ryo ku mudugudu ryitezweho kuba igisubizo ku bibazo bibangamiye abaturage - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2018-12-20T21:29:23+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T11:22:51+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13161#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13161\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13161#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Ngororero: Itorero ryo ku mudugudu ryitezweho kuba igisubizo ku bibazo bibangamiye abaturage\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Ngororero: Itorero ryo ku mudugudu ryitezweho kuba igisubizo ku bibazo bibangamiye abaturage - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13161","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Ngororero: Itorero ryo ku mudugudu ryitezweho kuba igisubizo ku bibazo bibangamiye abaturage - BWIZA","og_description":"Bamwe mu baturage bo mu murenge wa Nyange mu karere ka Ngororero bavuga ko itorero ryo ku mudugudu ryatangijwe muri uku kwezi k&#8217;Ukuboza, baryitezeho kuzacyemura ibibazo\u00a0 bibugarije cyane cyane ngo ryibanda mu gucyemura ikibazo cy\u2019amakimbirane yo mu ngo ndetse ngo hanubakirwa inzu zo kubamo n\u2019ubwiherero ku batabifite batishoboye. Akimana Francine utuye mu kagari ka Gaseke [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13161","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2018-12-20T21:29:23+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T11:22:51+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13161#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13161"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Ngororero: Itorero ryo ku mudugudu ryitezweho kuba igisubizo ku bibazo bibangamiye abaturage","datePublished":"2018-12-20T21:29:23+00:00","dateModified":"2025-02-12T11:22:51+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13161"},"wordCount":461,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=13161#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13161","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13161","name":"Ngororero: Itorero ryo ku mudugudu ryitezweho kuba igisubizo ku bibazo bibangamiye abaturage - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2018-12-20T21:29:23+00:00","dateModified":"2025-02-12T11:22:51+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13161#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=13161"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13161#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Ngororero: Itorero ryo ku mudugudu ryitezweho kuba igisubizo ku bibazo bibangamiye abaturage"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/13161","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=13161"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/13161\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=13161"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=13161"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=13161"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}