{"id":13257,"date":"2018-12-28T07:20:33","date_gmt":"2018-12-28T07:20:33","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2018\/12\/28\/ingabire-victoire-aramagana-ibikorerwa-abo-mu-ishyaka-rye-batuye-i-remera\/"},"modified":"2025-02-12T13:21:51","modified_gmt":"2025-02-12T11:21:51","slug":"ingabire-victoire-aramagana-ibikorerwa-abo-mu-ishyaka-rye-batuye-i-remera","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13257","title":{"rendered":"Ingabire Victoire aramagana ibikorerwa abo mu ishyaka rye batuye i Remera"},"content":{"rendered":"<p> <em> <strong>Umunyapolitiki akaba n\u2019Umuyobozi w\u2019Ishyaka ritaremerwa mu Rwanda ( FDU-Inkingi), Ingabire Umuhoza Victoire asaba ko abayobozi bakorohera ababa mu ishyaka rye by\u2019umwihariko abatuye i Remera mu Karere ka Gasabo kuko ngo bari gukorerwa ibyo yise itotezwa.<\/strong> <\/em> <\/p>\n<p>Umurwanashyaka wa FDU Inkingi witwa Renzaho Janvier utuye mu mudugudu wa Nyarugenge, akagari ka Kinunga, umurenge wa Remera \u00a0watawe muri yombi ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 26 Ukuboza 2018 nyuma akarekurwa gusa ngo nta cyaha na kimwe yashinjwaga nk\u2019uko Ingabire Victoire yatangarije Bwiza.com ku murongo wa telefoni.<\/p>\n<p>Ingabire Victoire yavuze ko hari abantu bakoreshwa n\u2019amarangamutima bakibasira abarwanashayaka ba FDU-Inkingi,ingingo avuga ko ikomeje kubangamira ishyaka rye ricyiyubaka.<\/p>\n<p>Ati \u201c Ikibazo mbona dufite hano mu gihugu hari abantu bamwe bakoreshwa n&#8217;amarangamutima, nkuriya mu demob bita Gacaca, kuba atiyumvamo umuntu agahuruza inzego z&#8217;ubuyobozi azibwira ngo dore abo kwa Ingabire (atangara). Umuntu agatabwa muri yombi gutyo gusa. Icyakora nashimye bariya bayobozi kuko nubwo bamutaye muri yombi ariko bagize ubushishozi bakamurekura. Kandi ziriya nzego ziyemeje kunga Janvier na Gacaca.\u201d<\/p>\n<p>Bwiza.com yashatse kumenya icyatumye \u00a0Janvier Renzaho atabwa muri yombi maze uyu munyapolitiki avuga ko ngo yaryozwaga kuba yaramusuraga ubwo yari muri gereza.<\/p>\n<p>Ati \u201cNta cyaha bamurega usibye kuvuga ko yansuraga igihe nari mfunzwe n&#8217;igihe nafungurwaga akaba yari mubaje kunyakira. Iritotezwa ridukorerwa ndaryamaganye.&#8221;<\/p>\n<p> <strong>Inkuru bifitanye isano:\u00a0<a href=\"https:\/\/bwiza.com\/2018\/12\/27\/umurwanashyaka-wa-fdu-inkingi-bivugwa-ko-yari-yatawe-muri-yombi-yarekuwe\/\" target=\"_blank\" rel=\"noopener\">https:\/\/bwiza.com\/2018\/12\/27\/umurwanashyaka-wa-fdu-inkingi-bivugwa-ko-yari-yatawe-muri-yombi-yarekuwe\/<\/a><\/strong> <\/p>\n<p>Uyu munyapolitiki yemeje ashimitse ko abanyamuryango b\u2019ishyaka rye bo mu cyo yise \u2018Intara y&#8217;Iburasirazuba \u2019batamerewe neza.<\/p>\n<p>Ati \u201cNibyo bafite ibibazo byo gutotezwa. Iki ni ikibazo abayoboke bacu muri karere k&#8217;iburasirazuba bakunze guhura nabyo. Kuba uyu munsi bakoranye ubushishozi bakamureka\u00a0 ndizera ko ari uko bazakomeza. Ndibutsa ko uwari uduhagarariye muri iriya province, witwaga Habarugira Jean Damascene yishwe kuri 11\/5\/2017\u00a0 kandi n&#8217;ubu uwamwishe\u00a0[ntavuga uwo ari we] ntiyigeze abihanirwa .\u00a0Habarugira nawe yatwawe na demobu witwa Th\u00e9ophile,yamusanze iwe m&#8217;urugo amujyana amubwira ko yamuboneye ikiraka nyuma umurambo we bawusanze bamukuyemo amaso, bamuciye ijosi.&#8221;<\/p>\n<p>[penci_related_posts taxonomies=&#8221;undefined&#8221; title=&#8221;Izindi nkuru wasoma&#8221; background=&#8221;&#8221; border=&#8221;&#8221; thumbright=&#8221;no&#8221; number=&#8221;4&#8243; style=&#8221;list&#8221; align=&#8221;none&#8221; displayby=&#8221;recent_posts&#8221; orderby=&#8221;random&#8221;]<\/p>\n<p>Ingabire asaba\u00a0 inzego zibishinzwe gukora ibishoboka byose bigahagarara\u00a0 bityo hakubahirizwa icyo\u00a0 Itegeko Nshinga ry&#8217;igihugu\u00a0 rivuga ko ngo buri Munyarwanda afite uburenganzira bwo kujya mu ishyaka ashaka kandi amashyaka menshi akaba yemewe mu gihugu.<\/p>\n<p>Ingabire Victoire yaje mu Rwanda avuye mu Buholandi\u00a0 mu mwaka wa 2010. Yaje gufungwa nyuma yo guhamwa n\u2019ibyaha birimo n\u2019icy\u2019ingengabitekerezo ya Jenoside, nyuma y\u2019ijambo yavugiye ku rwibutso rwa Jenoside rwa Kigali ruri ku Gisozi, ku wa 16 Mutarama 2010.<\/p>\n<p>Ku wa 13 Ukuboza 2013, nyuma yo guhamwa n\u2019ibyaha yashinjwaga, nibwo Urukiko rw\u2019Ikirenga rwamukatiye igifungo cy\u2019imyaka 15 mu isomwa ry\u2019urubanza yaba we ndetse n\u2019ubushinjacyaha bari bajuririye nyuma yo kumukatira bwa mbere igifungo cy\u2019imyaka umunani.<\/p>\n<p>Ku wa Gatanu tariki ya 14 Nzeri 2018, nibwo Ingabire hamwe n\u2019izindi mfungwa zisaga ibihumbi bibiri, bahawe imbabazi na Perezida Kagame baza gufungurwa.<\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umunyapolitiki akaba n\u2019Umuyobozi w\u2019Ishyaka ritaremerwa mu Rwanda ( FDU-Inkingi), Ingabire Umuhoza Victoire asaba ko abayobozi bakorohera ababa mu ishyaka rye by\u2019umwihariko abatuye i Remera mu Karere ka Gasabo kuko ngo bari gukorerwa ibyo yise itotezwa. Umurwanashyaka wa FDU Inkingi witwa Renzaho Janvier utuye mu mudugudu wa Nyarugenge, akagari ka Kinunga, umurenge wa Remera \u00a0watawe muri [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-13257","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Ingabire Victoire aramagana ibikorerwa abo mu ishyaka rye batuye i Remera - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=13257\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Ingabire Victoire aramagana ibikorerwa abo mu ishyaka rye batuye i Remera - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Umunyapolitiki akaba n\u2019Umuyobozi w\u2019Ishyaka ritaremerwa mu Rwanda ( FDU-Inkingi), Ingabire Umuhoza Victoire asaba ko abayobozi bakorohera ababa mu ishyaka rye by\u2019umwihariko abatuye i Remera mu Karere ka Gasabo kuko ngo bari gukorerwa ibyo yise itotezwa. Umurwanashyaka wa FDU Inkingi witwa Renzaho Janvier utuye mu mudugudu wa Nyarugenge, akagari ka Kinunga, umurenge wa Remera \u00a0watawe muri [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=13257\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2018-12-28T07:20:33+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T11:21:51+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13257#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13257\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Ingabire Victoire aramagana ibikorerwa abo mu ishyaka rye batuye i Remera\",\"datePublished\":\"2018-12-28T07:20:33+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T11:21:51+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13257\"},\"wordCount\":481,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13257#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13257\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13257\",\"name\":\"Ingabire Victoire aramagana ibikorerwa abo mu ishyaka rye batuye i Remera - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2018-12-28T07:20:33+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T11:21:51+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13257#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13257\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13257#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Ingabire Victoire aramagana ibikorerwa abo mu ishyaka rye batuye i Remera\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Ingabire Victoire aramagana ibikorerwa abo mu ishyaka rye batuye i Remera - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13257","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Ingabire Victoire aramagana ibikorerwa abo mu ishyaka rye batuye i Remera - BWIZA","og_description":"Umunyapolitiki akaba n\u2019Umuyobozi w\u2019Ishyaka ritaremerwa mu Rwanda ( FDU-Inkingi), Ingabire Umuhoza Victoire asaba ko abayobozi bakorohera ababa mu ishyaka rye by\u2019umwihariko abatuye i Remera mu Karere ka Gasabo kuko ngo bari gukorerwa ibyo yise itotezwa. Umurwanashyaka wa FDU Inkingi witwa Renzaho Janvier utuye mu mudugudu wa Nyarugenge, akagari ka Kinunga, umurenge wa Remera \u00a0watawe muri [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13257","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2018-12-28T07:20:33+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T11:21:51+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13257#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13257"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Ingabire Victoire aramagana ibikorerwa abo mu ishyaka rye batuye i Remera","datePublished":"2018-12-28T07:20:33+00:00","dateModified":"2025-02-12T11:21:51+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13257"},"wordCount":481,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=13257#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13257","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13257","name":"Ingabire Victoire aramagana ibikorerwa abo mu ishyaka rye batuye i Remera - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2018-12-28T07:20:33+00:00","dateModified":"2025-02-12T11:21:51+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13257#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=13257"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13257#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Ingabire Victoire aramagana ibikorerwa abo mu ishyaka rye batuye i Remera"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/13257","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=13257"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/13257\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=13257"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=13257"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=13257"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}