{"id":13284,"date":"2018-12-31T06:59:35","date_gmt":"2018-12-31T06:59:35","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2018\/12\/31\/burundi-umuvugizi-wa-perezida-yabajijwe-niba-bashobora-gutanga-u-rwanda\/"},"modified":"2025-02-12T13:19:34","modified_gmt":"2025-02-12T11:19:34","slug":"burundi-umuvugizi-wa-perezida-yabajijwe-niba-bashobora-gutanga-u-rwanda","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13284","title":{"rendered":"Burundi: Umuvugizi wa perezida yabajijwe niba bashobora gutanga u Rwanda bakarutera"},"content":{"rendered":"<p>Umuvugizi wa Perezida w\u2019u Burundi Jean-Claude Karerwa Ndenzako yabajijwe niba mu gihe u Burundi bukomeje kuvuga ko u Rwanda rubushotora rushaka kubutera bushobora gufata icyemezo cyo gutanga u Rwanda bukarutera, ndetse agira icyo abwira Abanyarwanda bari mu Burundi muri iki gihe umubao w\u2019ibihugu byombi utifashe neza.<\/p>\n<p>Ni mu kiganiro cyateguwe na Televiziyo y\u2019u Burundi mu cyumweru gishize cyari kigamije gushyira umucyo ku kibazo cy\u2019imibanire mibi ikomeje kugaragara hagati y\u2019u Burundi n\u2019u Rwanda aho umunyamakuru yaje kumubaza ati: \u201cMbese u Rwanda rukomeje gushotora u Burundi nk\u2019uko mubivuga, mubona u Burundi bushobora kurutanga bikarwana?\u201d<\/p>\n<p>Yasubije agira ati: \u201cNakubwiye ko ahahise byabaye. Twebwe turasaba Imana ngo harabaye ntihakabe hpfa imbwa n\u2019imbeba hakira umwami n\u2019ingoma. Ntitubishaka tubyamaganira kure, turanasenga tuti Mana turinde ikintu cyose cyitwa intambara kuko intambara ntiyubaka irasenya\u201d<\/p>\n<p>Yakomeje avuga ko ubundi habaho intambara n\u2019urugamba. Ati: \u201c <em>Twebwe twaba tugiye ku rugamba. Urugamba ni igihe urwanira ikintu cy\u2019ukuri. Muri icyo gihe rero iyo byageze ugaterwa nturera amaboko. Ugomba kurwanira igihugu cyawe, ukarwanira ituze n\u2019umutekano w\u2019abanyagihugu\u2026dufite byose uhereye ku Mana duhereye no ku bantu.<\/em> \u201d<\/p>\n<p>Umunyamakuru yumvise atari gusubiza ikibazo yamubajije neza arongera akimusubiriramo amubaza niba u Burundi niba buvuga ko u Rwanda rushaka kubutera bushobora kurutanga bukarutera, maze mu gusubiza agira ati: \u201c <em>Oya ibyo kurutanga uwo mugambi ni ukuri mu Burundi nta wuhari, nta wuvugwa, ntihagire n\u2019uwurota nawurota ntazawurotorerwe. Umugambi koko ni ugukomeza imyiteguro..twebwe rero twarazitiye mu buryo bwinshi. Sinabikubwira ahangaha, ariko hafashwe ingamba nyinshi nyinshi cyane\u00a0 zituma igihugu cyacu gicungwa\u00a0 hasi no hejuru, mu mazi no ku isi ku mbibi zose<\/em> \u201d .<\/p>\n<p>Umuvugizi wa perezida w\u2019u Burundi yanabajijwe icyo yabwira Abanyarwanda baba mu Burundi ndetse n\u2019Abarundi baba mu Rwanda, asubiza agira ati: \u201c <em>Ubwa mbere ho ni ukubahumuriza. Cyane cyane Abanyarwanda baba mu Burundi ntibazatekereze ngo uumwana w\u2019imbeba azira urwango rwa nyina nta n\u2019umwe uzabahora amagambo mabi, amagambo yo gushotorana, amagambo yo gutukana..imyifatire igayitse y\u2019abayobozi babo, nta n\u2019umwe uzazizira. Batekane, umutekano mu gihugu urahagije, umutekano ni kuri bose<\/em> \u2026.\u201d<\/p>\n<p>Yagize n\u2019icyo abwira Abarundi bari mu Rwanda agira ati: \u201c <em>Abarundi bari mu Rwanda cyane cyane tubahanura gutaha mu Burundi. Nta muntu wakwifuza kujya mu muriro hariho ijuru twebwe twemera Imana. Mu Burundi ni heza cyane hari amahoro, hari byose, hari n\u2019ibitagishobora kugera mu Rwanda kera byahageraga nibataha mu Burundi bazabihasanga bakwitahira.<\/em> \u201d<\/p>\n<p>Ubutaha tuzabagezaho ibindi byavugiwe muri iki kiganiro cyari cyanatumiwemo Umurundikazi uvuga ko yabaye mu Rwanda kugeza nyuma y\u2019intambara ubwo yatahukaga wumvikanisha kwivuguruza mu byo atangaza nk\u2019aho atangira avuga ko u Burundi n\u2019u Rwanda byari ibihugu bibanye neza bikarangira avuga ko Abarundi batigeze bahabwa agaciro mu Rwanda ndetse n\u2019icyo uyu muvugizi wa Perezida Nkurunziza avuga ku waba waratangiye ubushotoranyi hagati y\u2019ibihugu byombi.<\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umuvugizi wa Perezida w\u2019u Burundi Jean-Claude Karerwa Ndenzako yabajijwe niba mu gihe u Burundi bukomeje kuvuga ko u Rwanda rubushotora rushaka kubutera bushobora gufata icyemezo cyo gutanga u Rwanda bukarutera, ndetse agira icyo abwira Abanyarwanda bari mu Burundi muri iki gihe umubao w\u2019ibihugu byombi utifashe neza. Ni mu kiganiro cyateguwe na Televiziyo y\u2019u Burundi mu [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-13284","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Burundi: Umuvugizi wa perezida yabajijwe niba bashobora gutanga u Rwanda bakarutera - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=13284\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Burundi: Umuvugizi wa perezida yabajijwe niba bashobora gutanga u Rwanda bakarutera - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Umuvugizi wa Perezida w\u2019u Burundi Jean-Claude Karerwa Ndenzako yabajijwe niba mu gihe u Burundi bukomeje kuvuga ko u Rwanda rubushotora rushaka kubutera bushobora gufata icyemezo cyo gutanga u Rwanda bukarutera, ndetse agira icyo abwira Abanyarwanda bari mu Burundi muri iki gihe umubao w\u2019ibihugu byombi utifashe neza. Ni mu kiganiro cyateguwe na Televiziyo y\u2019u Burundi mu [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=13284\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2018-12-31T06:59:35+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T11:19:34+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13284#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13284\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Burundi: Umuvugizi wa perezida yabajijwe niba bashobora gutanga u Rwanda bakarutera\",\"datePublished\":\"2018-12-31T06:59:35+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T11:19:34+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13284\"},\"wordCount\":466,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13284#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13284\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13284\",\"name\":\"Burundi: Umuvugizi wa perezida yabajijwe niba bashobora gutanga u Rwanda bakarutera - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2018-12-31T06:59:35+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T11:19:34+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13284#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13284\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13284#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Burundi: Umuvugizi wa perezida yabajijwe niba bashobora gutanga u Rwanda bakarutera\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Burundi: Umuvugizi wa perezida yabajijwe niba bashobora gutanga u Rwanda bakarutera - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13284","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Burundi: Umuvugizi wa perezida yabajijwe niba bashobora gutanga u Rwanda bakarutera - BWIZA","og_description":"Umuvugizi wa Perezida w\u2019u Burundi Jean-Claude Karerwa Ndenzako yabajijwe niba mu gihe u Burundi bukomeje kuvuga ko u Rwanda rubushotora rushaka kubutera bushobora gufata icyemezo cyo gutanga u Rwanda bukarutera, ndetse agira icyo abwira Abanyarwanda bari mu Burundi muri iki gihe umubao w\u2019ibihugu byombi utifashe neza. Ni mu kiganiro cyateguwe na Televiziyo y\u2019u Burundi mu [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13284","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2018-12-31T06:59:35+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T11:19:34+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13284#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13284"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Burundi: Umuvugizi wa perezida yabajijwe niba bashobora gutanga u Rwanda bakarutera","datePublished":"2018-12-31T06:59:35+00:00","dateModified":"2025-02-12T11:19:34+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13284"},"wordCount":466,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=13284#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13284","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13284","name":"Burundi: Umuvugizi wa perezida yabajijwe niba bashobora gutanga u Rwanda bakarutera - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2018-12-31T06:59:35+00:00","dateModified":"2025-02-12T11:19:34+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13284#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=13284"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13284#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Burundi: Umuvugizi wa perezida yabajijwe niba bashobora gutanga u Rwanda bakarutera"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/13284","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=13284"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/13284\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=13284"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=13284"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=13284"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}