{"id":13313,"date":"2019-01-02T06:18:25","date_gmt":"2019-01-02T06:18:25","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2019\/01\/02\/ku-bunani-umutekano-wagenze-neza-usibye-impanuka-yaguyemo-umuntu-rnp\/"},"modified":"2025-02-12T13:19:19","modified_gmt":"2025-02-12T11:19:19","slug":"ku-bunani-umutekano-wagenze-neza-usibye-impanuka-yaguyemo-umuntu-rnp","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13313","title":{"rendered":"Ku Bunani umutekano wagenze neza usibye impanuka yaguyemo umuntu &#8211; RNP"},"content":{"rendered":"<div>\n<p>Polisi y\u2019u Rwanda irashimira abanyarwanda n\u2019abaturarwanda muri rusange uburyo bitwaye muri uyu mwaka twashoje wa 2018 ndetse no muri iyi minsi mikuru isoza umwaka.<\/p>\n<\/div>\n<div>\n<p>Mu masaha 24,\u00a0 umutekano wari nta makemwa usibye impanuka ebyiri zisa nk\u2019izari zikomeye. Imwe ni imodoka yagonze umunyamaguru mu karere ka Nyamasheke yitaba Imana, indi yabereye mu karere ka Nyarugenge ariko nta muntu wayiguyemo.<\/p>\n<\/div>\n<div>\n<p>Izindi zari impanuka zoroheje zakomerekeyomo abantu bagera kuri 21.<\/p>\n<\/div>\n<div>\n<p>Nk\u2019ibisanzwe Polisi y\u2019u Rwanda ihora iharanira ko abanyarwanda bahora batuje kandi batekanye, byagera mu minsi mikuru isoza umwaka bikaba akarusho kuko iba yifuza ko basoza umwaka hatagize ikibahungabanyiriza ibyishimo.<\/p>\n<\/div>\n<div>\n<p>Ni muri urwo rwego Polisi y\u2019u Rwanda ivuga ko haba mbere ndetse no ku munsi nyiri izina w\u2019Ubunani igihugu cyose cyari gitekanye nta byaha bidasanzwe byagaragaye usibye impanuka imwe y\u2019imodoka yabaye mu ijoro ryo ku itariki 31 Ukuboza 2018 mu masaa mbiri,\u00a0 igahita umuntu umwe.<\/p>\n<\/div>\n<div>\n<p>Umuvugizi wa Polisi y\u2019u Rwanda Commissioner of Police (CP) John Bosco Kabera yavuze ko iyo\u00a0 mpanuka nayo yatewe n\u2019uburangare bw\u2019umushoferi.<\/p>\n<\/div>\n<div>\n<p>Yagize ati:\u201dHari mu masaa mbiri y\u2019umugoroba\u00a0 biturutse ku burangare bw\u2019umushoferi wari utwaye imodoka yo mu bwoko bwa Toyota Minibus RAC113K , yari itwawe n\u2019uwitwa Maisha Venancia w\u2019 imyaka 26 yagonze umunyamaguru ajyanwa kwa muganga ariko ageze yo ahita yitaba Imana,indi yasaga nk\u2019ikomeye yabereye mu karere ka Nyarugenge ariko nta muntu yahitanye.\u201d<\/p>\n<\/div>\n<div>\n<p>CP Kabera yakomeje avuga ko\u00a0 izindi mpanuka zabaye\u00a0 zari zoroheje, zikaba zarakomerekeyemo abantu 21.<\/p>\n<\/div>\n<div>\n<p>Umuvugizi wa Polisi y\u2019u Rwanda yavuze ko muri rusange muri iyi minsi mikuru nta byaha bidasanzwe byagaraye, ko abaturage bidagaduye mu ituze n\u2019umutekano.<\/p>\n<\/div>\n<div>\n<p>Yagize ati:\u201d Umuntu yaboneraho gushimmira abanyarwanda ko mu masaha 24 yatambutse muri iri joro ry\u2019ubunani nta byaha bihungabanya umutekano byagaragaye, twavuga nk\u2019ubujura buciye icyuho, urusaku, guha abana batoya ibisindisha no kubajyana mu mazu y\u2019urubyiniro,ntabwo byagaragaye.Muri rusange abanyarwanda basoje umwaka mu mutekano usesuye.\u201d<\/p>\n<\/div>\n<div>\n<p>Yakomeje avuga ko muri rusange uyu mwaka dushoje wa 2018 waranzwe n\u2019amahoro n\u2019umutekano kuko habaye igabanuka ry\u2019ibyaha biturutse ku bufatanye bw\u2019abaturage na Polisi muri gahunda yo kurwanya no gukumira ibyaha.<\/p>\n<\/div>\n<div>\n<p>Mu mwaka dusoje wa 2018 impanuka mu mihanda zagabanutseho 20% ugereranyije n\u2019umwaka wa 2017.Izabaye nazo zikaba zaraturutse ku burangare bwa bamwe mu bashoferi,nko kugendera ku muvuduko ukabije kutubahiriza amategeko y\u2019umuhanda ndetse na zimwe mu modoka zabaga zifite ibibazo tekinike.<\/p>\n<\/div>\n<div>\n<p>CP Kabera yasoje asaba abanyarwanda gukomeza ubufatanye na Polisi mu kurwanya no gukumira ibyaha kugira ngo uyu mwaka wa 2019 nawo uzarangire mu mahoro.<\/p>\n<\/div>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Polisi y\u2019u Rwanda irashimira abanyarwanda n\u2019abaturarwanda muri rusange uburyo bitwaye muri uyu mwaka twashoje wa 2018 ndetse no muri iyi minsi mikuru isoza umwaka. Mu masaha 24,\u00a0 umutekano wari nta makemwa usibye impanuka ebyiri zisa nk\u2019izari zikomeye. Imwe ni imodoka yagonze umunyamaguru mu karere ka Nyamasheke yitaba Imana, indi yabereye mu karere ka Nyarugenge ariko [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-13313","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Ku Bunani umutekano wagenze neza usibye impanuka yaguyemo umuntu - RNP - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=13313\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Ku Bunani umutekano wagenze neza usibye impanuka yaguyemo umuntu - RNP - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Polisi y\u2019u Rwanda irashimira abanyarwanda n\u2019abaturarwanda muri rusange uburyo bitwaye muri uyu mwaka twashoje wa 2018 ndetse no muri iyi minsi mikuru isoza umwaka. Mu masaha 24,\u00a0 umutekano wari nta makemwa usibye impanuka ebyiri zisa nk\u2019izari zikomeye. Imwe ni imodoka yagonze umunyamaguru mu karere ka Nyamasheke yitaba Imana, indi yabereye mu karere ka Nyarugenge ariko [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=13313\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2019-01-02T06:18:25+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T11:19:19+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13313#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13313\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Ku Bunani umutekano wagenze neza usibye impanuka yaguyemo umuntu &#8211; RNP\",\"datePublished\":\"2019-01-02T06:18:25+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T11:19:19+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13313\"},\"wordCount\":414,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13313#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13313\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13313\",\"name\":\"Ku Bunani umutekano wagenze neza usibye impanuka yaguyemo umuntu - RNP - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2019-01-02T06:18:25+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T11:19:19+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13313#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13313\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13313#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Ku Bunani umutekano wagenze neza usibye impanuka yaguyemo umuntu &#8211; RNP\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Ku Bunani umutekano wagenze neza usibye impanuka yaguyemo umuntu - RNP - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13313","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Ku Bunani umutekano wagenze neza usibye impanuka yaguyemo umuntu - RNP - BWIZA","og_description":"Polisi y\u2019u Rwanda irashimira abanyarwanda n\u2019abaturarwanda muri rusange uburyo bitwaye muri uyu mwaka twashoje wa 2018 ndetse no muri iyi minsi mikuru isoza umwaka. Mu masaha 24,\u00a0 umutekano wari nta makemwa usibye impanuka ebyiri zisa nk\u2019izari zikomeye. Imwe ni imodoka yagonze umunyamaguru mu karere ka Nyamasheke yitaba Imana, indi yabereye mu karere ka Nyarugenge ariko [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13313","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2019-01-02T06:18:25+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T11:19:19+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13313#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13313"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Ku Bunani umutekano wagenze neza usibye impanuka yaguyemo umuntu &#8211; RNP","datePublished":"2019-01-02T06:18:25+00:00","dateModified":"2025-02-12T11:19:19+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13313"},"wordCount":414,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=13313#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13313","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13313","name":"Ku Bunani umutekano wagenze neza usibye impanuka yaguyemo umuntu - RNP - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2019-01-02T06:18:25+00:00","dateModified":"2025-02-12T11:19:19+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13313#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=13313"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13313#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Ku Bunani umutekano wagenze neza usibye impanuka yaguyemo umuntu &#8211; RNP"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/13313","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=13313"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/13313\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=13313"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=13313"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=13313"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}