{"id":13376,"date":"2019-01-06T08:02:05","date_gmt":"2019-01-06T08:02:05","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2019\/01\/06\/umuyobozi-w-ikigo-cyo-muri-amerika-avuga-ko-umujyi-wa-layton-na-kigali-hari\/"},"modified":"2019-01-06T08:02:05","modified_gmt":"2019-01-06T08:02:05","slug":"umuyobozi-w-ikigo-cyo-muri-amerika-avuga-ko-umujyi-wa-layton-na-kigali-hari","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13376","title":{"rendered":"Umuyobozi w\u2019ikigo cyo muri Amerika avuga ko umujyi wa Layton na Kigali hari byinshi ihuriyeho"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Umuyobozi w\u2019ikigo cy&#8217;amashuri \u2018Layton Christian Academy\u2019 kibarizwa muri Leta ya Utah muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Bwana\u00a0 Greg Miller, avuga ko iki kigo abereye umuyobozi kiganjemo abanyeshuri b\u2019Abanyarwanda benshi, ubu bwinshi bwabo ngo bukaba bwaratumye asura akanakunda u Rwanda.<\/em> <\/strong> <\/p>\n<p>Greg Miller avuga ko Abanyarwanda batangiye kwinjira cyane muri iki kigo kuva mu mwaka wa 2012, nyuma na we asura u Rwanda, aho arukundiye akaba arusura kenshi.<\/p>\n<p>Aganira na Radiyo Ijwi rya Amerika, Greg yagize ati \u201cU Rwanda nicyo gihugu cyohereza hano abanyeshuri benshi kurusha abava ahandi, dufite abandi banyeshuri bava ahandi mu bihugu 26, twakiriye bwa mbere abanyeshuri b\u2019Abanyarwanda mu 2012, nigeze no gusura u Rwanda kugira ngo nirebere icyo gihugu abana bakomokamo, namenyeyeyo bimwe mu bikiranga, nakomeje gusubirayo buri mwaka, rimwe na rimwe nkajyayo nka kabiri cyangwa gatatu buri mwaka\u201d.<\/p>\n<p>Akomeza avuga ko benshi bakunze kumubaza impamvu Abanyarwanda biganje muri iki kigo, aha ni naho ahera avuga ko Kigali na Layton ari imijyi ibiri ifite ibyo ihuriyeho ariko adasobanura, bityo ikaba yaba imwe mu mpamvu zituma Abanyarwanda bishimira kuba muri uyu mujyi wo muri Amerika.<\/p>\n<p>Ati \u201cUsanga benshi baba bashaka kwiga mu mijyi nka Los Angeles na New York ariko Abanyarwanda usanga baba bashaka kuba mu mijyi mito kandi ituje, aho babana n\u2019abandi bitabagoye, mu by\u2019ukuri nyuma yuko nasuraga umujyi wa Kigali, Nasanze Layton na Kigali hari byinshi bihuriyeho cyane\u201d.<\/p>\n<p>Ruheta Wase Iana w\u2019imyaka 16 y\u2019amavuko, ni umwe mu bana b\u2019Abanyarwanda bahiga, avuga ko batangira bibagora kubera ko bamwe baba bakiri bato, ariko buhoro buhoro bakagenda bamenyera ubuzima bwaho.<\/p>\n<p>Ati \u201cBiragoye, biragoye cyane cyane iyo uje ahangaha ukiri muto ariko nyuma uhita umenyera nyine, hari aho ugera bikakurenga ukabona bitandukanye nk\u2019ibyo mu rugo, ukabona abantu mubana batandukanye n\u2019abo mu rugo ariko mukabana nk\u2019abavandimwe bawe, kuko tuba tubana n\u2019Abashinwa abantu bose b\u2019ahantu hose, tugomba kwiga nyine kubana nabo,\u2026Ntibyoroshye ariko ni byiza nyine\u201d.<\/p>\n<p>Layton Christian Academy, ni ishuri rifite amashuri abanza n&#8217;ayisumbuye ribarizwa muri leta ya Utah muri Leta zunze ubumwe za Amerika. Umujyi wa Layton utuwe n&#8217;abaturage basaga ibihumbi 70.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umuyobozi w\u2019ikigo cy&#8217;amashuri \u2018Layton Christian Academy\u2019 kibarizwa muri Leta ya Utah muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Bwana\u00a0 Greg Miller, avuga ko iki kigo abereye umuyobozi kiganjemo abanyeshuri b\u2019Abanyarwanda benshi, ubu bwinshi bwabo ngo bukaba bwaratumye asura akanakunda u Rwanda. Greg Miller avuga ko Abanyarwanda batangiye kwinjira cyane muri iki kigo kuva mu mwaka wa [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[31],"tags":[],"class_list":["post-13376","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-mu-mahanga"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Umuyobozi w\u2019ikigo cyo muri Amerika avuga ko umujyi wa Layton na Kigali hari byinshi ihuriyeho - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=13376\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Umuyobozi w\u2019ikigo cyo muri Amerika avuga ko umujyi wa Layton na Kigali hari byinshi ihuriyeho - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Umuyobozi w\u2019ikigo cy&#8217;amashuri \u2018Layton Christian Academy\u2019 kibarizwa muri Leta ya Utah muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Bwana\u00a0 Greg Miller, avuga ko iki kigo abereye umuyobozi kiganjemo abanyeshuri b\u2019Abanyarwanda benshi, ubu bwinshi bwabo ngo bukaba bwaratumye asura akanakunda u Rwanda. Greg Miller avuga ko Abanyarwanda batangiye kwinjira cyane muri iki kigo kuva mu mwaka wa [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=13376\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2019-01-06T08:02:05+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13376#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13376\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Umuyobozi w\u2019ikigo cyo muri Amerika avuga ko umujyi wa Layton na Kigali hari byinshi ihuriyeho\",\"datePublished\":\"2019-01-06T08:02:05+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13376\"},\"wordCount\":359,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"mu-mahanga\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13376#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13376\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13376\",\"name\":\"Umuyobozi w\u2019ikigo cyo muri Amerika avuga ko umujyi wa Layton na Kigali hari byinshi ihuriyeho - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2019-01-06T08:02:05+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13376#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13376\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13376#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Umuyobozi w\u2019ikigo cyo muri Amerika avuga ko umujyi wa Layton na Kigali hari byinshi ihuriyeho\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Umuyobozi w\u2019ikigo cyo muri Amerika avuga ko umujyi wa Layton na Kigali hari byinshi ihuriyeho - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13376","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Umuyobozi w\u2019ikigo cyo muri Amerika avuga ko umujyi wa Layton na Kigali hari byinshi ihuriyeho - BWIZA","og_description":"Umuyobozi w\u2019ikigo cy&#8217;amashuri \u2018Layton Christian Academy\u2019 kibarizwa muri Leta ya Utah muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Bwana\u00a0 Greg Miller, avuga ko iki kigo abereye umuyobozi kiganjemo abanyeshuri b\u2019Abanyarwanda benshi, ubu bwinshi bwabo ngo bukaba bwaratumye asura akanakunda u Rwanda. Greg Miller avuga ko Abanyarwanda batangiye kwinjira cyane muri iki kigo kuva mu mwaka wa [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13376","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2019-01-06T08:02:05+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13376#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13376"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Umuyobozi w\u2019ikigo cyo muri Amerika avuga ko umujyi wa Layton na Kigali hari byinshi ihuriyeho","datePublished":"2019-01-06T08:02:05+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13376"},"wordCount":359,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["mu-mahanga"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=13376#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13376","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13376","name":"Umuyobozi w\u2019ikigo cyo muri Amerika avuga ko umujyi wa Layton na Kigali hari byinshi ihuriyeho - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2019-01-06T08:02:05+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13376#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=13376"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13376#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Umuyobozi w\u2019ikigo cyo muri Amerika avuga ko umujyi wa Layton na Kigali hari byinshi ihuriyeho"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/13376","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=13376"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/13376\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=13376"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=13376"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=13376"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}