{"id":13421,"date":"2019-01-09T13:22:02","date_gmt":"2019-01-09T13:22:02","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2019\/01\/09\/mwiseneza-wasitaye-ku-ibuye-i-rutsiro-yambaye-ikamba-i-kigali-abantu-bacurira\/"},"modified":"2025-02-03T01:47:32","modified_gmt":"2025-02-02T23:47:32","slug":"mwiseneza-wasitaye-ku-ibuye-i-rutsiro-yambaye-ikamba-i-kigali-abantu-bacurira","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13421","title":{"rendered":"Mwiseneza wasitaye ku ibuye i Rutsiro, yambaye ikamba i Kigali abantu bacurira"},"content":{"rendered":"<p> <em> <strong>Mwiseneza Josiane ni umukobwa w\u2019imyaka 23 y\u2019amavuko.Apima ibiro 57 akaba afite uburebure bwa \u00a0metero na santimetero 70. Uyu mukobwa yavuzweho cyane bitewe no kwivugira ko yaje n\u2019amaguru aturutse ku Nyundo kugera ahabereye igikorwa cyo gutoranya abazahagararira Intara y\u2019Iburengerazuba mu irushanwa rya Miss Rwanda 2019, mu mujyi wa Rubavu ku Inzozi Beach Hotel afite igisebe ku ino rinini kubwo gusitara ku munsi wari wabanje.<\/strong> <\/em> <\/p>\n<p> <strong>Mwiseneza Josiane i Rubavu<\/strong> <\/p>\n<p>Mu ijonjora ryabereye i Rubavu (Gisenyi,\u00a0 Mwiseneza yahawe nimero imwe mu bakobwa 13 bagomba guhatanira kuzahagararira intara y\u2019Iburengerazuba.<\/p>\n<figure id=\"attachment_123510\" aria-describedby=\"caption-attachment-123510\" style=\"width: 1000px\" class=\"wp-caption alignnone\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"wp-image-123510 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/01\/dsc-0165-1847061544967575.jpg\" alt=\"\" width=\"1000\" height=\"664\" \/><figcaption id=\"caption-attachment-123510\" class=\"wp-caption-text\"><em> <strong>Ubwo Josiane Mwiseneza yatangaga ibyangombwa bimwemerera kwinjira mu irushanwa rya Miss Rwanda 2019<\/strong> <\/em><\/figcaption><\/figure>\n<p>Uyu mukobwa watunguye benshi bitewe n\u2019uburyo yari atandukanye n\u2019abandi haba mu myambarire, no mu buryo atari yabanje kujya gukora imisatsi n\u2019inzara nka bagenzi be.<\/p>\n<p>Benshi bamutangariye bitewe n\u2019uko atari afite ubusirimu bwinshi ugereranyije na bagenzi be baje guhatana ndetse urebye ku birenge bye ubona ko ino rye ry\u2019igikumwe ryakomeretse kubera gutsitara. N\u2019ubwo benshi bamubonye nk\u2019aho atandukanye n\u2019abandi, we yavuze ko yifitiye icyizere cyane ndetse yizeye gutsinda agahigika bagenzi be.<\/p>\n<figure id=\"attachment_123509\" aria-describedby=\"caption-attachment-123509\" style=\"width: 900px\" class=\"wp-caption alignnone\"><img decoding=\"async\" class=\"wp-image-123509 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/01\/48df8f40-46b8-4fdd-95d3-2ad3638aa1df-2743091544967324.jpg\" alt=\"\" width=\"900\" height=\"596\" \/><figcaption id=\"caption-attachment-123509\" class=\"wp-caption-text\"><em> <strong>Mwiseneza yari yakomeretse ku ino rinini<\/strong> <\/em><\/figcaption><\/figure>\n<p>Mwiseneza yabajijwe mu Kinyarwanda no mu cyongereza ndetse abasha guhabwa\u00a0 yego n\u2019abakemurampaka babiri\u00a0 muri batatu bari bagize akanama nkemurampaka. Ibi byatumye yemererwa gukomeza bitewe n\u2019uburyo yasubije neza ibibazo by\u2019abakemurampaka.<\/p>\n<p>Ubwo hatomborwaga numero izaranga buri umukobwa uri mu irushanwa, haba mu guseruka imbere ndetse no gutorwa n\u2019abamushima, Mwiseneza yatomboye numero 30, abantu nabwo baratangara bati iriya numero ni nziza pe.<\/p>\n<p>Mwiseneza yakomeje kwanikira abo bari bahanganye. Urugero rufatika ni nk\u2019aho kuwa tariki 03\/01\/2019 , Miss Mwiseneza Josiane yari akomeje kwanikira bagenzi be, na likes zirenga 20,000 na comments zirenga 1600 kuri Instagram, naho kuri facebook akagira likes zisatira 4000, na comments zirenga 570.<\/p>\n<p>Uwari amukurikiye yari Miss Mutoni Deborah ufite numero 17, akagira likes zirenga gato 16,000 kuri Instagram.<\/p>\n<p> <strong>Mwiseneza Josiane yagiye mu mwiherero \u2018 Boot Camp\u2019 nta mananiza<\/strong> <\/p>\n<p>Mbere yo kwerekeza mu mwiherero, habayeho umunsi udasanzwe wo gutangaza abakobwa 20 muri 37 bari bahagarariye intara. Abakobwa batoranyijwe hagendeye ku buryo bitwaye ni 19, aba\u00a0 baje biyongera kuri Mwiseneza Josiane wakomeje bitewe n\u2019uko yahize abandi mu itora ryo ku mbuga nkoranyambaga.<\/p>\n<p>Kuri uyu munsi kandi byagaragaye ko abantu benshi bari bahanze amaso kubona Mwiseneza wari umaze iminsi avugwa cyane haba mu bitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga n&#8217;ahandi henshi.<\/p>\n<p> <strong>Ntibyoroheye abakemurampaka kumvikana na Mwiseneza kubera amajwi y&#8217;abamushyigikiye<\/strong> <\/p>\n<p>Mwiseneza yageze imbere y\u2019akanama nkemurampaka kuri uyu wa Gatandatu, tariki 5 Mutarama 2019 ahagana saa tatu z\u2019ijoro, yakirizwa urwamo rw\u2019ibyishimo abantu bose barahaguruka ndetse batangira gufata amafoto n\u2019amashusho arimo gutambuka no gusubiza.<\/p>\n<p>Ni we mukobwa wagarijwe kugira abafana benshi kurusha abandi bose banyuze imbere y\u2019akanama nkemurampaka kuko umukobwa wa 29 akimara gutambuka, abantu benshi batangiye kumuvuga mu izina ubona bashishikajwe cyane no kumubona mu isura nshya muri iri rushanwa rya Miss Rwanda 2019.<\/p>\n<p>Urusaku rw\u2019abakunzi ba Mwiseneza rwajegeje ahabereye irushanwa runatuma abagize akanama nkemurampaka basaba abantu gutuza hakumvwa ibisubizo bye.<\/p>\n<p> <strong>Benshi baraha Mwiseneza amahirwe yo kwegukana ikamba rya Nyampinga w&#8217;u Rwanda 2019<\/strong> <\/p>\n<p>Nyuma yo kumenyekena ko Mwiseneza ari we wa mbere wemerewe kujya mu mwiherero, abatari bake binyuze ku mbuga nkoranyambaga bakomeje kuvuga ko uyu mukobwa akwiye guhabwa iri kamba.<\/p>\n<p>Ibi babishingira ahanini ku kuba ngo ibigenderwaho abyujuje. Abanyepolitiki nabo ntibatanzwe kugaragaza ko uyu mukobwa ufite umushinga wo kurwanya imirire mibi no kugwingira, ari umushinga mwiza cyane ko ari ikibazo cyazahaje abatari bake muri uru Rwanda.<\/p>\n<p>Ku rundi ruhande, hari abadakozwa ko Mwiseneza yahabwa iri kamba bavuga ko ingingo y&#8217;ubwiza igenderwaho kuri uyu mukobwa ikemangwa ndetse bakemeza ko haba harimo agahararo gatizwa umurindi n&#8217;imbuga nkoranyambaga.<\/p>\n<p>Muri uyu mwiherero uzatangira ku wa 13 Mutarama 2019, hazajya habaho guhatana haba mu bijyanye na siporo, kugaragaza impano, ubwiza bufite intego n\u2019ibindi bazahabwa n\u2019akanama nkemurampaka. Hazanitabwa ku itora ryo kuri internet, ndetse abahatana bazaba bashobora kuvuganira mugenzi wabo.<\/p>\n<p>Biteganyijwe ko Miss Rwanda 2019 azamenyekana ku wa 26 Mutarama, mu birori bizabera muri Intare Conference Arena.<\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Mwiseneza Josiane ni umukobwa w\u2019imyaka 23 y\u2019amavuko.Apima ibiro 57 akaba afite uburebure bwa \u00a0metero na santimetero 70. Uyu mukobwa yavuzweho cyane bitewe no kwivugira ko yaje n\u2019amaguru aturutse ku Nyundo kugera ahabereye igikorwa cyo gutoranya abazahagararira Intara y\u2019Iburengerazuba mu irushanwa rya Miss Rwanda 2019, mu mujyi wa Rubavu ku Inzozi Beach Hotel afite igisebe ku [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[355],"tags":[],"class_list":["post-13421","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-imyidagaduro-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Mwiseneza wasitaye ku ibuye i Rutsiro, yambaye ikamba i Kigali abantu bacurira - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=13421\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Mwiseneza wasitaye ku ibuye i Rutsiro, yambaye ikamba i Kigali abantu bacurira - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Mwiseneza Josiane ni umukobwa w\u2019imyaka 23 y\u2019amavuko.Apima ibiro 57 akaba afite uburebure bwa \u00a0metero na santimetero 70. Uyu mukobwa yavuzweho cyane bitewe no kwivugira ko yaje n\u2019amaguru aturutse ku Nyundo kugera ahabereye igikorwa cyo gutoranya abazahagararira Intara y\u2019Iburengerazuba mu irushanwa rya Miss Rwanda 2019, mu mujyi wa Rubavu ku Inzozi Beach Hotel afite igisebe ku [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=13421\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2019-01-09T13:22:02+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-02T23:47:32+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/01\/dsc-0165-1847061544967575.jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13421#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13421\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Mwiseneza wasitaye ku ibuye i Rutsiro, yambaye ikamba i Kigali abantu bacurira\",\"datePublished\":\"2019-01-09T13:22:02+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-02T23:47:32+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13421\"},\"wordCount\":659,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13421#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2019\\\/01\\\/dsc-0165-1847061544967575.jpg\",\"articleSection\":[\"imyidagaduro\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13421#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13421\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13421\",\"name\":\"Mwiseneza wasitaye ku ibuye i Rutsiro, yambaye ikamba i Kigali abantu bacurira - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13421#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13421#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2019\\\/01\\\/dsc-0165-1847061544967575.jpg\",\"datePublished\":\"2019-01-09T13:22:02+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-02T23:47:32+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13421#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13421\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13421#primaryimage\",\"url\":\"\",\"contentUrl\":\"\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13421#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Mwiseneza wasitaye ku ibuye i Rutsiro, yambaye ikamba i Kigali abantu bacurira\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Mwiseneza wasitaye ku ibuye i Rutsiro, yambaye ikamba i Kigali abantu bacurira - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13421","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Mwiseneza wasitaye ku ibuye i Rutsiro, yambaye ikamba i Kigali abantu bacurira - BWIZA","og_description":"Mwiseneza Josiane ni umukobwa w\u2019imyaka 23 y\u2019amavuko.Apima ibiro 57 akaba afite uburebure bwa \u00a0metero na santimetero 70. Uyu mukobwa yavuzweho cyane bitewe no kwivugira ko yaje n\u2019amaguru aturutse ku Nyundo kugera ahabereye igikorwa cyo gutoranya abazahagararira Intara y\u2019Iburengerazuba mu irushanwa rya Miss Rwanda 2019, mu mujyi wa Rubavu ku Inzozi Beach Hotel afite igisebe ku [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13421","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2019-01-09T13:22:02+00:00","article_modified_time":"2025-02-02T23:47:32+00:00","og_image":[{"url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/01\/dsc-0165-1847061544967575.jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13421#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13421"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Mwiseneza wasitaye ku ibuye i Rutsiro, yambaye ikamba i Kigali abantu bacurira","datePublished":"2019-01-09T13:22:02+00:00","dateModified":"2025-02-02T23:47:32+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13421"},"wordCount":659,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13421#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/01\/dsc-0165-1847061544967575.jpg","articleSection":["imyidagaduro"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=13421#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13421","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13421","name":"Mwiseneza wasitaye ku ibuye i Rutsiro, yambaye ikamba i Kigali abantu bacurira - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13421#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13421#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/01\/dsc-0165-1847061544967575.jpg","datePublished":"2019-01-09T13:22:02+00:00","dateModified":"2025-02-02T23:47:32+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13421#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=13421"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13421#primaryimage","url":"","contentUrl":""},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13421#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Mwiseneza wasitaye ku ibuye i Rutsiro, yambaye ikamba i Kigali abantu bacurira"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/13421","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=13421"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/13421\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=13421"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=13421"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=13421"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}