{"id":1344,"date":"2016-03-26T10:12:36","date_gmt":"2016-03-26T10:12:36","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2016\/03\/26\/nyanza-abanyeshuri-ba-nyanza-technical-school-bashyizeho-itsinda-ryo-kurwanya\/"},"modified":"2025-02-12T21:49:53","modified_gmt":"2025-02-12T19:49:53","slug":"nyanza-abanyeshuri-ba-nyanza-technical-school-bashyizeho-itsinda-ryo-kurwanya","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1344","title":{"rendered":"Nyanza :Abanyeshuri ba Nyanza Technical School bashyizeho itsinda ryo kurwanya ibiyobyabwenge"},"content":{"rendered":"<p>Umuyobozi wa Polisi mu karere ka Nyanza,  Superintendent of Police (SP) Athanase Ruganintwari  aherekejwe n\u2019ushinzwe ubufatanye bwa Polisi n\u2019abaturage mu kurwanya ibyaha, Inspector of Police(IP) Jean Baptiste Bizimana, kuri uyu wa kane taliki ya 24,  yagiranye inama n\u2019abanyeshuri bagera kuri 729 biga mu ishuri  Nyanza Technical School , abigisha ubwoko bw\u2019ibiyobyabwenge, ingaruka mbi zabyo, kandi abakangurira kubyirinda no guha Polisi y\u2019u Rwanda amakuru y\u2019ababinywa, ababitunda, n\u2019ababicuruza maze nyuma yo gusobanukirwa n\u2019inyigisho bahawe bashinga itsinda ryo kubirwanya n\u2019ibindi byaha muri rusange.<br \/>\nIri shuri riherereye mu kagari ka Butansinda, mu murenge wa Kigoma, ikaba yaritabiriwen\u2019abanyeshuri, abayobozi ndetse n\u2019abarezi babo.<br \/>\nSP Ruganintwari yasobanuriye abo banyeshuri ko ibiyobyabwenge nk\u2019urumogi bishobora kubashora mu ngeso mbi nk\u2019ubusambanyi, bukurikirwa rimwe na rimwe n\u2019ingaruka mbi zirimo gutwara inda zitateganyijwe, kuva mu ishuri, kwirukanwa mu muryango kuri bamwe , ipfunwe , ubuzererezi, no kwandura zimwe mu ndwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina.<br \/>\nYagize kandi ati:&#8221;Ntushobora gutsinda mu ishuri unywa ibiyobyabwenge. Mugomba kwirinda no kurwanya ikintu cyose gishobora kwangiza ahazaza hanyu.&#8221;<br \/>\nSP Ruganintwari  yabwiye kandi urwo rubyiruko kujya rusobanurira rugenzi rwarwo ndetse n\u2019abandi bantu muri rusange ububi bw\u2019ibiyobyabwenge, kandi bakabakangurira kubyirinda.<br \/>\nYasabye ubuyobozi bw\u2019iri shuri kugena muri gahunda zabwo igihe cyo kuganiriza abanyeshuri babo ku ngaruka z\u2019ibiyobyabwenge, no kubakangurira kubyirinda no kugira uruhare mu kubirwanya.<br \/>\nNyuma y\u2019izi nyigisho, hakurikiyeho umuhango wo gushyiraho komite nyobozi y\u2019itsinda ryo kurwanya ibiyobyabwenge by\u2019umwihariko n\u2019ibindi byaha muri rusange, aho iri tsinda ryahawe umukoro wo gutangira wo gutegura amakinamico, indirimbo n\u2019ibindi bivuga ku bufatanye bw\u2019abaturage na Polisi no gukangurira abandi banyeshuri kurwanya ibiyobyabwenge n\u2019ibindi byaha, ku ishuri no mu miryango bakomokamo.<br \/>\nBwana   Harerimana J Damascene ushinzwe imyitwarire y\u2019abanyeshuri muri iki kigo, mu ijambo rye yagize ati: &#8220;Inama twagiriwe na Polisi y\u2019u Rwanda zizatuma abanyeshuri bacu barushaho kurangwa n\u2019imyitwarire myiza, bityo bige kandi batsinde  mu ishuri&#8221;.<br \/>\nHarerimana yashimye Polisi y&#8217;u Rwanda muri aka karere ku nama yagiriye abo banyeshuri maze abasaba kuzikurikiza.<br \/>\nMutesi Claire wari umaze gutorwa nk\u2019ukuriye iri tsinda we yagize ati:&#8221;Tuzakoresha imbaraga zacu zose mu gufatanya na Polisi kandi natwe tugomba kwishakamo ubushobozi bwo kugira icyo dukora mu kurwanya ibiyobyabwenge n\u2019ibindi byaha hano ku ishuri n\u2019aho dukorera ibiruhuko&#8221;.<br \/>\nYarangije abwira bagenzi be ko imbere habo ari heza kandi imiryango yabo ndetse n\u2019igihugu muri rusange babatezeho byinshi, ko nta mpamvu  yo kwangiza ahazaza habo kandi kwirinda bishoboka.<br \/>\n <strong> <em><b><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/b><\/em> <\/strong><br \/>\n <em> <strong>@bwiza.com<\/strong> <\/em> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umuyobozi wa Polisi mu karere ka Nyanza, Superintendent of Police (SP) Athanase Ruganintwari aherekejwe n\u2019ushinzwe ubufatanye bwa Polisi n\u2019abaturage mu kurwanya ibyaha, Inspector of Police(IP) Jean Baptiste Bizimana, kuri uyu wa kane taliki ya 24, yagiranye inama n\u2019abanyeshuri bagera kuri 729 biga mu ishuri Nyanza Technical School , abigisha ubwoko bw\u2019ibiyobyabwenge, ingaruka mbi zabyo, kandi [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-1344","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Nyanza :Abanyeshuri ba Nyanza Technical School bashyizeho itsinda ryo kurwanya ibiyobyabwenge - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=1344\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Nyanza :Abanyeshuri ba Nyanza Technical School bashyizeho itsinda ryo kurwanya ibiyobyabwenge - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Umuyobozi wa Polisi mu karere ka Nyanza, Superintendent of Police (SP) Athanase Ruganintwari aherekejwe n\u2019ushinzwe ubufatanye bwa Polisi n\u2019abaturage mu kurwanya ibyaha, Inspector of Police(IP) Jean Baptiste Bizimana, kuri uyu wa kane taliki ya 24, yagiranye inama n\u2019abanyeshuri bagera kuri 729 biga mu ishuri Nyanza Technical School , abigisha ubwoko bw\u2019ibiyobyabwenge, ingaruka mbi zabyo, kandi [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=1344\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2016-03-26T10:12:36+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T19:49:53+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1344#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1344\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Nyanza :Abanyeshuri ba Nyanza Technical School bashyizeho itsinda ryo kurwanya ibiyobyabwenge\",\"datePublished\":\"2016-03-26T10:12:36+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T19:49:53+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1344\"},\"wordCount\":427,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1344#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1344\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1344\",\"name\":\"Nyanza :Abanyeshuri ba Nyanza Technical School bashyizeho itsinda ryo kurwanya ibiyobyabwenge - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2016-03-26T10:12:36+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T19:49:53+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1344#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1344\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1344#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Nyanza :Abanyeshuri ba Nyanza Technical School bashyizeho itsinda ryo kurwanya ibiyobyabwenge\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Nyanza :Abanyeshuri ba Nyanza Technical School bashyizeho itsinda ryo kurwanya ibiyobyabwenge - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1344","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Nyanza :Abanyeshuri ba Nyanza Technical School bashyizeho itsinda ryo kurwanya ibiyobyabwenge - BWIZA","og_description":"Umuyobozi wa Polisi mu karere ka Nyanza, Superintendent of Police (SP) Athanase Ruganintwari aherekejwe n\u2019ushinzwe ubufatanye bwa Polisi n\u2019abaturage mu kurwanya ibyaha, Inspector of Police(IP) Jean Baptiste Bizimana, kuri uyu wa kane taliki ya 24, yagiranye inama n\u2019abanyeshuri bagera kuri 729 biga mu ishuri Nyanza Technical School , abigisha ubwoko bw\u2019ibiyobyabwenge, ingaruka mbi zabyo, kandi [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1344","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2016-03-26T10:12:36+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T19:49:53+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1344#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1344"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Nyanza :Abanyeshuri ba Nyanza Technical School bashyizeho itsinda ryo kurwanya ibiyobyabwenge","datePublished":"2016-03-26T10:12:36+00:00","dateModified":"2025-02-12T19:49:53+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1344"},"wordCount":427,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=1344#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1344","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1344","name":"Nyanza :Abanyeshuri ba Nyanza Technical School bashyizeho itsinda ryo kurwanya ibiyobyabwenge - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2016-03-26T10:12:36+00:00","dateModified":"2025-02-12T19:49:53+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1344#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=1344"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1344#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Nyanza :Abanyeshuri ba Nyanza Technical School bashyizeho itsinda ryo kurwanya ibiyobyabwenge"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/1344","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=1344"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/1344\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=1344"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=1344"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=1344"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}