{"id":13445,"date":"2019-01-11T06:02:50","date_gmt":"2019-01-11T06:02:50","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2019\/01\/11\/nyamasheke-abakozi-ba-leta-bambuye-za-sacco-bashobora-kujyanwa-mu-nkiko\/"},"modified":"2025-02-12T13:18:04","modified_gmt":"2025-02-12T11:18:04","slug":"nyamasheke-abakozi-ba-leta-bambuye-za-sacco-bashobora-kujyanwa-mu-nkiko","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13445","title":{"rendered":"Nyamasheke: Abakozi ba Leta bambuye za SACCO bashobora kujyanwa mu nkiko"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Ubuyobozi bw\u2019akarere ka Nyamasheke buravuga ko abakozi ba Leta batinze kwishyura inguzanyo z\u2019imirenge SACCO bafashe, bagomba kuba barangije kwishyura bitarenze ku wa 15 Mutarama uyu mwaka, abazaba batarishyura bakazashyikirizwa ubutabera ariko no mu rwego rw\u2019akazi bakazagira ibihano bikakaye bafatirwa.<\/em> <\/strong> <\/p>\n<p>Ibi umuyobozi w\u2019aka karere, Kamari Aim\u00e9 Fabien yabitangarije\u00a0 Bwiza.com mu kiganiro yagiranye na yo nyuma y\u2019inama y\u2019umutekano\u00a0 yaguye iherutse kuba muri aka karere ikaba na yo yarafashe umwanzuro kuri iki kibazo w\u2019uko\u00a0 bagomba gutumizwa\u00a0 bakagirwa inama bakanasabwa kwishyura bitarenze iriya tariki, uzaba atarishyura akazihanganira n\u2019amategeko.<\/p>\n<p>Mu bagomba kwishyura aya mafaranga nk\u2019uko bikomeza bivugwa n\u2019uyu muyobozi ngo harimo abarezi bamwe bari mu matsinda, abaganga bane, umupolisi umwe, DASSO umwe n\u2019ushinzwe iterambere mu kagari umwe, \u00a0muri aba bose ngo abagera kuri 17 bakaba ari abakozi ku giti cyabo, hakabamo n\u2019itsinda rimwe ry\u2019abarezi 4 bo mu murenge wa Gihombo, bose hamwe bakaba bishyuzwa amafaranga y&#8217;amanyarwanda 11.983.849 yafashwe kuva muri 2012 kugera muri 2018.<\/p>\n<p>Muri aya ngo aba baganga 4 bose hamwe \u00a0bishyuzwa\u00a0 amafaranga 3.411.527,ririya tsinda ry\u2019abarezi 4 bo mu murenge wa Gihombo ryishyuzwa agera kuri 2.000.000 ryafashe muri 2015.<\/p>\n<p>Meya Kamari \u00a0yagize ati &#8220;Ni byo koko bariya bakozi batinze kwishyura inguzanyo \u00a0basabye, tukaba twarasanze atari ubushobozi \u00a0babuze ahubwo baritwazaga inshingano bafite bakanga kwishyurira igihe bakaba baragize ubukerererwe bwasabye ko inzego z\u2019ubuyobozi zihaguruka, tukaba tubasaba kwihutira kwishyura \u00a0nk\u2019uko amabwiriza ya Nyakubahwa Minisitiri w\u2019ubutegesti bw\u2019igihugu abivuga,akaba yaravugaga ko bagombye kwishyura kugera ku wa 31 Ukuboza umwaka ushize, n\u2019uwakwihanganirwa yarenza ku wa 15 Mutarama uyu mwaka agafatirwa ibihano.\u2019\u2019<\/p>\n<p>Ku byerekeranye no kumenya niba nta mpungenge bafite ko ayo mafaranga\u00a0 yishyujwe mu buryo bumeze nk\u2019ikubagahu adashobora kuboneka,cyane cyane ko abayarimo ari abasanzwe bahembwa make cyane, Meya Kamari yavuze ko izo mpungenge \u00a0batazifite kuko abayafashe bayakoresheje,ahubwo ikibazo ari uko bibwiraga ko bazayishyura uko babonye bigatuma bayatindana kandi ari amafaranga y\u2019abaturage bagomba kugarura,akumva nta mananiza azaba mo cyane cyane ko bakiri mu kazi kandi bahembwa.<\/p>\n<p>Avuga ko nk\u2019abakozi ba Leta bagomba gutanga urugero rwo kwishyura vuba ari yo mpamvu iki cyemezo cyafashwe kuko ariya mafaranga ari ay\u2019abaturage bagomba gutera imbere ngo akaba atandukanye n\u2019ay\u2019amabanki asanzwe y\u2019ubucuruzi afite uburyo yishyuza inguzanyo zayo,aba bo bakaba bagomba gushyirwa ho igitutu n\u2019ubuyobozi ngo bishyure banatange urugero.<\/p>\n<p>Avuga ko SACCO zari zarabishyuje igihe kirekire bakanga bitwaje imyanya bari mo bikaba byarabaye ngombwa ko bahwiturwa, ngo ubwo bushake buke ntihazagire n\u2019undi mukozi bugaragara ho ku nguzanyo z\u2019amafaranga y\u2019abaturage muri za SACCO.<\/p>\n<p>Umwe mu barimo aya mafaranga yabwiye Bwiza.com ko bigoye\u00a0 kuyabona bakurikije umushahara bahembwa n\u2019ibihe barimo bya nyuma y\u2019iminsi mikuru ya Noheli n\u2019ubunani no kujyana abana mu mashuri, ko bari bakwiye kwitondeshwa bakayashaka,cyane cyane ko n\u2019umushahara wabo utabemerera\u00a0 kuyatangira \u00a0icyarimwe ngo banasigaze atunga imiryango yabo.<\/p>\n<p>Ati &#8220;Ntiwabivuga kuko \u00a0byavuye mu nzego zo hejuru ariko ntibitworoheye na gato kuko hari nk\u2019uwayafashe bombi mu rugo bakora akaba akora wenyine n\u2019ibindi bibazo aba akemura, nkabona bigoye icyakora tuzagerageza uwo bizananira ubwo azategereza\u00a0 ibizamuba ho nta kundi twabigenza&#8221;.<\/p>\n<p>Bamwe mu bayobozi b\u2019iyi mirenge SACCO ariko basanga nta mpamvu aba batakwishyuzwa kuko bababwiye kare bakavunira ibiti mu matwi,kuba inzego zibihagurukiye bikaba byabera isomo n\u2019undi mukozi wa Leta washaka\u00a0 kuba Bihemu mu kigo cy\u2019imari.<\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ubuyobozi bw\u2019akarere ka Nyamasheke buravuga ko abakozi ba Leta batinze kwishyura inguzanyo z\u2019imirenge SACCO bafashe, bagomba kuba barangije kwishyura bitarenze ku wa 15 Mutarama uyu mwaka, abazaba batarishyura bakazashyikirizwa ubutabera ariko no mu rwego rw\u2019akazi bakazagira ibihano bikakaye bafatirwa. Ibi umuyobozi w\u2019aka karere, Kamari Aim\u00e9 Fabien yabitangarije\u00a0 Bwiza.com mu kiganiro yagiranye na yo nyuma y\u2019inama [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-13445","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Nyamasheke: Abakozi ba Leta bambuye za SACCO bashobora kujyanwa mu nkiko - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=13445\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Nyamasheke: Abakozi ba Leta bambuye za SACCO bashobora kujyanwa mu nkiko - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Ubuyobozi bw\u2019akarere ka Nyamasheke buravuga ko abakozi ba Leta batinze kwishyura inguzanyo z\u2019imirenge SACCO bafashe, bagomba kuba barangije kwishyura bitarenze ku wa 15 Mutarama uyu mwaka, abazaba batarishyura bakazashyikirizwa ubutabera ariko no mu rwego rw\u2019akazi bakazagira ibihano bikakaye bafatirwa. Ibi umuyobozi w\u2019aka karere, Kamari Aim\u00e9 Fabien yabitangarije\u00a0 Bwiza.com mu kiganiro yagiranye na yo nyuma y\u2019inama [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=13445\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2019-01-11T06:02:50+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T11:18:04+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13445#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13445\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Nyamasheke: Abakozi ba Leta bambuye za SACCO bashobora kujyanwa mu nkiko\",\"datePublished\":\"2019-01-11T06:02:50+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T11:18:04+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13445\"},\"wordCount\":550,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13445#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13445\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13445\",\"name\":\"Nyamasheke: Abakozi ba Leta bambuye za SACCO bashobora kujyanwa mu nkiko - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2019-01-11T06:02:50+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T11:18:04+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13445#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13445\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13445#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Nyamasheke: Abakozi ba Leta bambuye za SACCO bashobora kujyanwa mu nkiko\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Nyamasheke: Abakozi ba Leta bambuye za SACCO bashobora kujyanwa mu nkiko - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13445","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Nyamasheke: Abakozi ba Leta bambuye za SACCO bashobora kujyanwa mu nkiko - BWIZA","og_description":"Ubuyobozi bw\u2019akarere ka Nyamasheke buravuga ko abakozi ba Leta batinze kwishyura inguzanyo z\u2019imirenge SACCO bafashe, bagomba kuba barangije kwishyura bitarenze ku wa 15 Mutarama uyu mwaka, abazaba batarishyura bakazashyikirizwa ubutabera ariko no mu rwego rw\u2019akazi bakazagira ibihano bikakaye bafatirwa. Ibi umuyobozi w\u2019aka karere, Kamari Aim\u00e9 Fabien yabitangarije\u00a0 Bwiza.com mu kiganiro yagiranye na yo nyuma y\u2019inama [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13445","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2019-01-11T06:02:50+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T11:18:04+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13445#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13445"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Nyamasheke: Abakozi ba Leta bambuye za SACCO bashobora kujyanwa mu nkiko","datePublished":"2019-01-11T06:02:50+00:00","dateModified":"2025-02-12T11:18:04+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13445"},"wordCount":550,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=13445#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13445","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13445","name":"Nyamasheke: Abakozi ba Leta bambuye za SACCO bashobora kujyanwa mu nkiko - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2019-01-11T06:02:50+00:00","dateModified":"2025-02-12T11:18:04+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13445#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=13445"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13445#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Nyamasheke: Abakozi ba Leta bambuye za SACCO bashobora kujyanwa mu nkiko"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/13445","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=13445"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/13445\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=13445"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=13445"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=13445"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}