{"id":13478,"date":"2019-01-13T09:19:42","date_gmt":"2019-01-13T09:19:42","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2019\/01\/13\/gahunda-yo-kuvugurura-umujyi-wa-gicumbi-mu-nzira-zo-gushyirwa-mu-bikorwa\/"},"modified":"2025-02-12T13:17:41","modified_gmt":"2025-02-12T11:17:41","slug":"gahunda-yo-kuvugurura-umujyi-wa-gicumbi-mu-nzira-zo-gushyirwa-mu-bikorwa","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13478","title":{"rendered":"Gahunda yo kuvugurura Umujyi wa Gicumbi mu nzira zo gushyirwa mu bikorwa"},"content":{"rendered":"<p>Nyuma y\u2019igihe kirekire Umujyi wa Gicumbi ugaragara mu isura y\u2019umujyi ushaje kubera ahanini usanga inyubako ziwugize zarubatswe mu gihe cyo hambere ndetse inyinshi muri zo zikaba zishaje ku buryo bugaragarira abahisi n\u2019abagenzi, ubu noneho uyu mujyi ngo waba uri mu nzira zo kuvugururwa ku bufatanye bw\u2019Akarere ka Gicumbi n\u2019Abikorera bo muri aka Karere, nk\u2019uko byemezwa n\u2019Ubuyobozi bw\u2019aka Karere<\/p>\n<p>Nk\u2019uko byatangajwe n\u2019Umuyobozi w\u2019Akarere ka Gicumbi, Ndayambaje Felix kuri uyu wa gatatu tariki ya 9 Mutarama 2019, ngo gahunda yo kuvugurura uyu Mujyi wa Gicumbi imaze imyaka itanu ihari ngo ariko yabanjririjwe n\u2019ibikorwa bitandukanye birimo inama zitandukanye zagiye zihuza inzego zitandukanye z\u2019Ubuyobozi n\u2019abikorera bo muri aka Karere, hagamijwe kungurana ibitekerezo k\u2019ukuryo yashyirwa mu bikorwa ku buryo bunogeye buri wese.<\/p>\n<p>Uyu Muyobozi yongeyeho ko igihe kigeze ngo iyi gahunda yo kuvugurura Umujyi wa Gicumbi ishyirwe mu bikorwa kuko abikorera bahawe igihe gihagije cyo kwitegura ngo ndetse n\u2019ibikorwaremezo Leta yagombaga kubagezaho, birimo imihanda ya kaburimbo, iby\u2019ingenzi bimaze kubagezwaho.<\/p>\n<p>Meya Ndayambaje yagize ati, \u201c <em>Igihe kirageze ngo uyu Mujyi wa Gicumbi uvugururwe kuko abawufitemo inyubako z\u2019ubucuruzi bahawe igihe gihagije cyo kwitegura iyi gahunda. Hakozwe inama nyinshi zitandukanye zahuje inzego zitandukanye z\u2019Ubuyobozi bwa Leta, zirimo izo abikorera bagiranye na ba Minisitiri, uw\u2019Ubutegetsi bw\u2019Igihugu n\u2019uw\u2019Ubutabera akaba n\u2019imboni ya Guverinoma muri aka Karere, izo bagiranye na Guverineri w\u2019Intara y\u2019Amajyaruguru ndetse n\u2019izo bagiye bagirana n\u2019Ubuyobozi bw\u2019aka Karere<\/em> \u201d.<\/p>\n<figure id=\"attachment_123833\" aria-describedby=\"caption-attachment-123833\" style=\"width: 770px\" class=\"wp-caption alignnone\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"wp-image-123833 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/01\/csm_Aa227_f533da38cc.jpg\" alt=\"\" width=\"770\" height=\"507\" \/><figcaption id=\"caption-attachment-123833\" class=\"wp-caption-text\">Meya w&#8217;Akarere ka Gicumbi, Ndayambaje Felix<\/figcaption><\/figure>\n<p>Umuyobozi w\u2019Akarere ka Gicumbi yavuze kandi ko abikorera bo muri aka Karere bakoze ingendoshuri mu Mujyi wa Kigali ndetse na Muhanga, hagamijwe kwegeranya ibitekezo k\u2019uburyo abikorera b\u2019ahandi bagiye bashobora kwishyira hamwe bagakora imishinga minini y\u2019iterambere, irimo inyubako zigezweho zijyanye n\u2019icyerekezo cy\u2019Igihugu.<\/p>\n<p>Meya Ndayambaje yatangaje ko ubu gahunda yo kuvugura Umujyi wa Gicumbi yatangiye gushyirwa mu bikorwa, aho abikorera basanzwe bafite inyubako z\u2019ubucuruzi zishaje muri uyu mujyi bahawe igihe cy\u2019amezi atandatu kugira ngo babe batangiye kubaka inyubako zigezweho, bakaba basabwa kubaka inyubako ifite nibura etaje ebyiri.<\/p>\n<p><img decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-123832 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/01\/csm_Aa225_bbcd45fca1.jpg\" alt=\"\" width=\"769\" height=\"320\" \/><\/p>\n<p>Ikindi kirimo gukorwa muri iyi gahunda yo kuvugurura Umujyi wa Gicumbi ni uko bamwe mu bakorera ibikorwa by\u2019ubucuruzi muri uyu mujyi batangiye kubyimurira mu nyubako za etaje cumi n\u2019ebyiri zimaze kuhuzura, nk\u2019uko byatangajwe n\u2019Umuyobozi w\u2019ako Karere. Ikindi yavuze ni uko akarere kiteguye korohereza abikorera kubona ibyangombwa byo kubaka \u00a0bikaboneka mu gihe kihuse.<\/p>\n<p>Twabamenyesha ko ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatatu tariki ya 9 Ukuboza, abagize Inama y\u2019Umutekano itaguye y\u2019Intara y\u2019Amajyaruguru basuye Umujyi wa Gicumbi bakareba uko iyo gahunda yafashwe n\u2019ako Karere ku bufatanye n\u2019Abikorera yo kuvugurura Umujyi wa Gicumbi irimo gushyirwa mu bikorwa banayitangaho ibitekerezo ku buryo yarushaho kunozwa.<\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Nyuma y\u2019igihe kirekire Umujyi wa Gicumbi ugaragara mu isura y\u2019umujyi ushaje kubera ahanini usanga inyubako ziwugize zarubatswe mu gihe cyo hambere ndetse inyinshi muri zo zikaba zishaje ku buryo bugaragarira abahisi n\u2019abagenzi, ubu noneho uyu mujyi ngo waba uri mu nzira zo kuvugururwa ku bufatanye bw\u2019Akarere ka Gicumbi n\u2019Abikorera bo muri aka Karere, nk\u2019uko byemezwa [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-13478","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Gahunda yo kuvugurura Umujyi wa Gicumbi mu nzira zo gushyirwa mu bikorwa - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=13478\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Gahunda yo kuvugurura Umujyi wa Gicumbi mu nzira zo gushyirwa mu bikorwa - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Nyuma y\u2019igihe kirekire Umujyi wa Gicumbi ugaragara mu isura y\u2019umujyi ushaje kubera ahanini usanga inyubako ziwugize zarubatswe mu gihe cyo hambere ndetse inyinshi muri zo zikaba zishaje ku buryo bugaragarira abahisi n\u2019abagenzi, ubu noneho uyu mujyi ngo waba uri mu nzira zo kuvugururwa ku bufatanye bw\u2019Akarere ka Gicumbi n\u2019Abikorera bo muri aka Karere, nk\u2019uko byemezwa [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=13478\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2019-01-13T09:19:42+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T11:17:41+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/01\/csm_Aa227_f533da38cc.jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13478#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13478\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Gahunda yo kuvugurura Umujyi wa Gicumbi mu nzira zo gushyirwa mu bikorwa\",\"datePublished\":\"2019-01-13T09:19:42+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T11:17:41+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13478\"},\"wordCount\":472,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13478#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2019\\\/01\\\/csm_Aa227_f533da38cc.jpg\",\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13478#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13478\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13478\",\"name\":\"Gahunda yo kuvugurura Umujyi wa Gicumbi mu nzira zo gushyirwa mu bikorwa - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13478#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13478#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2019\\\/01\\\/csm_Aa227_f533da38cc.jpg\",\"datePublished\":\"2019-01-13T09:19:42+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T11:17:41+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13478#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13478\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13478#primaryimage\",\"url\":\"\",\"contentUrl\":\"\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13478#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Gahunda yo kuvugurura Umujyi wa Gicumbi mu nzira zo gushyirwa mu bikorwa\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Gahunda yo kuvugurura Umujyi wa Gicumbi mu nzira zo gushyirwa mu bikorwa - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13478","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Gahunda yo kuvugurura Umujyi wa Gicumbi mu nzira zo gushyirwa mu bikorwa - BWIZA","og_description":"Nyuma y\u2019igihe kirekire Umujyi wa Gicumbi ugaragara mu isura y\u2019umujyi ushaje kubera ahanini usanga inyubako ziwugize zarubatswe mu gihe cyo hambere ndetse inyinshi muri zo zikaba zishaje ku buryo bugaragarira abahisi n\u2019abagenzi, ubu noneho uyu mujyi ngo waba uri mu nzira zo kuvugururwa ku bufatanye bw\u2019Akarere ka Gicumbi n\u2019Abikorera bo muri aka Karere, nk\u2019uko byemezwa [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13478","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2019-01-13T09:19:42+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T11:17:41+00:00","og_image":[{"url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/01\/csm_Aa227_f533da38cc.jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13478#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13478"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Gahunda yo kuvugurura Umujyi wa Gicumbi mu nzira zo gushyirwa mu bikorwa","datePublished":"2019-01-13T09:19:42+00:00","dateModified":"2025-02-12T11:17:41+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13478"},"wordCount":472,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13478#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/01\/csm_Aa227_f533da38cc.jpg","articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=13478#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13478","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13478","name":"Gahunda yo kuvugurura Umujyi wa Gicumbi mu nzira zo gushyirwa mu bikorwa - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13478#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13478#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/01\/csm_Aa227_f533da38cc.jpg","datePublished":"2019-01-13T09:19:42+00:00","dateModified":"2025-02-12T11:17:41+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13478#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=13478"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13478#primaryimage","url":"","contentUrl":""},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13478#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Gahunda yo kuvugurura Umujyi wa Gicumbi mu nzira zo gushyirwa mu bikorwa"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/13478","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=13478"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/13478\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=13478"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=13478"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=13478"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}